Urupfu nicyo kintu Cyiza Imana yaremye / KARASIRA Aimable
Vložit
- čas přidán 14. 06. 2020
- Mu myaka ya 2010 nibwo Karasira Aimable uzwi nka Professor Nigga yamamaye cyane mu Rwanda mu ndirimbo ze zirimo Carte Rouge, Cishwaha, Shikareti n’izindi nyinshi.
Indirimbo ze zabaga zirimo ubutumwa bukakaye adatinya no kubwira ab’ibikomerezwa bakoresha ububasha bafite mu bitari byiza.
Icyatunguraga abantu benshi ni uko uyu mwarimu wo muri Kaminuza y’u Rwanda yagaragaraga bitandukanye cyane na bagenzi.
Yari yarateretse ubwanwa n’umusatsi mwinshi cyane, amataratara yijimye mu maso, akambara imyenda minini cyane bimenyerewe ku baraperi ku buryo uwo bari guhurira mu nzira cyangwa ahandi atari gukeka ko ari ikigega intiti z’i Ruhande zavomagaho ubumenyi.
Mu mashusho y’indirimbo ze amwe n’amwe Karasira Aimable ntiyatinyaga no kugaragaramo atumura itabi, ibintu byatumaga hari abamukekeraho no gukoresha ibiyobyabwenge.
Mu kiganiro yagiranye n'umunyamakuru Dashim kuri uyu wa 14/06/2020 yahishuye byinshi ku myemerere ye ndetse agira byinshi asobanura mu buzima bitangaje.
Subscribe to my CZcams Channel:
/ @dashdashtv
IG: / dashim250
Facebook: / dushimimana.dashim.9
Urupfu ni rwiza kubateguye iherezo ryabo bakiri mw'isi. Receive Jesus Christ as king and saviour to prepare your after death life. Life is spiritual my brother.
Icyo ni ikinyoma cyambaye ubusa
Abanyafurika dutinya urupfu cyane tugahemukirana tukagambanirana bamwe bakanicana kandi amaherezo twese tuzapfa hari abantu badatekerezako mumwaka wi 1900 isi yarituwe na milliards zabantu ari abakomeye abaciye bugufi mumyaka 120 gusa wambwirako hasigaye bangahe icyokintu burimuntu mbere yogutoteza undi cg kumvako undi yapfa akabaho yagombye kugitekereza. mubuzima bwu umuntu ukuyemo imyaka yubwana n imyaka yu ubusaza asigarana imya ingahe? Mukundane mubane mumahoro kuko nubwo tutazanyura munzira zimwe twese duhuje la destination finale mbaye mbifurije kuzaruhukira mumahoro d' avance.
Komeza ukomere bwana karasira
Karasira is the real Gangster. The Man.
Mukunda kubi kuko imyumvireye ihura niyange cyane peeee
Aimable vous êtes très aimable... reka kwikomeza cyane ushake umugore bizahindura ubuzima bwe. Donne toi la chance d'avoir une famille. Merci
Warakomeretse pe. Humura Imana izakomora.
Wakoze brother Aimable, Uba wabivuze uko ubyumva kdi sitegeko ngo abantu bose babyumve kimwe!✌️
Karasira ndakwumva, ariko Imana ntukayitere ikizere uko byagenda kose. Nkwifurije ko urukundo rw'Imana rukwiyereka🙏😘
Ku bemera Imana, urupfu niyo nzira ituma tuyisanga. Niyo mpamvu bavuga ngo "Runaka yitabye Imana"!
Barababeshya
@@payzzo 😂😂🤣🤣🤣😂😂😂
@@payzzo ok baratubeshya rero nawe uzavuge iyindi nzira itari ukwitaba Imana ?(gupfa)
Kubemera Imana niba urupfu rutuma muyisanga harabura iki ngo musange Imana mubeho mu mahoro y'iteka ryose?
Arukwitaba Imana twese twaba tubishaka ahubwo babyita kuba mumubiri wang
God bless you Karasira, ntukihebe mfura y'u Rwanda. Blessings from above🙏
Uri umuhanga cyane Karasira ndakwemera
Karasira numuntu, wumugabo avugukuri kd kuracyewe murikigihe.(babinoxi)THE
Ibikomere vyaramukomantaje . Pole sana
Karasira ndakwemera WA mugabo we! Ikindi Dashim your voice is amazing
Njyirango ninkubutumwa ubutanga kubagukanjyisha urupfu wowe na ingabire ntimubaho muteyubwoba
Ibyizabyurupfu nibyinshipe.ntirurya ruswa ntirurobanura nibindi........
Keep it ma grand brother Dashimu Ek-ek Dabody.
Ndakwibuka mugasenyi wari so talented kbxa. Keep it bro!!!
Karasira ndakwemera sana
Karasira pore sana grafre isiniyo nyine😢✋😭
I miss this guy
Umusaza ni philosopher wa dange kbsa . Dash dash TV is number one
Mvuga iki ndeke iki,komera grand frère
👋 turabasuhije Jane we!!
Jane ndagusuhuje cyane nshuti kuko nkunda impanuro ujya utanga
@@turibamweali8661 komera komera ,merci, ndakwikirije mu ikivandimwe
@@Queen-ze1tm komera wangu 💃
Hhhh urasetsa kbs hhh
Mukomere Aimable, ndagukunda cyane nkunda ibitekerezo byawe ariko koko ntubonako Imana iriho? Birambabaje, none se ni kuki ukiriho? Ese kuba ugeze aho kandi hari benshi iruhande rwawe bapfuye ntabwo ubona ko hari impanvu ? Umva rero nkubwire Wasigaye kubera ko Imana hari ibyo ikigushakaho hari umurimo yashatse ko ukora nibi utubwira ni umurimo w Imana yashatse ko ugirira abandi akamaro, ikindi kuki se ugira akazi ugahumeka ukagira ubwenge hariho abandi batagize ibyo byose kuki utabishimira uwaguhanze, uhumure kubwibikomere wagize ariko ugarukire Imana izagufungura amaso
Legend Karasira ibitekerezo byawe biri kurwego umuswa atabyumva ntago buri wese yabyumva kuko ni ihishurirwa
Exactly...
Yumva nababinyuzemo nababasha kubisoma
Dihuj’Ibibazo Papà !
So intelligemt!
Ndakwemera kbsa turahuje
Niyo mpanvu umuntu wakugiriye nabi ntukamwifurize gupfa. Ahubwo gufungwa. Ikindi gupfa usize umugani mubi, amagambo akurikira gupfa kwa buri wese afira ettets mbi k'umupfu. Nugira neza nkawe karasira ntukibaze k'urupfu rwawe, peu importe uburyo wapfamo: ijuru urarifite.
Hari abo njya nibaza nyuma y'urupfu rwabo, imivumo izabakurikira, iza affecter ipfa ryabo n'ababo.
Urugero: Umuryango ndetse n'abanyarwanda muri rusange ba Kizito Mihigo bazanezezwa ni uko umwana wabo ndetse w'igihugu ibikorwa bye byamugize intwali.
Hari abandi bakurikijwe cyangwa bazakurikizwa imivumo.
Karasira wacu turagukunda, uri intwali mu ntwali. Komera komera
Karasira ararenze
Karasira rwose ibitekerezo byawe ndabyemera ukuntu usobanuye ubuzima bwiza cg ubukire 100% nanjye Niko mbyemera kbsa mbese uri umuhanga pe
Uyu mugabo Ni umuhanga Ni umunyakuri! Pe!;
Urupfu nicyo cyintu cyiza cyibaho cyiruta ibindi byose bisigaye
Kubivuga birakoroheye ariko rwagusatiriye washaka aho uhungira ukahabura 🤔 Niba aricyo kintu kiza se wazarushatse ukareba ko urubura 🤔🤔
@@esperancemujawiyera7986 nararushatse ndarubura Kuko nziko kwiyahura aricyaha iyaba ataricyaha ntago narushywa niyisi itagira icyiza
@@esperancemujawiyera7986 nararushatse ndarubura Kuko nziko kwiyahura aricyaha iyaba ataricyaha ntago narushywa niyisi itagira icyiza
Ibi turabihuriyeho
Muzamugarure
Who is right between him numuhanzi wavuzengo urupfu nicyo cyibi cyiruta ibindi. Karasira akabavuzeko urupfu aricyocyintu kiza. Ukuri nukuhe
Yavuze ngo nikibi kiruta ibindi kumaso yumubiri ariko rutubera inzira igana icyiza kiruta ibindi kubizera rero ntabwo imyumvire yabo bari batandukanye cyane nuko bose bakoresha imigani cyane
Uyu mugabo wihishe UHUMAHUMA bintera ikintu. Iri Huma rye sinzi impamvu atumvako rijenana
Kuki wumva guhuma aho kumva ibivugwa?
@@intuntu7863 urumva icyo kibazo koko? Ntagihe nata ngusobanurira pee.
Hh umus uransekeje kbx nikiganiro kugikomez birananiye peee ngo guhuma humaa wibeshya ntago byakujenye ahubwo niyo sms wahisemoo ntukabeshye
Nonese waretse kumwumva ukumva ibindi ko ari byinshi biri kuri CZcams?!
@@turibamweali8661 Nonese niba nshaka kumva karasira ibyo avuga? You tube ureba ibyo ubonye byose? cg ureba iby'ukunda? Anyway niba wowe ihumahuma rye rikugwa neza, twe ritugwa nabi mumatwi.😦
Urukpfu koko ntirurenganya kd ntanuwo rutinya nico ciza carwo,ikibazo nuko benshi bibaza kwar ukuruhuka ark wosanga ibibazo ck ingorane ari nyinshi gusumba uwukiri mu muzima
GUPFA kubakiranitsi
Ninyungu.nibyiza cyane
Ariko kubanyabyaha ruragatsindwa.
Kurimbuka iteka.
@@urabonamana3504 ikibazo nta gihamya kiryo rimbuka ufite , ntawagarutse ngatubwire uko byari bimeze mumuriro 🥺
@@urabonamana3504 Nta mukiranutsi ubaho kuko nta muntu ndumva adatinya urupfu
Hatar
❤
Ntekerezako badashim bo mubinyejana bizaza bazaba babwira isi bimwe mubitekerezo by'uyumugabo yagiye asiga kuko ba Socrate ntacyo bamurusha usibye ko bo ari abazungu
Tupac ntiyavukiye muri gereza mama we yarekuwe, abyara nyuma yibyumweru 2
Umusa uransekeje kbx nikiganiro ndagihagarika pee ngo guhuma huma wibeshya ntibyakujenye ahubwoniyo sms wahisemo ntukabeshye
Ndemeranyanawe ikizanuko buriwese ahuranarwo ntirurobanurirakubutoni
Sha mufite ibikomere
👍
Dash ufite ijwi ryiza cyn
Tonny Close Urakoze cyane pe
uvuga ko umuryango ukomeye, ariko wanse kuwu shinga, urumva atari ikinyuranyo?
Rega gushaka ntibibabyoroshye niba abona yimereyenabi akababona umugore yamutera stress kurushaho ntampamvu
Hahaha
Nahoraga nihebye ariko Yesu yambereye byose wibuke subscribe#share and like👍
👇👇👇
czcams.com/video/X9t_4hgpMeQ/video.html
Tu sais Aimable urazubwenge bwinshi mais tu es fous!! Imana niyo abantu banditse??? Ibintu uvuga biteyubwoba ariko ico mbona co nuko uri umuhakanyi. Hah nizere ko ata muntu yokwirikiza ivyo vyiyumviro vyawe bipfuye. Umupagani tuu!!!
Yes, La Bible ni gitabo cyandistwe n abantu bagamije gutegeka cg kwiyoborera abatabizi nkintama!!!?
@Gabriel ubanze utamwumvise neza, ntahakana Imana ariko uko Imana tuyibwirwa nibyo avuga ko bihabanye n’uko iri, Imana abantu tuyandika kandi tukayisobanura bitewe n’inyungu. Niyo mpamvu uzasanga hari amadini ahabanye kandi yose avuga ko yigisha Imana imwe. Ni iyo yavuze yanditswe cg yaremwe n’abantu. Pastor Mpyisi wanagize uruhare mu gusemura bible mu kinyarwanda nawe uzumva ko ari nk’ibyo avuga. Imana dusoma cg twiga itandukanye n’Imana nyakuri.
Umuti wamenyo karasira 😂😂. Ese nguhaye $1 billion wakongera ukavuga ko urupfu ari rwiza?
Abayafite se babaho ubudapfa?
Ubuse uziyuko abivugishijwe no kubura amafaranga 🤔 utazamwibeshyaho wa
Kandi akubwirako bamuhitishijemo kumwica no kumuha zabillion yahitamo gupfa kuko asanga aribyo biruta byose kuko zishira
Uyu ni mwalimu wanjye ark mba mbona murusha ubwenge. Ese ni muzima ntakibazo afite?
Utazi ubwenge ashima ubwe
SAWA RERO ko wumva ubumurusha se, we akaba ari ku mugaragaro, wowe nkaba mbona uri kwihisha inyuma ya za SAWA RERO! Wagiye ahagaragara aho kuvugira mu ndaki?!
Ukurikwawe kuntera kugukunda urumugabo kandi nakubuzemo irondakoko
Akwigisha ibyo uzi noneho hhhhhhh ahubwo nubwo ufite ntibutekereza nexa pr🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Aho niho ugaragarije ko ntabwo ufite, kuko utasobanukirwa ibyo avuga udafite ubwenge buhagije 🤣🤣🤣🤣
Uri umuhanga cyane Karasira ndakwemera
Karasira numuntu, wumugabo avugukuri kd kuracyewe murikigihe.(babinoxi)THE