YAKUNZE BIKIRA MARIYA NAWE ARAMWITURA, PAPA YOHANI PAULO WA II:

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 7. 09. 2024
  • -Mutagatifu Papa Yohani Pawulo wa II yakunze Umubyeyi Bikira Mariya ku buryo budasanzwe
    - Mutagatifu Papa yatangaje umwaka wihariye wa Bikira Mariya. Uwo “Mwaka wa Bikira Mariya” watangiye kuwa 7 Kamena 1987 usozwa kuwa 15 Knama 1988.
    - Yujuje isengesho rya Rozali, yongeramo amibukiro y’Urumuri, kugira ngo amabanga y’ugucungurwa kwacu, tuzirikana mu mibukiro yuzuze igice cy’ubuzima bwa Yezu Kristu mu Butumwa bwe, kuva abatijwe kugeza aremye Ukaristiya.
    -Yatangije amahuriro mpuzamahanga y’urubyiruko (JMJ)
    - Yavuze ko Urubyiruko rutagomba gufatwa nk’urwananiranye, ahubwo ko rugomba gufungurirwa inzira y’ubwigenge, rugatozwa gukurikira inzira ya Yezu Kristu”.
    - Mutagatifu Papa Yohani Pawulo wa II niwe washimangiye imvugo y’uko « Urugo rw’abakristu » ari « Kiliziya y’imuhira » (Eglise domestique)
    - Ibanga ry’amahoro, kuri Mutagatifu Papa Yohani Pawulo wa II, ni uko “inabi tugomba kuyitsindisha ineza”.

Komentáře •