Video není dostupné.
Omlouváme se.
NGUKO UKO NAHAMAGAWE BIBAKURE MURUJIJO NDAVUGA BABANDI: Ntimwibuka Umuntu wabuze icyo atuka inka?
Vložit
- čas přidán 4. 07. 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku biganiro n'inyigisho tubagezaho cyangwa ukaba ufite n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250788426035
Imana ukorera Imana ijyiguhemba abobavuga nibavuge gendasaba Imana Impe imbaraga nkizikulimo nsengere umuryango wange
Ameeeeeen icubahiro kibe ica NDIHO ibihe vyose
Yesu uko yararejo nuyumunsi nikwari
Imana Ijye Iguha Umugisha peeeeeeee❤
Imana ishimwe, Mukozi w'Imana ndakwemeraga, bya ndani mu mutima!
Nukuri Yesu Kristo aracyakora!
Yesu arivugira , ninde wahagarika ubushake bwe, abirirwa basakuza nabo nibaze batubwire’ bagaragaze ibyo izo mana zabo zikora,
Byonyine imigisha tugusabira ntekerezako ikugeraho.
Wanyigishije kwisengera ndagushimiye mukozi w'Imana
Uri umukozi w'Imana, twe tuzi icyo wadufashije ntitubishidikanyaho.
Yesu ashimwe, uyumukozi w'lmana afiite amavuta kuko sinkirwara kumva isejyesho rye gusa ni umuti wirwara zose
imana ibahe umugisha erize turagukunda cyane
Imana iguhe umugisha mwinshi❤❤❤❤❤❤❤
Halleluaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa urantangaza Yesu we Urantangaza nibatuze nibatuze ur.umukozi w'Imana wowe komeza wicire bugufi Imana iri muriwowe ikomeze ishyirwe hejuru kandi izaguhemba nutagwa isari uzasarura icyanga cyo muri Yesu Halleluaaa
Imana ikiza abarwayi ikomeze ya mamare no batatizera bamenyeko ariyo ishoboye byose mwizina rya Yesu Christo . Nsengimana nawe Yesu Christo akomeze agutwikire kandi akwagure turi kumenya ukuri ndetse nibyari bihoshwe Imana irikugukoresha tukabimenya . Turagukunda ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Elyse niba ushaka ko Imana izakomeza kukureba neza kdi ukazagira iherezo ryiza :
-ujye urinda umutima wawe gukunda ubutunzi ninyota yabwo yose.
-wirinde kugenda mubyumba biri hanze aha.
-ntugakunde icyubahiro ujye ucabugufi ndetse no kumwana moto
-ujye ukomeza gusoma ijambo ry'Imana kugirango ukomeze wunguke ibindi kdi ujye ukoresha handitswe ngo nibwo uzabasha gutsinda uburiganya bwose.
-kdi igihe cyose ujye wumva ko uri muto ucyeneye kugumya kunguka Imana ijye igukuza ubwayo.
-ujye wirinda kuvuga amazina yabantu keretse uwabigusabye
-ntukavuge urakaye igihe usubiza abakuvuzeho kdi ujye wirinda kwivuga ibigwi
-
Yesu aguhe umugisha kunama nziza
N'ukuri imana habwe ic,ubahiro jyew ndumva ntacyo nov,uga kirenz ariko nziko imika najew izongeraho
Niwowe waciye mu bahanuzi Imana iguhe umugisha
Amen Amen kubwimirimo Yesu Christo arikugukoresha .
Imana iguhumugisha😂😂🙏
Amen
YESU KRISTO uko yari Ari ejo nubu Niko Ari
Ngaho rero abakurwanya nibagaragaze ibikorwa Imana ibababarire kuko batazi icyo bakora
Amen 🙏
Rero abapfapfa baransetsa nk'umuntu uza hano agamije gutukana aba yahawe ikiraka nande koko ariko niba muba koko mwakurikiranye atari ugupfa kwandika mutanakurikiranye ibibera hano ikintu muba mutukira uyu muvandimwe ni iki koko ese koko iyo urebye uba ubona ari ikigabo koko uvuze umugabo se waba iki? Elysee ntimumuzi twe twamwigiyeho byinshi yatwigishije gukizwa neza no gusenga bya nyabyo kndi bitugejeje kure dufite ubuhamya dukura kuri we.Mwe rero muza muje gutukana ntacyo byabagezaho igisambo cyakiriye ku musaraba kuko cyaciye bugufi kemera ububi bwacyo bikiviramwo kwibonera ijuru naho icyapinze nacyo amaherezo yacyo ntiyabaye meza kuko cyatukaga utariho urubanza mukomeze mwikururire imivumo mwirirwa mutuka umuntu w'Imana muzumirwa umunsi umwe ntacyo avuga kitamamaza ingoma ya Christu agira ishyaka ry'Imana kndi bikamutera ifuhe ryo kuyirwanira ishyaka ariko kugeza ubu sinumva mwe mumutuka icyo mumuziza gusa Yezu bagiye kumwica yaravuze ngo ubwo bigendekeye gutya igiti kibisi icyumye bizagenda gute rero Elysee mumureke ntimuteze kumuca intege cg kumutwangisha agomba kwangwa no kurenganywa nkuko umwami we yarenganye
Utemera imbaraga zimana zikurimo nimpumyi
Elyse yahawe impano rwose itari pirates rwose
Elysee unsengere mfite mama urwaye diabete,unsengere kuko bibaje umutima wanjye ntuye Kayonza
Wongere utwibutse Aho musengera njye ndi irurindo
Yesu christo nashimwe mutubwire ukuntu umuntu yasenga lnzozi mbi zikamuvaho ntazongere kurara arota agenda
Abobabaza ivyobibazo nibande?
Bagize amakenga yivyobakubonako nibasenge mukozi wimana kuberiki wisigura kubanababantu?
Biragaragara ko Satani n’abambari be bahagurukiye umurimo wayo uhereye hariya ku nkuru nziza , mboneyeho akanya kugusaba mwe mwese bireba , bibakomanga mu mitima yanyu turye hamwe dushake ikibanza kitari icyo gutira umurimo wa Yesu usubukurwe.
Iki kiganiro kirapfashije cyane Harimbaraga mumwamwi Yesu Kirisitu abarimo gushakisha impamvu ngo basebye uwo Imana yahaye kumbaraga zayo nibahore nibadahora bavuge ubusa kuko ntawababuza.
Abasenga bayobowe n'Imwuka wera amasengesho nukuyerekeza kumukozi w'Imana abadayomoni bamurwanya bakomeze batsindwe Uwiteka akomeze aguhagarareho uracyakenewe cyaneee.
abo bakurwanya icyabereka ukuntu twe twemera amavuta akurimo twabuze uko tukugeraho ngo uturambureho ibiganza! jya ubareka ni abakozi ba sekibi , abagambanyi n'ibindi ntazi! twe turagushyigikiye
Yesu Ashimwe cyane! Birasaba Kujya wumva Aho tuzajya ukahaza tugasenga
Komeza utubwire Yesu nanjye ndimo kubohoka ku bw.ijambo utugezaho nibwo nkimenya gusenga nkizera Imana ko yumvise Imana iguhe umugisha
Ariko turacyategereje cya kigisho watubwiye ko uri kudutegurira
Nanditse byinshi reka ndekeraho ariko mbonye Imana muri wowe
Amen