Igihugu mbamo umugabo usambanye aricwa|Umujura acibwa ukuboko|Yaduhishuriye byinshi Sheikh Ashraf
Vložit
- čas přidán 13. 09. 2020
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Ndagushimiye cyane Sabin kumwanya wawe wampaye. Nukuri ndagushimiye kukiganiro cyiza twagiranye
Sheikh channel yawe ya youtube yitwa ngwiki?
Sheikh kojya numva bavugako abirabura baba muribyo bihugu babafata nabi cyane cyane igitsina gore gukubitwa no gufwatwa kungufu nibyo?
@@innocentnkurunziza9571 kanda comment ye izina rye niryo akoresha
Respect sheikh
@@phionahnkwihoreze5511 Nukubesha Jewe mazeyo 2ans Gusa Icobakora baratumagiza Inzu rirenga uyuzungurutse 1000fois
Uyu mugabo afite speech nziza peee.
Ntarambirana, aratuje cyane, arasobanura neza ibintu nutabizi akabyumva neza,
Sabin turagusabye uzongere uhe uyu mugabo interview pee..
Mashallah Sabin nkunda ibiganiro byawe ukora ariko ndishimye cyane ukuntu watumiye sheikh Ashraf, Sheikh Allah akongerere ibyiza ,Nawe Sabin Imana iguhe ibyiza
ManshaAllah sheikh Urintangarugero Ukaba intore mubo mwabyirukanye Allah azaguhe kutuyobora nka Muft Wacu I Rwanda Kuko Urasobanutse cyne cyne cyne Allah akwishimire Abumva yaba Muft mumpe Like
We need part 2 and 3 🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺🥺 nukuri uzamugarure sabin
Mansha Allah Alhamdulillah wakoze cyaane Sabin kutuzanira Sheikh Ashraf Allah amuyobore kn amworohereze muruwo murimo utoroshye wivuga butumwa azaze adusure iburundi turamukunda byimazeyo pe in sha Allah
Maa shaa Allah TabaarakAllah 😍 mbegaaa byiza SABIN respect nukuri Kuba watuzaniye Umu Sheikh wacu ASH'RAF NDAYISENGA nukuri creator wa TWIGE Zose 🙏🙏❤️❤️❤️🤗🤗🤗
Sabin mbese wowe ufite impano nziza,Allah azakugire umuslam,nahoze nkurikirana amateka yawe!!!!!! Sheikh ashrafu turamwera cyaneee
Njye nshaka kuba umu islam wa nyawe ushaka kumfasha kubinjiramo anyandikire ndi tayali inshallah 🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Tuvugane mama
Imana ikworohereze mama aba islaam barahari rwose knd biteguriye kukwakira kukwigisha ndetse nokugusobanurira aho ufite ikibazo karibu saana in sha Allah
Nyandikira kuri iyi numero ya watsaap
+250784008915
Duhe number yawe
Duhe number yawe
Sabin turagusaba uzatugarurire uyu mu sheikh tubashe kunguka ubumenyi 🙏
Uziko uyu Mugabo yatuma mpindura idini! Ahsante sana sheik Ashraf 🙏🙏🙏
urazindukugendejo babivugakumunwa mimitimayabi ntabiriyo mwijuru ntadini rizojayo hazojayo uwakiriye umwami YESU nkumwami numukiza wubugingo bwiwe noyo nimburimwidini kuva mwidini ukaja murindi nikuko wobuhinduyimuzu wambayejo ukambariyindi ntagitangaza kirimwe
Am touched, this man is smart🙏nubgo ndi umukriisto👌🏾
Ngo umugabo usambanye aricwa yewe ari murwanda haba hasigaye ingerere pe
Mashallah, Sheikh Ashraf Shukran kunyigisho nziza and Sabin Asante sana. Hanyuma mukiganiro cy'ubutaha ndasaba Sheikh azasobanurire abanyarwanda kuki ntu kivungwa ko ngo abarabu bahohotera abakozi bakoresha .cyane abanyafurika. May God bless u.
uyu mugabo aravugishukuli rwose hariya nanjye nakunze ubuzima babayemo ni societe itekanye cyane
Sabin wangu jye mba muri America bitewe nubuzima umuntu aba atuyemo aba asa numuntu washaririwe ariko iyo numvishe ikiganiro cyawe ndaseka Imana ihe amahoro n'umugisha Intumwa yacu M.S.A
M.S.A.W
Ngo musa ni abashaririwe ?muri USA pole kbs
@@espoirejane446 nukuri daaa none c meshye nabigirisha bakanga kuvuga bapfiramo imbere
Hahahahahhaahha @uzuriwamwanamke undwaje imbavu ahwiiiiii ngusa nkuwashaririwe ahwiiii
Espoire Jane ntago aritwese dushaririwe hari abantu bagira ibibazo kugiti cyabo bakabishira kuri America
Mashallah nukuri urakoze sheikh kubutumwa bwiza utanze , nawe sabin wakoze cyn
Sabn mwakoze cyane we numutumirwa👌 nanjye mba saudia (tabuk) ibyo umutumirwa avuga nukuri kuzima saudia irihariye kumuco ndetse kuri buricyimwe. njyew narahakunze cyane, mbangamirwa mugihe cyubushyuhe kuko buba bukabije cyane ariko ubundi ntaribi ryaho.
Nyagasani ahakurindire
Allah akongerere ibyiza Sheikh Ashraf.
Kuwifuza inyigisho nziza zitandukanye za Islam,yakurikira kuri channel ya sheikh Ashraf kumazina ye, ndetse mwanabona inyigisho zitandukanye Z'Abasheikh batandukanye bo mu Rwanda kuri cyannel yitwa: BETTER HOME TV. Mukore Subscribe na Share abayislamu babashe kurushaho gusobanukirwa Islam,ndetse n'abatari abaislam bifuza gusobanukirwa Islam.
@Sabin Wakoze cyane, Sheikh azi kiganira neza rwose!
Sabin Ikintu nashimangira yavuze ni Ubushyuhe rwose ubyemera nkukuri uko yabivuze nuko ntacyo yasize inyuma nge Sinabaye muri Madina ariko nabaye mubihugu byibituranyi! ubushyuhe yavugaga nabwumvaga cyane
Mashaallah, mashaallah !!!!! Keep it up yaa sheikh
Assalam Alaikum wa Rahmatulah wa Barakatuh
Sheikh Ashraf, Barakallahu feek
Hmmmmm
Ibya Saudi Arabia birancanga😏
Gyewe nibeera Saudi Ariko aba baharabu baranama Imana imbabarire🙏
Ayo mahano ngo nibasambana, 🙄basambanya bibi abakozi baba korera mumago 😏
Kyokora Imana ijje ibababarira ibinu bakorera abanu abatari aba Islam
Mashallah, sabin urakoze sana dukeneye abamenyi mu kubaka imitima yacuu, udukoreye umuti, thanks 🙏 again
Murakoze cyane nakunze uyu mugabo ukuntu ajijutse , kandi yampaye ubumenyi n' isura nyayo ya Islam
Uyu mu papa Imana imuhe umugisha Kwihangana nintwaro ikomeye
Mansha’Allah tabaraka rahman ahsant sana sabee urakose byane ikiganiro cyiza cyane Imana iguhe umigisha
Allah abongerere mubyiza sheikh na Sabin kd nukuri muzaduhe part 2 in shaa Allah sheikh Allah akomeze akongerere ubumenyu
Sabin thank you very much!! Wagize ikiganiro n' umunyabwenge kbsa dufite message y' ubwenge tumukuyeho. Nanga iyo watumiye za Slay bobo zidafite icyo zitwigisha. Urakoze
Mash’Allah sabin uzamugarure
MA Sha Allah sheikh yacu dukunda cyane🙏 arasa neza.
Mashaa Allah Great!
Ndishimye cyane nubwambere nkoze comment kuri CZcams ariko iyi interview mwakoresheje sheik kbsa itumye nkora na subscribe man'shaallah
Manshallah
Manshallah
Sheh jewe ndi saudia tabuku nikuvuga umuriro uracika namazi arakama bwira abo murwanda.
Ikindi jewe ndi saudia rebia sinanze ivyo uvuze ariko aba lslam baricana batumariye benewacu jew ndahamya neza ko bicana kndi nabi.come from burundian 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮 aba shagara barabamaze batwica.niyo mpamvu jew sinanze ivyo uvuze ark harivy natw turabibona ibiba mwaba ba bangenzi banyu ba
@@janetgaaj2705 nonese na ma office mufite ngo mubabwire ikibazo mufite Kandi uhanagaye Police ya gufasha
Sabin imigisha yImana ibane nawe kandi Imana izagufashe ntuzave kuri iyisi utaraba umwislamu. Amin
@@turibamweali8661 Oya .
@@turibamweali8661 😅😅😅😅
Turakwishimiye sheh Allah ajya akubakira insha Allah
Uzamugarure sheikh wacu Sabin afite ubumenyi ntarambirana pe Allah akongerere ashraf
Sheikh ibyo avuga nukuri hano uvuga icyongereza ugahabwa intebe, umuco wo ugenda ukura cyane
Sheikh wacu rwose ndakwemera cyan urumuhanga.
Allah agume akurinde akuzamure muntera.
Hajati naha urahagera 😀ManshaAllah
Cyane rwose Ashiraf mbandinyuma ye nkunda inyigisho ze ziranyubaka.
Allah agumye amuzamure mubumenyi
Keretse abaye Mufuti w'isi, cg nibura azabe Mufuti w'u RWANDA
ndagushimiye kubona utubwiye ko aho hantu bica umugabo asambanye yubatse ! hewe , aho niho narikwibera ! ese kubona umugabo agusambanirako hama society ikagufata wamugorewe wubatse ko urumugumutsi kubera vyakurakaje!!!! ndatangaye pe! vyinshi uvuga ivyo twemeranyaho , ndakwemeye tuuu , Imana ikurinde
Icyambere nubumenyi !!! Ndabakunda Kandi nifuza kuba umwe mubemera Mana
Shukuran ya Sheikh bavandimwe duhuje ukwemera namwe duhuje ubumuntu ushaka gusobanukkrwa idini ya Islam wazisanga kuri *BETTER HOME TV* aba Sheikh batandukanye bo m'Urwanda Imana ibarinde
Just WOW👌🏾👌🏾🙌🏿🙌🏿🙌🏿🙌🏿
You inspire me Isimbi Tv... God bless you abundantly
Ubutwebwe teenage gupfa hashyushye nkitanura pe uvuzukuri harashyushye
Utuvugiye ibintu byose weee😃😃😃
Niwaza ndashaka izafashe nkubone pe
Afite experience yubuzima butangaje..uzamugarure
Shukran ya sheikh
Asalam alaikum yaa sheikh uzagaruke utwongere ilim
Murakoze cyane kandi uzagaruke pee turagutegereza Imana iguhe umugisha
Muduhe CZcams yumwo muvuga butumwa tumukurikirane
Ashraf ndayisenga
@@ashouu3453 chukuran
Sheikh ashram Rwanda
Kumazina ye. Cg igihe ushaka inyigisho ze niz'abandi wareba kuri BETTER HOME TV
Kubera iki mwemera muhamedi cyane kuruta uko mwakwizera Imana
Asalam aleykum Sheikh tuguhaye ikaze kandi turagukurikira cyane muri oman aho duherereye
Bring him back
Amahoro y'Imana abane namwe bavandimwe nshimiye cyane isimbi TV yazanye ashraf comments zose nazisomye abatanze ibitekerezo mwakoze imana ibahe umugisha abatukanye namwe I mana ibababarire kuko mutazi Ibyo murimo haba muri qor'an haba Bible ntahanditse ngo uzange umuntu kuko mudahuje idini Niba wumva idini yawe ariyo nziza aho kugirango utukane mwigishe Ibyiza by idini yawe nanyurwa azaza natananyurwa nuburenganzira bwe kuko Allah aratubwira muri suratul qafiruna ngo bafite imana yabo natwe tukagiriyacu. Bafitidini yabo natwe tukagiriyacu knd ntibasenga Ibyo dusenga rero nshuti zanjye buri wese numutima we nibikorwa bye twese twaremwe nimana mureke gupfa ubusa Niba udakunda ubusilam ntawubukwingingiye gumana idini yawe ntakibazo hanyuma twese dutegereze yawumuli kiyama umunsi wibarura nibwo buri wese azamenya ko yayobye cg yayobotse nukuri mwipfa ubusa knd twese tuva Amaraso yumutuku tukagira umubiri ubabara kimwe ngaho murakoze Imana ibagirire neza🙏
Merci sabin
Ese ntago arumuntu ? Ibaze intumwa yimana s a w disi
mrci sabin
Esebundi ivugabutunwa rya islam rikorera kuruhe rubuga cyanecyane nkabipfuza kumenya inyigyisho za islam
Kora subscribe kuri channel yitwa:BETTER HOME TV, urabonaho inyigisho za sheikh Ashraf nizabandi basheikh batandukanye.shukran
*BETTER HOME TV* CZcams channel shukuran
Sha nimugende ukungenebicabantu nabi mubarabu nakoreyeye ndabona ikibicabamizirima bavagusenga mukwicumuntu ukamenga arihanyumayimbwa wapikabisa ngosawudiya besha abatahazi abarabu nabantubabi kwisi ngiranibobambere
Isimbi tv turabakurikiye cyane
Ndumu kiritu ariko nkunze iki kiganiro ibyo avuze byose nukuri 💯 / kuko Mba Dubai mpamaze imyaka 12 mpageze ntaho bitaniye mubuzima bwahano ntacyo abeshye naki1 numwarimu koko Sabin plssss uzamigarure bitumye nkunda idini rya Isilamu 💕💕💕
Nange MBA dubai tumenyane disi uba Sharjah Abu Dhabi Ras al Khaimah Ajman uum al quwaim hehe
Mashallah.Alihamdouli llah.
Ndakwemeye uvugishije ukuri kuko niyo mberaga
Ahwiiiiiii ndagisoje. Mwakoze gusa iteka islmu irankurura murinje , bayi sabe azakugarure
Uziyizire bitwayikise
@@saidv1005 Sha nzaza bitari kera
Uhawe ikaze muvandimwe,ni karibu
nushaka kwinjiramo amarembo arafunguye
@@majyamberesued5262 dear namaze kubikora nangiye kwiga nuko nigishwa numuntu urihanze online ariko ndashima intambwe ndigutera sizubusa
Courage murungi,
Wakoze sabin kutuzanira shekh wacyu usobanutse kand unasobanukiwe
Sabin urakoze ku mutumuzi sheikh wacu dukunda ... Sabin uzongere umutumire ibiganiro bye byi Mana biryoheye amatwi .
Uti isengesho wasengeye iyo riruta incuri igihumbi iryo usengeye iwacu. Ubwo ni bwa bukoroni nyabuneka ntumwa y Imana. Twese Imana itwumva kimwe.
Nyine nonese arabeshye bro ninkuko wajya gusengera Jerusalem iwabo ba jesus ubwo se byahura nkuri murwanda?????? Cg ugasenga mwisengesho riyobowe na papa ntibiba bihuye nuko wasengera murwanda
MULLA Aho bitandukaniye ni feelings zawe ariko simpamya ko Imana yahita iryari niyo myumvire yanjye bro ntubitindeho.
@@mudasiru250 Imana ibera hose icyarimwe icyarimwe naho kuvugango wasengera hariya Imana ikakumva kurusha uri I kigari ibyo nukukwangisha gakondo yawe ngo uba kurikire ubabere umukozi
@@bingwarwanda7416 nyine niyompamvu buri umwe akwiye kwemera imyemerere ye kko burimuntu kwisi afite amihitamo ye ninkuko Hari abatemera Imana kd barahari beshi bakaguha na fact zifatika ntibibabuza kubona abemeranya nabo ntintayompamvu kwisi abantu batareshya ninkokuntu kwisi Hari abakire nabakene ninkuko kwisi umuntu yanga undi ntacyo amutwaye ninkuko kwisi ibihugu bitangana niyompamvu gusengera murwanda cg ahandi hose bitangana nuko wasengera hariya muri Islam iyo urumva ibintu urasobanuza ukamenya gusa icyambere nurukundo kko Christian and muslim duhora mumakimbirane yubusa
Yooo urabona arumu sage rwose kandi akili muto
Ashirafu twariganye muri primary kuntwari...yarumuhanga sana😊anitonda sana ..ibaze ashirafu amaze gushaka mugihe njyewe ntanumugambi mfite,,AM SO PROUD OF YOU ASHIRAFU IF U CAN READ THIS CMMENT
Urabura iki c
@@innocentnsengiyumva36 sindarangiza kwiga muvandi
@black eagle true...numva ntashobora kuzabyara mugihe abana banjye ntabategurira ubuzima/future yabo....apana kubazana mwishida
nanjye aho ntemberereye dubai nahise nkunda islam kubera ukuntu nabonye bafite discipline ukuntu kubaha ntakurwana narumiwe mbese
Allahuma amiina
Sabin.ikiganiro kiraryoshe caaanne.uzamugarure please !!! Burundi
Yewendishimwe kimva ikiganiro cyanyu
Yewegaye kuva nagera aha imyaka 5 irashize sindabona imvura igwa.. Imana n'lnkuru 🙏
Irarwa ariko ipfaguhita Maman hacahagatarara irwa ryayo ntiriba rinafashe Nabo Abarabu babonyutuma bacabafotagura
Yewe Yewe ivyo yakoze mur lamazani uti ntigwa??? Yaraguye na internet ziracika amatara aragenda sha utona vyari vyabimazi vyabo
Mashallah
Rwose ibyo uvuga urabivuga neza ,wararezwe ufite ikinyabupfura ,ntuzahure numusiramu wo mubiryogo unywa itabi ,uhita ubona ko koko ko ari idini ryintagondwa ariko wowe uratandukanye ,ariko njyewe sinemera ko abo bahanuzi mwizera ngo bakiri mumva ngo imibiri yabo ntizabora ,yewe mbega ubuyobe ,uyu mubiri wavuye mugitaka ugomba kongera ukaba igitaka niko byanditse ,abo mwizera ba muhamadi baraboze burundu ,mwasigaye kuruhu inka yarariwe kera , ikindi numvise mubyo uvuze nuko bisa nkaho muri kuruhande rwa hagayi mukeba wa Sara ,niyo mpamvu abayiriramu naba kristo badahuza ,ndumva arabakeba hhhhhhhh,ariko aho kwizera muhamadi wapfuye ukiri mumva ,nahitamo kwizera yesu wapfuye akazuka ntaheranwe nurupfu
from zambia sheh arawuguhesha peee
Umuntu azira icyo akunda kweri? Kuki yarogwaga n'abagore gusa! Yikundiraga abana bato paka arongora icyenda bose. Imana imuhe amahoro n'imigisha
Umva nshuti uzabaze nimpamvu yatumye arongora abo bagore hari impamvu kd uzzasobanukirwa
Umva sabin😅😅ngo Imana imfashe nkomeze mbivuge neza lol ahwiiii
🤣🤣🤣
😅😄😄😄
Nkunda inyigisho zawe sheikh wacu
Cyakora nibyo😍😍😍😍😍😍😍🙌👌
Muzemwongerekumutumira. Nabakurikiranyecyane. Ndimuri. Are Iya. Ahobita. Reyshdr. Arikosindumumizirima. Arikomenyevyishi.
Icyintu cya mbere gicakanga umuntu ageze hanze ni climat, nanjye igihugu ndimo,mpagera bwa mbere numvishe ntazahashobora kubera ubushyuhe arko,iyo ubonye n'abandi bahaba barabishoboye urihangana ,bidatinze umubiri uhita utangira kugenda umenyera .
Islam is disciplined religion, birinda ibyaha kd bubaha Imana cyane ntibayimenyera
🤣🤣🤣😭 Wapi sha nta makuru ufite... Uzagenda Ugende urebe witegereze... Uzamenya utaragera mu gihugu cya kisilamu, bagzshyingira umwana uri munsi y'imyaka 10 umugabo w'imyaka 40 agapfa muri iryo joro cg irindi... Hanyuma sinakubwiye ubucakara etc....
Eh yooo ,sinkigiyeyo kubera ubwo ubushyuhe, nagiye muri Egypte ibyumweru 2,5 byambereye nk umwaka kubera ubushyuhe 🤔🤔
MashAllah
Mashallah ❤️❤️
number one wamibonye sabe
Uyu mugabo avuga nka Luckman neza neza
Abashaka likes mutange igitekerezo mutavuga ko muri aba mbere hanyuma tuzibahe.
Nayiwe watubonye.?
Ko uyumu isamu mutamubajije igitima idini ibarekurira kurangora abagore beshi
Ivyo nukur
🤣🤣🤣🤣 ngo inyamanswa bayibaga neza! Ubwo muba muyigiriye impuhwe mukayiha ku mahoro iyo muyibaze neza
ahubwo nasubirayo uzobatubwirire mwidini babwirabatunzabobita abashagara bareke guhohotera abakozi bomunzi
Umusa umuntu wapfuye ntacyo aba azi, kumusabira umugisha cg kutawusaba ntacyo bimaze
Sha ntanumbwo wowuzunguruka ukawumara peee namaguru aruma peee
Narinziko mbaye uwambere
Muraho neza mwese nshuti duhuliye kuli uru Rubuga Isimbi TV.
Numvise byinshi kuli iki kiganiro n'uyu mugabo. Gusa jye icyo nasaba n'uko habaho débat ili open. Jye ndayishaka nk'Umukristu.
Kufis'ubwoba Sabin nah'ubivuga nabi ntaco bakugira hahaha
Sabin Qatar 🇧🇭 nawe urahazi kubushuhe kwarahambere ? Africa turacafis climat nziza vrt! Mer6 kumutumire mwiza wazanye
Sheikh ongeraho ko igitsina gore cyose waba urumu silamu cg utariwe udashobora gusohoka atambaye abaya.
Nigihugu gifite amategeko yihariye
@TheSushiraw uvuze nabi pe
Kuko ndahagenda kdi ntakibazo ndababona
@TheSushiraw MBE shitani yabwiriza umugore kwambara akikwiza? Umugore kwambara ubusa Niko lmana yanyu ibategeka?
Nemera ikyaremye isi nibiyiribyose nkuko bigararira amaso yibimwa ariko sinemera amadini ayariyose kuko ibyantubyo namadini byazanwe nakimwe kyasuguye uwakimye kigashaka numvako kyabishobora kihenura kuwagihaye ukokiri kirwanira kuba nkiyakimye Kandi bizashoboka ntikyarikiziko akuzi kuberakwishuka kikura nahokyarikiri kibonye ntagaruriro gitangira kwangiza nibindibiremwa gihanga amadini kwisi gihimbanokwica iyakimye ngogiarane ubushabwayo Kandi bitaribushoke niyomphamvu kyaye isi nibiyirimo amahyari kigahabantu bamwe ubukire abandi ubukene gihindura namasura yimibiri twaremankwe ngotuzamfe natwe tube ibivume nkakyo kuko habyinshi kyabonye kumuremyiwakyo mbere kyarimarayika wumunyamabanga wuwaturenye ariko haribyo kitarikyakamenye niba umuremyi we yarabahogute hanyuma kirahubuka kirigaragabya umuremyi arakivuma kiraza gisumbanya ibiremwa yose kirabidobya kibihindura ukobitaremwe ubundi twese tuba tungana tunasa tugakimwe turyabimwe dusakimwe tubahokimwe ntakimwamwa kibakirutikindi mwisihano ntabikire ntabukene byose Niko bibabimeze ariko umuremyi aratangaje yakeretse ko twese dusa ihyiraho urufpu rwiteka niyomphamvu tutarutanwa twese turasa turarehya tuvugakyimye kuko mugufpa turataka ikindi tuborara kimwe ntitukibehye kakyakivume umuremyi yirukanye ahokyarikiri ibyomuga byose nibyimivumo kuko iyobiba ataribyimivumo hakabaye idini rimwegusa twese turibamwe tutangana abayisiramu ntibakunda utarumusimu Bamba arababehya nogusangira nundi utarumusiramu bavugako uburya inyo ntimwanabana ngobikunde utarumusiramu ntabahye bavugako umusiramu yishe utarumusiramu kontaha kibakirimo niyo byamugwirira mugasangira Amara igihe starya asoma amaduwa ngo asubire gutora takibira nashahadu kuko yasangiye numuntu utarumusiramu ibyirmwa bikorerahakwisi birabaje numvako urumuntu runaka kuruta abandi kanditwese tutazatura nkimana ihoraho birabajerwose ubonyenibura abakire badamfa bagafpa abakene nyamara twese twitwaye nkimphinja isiyatungana twibonanamwokimwye ntakwihyira hejuru ngo amadini runaka umuntu runaka twese ntawutundi twaribehye kyane
I personally like Ashraf!
Turashaka ko uzamuganiriza wamuhaye umwanya muremure kuko dukeneye inyigisho ze