NKORA MU BAKECURU I BURAYI|Kugakora bisaba KWIHANGANA GUKOMEYE|JEANNE adusangije ubumenyi BUKOMEYE❤️
Vložit
- čas přidán 27. 08. 2023
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
Group ya WhatsApp ya Jeanne d'Arc: chat.whatsapp.com/IeQp1muKMVjG9Udb7PTXmU
BUZIMA NUBEHO: czcams.com/video/_hYAoXvLY_I/video.htmlsi=wIyAWDub0ErXH2z7
Please nkeneye kujya kuri grp
Mwakoze cyane ni ukuli muri abantu beza😊
😊
Jello
Amavuta yibihwagari niyo yitwa ngwiki
Mama wawe ndamuzi nimwiza cyane, n'abakobwa be nibeza cyane,muzarebe umudamu wa wamuririmbyi wa Gospel Aime,baravukana
Disi koko asa numudamu w'umuririmbyi wa Gospel Aimé Uwimana
@@christinesemuto940 twari duturanye
Yeah
Uvuze ukuri arasa na madam wa aimé bavuga kimwe banitonda kimwe😊
Koko barasa disi😍
Merci Isimbi nkimwumva namwumvise kuri rose kuva namwumva nataye ibiro nka 15 kubwimpanuro ziwe mubiganiro aduha muri BUZIMA NUBEHO imitobe Jeanne ur'Umugisha cane
Yego disi jyewe mfite ma macopine.wajye usuzugura .cyane abagakora da kandi jyewe nibyo nkoramo nyamara iyo umuhaye amafranga wakuye mubacyecuru arishima
Mwangira Imana zukonzagakora kuko ngira iseseme cyane kandi nibyonize babyita Zorg
Nukuri 😂😂😂😂birababaje
Sabin wakoze cyane ku mutumirwa mwiza,gusa uzongere umutumire adusobanurire amavuta meza yo kurya kuko abenshi dukoresha ay'igihwagari
Biteye isoni kuvuga amabanga n'amazina y'abarwayi (secret professionnel)kuri sociaux médias
Wagize umutumirwa mwiza Sabin 😊wakoze cyane.
Jeanne ndamukurikira cyane ni karibu iwanyu urisanga
Uyumubyeyi afite uruhu rwiza koko!👌
Thank you cyanee Sabin, nukuri , uduha ibifite umumaro ,Arik iyi group kuyijyamo byanze sinzi uko nabigenza , mfasha
Sabin❤️Jeanne d’arc ❤️: murabantu b’agaciro gakomeye❤️
Jeanne urakoze cyane kutwibutsa ko kurya imboga cg betrave ..uziko basil (basilica)jye ndabihanga ariko simbikoreshe .apple hari umukecuru wambwiye ko apple 🍎 yaburimunsi ngo ikurinda kujya kwa nuganganga.exercisse nayo irakenewe cyane mubihugu byateye imbere aho abantu bakora bicaye kurya ibiryo byo mubikombe kuko ari ugushyushya na fast food sibyiza kugenda namaguru nibura 15 minutes. Ningenzi.Imana ibakomeze rwose.
Uyu mudamu aritonda cyane disi ntabwo ameze nkababandi bazabigize ukuntu aracyafite umuco bambi
Woooow
Nukuri ibi bintu biranyubatse uy'umubyeyi afite ubumenyi rwose gusa Sabin urubuga(tsup) rwaruzuye ntakuntu yakora urundi hose akajya atwigisha byaba byiza cyaneee
Wow nize byinshi . Murakoze cyane 🙏
Jeanne wacu, dukunda ❤❤❤❤ ..uzaze south African udusure cherie.
Ba Musasangohe ni benshi,Kuko Kabeza hari Umu Maman witwa gutyo.
Urakoze cyane mubyeyi kutwigisha
Ooooh Jeanne mwiza wacu!Karibu kw,Isimbi mwiza wacu
Imana iguhe umugisha mwishi uruwa gaciro kuba nyarwanda
Jeanne weee,,,,, Urakozeee Cyaneee kutwigishaa..... Nagye ndifuzaa kugyaaa kuriii groupe mwabaaa mukoze
Wooooow karibu Jeanne mwiza ❤
Urakoze cyane Uwiteka akwiteho,kko urokoye ubuzima bwa benshi.
Mrci Sabin uradukoreye umuti nukuri
Oooooh Jeanne afite uruhanga rwiza shenge 👍 Karibu urisanga ku ISIMBI TV.
Yegoko 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Merci !! Maman Jeanne !! Uri umu mama mwiza!! Agira umwete!!!
Murakoze cane ndize ndamukunze ❤️
Mbega byiza…
Félicitations kuli ili somo uduhaye.
Nkunze n’ukuntu utanga amahoro.🙏🏿
Sabin you are no 1 for a reason, welldone and keep up . Utanga ibiganiro byagaciro apana ubusutwa bwabanyeshyali
Bonjour abakora ako kazi bitwa operateur ou operatrice socio sanitaire je fais ce travail depuis 2o ans en Italie que Dieu te benisse d en parler
Biterwa n'igihugu barimo. Muri Belgique babita aide familiale.
Mubavuga igiholande babyita ZORG&WELZIJN!
En France babita auxiliaires de vie sociale.
@@ednahtjereka tubite aba
ZORGVERLENERS niho bose biyumvamwo
Akazi wahisemo ni ukwitanga.bravo. Nkwibutse ko utagomba kuvuga umudwayi mu izina rye! Ngo mubyita muri deontoloji secret medical
Ikiganiro cyiza! I appreciate you
Muraho neza, Jeanne rwose uradufasha pe! uri umwarimu mwiza, uduha ubwenge bwo gufata neza ubuzima bwacu.
Uruhu rwe rugaragaza ko arya neza. Imana umuhe umigisha byishi🙏🏾💜.Ibyo yavuze byose nibuntu abanyarwanda bagomba kwiga.
Link yuzuye kwinjira ntibikunda
Iyo uvuze umuntu uka muvuga amazina yombi aliko avuze limwe ntakibazo kuko abantu balitiranwa
Urakoze mama. Ikiganiro ndagikunze
Ikiganiro cyiza Cyaneee 🙏
Murakoze cyane turafashijwe
Murakoze cyane, Isimbi TV kubwibiganiro byiza mudahwema kudusangiza. Mwaduha iyo link ya Janne Musasangohe. Murakoze cyane kandi Imana igibaha imigisha itagabanyijye.
Wakoze sabe 🙏 kanirikire muyo groupe
Imana iguhe umugisha sabin tuganirijwe byiza cyane ❤❤
Isimbi wowe urarenze, utuzanura abantu bafise umunaro❤❤❤
Uriya Mutumirwa nta mumaro afise. Byinshi yabeshye...
Mwarimu rwose ntuzongere kumena amabanga ya akazi.
Ubuzima nubwa mbere murakoze cyane kurizo mpanuro muduhaye
Muraho neza.
Jeanne arakoze cyane kuduhugura.
Imana imuhe umugisha.
Ariko Mutsinzi ko nagusabye contact zawe kuri Jo twins show ntunsubize ?
Mwarimu Wacu ❤ndakuramukize impuhwe wagira ako Nazi gasaba impuhwe n,imbabazi byarakurangaga
Twizemwo vyinshi merci pour les astuces
Nanjye muzandangire ako kazi ndagakunda cyane
Sha naretse isukari burundu kubera ubuzima nubeho, ndagukunda cyane
Va yo ujye gukora muri Sengapolo ya Afrika uzahembwa neza utavunitse. Abarimu wumvise ko bahembwa neza cyane ! Reka guteta rero va mumata ujye muri acide niba aribyo bikunogeye !
Musasangohe ikiganiro cye kigize umumaro kubuzima bwanjye❤
Jeanne disi umu calisomatike mwizaaa mukuru wa claire ❤❤❤
Sabin mwakoze Group nayigezeho ,erega ubundi uduha amakuru asobanutse rwose
Wowe wabigenje ute koyananiye impa ibanga wa koresheje
Thanx for the educational tips dear bless
Nukuri nibyiza cyane
Bazina wanjye karibu
Nico ngukundira Sabin, uduha courage yokurondera
Umu mama mwiza 💕
Imana igira neza. Urakoze musasangohe.gusawibagiwe kuduha link
Murakoze cane Madame Jeanne kuvyo utuyagiye.
None ura créa iyindi gpe kugira watsupp twinjire.
Iyo nabonye yaruzuye.
Uzoba ukoze caane
Characters za jeanne very decisives!❤️
Jeanne wanjye weeeee
Imana yomwijuru ihabwicubahiro cane gose kuko jewe nivyonkora Kandi ntavyonigiye Kandi bimbera vyiza cane kwitaho umusaza😊
Nivyishi abavyize nabatavyize barabikora ariko harizindi service utamukorera udafite certificate yavyo canke CNA .
Jeanne ndagukunze cyane
Sha nibyo pe bisabakwihangana pe nanjye nibyonkoramo
disi uri umuntu w umumaro Imana iguhe umugisha
ixelles niyo commune ihenze cyane muri bruxelles wenda no mububiligi bwose.aho wibeshye cyane kuvuga kwihendutse.ushaka yabireba kuri internet prix par metre carré (wakumirwa)
Urakoze guhesh'agaciro akazi kacu mwa
Natwe mwadushakiyese
Ahubwo aka kazi gakorwa neza ni umuntu ukunda ikiremwamuntu, utagira inenesi akagira umurava mubyo akora.
Oooh uyu muman kbs aratwigishije azasubireyo yaduhaye nikindi kiganiro
Uziko nanjye nahagaritse inyama umwaka wose naje kwisanga fer iri hasi cyane
Ahubwo icyo mbaza ariya madini atarya inyama
Mwibuka kubwira aba christo banyu gufata iyo vitamin B12
Isimbi tv ❤❤❤❤❤
Love from 🇧🇮
Ba Musasangohe nibenshi mu Rwanda gusa bakunze kuba aribeza cyane ndasuhuza Musasangohe agnès twiganye muri Kim university
Saben kubiganir utugezah jew nkufat nkumukoz wimana Kand uriw
Ikiganiro cyiza,jeanne duhe group watsup
Jus ya betteraves +anana +carottes (iraryoshe)yoba arinziza? Ndayikora kuko ndayikunda ariko nta bumenyi ndabifisemwo
Ndashaka ako kazi ndagakunda
Ikiganiro kiza 👌
Uyumukobwa avugishije
Ukuri
Erega ntuba wamuretse
Kuko musbobora
Kubana
Ibibintu birafasha
Turemerewe kwiha ivyiza.watuzaniye umuntu mwiza
Jeanne urasa neza
Urakoze cyaneee peeee
None se amavuta wakoresha atari igihwagari ? Dufashe
Cherie urakoze
Bjr. Mbanj kubashimira mwese. Umutumire n'umutumirwa.
Hama jew vyans konja muri groupe WhatsApp ngo yuzuye. Nivyo? Si oui, mumfashij iki? Ndabakurikira caaaane. Imana ibarinde yongere ibuzurize muvyanyu mwese
aratwigishije rwose
Je connais une Musasangohe wi Burundi
Waretse guseba kuko jus zose uvuga ni vit c kandi ni hydrosolubre. Kuzifata utariye bigabanya effet zayo.isoni kuza kwigisha ibyo udafitiye ubumenyi .
Btfl Jeanne.
Link yo kujya kuri Whatsapp umuntu yayibona gute c?
Ikiganiro cyiza twize byinshi Jeanne ❤
Ndagukunze cyane uramfashije imana iguhe umugisha mubyuvuze haribinyubutse
N’umu Aide familiale .
Good
Yooo,dore Jeanne disi,yambiii, ntabwo narinziko wagiye disi
Nibyox? Uwimana Eime?
Kumbe amavuta yibihwagari ni mabi.Narinziko ari meza ahubwo ndumiwe🫢🤔
Amavuta y ibihwagali si mabi. Hali abibwira ko huile d olive yonyine ali byiza. Aba specialistes bavuga ko ugomba guhinduranya
amakura saben ujye wihana udefrencial isaha na irene mbone ukombakurikirana mwese
Group yuzuye mwadufasha mugakora indi? Ndi umubyeyi
Csne wanjye ikaze mama
😅urakoze cyane abantu benshi bibwira ko kubyibuha ari ubukire or kenshi ni ukurya nabi
Kandi niyo utihangana urabyiga cyanwa ukakabura
Mubwireko ahubwo tukora transmission naba médecin buri munsi
muraho neza namahoro mwadushyiriyeho urundi rubuga ko urundi rwuzuye