WALTER VEITH: IMYAKA 6000 NO KUGARUKA KWA YESU, IBYIRINGIRO BY'UMUGISHA.
Vložit
- čas přidán 27. 02. 2023
- "Dutegereje ibyiringiro by'umugisha, ari byo kuzaboneka k'ubwiza bwa Yesu Kristo, ari we Mana yacu ikomeye n'Umukiza. watwitangiriye kugira ngo aducungure mu gukiranirwa kwose, kandi yuhagirire abantu kugira ngo babe ubwoko bwe bwite, bugira ishyaka ry'imirimo myiza.” Tito 2:13-14
Imana iguhe umugisha muvandimwe Bernardin.
Imana idufashe,dukomere,ibi byiringiro bibe igitsika Imitima yacu.
Nizerako intekerezo zacu zizezwa kubw'umuhati wacu,twe abamaze guhitamo gukurikira kristo,
Tukajya tuvuga tuti"Dutegereje ibyiringiro by'umugisha,...".
Imana ibahe umugisha kubwo ubutumwabwiza mutanze maranata
Amen
Yes brother. God bless you ❤
Mukomere cyane
Imana ibahe umugisha mwene Data,Bernardin!Muri abantu b'ingenzi cane muri bino bihe!
Ni byiza kumva
Ariko Yesu araza vuba.
Uwiteka aguhire. Muvandi
🙏🙏🙏🙏🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Umezenezase
Amen
Mwazatubwiye kubyerekeranye namafarashi 4 avugwa muri bibiriaya? murakoz
Nivyukur is it kumusoz way!Ike nuk abavuzk Bizer ukur ntibitegu
y
😢
❤❤❤
Ubwose nkawe uvuga ngwabadive waretse amagambo ukajya mubyanditswe ugasobanukirwa? Nonese bakwigisha kubuntu cya bakavurira ubuntu ubwo bo n Imana nayo iduha ibyo yatugeneye please mugemuvuga mubanje kwicontrora
Uwiteka abatabare; mbese Yesu ko yabwiye umusore kugurisha ibye byose akabiha abakene, agahinda kakamwica, sinumva ari nk'uwabwira idini y'abadive gufata ubutunzi bwose rifite rigafasha abakene! Byagorana ko wabona abakene bigira ubuntu mu mashuri yabo cyangwa bivuriza ubuntu mu mavuriro yabo. Donc bigisha ibyo batabasha gukora(hypocrisie); mwababariye abantu b'Imana mukareka kubakururira umuvumo w'amategeko... ko kuyubahiriza uko yatanzwe mutabibasha, mbega ko ntarabona uwo mutera amabuye wo muri mwe kuko yishe isabato cyangwa yasambanye..... ibyo bintu mugoronzora ngo bikwirwe mu nyigisho zanyu ngo amategeko yo kubisate, ni akazi kanyu mwanze kwemera ubuntu bwa Yesu Kristo, mbese uyu munsi muhagarariye abafarisayo bo mu gihe cya Yesu ubwo yari mu usi
Oh, DATA WA TWESE WOMW'IJURU AGUTABARE KUKO ntuzi Gutandukanya UBUNTU n'AMATEGEKO. Yohana 14:15"" ni mwankunda muzokwitondera ivyagezwe vyanje, "" ikindi ukwiye gutahura nuko itorero RY'IMANA ririkurugamba ntiriranesha, kubwivyo amakosa worishinja yose ntatuma rireka kuba iry'ukuri kandi ntacitwazo nakimwe cotuma utemera ukuri rivuga canke ritwaye.
ESE WABA UZI NEZA UBUSOBANURO BW'IJAMBO "UBUNTU?"
UBUNTU ni imbaraga inesha icyaha ikorera mu mutima w'umuntu.
ICYAHA NI IKI?
Icyaha ni ukwica amategeko (1Yohana 3:4)
Nuko rero kugira ngo ubuntu bukorere mu mutima wawe nuko ugomba kubanza kubahiriza amategeko. Ubuntu bukiza ntibushobora gukorera mu mutima wica amategeko
Uwiteka ni we mucamanza utabera azabisobanura kuri wa munsi w'amateka.
Ndongeraho ko ubuntu budashobora kubaho hatabayeho icyaha kdi nacyo kibaho kuko itegeko ryishwe kdi ubutabera kucyaha nigihano cyurupfu! Ngiyo impamvu ubuntu tubukeneye! Ubwo buntu iyo tubwakiriye izamenyesha ko tubufite nuko tuzitondera amategeko yimana! Kuba rero mubadve harimo abasambanyi nabajura nabica isabato suko hatari ukuri ahubwo abobose bangiye buntu ko abahindura kdi ababashishe gukomeza amategeko ye! Bitandukanye rero nandi madini avuga ngo amategeko singombwa nyamara kdi ugasanga bibasiye itegeko ryisabato(ryakane) kuko ntamuvugabutumwa ndumva abwira abakristu be ngo musambane uko mushaka amategeko yavuyeho! Muvandimwe nimba uri umusomyi usome agatabo kumugenzi ijambo ryibanze! Bazakubwirako mubyahagurukije mukristo harimo nicyaha cyo kwica isabato!! Mbese waruziko kwica isabato ntuyiruhuke aricyaha nko gusambana?? Soma umugenzi paje ibanza urumirwa kdi icyogihe abadve bari batarabaho kuko nimucya1600!! Yesu akwigishe nshuti!
@@Leonard_Leo Amen
Kuki kiriya kigisho kivuga iby'ifaranga ry'ikoranabuhanga kitemera kuba downloaded?
Ntacy wadufasha tukagikoreta downloading tukagikurikirana neza bitworoheye?
Koresha app yitwa vidmate cyangwa yestube! Zirakidawunilodinga
Nta kabuza, aka gahinda niba katava ku kwigomeka ku Ijambo ry'IMANA, ahubwo kakaba kava ku ishyaka urwanirira icyubahiro cyayo, n'aho haba hari ibyo udasobanukiwe nyamara byakomotse ku Mwami w'Ijuru n'isi, uzagakizwa, uzigishwa n'Imana iby'Ukuri KWAYO.