UMUGORE Wa DIARO Mu BYISHIMOđ|Bac T ARAMUTUNGUYE N'umukobwa WABO W'imfurađ€|Ahawe IMPANO Ikomeye
VloĆŸit
- Äas pĆidĂĄn 18. 06. 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abantu muri rusange waduhamagara kuri +250781413225 cg uka twandikira kuri email:bigtownempire@gmail.com SUBSCRIBE: / @bigtowntv_rwanda #Bigtowntv #0781413225
Bac-T man of God, emotions ziranyishe pe, ibyiza ukora bijye bikugarukira inshiro 1000, Imana dusenga ishobora byose ijye iguha umugisha mwinshi, ijye iguha iterambere mubyo ukora byose, iguteteshe, inezeze umutima wawe kuko ukwiye ibyiza musore mwiza wa Yesu Kristo. Nkunda ukuntu ugira urukundo rwinshi, nkunda ukuntu uca bugufi, ikinyabupfura n'uburere ufite, uri imfura y'igihugu pe. Much respect & much loveâ€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€
Big town tumusabiye umugisha w IMANA. izamurengere muri byose imuhe ibyo gufashisha indushyi
BCT love you njyanibukako ariwowe wazanye Ibintu byogufasha abantu kumihanda mubambere disi Imana izaguhe ijuru â€
Ntanitiku wamwumvamo abaraho yikorera ibye God bless him
Bac T nguhaye amanota 100%....more blessings to you
Uwo mu mama wa Amina afite ijwi ryiza cyane disi.
Urumunya makuru mwiza pe imana iguhe umugisha cyane cyan bagiti urumwana mwiza gufasha
Ariko mwabantu mwe mwakurikiye ikiganiro cyabo cyose. Muribuka ukuntu Dialo yarari kuvugana agasuzuguro n ivogonyo avuma umugore n abana. Ariko bo bagakomeza kumubwira ko bamukunda. Babana be bo barandijije neza ndarira amarira araza na nubu njya ndira. Ariko kuko mbonye igisubizo cy Imana birandenze ndira amarira y ibyishimo. Ngo Debora yasubiye ku ishulu. None habonetse n ubufasha. Imana ihabwe icyubahiro
Amen đđœ
Ngo mumuguye gitumo yambaye uko mu cyaro? Muradutuburiye. Burya iby'uyu muryango byokoroha Diallo abishatse n'umugabo wa Amina. Diallo yikuremo ko uwahoze ari umugore we yatuma abana kumuroga, areke abana bamwisanzureho. Yewe ashake areke kubakira muhira aho aba, ariko abavugishe kuri telefone. Umugabo wa Amina nawe niba akunda Amina, afite aho yamukuye. Hari ababyeyi bamubyaye. Rero ndumva atakunda umwana ngo yange se cg nyina. Niba ari umugabo ubushitse, niyunge uyu muryango. Ego gatanya yarabaye. Ariko bamaze kuba umwe kuko bafitaniye igihango (abana). Barekereho kwandagazanya no gutukana, umwe afate inzira ye undi iye, ariko bareke abana babasange. Diallo niba azicwa n'abana be ntaho azabahungira n'ubundi. Bacisha n'ahandi bakamugeraho. N'uko mbyumva njyewe.
Diallo ikibimutera gutekereza ibyo byose maze kubona ko afite Trauma bigendeye kubibazo yahuye nabyo mu muryango we yabuze.
Back T, thank you for your effort to try and reconcile that family.
Ubundi ivyibufasha niwe wabitangiye kuriyi mihanda pe Imana iguhe umugisha mukomeze kunga umuryango.
Komera Mubyeyi mwiza Uwiteka azaban nawe kd azakugirira neza uzamwikomezeho.
Uriya mugabo ngo ni Diaro niwe washenye uyumuryango gusa kuko nabonye arumugabo mubi wikunda mizamucire bugufi ibindi azabinazwa na nyagasani .
Urakoze rwose bakwiye gufashwa kuko inzu izabagwaho
Woooow umwana yasubiye kwi shuri chenge ndishimye pe umuntu warishye ishuri imana ya mahoro imuhe umugisha pe
Batubabarire batubwire uwamwishyuriye tumuhundagazeho imigisha y Imana. Ariko na nubu Imana imuhe imigisha myinshiii
Imana yongere ahomwa kuye
Tuzishima Diaro yahuye numuryangowe bishimye badatukana
Uriya musaza kokoyarariye iyiniyonzu avuga itagira nagasima mbega Diaro we urumuvyeyi gito.
Bac T uri sawa vraiment utandukanye naba bagabo binjajwa bihishe ku ma CZcams nijambo ry 'Imana
Njye we ariko ndanabafana muri family comedy kandi hit murikubona mwiyunze mwese byabagirira akamaro doreko diallo yaratangiye kuzima, ubu mwafatany mugakora akazi kuri social mediađđđđ
Umunyamakuru ufite ubumuntu. Imana ijye iguha byinshi, kandi isubize aho ukuye
Uyu mu mama agahinda karamurenze pe muzamwibakire mwana mukoze bantu bi mana ibi bizi bishobora kuzabagwaho bagita muzabagurire nu dutebe chenge
Thank you Back T.ufite ubupfura rata wowe ibibazo ntubyumvira ubusa ngo uterere iyo.
Aka kagore ngo ni amina asa nkingare nubushinzi bwinshi nkanina backt uzatwereke numuryango wuwo mugore washatse gutema diaro
Nukuri ndishimye kuba umwana yarasubiye ku ishuri!
Murakoze cyane nukuri nishimiyeko muzirikana abababaye Imana ihe umugisha mwinshi abitanze bose
Bagita urakoze Cheri wa banyarwanda turagukunda urakoze ntubona ibyo nibyo uwiteka ashaka
Yoooo ndishimye imana ibahe umugisha
Ariko sivyiza kuguma uvuga nguyumukecuru kuki utavuga maman twe nitwe twavuga Mukecuru ariko wewe ni maman!
Erega aba bana bakuze nta gitsure cya se babona. Naho baragerageje.
Cyakora uyu mubyeyi yigirira nagasuku
Reka kwita maman ko ari umukecuru nubu nturakira
Imana ihe umugisha mwese aba big townersđna bact yesu ajye aguha umugisha muribyose
Iyi ni comedy murimo ndakurahiye abo bana na se wagirango bashaka hitđ đ Gute muhora kuri đž.
Nabwo aripori.nimugatukane. nawe ariwowe.byabayeho nibwo wabyumva jye nda mwumva.cyane Amina . Nabwo bariyabana bamwagape nigikomere yabateyđ
Abantu mukomeze mufashe aba bana bato kwiga đ mufashe igihugu â€
Imana ibongerere pee
Big tawn tawun tubakunda bidasanzwe hano kuruyenzi natwe muzadusure bct turakwemeraâ€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€
Bactđ«Ą
Abakoze iki gikorwa abaribo bose ndabashimiye kbs uyu mubyeyi arabikwiye đ«¶đœ
abantu bararushye barera abana bonyine
Nukuri jyewe iyo nongeye gutekereza ubuzima basigayemo ndarira amarira akagwa. Kubajujubya akabata, bakaba indushyi abana bagacikiza amashuli . Dialo akababera uwo isi no kubanika kumihanda isi yose ireba avugana agasuzuguro n ivogonyo. Jyewe ndarira bikandenga mana. Imana ishimwe KO hari abagira neza bitanze
Uyumubyeyi naramukunze kurera abana wenyine muzabahuze basi
Big Town hejuru cyane â€â€â€â€â€â€â€
Namwe muri kubateranya erega mwari kubikora murondeye na se muzananye aho muri guteranya kuruta
Uyu mukuru Asa nase cyane
Mbere na mbere reka nshimire abantu babiri muriyi story igikomeje. Muzehe diaro uko waba mubi kose, n'ibibi byawe biba umugisha kubana pe. Kuko iyi story yatangije izatuma abana bato babona support. Undi n'imfura ye Amina wakoze akazi keza kandi uri umuhanga uzi social media impacts, what is it đ .
Ikindi abagaya ibi siturikumwe kuko turi mu isi ya digital, youtube is digital university abiga family planning na gender management iyi ni free case study,
Abana bato mutarashaka iyi ni inyanja ngari yo kwigiraho.
Ikindi this is profitable story for the familly especially actor diaro, deborah , rwema and others. .
N.B :this story is most profitable for this channel in different ways đđđ
Abazi izi nkuru kuri afrimax tv bazi magui zibamo.đđđ
Bati. Imana. Iguhe. Umugisha
Bagitiđđđ
Yoooooo amen amen. Wamwana yasubiye ku ishuli nukuri koko!!!!
Iyo group irakenewe
Bact Hiâ€from Burundi
Umucyo Kitchen TV â€â€
Bibiria ivuga kuriya ariko mu kuri barakoze none iyo batabizana hanze wa mwana yari gusubira kwishuri koko
Bigtown hejuruuuuuuuuu
đđđđđ
Warabacuje baheho
None ko Diaro yishakira umudiaspora akaba yarabyivugiye ubwo muzabigenza gute kugirango azagaruke mu muryango?
Munjye mubaha baba babinjirije mubiganiro
â€â€â€â€â€â€â€
Yiba harabababitanze nibura babona kobashohoje ubutumwa
Ani comedy ark? Umukecuru se ubwo umukobwa ntiyari yabimubwiye!???đ đ
Bac_t imana iguhezagire shenge
Mwana uriya musaza sumuntu aratangaje
Ark kuki mwimva ko yagaruka kuki mwebwe mutagaruka uravuga yaragusize kndi ari woe wamusize nabura ubwenge azagaruke
Karehosec wigiragiki
â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€đâ€â€â€â€â€â€â€â€â€â€â€
Ariko ndumva ibibintu byoguha umuntu mukazana Camera sibyiza pe
Kuberiki se uwamutumye ategerezwa kubimwereka ,ubuse iyohataba camera wamwana yari gusubira kwishure ceceka nibwoburyo bwavyo menya ivyawe.
Ariko kudafite ubushobozi bwogufasha nguhamagare camera wagiye uteba ugaceceka Ariko Carine agusubije neza rwose
Muramwubakira ntamugabo afute? Ntabana afite binkumi na basore bayubatse harpfubyi zirara hanze
Ko ubyegereje umutima se wangu?!đ€
Bitakurimo ntugire iryawe utanga ariko ababishaka bazamwubakira.
ukeka ko bafite ubushobozi batakwiyubakira
Dialo niba yavomye kumunjyezi wantibibuka azagaruke ushaka kwica ibyeyi arayagaza
Ariko uri kanyamatiku ahantu hose
Uri materanya ntushakako biyungakoko ubwose bikumariye iki
Uyu ni Materanyađ
Bact T wee cusimbira kwa diaro nawe utwihere show đabaravumana, atukana đ
Wumva arivyo vyagushimishije?
Ahubwo Dialo ubu afite umujinya KO bafashije umugore n abana. Ariko satani we
Uyo mukobwa ni impoli umuntu yandagaza se nagende pouuu
Mubiganiro byose byabaye wijyeze wumva amuvuga nabi Koko !!? Kandi nubu arikwivugira Yuko bari gukominik neza na papawe afite icyizere ko bigiye kujyenda neza
Nanjye imico ye sinyikunda rwose no kuri fone avuga nabi
Yamwandagaje hehe wimubeshyera
Ntakibi uyumwana yavuze kurise gose mumureke .
@@tetamediatv7499 jya wikundira cyiriya gisambo ngoni Dialo.
Nonec ikwano bazishizehe kuberiki batamwubakiye hhhhh birababaje pe njyewe icyo nabwira muzehe yitonde Kuko bashaka kumurya utwe ntarukundo bamufitiye pe
najye muzazanire nareze. abana icumi jyenyine yarantaye. hano migina
Waduha contact zawe?
Yego nukuri nawe wabaye intwari
Bibiriya iravuga ngo nutanga akaboko kibumoso kikakabimenye
Iyobatabigaragaza uwomwana yabonye umwishurira yari kubimenya mureke nivyobahhisemwo uzakore ivyomubwihisho nawe uzakore ivyawe.
Uriya mukobwa mukuru si mwiza rwose nawe bizamugaruka rwose
ugirango akore iki?
papa we insinga zarakomamye
Arikox ibintu byo kwitwaza uturyo na kamera sinarinziko byacitse ubuse imyaka uyu mukecuru amaze utwo turyo nitwo tuzamufasha iki byakabaye byiza mubimuhaye mutabishyize kuri kamera
Wowe uzabe ariko ubikora!ntacyo byaba bitwaye!
Mujya kumufasha wowe ntuzajyane kamera uzabukoze ariko niba ubereyeho kunenga udafasha byaba bibabaje
Hoya simbereyeho kunenga mbereyeho ibintu byishi ariko nokunenga nibyiza bituma haribyo dukosora gusa ibibintu byogutwara uturyo nakamera mbiharuka KERA uturyo twicyumweru kimwe kumuntu umaze imyaka irenga 60 sutwo kwifotorezaho
Mubishyira ahagaragara ni byiza kuko tugomba kumenya imbuto zabo KO batajya kumvira abantu ubusa
Uyumukobwa asa na papa we kubi