Imana ije gukubura ikure Umurambo mu bantu! Hazavuga induru ikomeye|| Bitarenze ukwezi kwa 3|| 2023!
Vložit
- čas přidán 3. 01. 2023
- Hari igitekerezo, ubuhamya cyangwa inyunganizi ushaka kuduha cyangwa hari inkuru n' inyigisho ushaka gusangiza abandi watwandikira cyangwa ukaduhamagara kuri + 250 788 393 934
#Dawidi_0788768303
PLEASE LIKE & SUBSCRIBE FOR MORE..... - Zábava
Kuki iyo abantu bahawe ubutumwa bwo kwihana no gusenga cyane baburwanya? Bigaragaza ko umwuka wa sekibi na sekinyoma uganza. Bavandimwe mwibuke ubutumwa bw' i KIBEHO Bikira Mariya yeretse abana batatu amagorwa agiye kugwirira igihugu cyacu adusaba gusenga cyane kdi twicuze ntaburyarya ntitwumvira, mwabonye ibyakurikiyeho mu 1994! Kumvira biruta ibitambo.Mureke twumvire twihane ntaburyarya kdi dusenge cyane, Imana izadutabara ntakabuza.
Ubutumwa bwi kibeho umuntu yabusanga ahaganahe ndangira
Amen
Numvise neza byose wavuze,nsaga ntagishya kutavuzwe,gusa mwahanura mwavuga izo ndimi mbagosorera muri Biblia,cyane ko byahanuwe mbere ko muzaduka muri benshi ngo mukayobya n’intore niba bishoboka.rero kubaha Imana nibwo bwenge
Ntabwo Abasinye amasezerano na satani ari Abakozi b' Imana, Mujye mubikosora musobanire ibwa n' ibibwana byazo
Abiyita abakozi B'Imana basinye ayo mahano 👌👌ni ukubikosora da.
Imana nishimwe kuko icigomba kibakubikunda nahozendaba izikomente ntabwozikwiye kumakuru yijuru kuko nayisi usangamuribeshi mutangakomenti arikontibitangaje abantubeshiturangajwenivyisi ariko iyotwibwirakoturikotujahezaturihenda nimuzetuguruburyotuburwiza ibihenibibi
Imana imbabarire impe agakiza
Habwa umugisha rwose amakuru yo mu kwa gatatu abagize umwete wo kuba imbere y’Imana dufite amakuru
*#David**, ibyo bintu unyuzamo ukavuga mudimi **#zitumvikana** ujye ubyihorera kuko ntacyo bitwunguramo.*
Amen IMana niyo nikomejeho ibihe byose
Sha Izahagera ntizanatinda niba tutihannye Maze turebe usenga Imana yukuri ubutumwa urabufite koko Waranabuhawe Ariko ufite ubwoba!
Imana ije gukubura, ize iguhereko
Gumamo Yesu azajya akuneshereza umwuka wera azakomeza.
Imana igukoreze mubiganza byayo mwana w’Imana. Igitabo cya Enoch cyamaze gukurwa muri Bible, uko twabonaga Bible muri Computer mumyaka 2 ishize siko biri uyu munsi, twabonaga Bible nyishi uko dushaka tugakora download uyu munsi siko biri. Muri Amerika na Canada abantu bifuza kugaruka muri Afrika nibose kuko basanez batararemewe kuhaba, beshi bamaze kugaruka abandi bari munzira, ndetse nabandi bari kwitegura kugaruka muri Afrika. Imana yo mwijuru iturengere, idutabare muri byose.
Dushake uwomwami wabami hakirikare
IMANA iguhe umugisha ibyuvuga nukuri nukuri IMANA niyo nshuti nziza ndafashijwe urimo UMWUKKA wIMANA
IMANA idufashe
Yewe ni ishyano rikomeye gukurikira nk'ibi.
Biteye agahinda....
2 Abakorinto 11:3-5
[3]Ariko ndatinya yuko nk'uko ya nzoka yohesheje Eva uburyarya bwayo, ko ari na ko intekerezo zanyu zayobywa mukareka gutungana no kubonera bya Kristo,
[4]kuko iyo haje umuntu ubabwira Yesu wundi tutababwiye, mukakira undi mwuka mutakiriye mbere, cyangwa ubundi butumwa mutemeye mumwihanganira mubikunze, ariko jye ko mutanyihanganira,
5]kandi nibwira yuko izo ntumwa zikomeye cyane zitandusha na hato.
Amen Imana Iguhumugisha
Yego umurambo nuve mubantu
Amena.nacyiba itacyemeye
Yesu aguhe umugisha mukozi w Imana
Amen amen Imana iguhe umugisha Dawidi
Mwami wanjye nyongerera ukwemera ngushakashake
Murakoze cane ku butumwa bwiza muduhaye,amen amen !
Amen Imana niturengere
Amen. Mana uturengere twese abagukurikiye by'ukuri.
Iri sengesho ryawe wowe Uwamahoro siryo. Ngo ibarengere mwenyine?
Aba hanuzi ,Bose barabivuga
Amen
Amen mukozi wimana komeza uvugile uwiteka ukobiri
Ameeeeen. Ameeeeen. NDIHO aturengere
Imana Iguhe umugisha Kandi igukomeze
Bizemere mu izina rya Data WATWESE.AMEN
Niba uri kubeshya Imana Imana ikwiyereke vuba
Urakoze cane muhungu wa Yesu
Imana nguhemugisha kuvugishakuri
IMana niturengere ,kdi IMana iguhe umugisha
amen
NIC
Yesu adutabar atwongerinkomezi
Abanga ukuri rero ntago baba bashaka kibyumva abubugingo barabyumva jyuvugirimana dawidi amatwi yabo azaba abarya icyo gihe kirimo gusohora!
Turakubaha Uwiteka utugirirre ibambe kuko uri umutunzi wimbabazi kd ibambe ryawe rihoraho iteka tabara abantu bawe
Uwitekawe dagusaba imbaraga nukurii
Imana ltweze ldutabare
Cyabikora dawidi ntabwo nahakana ko ibyo avuga Koko bimurimo pe nkurikije uburyo icyigisho cye kiryoshyeeee
Imana niturengere waduhaye nimero yawe
Mana impa imbaraga mwami nzenkunambeho uzunshoboze🤲🤲.kuko ibihe turimwo biragoye ntitwoshobora.Imana ikomeze umukozi wayo🙏
Ndagukunda mukozi w Imana nikugirire neza Kandi igukomeze
Uwiteka aduhe imbaraga zo kuba maso
Nukuri IMANA iduhe imbaraga
Komeza ukebure abana bimana muvandimwe.
Kirsitu ashimwe adukunda urukundo ruhebuje ,zaburi 125:1
Abiringiye Uwiteka bameze nkumusozi wasiyoni utabasha kunyeganyezwa uhubwo uhora uhaamye lTeka ryoose,
Icyubahiro kibe icya Data wa twese.Amen amen 🙏🏿
Yesu ajye agukomeza abapinga ibyimana birata imbaraga zabo namaboko yabo izabivunagura komera cyane
Amazina muzi kuyandikisha muminsi yanyuma ngohazaza abahanura binyoma
Nibyo sibyo???
Urimo neza....
Vuga, vuga....
Abafite kwirukanwa nibigarukire Mu Rwanda niho wabonye ihema.
Murigukinisha izina ryImana mugakabya uko murushoho gukabya kuritinyuka mutuma benshi bagwa mukavuza nabo kwizera kwizera ,abantu bakirunda murizo nsebgero zanyu kubera iterabwoba ryanyu.muri ibyihebe biri kurimbura benshi kurusha naba taribani naza alshabab kuko murikurimbura ubugingo mwe 😭
Amen Amen 🛐
Dawidi lmana iguhe imigisha kd ikongerere amavuta Menshi
Abiringiye Uwiteka bameze nkumusozi Sion utabashika kunyeganyezwa ahubwo uhora uhamye Ntacyo Nzaba
Muyaduhe se ?
Yesu ashimwe bantu b'Imana!
Nakurikiye uyu musore Davidi numva ngize amashidikanya.
Ngiye kumubaza ibintu 3
1.Indimi urimo uvuga harimo amagambo 2. Jesus, mandiko. Byatumye nibaza niba koko ari indimi z'ijuru.
2. Message ivuga ko Biblia igiye guhinduka ndetse n'idini rimwe ibyo bimaze imyaka myinshi bihanuwe. Keretse niba Imana ishaka kwibutsa abantu. Rero bivuze ngo ushaka wese yabihanurira abantu.
3.Ibijyanye no guhumana k'ubutaka byarabaye umwaka ushize ubwo abantu bateraga ibigori hakamera bike, ibishyimbo hamera bika ndetse n'ibyabashije kumera izuba ryarabitwitse. Kandi n'uwashyira mu bwenge been yabona ko ihindagurika ry'ikirere rizateza inzara nyinshi.
Kandi ibyo kuvuga ngo Kigali izasigaramo n'abifite buri wese arabibona. Naho ibyo kuvuga ngo abubaha Imana nabo bazasigara muri Kigali sibyo. Imana izasigaza yo abo ishaka ko bayikorera muri uwo mujyi babandi b'inshirwa rimenetse.
Wowe rero Davidi reka mbanze nkwibwirire. Singupinga ngo ntiwatumwe rwose ahubwo nabonye ko uri umuhanuzi w'umunyabwoba.
Reka kuvuga uziga, fatira urugero ku bahanuzi ba kera. Eliya, Elisa, Yeremia, Yesaya n'abandi. Abo bavugaga beruye ntawe batinya.
Mvuze byinshi bishoboke byagutera ihungabana ariko wihangane mbivuze uko mbibona Kandi nanjye nizera ko mfite Umwuka w'Imana.
Umwuka w'Imana akuyobore Kandi aguhe ubwenge.
Ndi Muzee Samuel
0788458411
Na Pasta Fanny yarabihanuye nyamara tube maso Imana ikomeze iturengere
Pamphile nawe yahanuye ibisa nkabyo.
Abarwaye umutima bareke kbyumva
Abantubikigihe icyubahiro kizabamara avamurugo atwaye bibiriya yagera kumuryango wurusejyero ikamunanira
Mana we utuyobore munzira yawe
Ariko mubereyeho guhahamura abantu gusa
Bro uvuzeko induru izavugirahandi kwisi kwiwacu ntayizahaba, nibuka uwatubeshyeko Corona itazagera iwacu mu Rwanda mpita nkwibazaho !!!!
Twakiriye ijambo ry'Imana,
ariko mfite ikibazo ese kuvuga ubuhanuzi cg ijambo ry'Imana ningomba gutitira CG kuvuga mundimi ?
2.ese izo ndimi muvuga biba biri mubushake bw'imana cg nibiba bibaturutseho ?( kwakundi umunu yimenyereza ikinu ukajya ushiduka byikoze
NIZEREKO IZO NDIMI MUVUGA ZITAGUSHA ABANU MUBURYO BW'UMWUKA KUKO ABANU BASHOBORA KUTABYUMVA , GUSA IMANA NIYO IZI WOWE UBIVUGA NIMBA ARIBYUKURI CG SE NIMBA URIMO UBESHYA ABANU ( ICYO GIHE IMANA IZABIBAHANIRA ) NUBWO ABANU BATABIMENYA KO ARICYO IMANA YAGUHANIYE ARIKO IMANA IREBA MUMITIMA YABANU YO IRABIMENYA KUKO NTAWAYIBESHYA
NIBYIZA KO TWESE TUKOGOMBA KUJYA DUTINYA IMANA BITRYO BIDUTERE KWIRINDA MURI BURIKINU CYOSE TUVUGA CG DUKORA KUBERA KO IMANA IRAHANA
AKENSHI ABANTU NTIBABIMENYA KUBERA KUBYIRENGAGIZA ARIKO NIDUSUZUMA UBUZIMA BWACU BWABURI MUNSI UZASANGA IMANA IJYA IDUHANA KURI BURI KANU KOSE DUKOZE NAKAKANDI TUBA TWASUZUGUYE , IRAKADUHANIRA MUGIHE CYOSE TUTABYITAYEHO NGO TUNABISABIRE IMBABAZI
IMANA IDUFASHE MURIBYOSE KANDI ITURINDE INGARUKA ZIBYO DUHORA DUKORA BURIMUNSI
Amavuta mavuta. Kumukoziwi man dawidii
Ibyuvuze byabibiriya nibyo ndabizipe
Uwomukozi. Wimana. Natubwire. Itorero. Asengeramo
Nikoko lwa Luguma lwa kera lugiye gusubirwamo🫢 Nonese igitabo cya Enochi bakuye muri Bibiriya ko aricyo cyarimo iterabwoba ariko kuri kwari kuzuye bagikuyemo, barashaka iki kindi🙄
Muzakurikire #Les 12 oeuvriers 2020
Imana itwongere imbaraga nawe lmana ikongere amavuta isubize Aho ukuye abatabyemera bazaze iburayi bazabona ko satanic agenda habona
Ni kimwe ni Kigali naho satani yahagize icyicaro.
We
None se inzu nziza niko kugira Yesu Kristo?
Amavuta nijambo musore wayesu
Abasirikari n'abaturage nibo bo kunga ubumwe bakirukana izi ndaya n'abagore b'abazungu zicana hagati yazo kandi zica ziba zisenyera zishonjesha kandi zikenesha abaturage b'igihugu cyazo kandi ziteza intambara mubindi bihugu kunyungu z'abakoloni b'abazungu. Nibwo génocide kuva 1990 kugeza ubu izahagarara
Uko mukuri mukozi w,lmana
Abo #Bakozi 450 bangana n'#Abahanuzi 450 ba #Bayali bishwe na #Elie.
😭
In
Ni wowe ubabazwa n,abafite bible muri macho e,cg c ni Imana ?
Ijambo ry,Imana si impapuro cg c inyuguti ahubwo ni ukiri muri ziriya nyuguti.
Musaza WA Riziki Chantal komeza usemerere nijwi ry uwusemerera
Nimusazawe muvyumubiri canke
Kuki mutajya mwerekwa ibyiza by'igihugu koko???
Niba ubona mu igihugu hari gukorwa ibyiza nta ibyago bizakibaho ark niba ubona ibyaha bigwiriye mu igihugu nta ibyiza bishobora kukibamo muvandi.
Niba mu gihugu harimo ibyiza, ibyo uyu musore ari kuvuga ntabwo aribyo bizarihindura.
Nonese ibyo avuga kuri Bibiliya hari aho bihuriye n’igihugu?
Ibyiza se bigomberwa kuvugwa kandi byigaragaza
Reka havugwe ibibi kuko nibyo bihishwa wenda haboneka impinduka abantu bakihana.
Ngll
Ariko abantu baretse ubuhanuzi bwamaranga mutima.
Bamwengo Imana ijye gutabara, abandi bati Imana ijye kurimbura. None se mukanwa kayo kavamo amagambo atandukanye? Mwaretse tukagendera mubuhanuzi bwa Bible ?
Imana niyizibyose kuko ntagihemutavuze nonese gutwaza umuntu bihuriyehe Imana ikomeze irenjyere uRwanda kukwabavugano sinzi
Nyamara ni ubwibone no gushaka icyubahiro cy’umurengera ! Biblia se iraremereye da ku buryo bakenera ababatwaza ?! Come on !
Eeeh!! David,isengesho urarizambije.
Ngo uri ivu mw,ivu,ntacyo uricyo kandi uti Imana igutuyemo?
Ni hatali.
Ese gushaka Uwiteka ni iki? Ni gute?
Ni gutyo utwibwira gusenga menshi?
Ntago abizambije niba wowe udasoma bible, David umwami wa Israël yivugiye ko we ari umunyorogoto. Nyamara Imana yaramuhamije Iti: mbonye David umuntu ufite umutima umeze nkuko Imana ishaka
Ariko jyeweho ndi umunyorogoto sindi umuntu, Ndi ruvumwa mu bantu nsuzugurwa na bose.
Zaburi 22:7
Mbese umwami wa Isirayeli ateye nde? Uwo ahiga ni nde? Ni intumbi y'imbwa, n'imbaragasa.
1 Samweli 24:15
Ariko ubu nkizi mburamukoro Ziba zibeshya ibiki
Niba ufite ibihamya byuko uri Mumuhamagaro w' Umurimo w'Imana Uhumure ntutinye intumwa za satani
Amen
Nidini rya Antichristo
Amen
Ariko mubereyeho guhahamura abantu gusa
Niba ufite Yesu mu ubugingo bwawe ntawaguhahamura ark niba uri umunyabyaha,nta amahoro y'umunyabyaha niko Uwiteka avuga.
Uko mukuri mukozi w,lmana
Amen