Mbere yo kwishora mu kugura ubutaka hari ibintu 5 bikomeye ugomba kwitondera||Benshi barabuhomba||MM

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 7. 08. 2022
  • Niba uzi inkuru idasanzwe, umuntu ufite ubuhamya butangaje, amakuru atangaje cyangwa ikindi wifuza ko twasangiza abakunzi bacu, watumenyesha uduhamagara kuri 0788542538. Ntukibagirwe gukora SUBSCRIBE niba utarabikora, kugirango ujye uba mu ba mbere bakurikira inkuru yacu.

Komentáře • 16

  • @UkweziTV
    @UkweziTV  Před rokem

    Habaye hari ikibazo wifuza kubaza Me Munyentwali Maurice kirebana n'ibyo twaganiriye muri iki kiganiro wamwandikira kuri email ye: munyentwalimaurice@gmail.com, cyangwa ukamwandikira kuri WhatsApp ye +250788566872.
    Wanasura CZcams Channel ye anyuzaho ibiganiro by'amategeko yitwa Amategeko Yacu.

    • @andresekamana9362
      @andresekamana9362 Před rokem

      Ariko nubundi igihe nzazira cyose nzabasanga

    • @deserveshow3922
      @deserveshow3922 Před rokem

      Ese mitation yo iba ryari?
      Ese ni nyuma yo kwishyura cy mbere yo kwishura

  • @allez5225
    @allez5225 Před rokem +1

    Murakoze cyane kubisobanuro muduhaye

  • @drilbo1826
    @drilbo1826 Před rokem +1

    Ikiganiro cyiza cyane murakoze.
    Mfite akabazo: kukise leta atashyiraho itegeko ribuza transactions zigura ubutaka hatarimo aba avocats bashinzwe iby’ubutaka?

  • @user-wh7tp7nn6r
    @user-wh7tp7nn6r Před měsícem

    Nigute baguha icyangombwa uwagurishije yarapfuye

  • @prime_a
    @prime_a Před rokem

    Biterwa nigihari bro. si umunyamategeko ugira team yose yabagirwa inama yubutaka🌍

  • @prospermulindwa4363
    @prospermulindwa4363 Před rokem +1

    Urakoze kuduhugura

  • @user-wh7tp7nn6r
    @user-wh7tp7nn6r Před měsícem

    Abanabe bakakurishya

  • @borainn1367
    @borainn1367 Před rokem +1

    Ujya kwa muganga warembye ukamara icyumweru utitaweho buri muforomo aza agucaho yigendera yita gusa kubo baziranye hanyuma ngo wajyayo utararwara bakakwakira? Uzambaze?

  • @Iwacu54321
    @Iwacu54321 Před rokem +1

    Good 👍

  • @borainn1367
    @borainn1367 Před rokem

    Ikindi, mu butaka hari ibibazo birenze ibyo muvuga. Mfite ubutaka umwaka urarenze dusaba gukosorerwa imbibi zabwo. Bigiye mu karere bigaruka ngo harabura iki n'iki. Cyane ko umwe mu banditse ku cyangombwa yapfuye. Ubu se nje kugurisha wabwirwa n'iki ko ubutaka uguze ko ari bwo n'ubwo nguhaye icyamgombwa na system yemera?

  • @bizozamohamed7329
    @bizozamohamed7329 Před rokem +1

    uyambara Uri mukazi gusa .

  • @bizozamohamed7329
    @bizozamohamed7329 Před rokem

    nubwanjye burarinzwe ndabizi uzabugura ntahari azabusubiza ntawujyana umwenda tubyibuke

    • @birashobokatv3474
      @birashobokatv3474 Před rokem

      mwaduhaye iyo web site umuntu yacaho kugirango amenyo ayo makuru?