Nahorana amakenga yo kumenya who's this man whose name's COBBY yandika scripts zikomeye gutya. Waouh the guy maaan uko biri kose wagize ubuzima bukomeye urakwiye gukora interview nubwo yoba imwe ariko Nini cane ukaganiriza abantu k'ubuzima bwawe. Usanga wobohora imitima ya benshi man kuko scripts z'isi dutuye ni real life we live all over the World brother
Knd Titi nuy mu Mama baranasam ukunt ababibon mump twa tunt
Much love guys ❤
Nanjye nabonye basa pe❤❤❤
Niwo mwihariko wa Bahavu ageragez gukinisha abantu bafitanye isura.
Ubanza Ari mukuru we
Ubanza Ari mukuru we
Titi na mama we barasa ❤❤
Alpha ,ngo ndumukonyine ufite Inka mufarm😂😂😂nkandi ubwo nahene afite,ndakwemera gusa,those who like Alpha mumpe like 🤣🤣
Bavandimwe ndabakunda cyane mukina neza ariko ikibazo cyanyu mukinisha abakinyi bacye urugero none ugakina uri chr wumuntu ejo ugakina uri umuvandimwe we cyangwa umubyeyi we mbese ugasanga niubintu bivanze cyane
Alpha rwose wagirango ashyiramo ni amajambo ye kugirango film irusheho kuryoha ❤
titi ndumva mukunze pe ntakabure narimwe avuga neza asa neza oooooh arashimishije
Titi ndagukunda
Titi uvuga neza, uritonda ndagukunda cyanee
Alpha courage musore wacu
❤
@@mumporezeadeline3384ndaguknd from Burundi ❤❤
Ariko Alfa ubanzariwe wandika ibyaribukine noneho iyobigeze kubyana ndahwere uwakunyere urigutereta hanze ukuntu ubumeze noneho iyondikureba kuminwa yawe ❤❤❤❤ ririyongera
kuva navuka nubwambere nabona aga firm keza kanditse muburyo bwiza umuntu wakanditse ndamukunze🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Nijewe wakandise neza 😂😂
Ntakibuno ntacyabaye😂 @Alpha the best actor❤
We miss impanga and my ex😢😢😢😢😢😢😢😢on CZcams
Yh and me
Isi dutuye😮hhh abari mudukaye mwese ndabasuhuje☺
Muraho neza ncuti zange ndabakunda cyane byumwihariko Bahavu jennet mugerageze mwengere mituhe impanha kuri CZcams turayikumbuye cyane mutakoze
Kuko tubona akadushimishije ejo mugasohora agatandukanye nakakandi gsa tuba aritwizapee ndabemeraaaa Bantu banjyeeee❤❤❤ noneho sam weeee urarenzepeee arfa weeee ibye Ni nyashipeee mbegaaa
Alfa ngo:Wallah Bilah kur Yesu 🤣🤣🤣🤣
ariko nkunda titi uburyo avuga yitonze ❤❤❤❤❤❤
❤
❤❤❤❤
Ni mwiza sana nanjye ndamukunda ❤❤❤❤
Njye nkunda ukuntu areba
❤❤❤❤
Uwumusi nar nayiteramiy disii we,isi dutuy turabakunda cyane, 🧡🧡🧡🥰🥰🥰
Ariko alpha amaze kuba bogar Wana, warabyibushye
Murakoze iraryoshye kabisa😅😅😅😅
Masikini wanjye Alpha nibyo pe komera sha 😂😂😂 ndagushimiye Alpha bravo merci bonne chance ❤
Ubundi Alpha niwe wanjye kbc courage brother ❤❤
Njye umuntu wambere nikundira ni Alpha azi gukina kbx
Titi uvuga neza disiii 🥰🥰🥰
Alpha ndakwisabiy umbwir ishure wigiyemw gukina film🤣🤣kuko ibigambo vyawe bireruye pe
😂😂😂😂😂😂😂gutese
Alpha urahatwika pe komerezaho
Ishati yayifunze mambata😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅😅
Titi lv u so much mbona witonda cyn
😍
Ati ndumukonyine ufite inka nyinshi cyane😂😂 titi ❤❤
Mana we alpha mwaramubeshyaga?
Ark kuberiki Alfa arumufunga mutwe wasanga nomubuzima busazwe ariko ameze 😂but i like the way he act
Yuuuuuuuuuu Yew Alpha 🤣🤣🤣🤣🤣❤❤🔥🔥🔥🔥🇧🇮🇧🇮🌹🌹🌹🌹🌹
Titi uri umuhanga pee kepp it up
💞
Alpha shenge gira inka nyinshi uri umwami yararenzwe kd amadeni yuzuye mukabari disi gira inka we Alpha ukina neza film
Ariko Alpha asigaye arya iki ko noneho yabyibushye!!!
Alpha nukuri ufitamagambo yihariye mugukina sinzi iyuyakura ❤❤❤❤
Alpha you are the best
Alufa Uzi gukina ndakwemera p uhindula abantu benshi
Ubundi alpha niw wanjye🔥🔥
Ngo uri mwiza wa mabyi we?
Mama alpha woowuuu umu kinnyi mwiza
Alfa ati" usa namayinja😂 urimwiza tata😂😂 ahwii
Yewe aha ho muratubeshye pe😂😂
Alpha weee ndakwikundira gusa courage bro
Much respect to mc nario Mr alpha kwemera br
The way I love this ka beautiful Titi ! She is so calm
💞
Nahorana amakenga yo kumenya who's this man whose name's COBBY yandika scripts zikomeye gutya. Waouh the guy maaan uko biri kose wagize ubuzima bukomeye urakwiye gukora interview nubwo yoba imwe ariko Nini cane ukaganiriza abantu k'ubuzima bwawe. Usanga wobohora imitima ya benshi man kuko scripts z'isi dutuye ni real life we live all over the World brother
Aha muhakinye nabi pe nta reaction mwagize ingana nicaha yaba yakoze.
I love you 💕💕💕 Titi .your are so kind girl
Umukonyine wacu sha😂😂😂ngo wabuhano we😅🇺🇬
mr alpha wibare kuba muzima mushayi🤣🥰🥰
😂😂😂😂
Ati : ndi mwifamu yanjye kd ndi mukabari😂😂
After God, fear woman.😂😂😂
Bjr mumezebo ? Mwadufasha mukanya musohora utu episodedukurikirana
Byadufashapeee
Muyikomeze tuzabone amaherezo ya arufa
Ese nyashi nibiki😂😂😂 Alpha ❤️
Namabuno😂😂😂
Ndimurukundo n Alfa Baeb uranezereza Wee hhhhh knd mubuzim busanzw ubanzatiny abakobw Aflaa
Wabimenyeee
Byiza cyn Sha nukuri muduhe iyindi part 2
Alpha uratwika kabisa 😅😂😂😂😂😂🇺🇬🇺🇬
I love you so much ❤❤❤
Aruph rwose sijyasinda uzabaze pe koko
Dukeneye part2 tumenye Koko niba umuti wakoze 🤣🤣🤣
AKANTU KOGUFATA MUSHIKI WAWE SIKEZA😢
Aka kant bakorey Alfa ubanz ugakorey umunt yans kuva kunzog yahita azivam burund😂😂😂😂
Ntakibuno ntacyabaye😂😂
🤣🤣🤣🤣🤣yooo iyo ndahiro irakaz kwl🥰🥰
Mama titi nawe ndakwikundira pe!!
Umukonyine Disi🤣🤣🤣😭
Hhhh 😅😅 this tym Alpha rwose noneho yabaye konyine😅😅😅arko uranshimisha rwose,😅😅 UTI "okay nyabu"😅😅😅
😅😅😅😅😅😅
Ubwo rero, kubera umujinya. Arahhita ajya kunywa izindi. Ubwo ko yaretse n'a kazi, birutwa nuko ya zinywa ariko agakora akazi. Ntazo yaretse, aho ajyiye kunywa nyinshi kurushaho
😂😂😂😂Alpha umukonyine og
😂😂😂😂😂 ngu arayinkwa ugashyuha bure bure
NiMumufungisha nimwe a Arusha mumugurira. Kandi noneho azavamo yari e kunywa n, Urumogi na Mugo.
😂😂😂😂😂 mbu l dreamed alpha you killed me
muduhe part 2 bsiii
Alpha disi yaciye bugufi 😂
Apana mugize nabi rwise aragaruka yankoye iuomuhora rero
Alpha uwambwira ibigambo uvuga Aho ubyigira gusa iyo ntakubonye ukina sinyireba
Alpha ati :abakire badushaka iki inda ndayifite😂😂😂
njye nikundiye utwo tubodaboda bambaye mundangire aho natubona.
Eeeee mama isambaza munipe yazo nikule Mimi niyazishiba
ALuph akoze amahano
18:11 ati njyewe nywa amasaka 😂
Nario ngo yarose barongora Mushiki we. Voduk irari koze. Hahahaha. Amahano ikigali. Akabi gasekwa nka Keza.
Much lv konyiniz
Disi uyumumama ndamukunda numutesi
Abantu banini nabatesi😊
It’s disorganized nukur nnh
Ark mwatunyoteje impanga&My Ex
Ati ntaburure amagufwa ya data
We miss Lind
Wese kuki yemeye ntakome induru bugatya
Mbega 😢😢😢😢😢
Asubiye mukabari tuu
Mubyukuri Abantu mwese mukinira Muri 👉Isi dutuye. Mbakunda ntabunebwe🎉❤❤Mudupase part 2
Alphaa
Ako koko biri seriye muba munywa inzoga?njyewe nimumbwire
Basukamu amazi😂😂😂
Byashoboka pe kuko zazabica
Akarupha karashobotse pe pole
We miss u m.m amora🥹😞
❤
Hhhhhhhhhhhh arpha umva wokanyagwawe washyizemo iki
Titi avuga neza
😍
💕💕💕