Mbere yo kwishora mu kugura ubutaka hari ibintu 5 bikomeye ugomba kwitondera||Benshi barabuhomba||MM
Vložit
- čas přidán 7. 08. 2022
- Niba uzi inkuru idasanzwe, umuntu ufite ubuhamya butangaje, amakuru atangaje cyangwa ikindi wifuza ko twasangiza abakunzi bacu, watumenyesha uduhamagara kuri 0788542538. Ntukibagirwe gukora SUBSCRIBE niba utarabikora, kugirango ujye uba mu ba mbere bakurikira inkuru yacu.
Habaye hari ikibazo wifuza kubaza Me Munyentwali Maurice kirebana n'ibyo twaganiriye muri iki kiganiro wamwandikira kuri email ye: munyentwalimaurice@gmail.com, cyangwa ukamwandikira kuri WhatsApp ye +250788566872.
Wanasura CZcams Channel ye anyuzaho ibiganiro by'amategeko yitwa Amategeko Yacu.
Ariko nubundi igihe nzazira cyose nzabasanga
Ese mitation yo iba ryari?
Ese ni nyuma yo kwishyura cy mbere yo kwishura
Murakoze cyane kubisobanuro muduhaye
Ikiganiro cyiza cyane murakoze.
Mfite akabazo: kukise leta atashyiraho itegeko ribuza transactions zigura ubutaka hatarimo aba avocats bashinzwe iby’ubutaka?
Nigute baguha icyangombwa uwagurishije yarapfuye
Biterwa nigihari bro. si umunyamategeko ugira team yose yabagirwa inama yubutaka🌍
Urakoze kuduhugura
Abanabe bakakurishya
Ujya kwa muganga warembye ukamara icyumweru utitaweho buri muforomo aza agucaho yigendera yita gusa kubo baziranye hanyuma ngo wajyayo utararwara bakakwakira? Uzambaze?
Good 👍
Ikindi, mu butaka hari ibibazo birenze ibyo muvuga. Mfite ubutaka umwaka urarenze dusaba gukosorerwa imbibi zabwo. Bigiye mu karere bigaruka ngo harabura iki n'iki. Cyane ko umwe mu banditse ku cyangombwa yapfuye. Ubu se nje kugurisha wabwirwa n'iki ko ubutaka uguze ko ari bwo n'ubwo nguhaye icyamgombwa na system yemera?
uyambara Uri mukazi gusa .
nubwanjye burarinzwe ndabizi uzabugura ntahari azabusubiza ntawujyana umwenda tubyibuke
mwaduhaye iyo web site umuntu yacaho kugirango amenyo ayo makuru?