Ezechiel mu bintu biri kubabaza imana ni ibi urimo ukora ntugakemurire ibibazo ufitanye na mwene so ku mbuga nkoranyambaga. Geza aho mwene data utazabihanirwa, kandi n icyo nacyo gisabire imbabazi. ibiganiro byawe utambutsa byose biba bifite ibibazo rwose, isubireho. Boaz afite amakosa si uko wamuhugura. Yesu abigufashemo
Erega umugabo numugore bakora ibyobashaka bashatse bajya nomukabyiniro bakabyina ikibi nukunywa inzoga nahubundi Imana ntiyanga abishimye mureke amashyari mubahe amahoro biyubakire ❤❤❤❤💪💪💪
Yewe nshingiye kukiganiro,n'ijambo Boaz avuze,nsanze ari mugufi kumubiri ariko ni muremure mu mutwe afite ibitekerezo bizima peeee !!!!
Yegorata❤❤
Ntiwumva niwowe wanjye.
Ubashije guhura nawe mugasengana nubwo yaba Ari umunota wasanga Ari muremure cyane ahubwo kuruta uko ubi tekereza Boazi Afite lmana itari bayari yubahwe 🙏🙏🙏
Nonese Ezekiyeri weeeeee niba umugore wawe atakubyinisha waretse ishyari.
Murekane nawe buwaze nashri wawe ndabakunda cyane ❤❤❤❤❤❤❤. Ezekiyeri numuzazi kbx
Ezekiel wama uri umunya mafuti ibihe vyose
Uyu Ezechiel IMANA imubabarire cyane ,kuko imukuremo umwuka wo kwiyemera cyane ishyari no gusenya benese
Ezekiyeri yaravagiwe. Numuzazi😅😅
Sha Ezekiel waraguye ndetse wararambara pe kandi iyi mana muza musevya ndabarahiye muzahigura mwaramaze gufata lmana nkamusazawanyu😔😔😔😔
Ababageni narabikunze rwose babonye, gusa si nishimiye ukuntu abantu babazengereje 💖💖💖
Nabubwabo babaha umwanya
Ibyo mutekereza sibyo Imana itekereza. Muzibwirako mubasebya ark nimwe muzaseba😂 baramwaye basabye imbabazi❤
Ezekiel ninjiji cyane!!!!!
Harya aba nibo bahanuzi njya numva ngo banura ibyo Imana yabahaye😂. Yewe tugeze mu minsi ya nyuma.
🤣🤣🤣🤣
Ibyo mwasebya Boazi byose icyonzi cyo Boazi afite lmana muri we🙏 ntiyisondetse ahubwo iryo shyari ni rinsindwe rwogere Kandi lmana ixabubakire 🙏🙏🙏🕯️❤️
Gihozo yubahwe yarabivuze ko Ezekiel imana igiye kumwanika nimureke imana yikorere reka imwanike iki nicyo gihe urugendo ruracyari rurerure kuriwe nimana reka imwanike
Boase disi Ni umukristu Imana yubakire boase
Iman niyonkuru amena buwaze ubahwa kuko urigikomangoma gikomeye cyaneee umbwobugabo nubujanjwa bubi cyaneee ezekiyeri afite agasuzuguro kabi cyaneee bashake bamurega afite agasuzuguro nagende
Ezechiel umupagani womurusengero urinjajwa yumugabo wowe😢
Ezechiel ni akajajwa kagira nishyari
Ezeckiel we witonde Boazi uri kirashyushye
D'amour ni imfura. Asavye imbabazi.
N'i Burundi twamukunda Ezechiel agikorera Imana ariko ubu yarabivuyemo. Asigaye akorera you tube na views...
Imana yabwiye bowazi komuzomusaba imbabazi
Bowaze numukozi wimanape lmana ikojyerere amavuta
Buwaz komera uri umuntu w'umugabo kandi w'Imana urugo rwanyu Imana ibahe umugisha👍❤️🙏 Ezekieri rero icyo nakuvugaho reka kwishyira hejuru kandindabonaibintubyose ndabona ubiterwa n'Ishyari njye ndabona udakwiye kubwirza
amakosa yawe ntubikwiriye pee!!!!
Mwese muri abana...., kandi Imana irabakunda.All the best ❤
Ariko Kariya ka video ntabwo mbona ko ari ikibazo babyinaga ibisanzwe banezerewe simbyumvamo ikibazo pe ,
Ezechiel yarakwiye kujyanwa RIB akagabanya aka gasuzuguro kuko amaze kwishyira hejuru pe! Kwirirwa asebya abageni bataramara n'ukwezi biteye isoni n'agahinda.
Yegope
😂😂😂yari yibaza ko ari smt garo yarahuye na bari smt garo sha Ezekel nahawe akanwa kiwe nakogusevy gusa from Burundi
Aka kagabo ngo ni Ezekiel gakomeza umutwe ni akagome
Buwaz niryaribagufitiye imana we sher wawe ndabakunda ♥️♥️ imana ibashyigikire
Boaze ni umugabo ntabwo ajya avuga nabi
Nibakureke pe , nibarekane na mashyari
Damuru nanjye ndakubabariyepe😊
Ezechiel mu bintu biri kubabaza imana ni ibi urimo ukora ntugakemurire ibibazo ufitanye na mwene so ku mbuga nkoranyambaga. Geza aho mwene data utazabihanirwa, kandi n icyo nacyo gisabire imbabazi. ibiganiro byawe utambutsa byose biba bifite ibibazo rwose, isubireho. Boaz afite amakosa si uko wamuhugura. Yesu abigufashemo
Arko ababarokore imikino barimo niyahe gukizwa byari byacyera pe ababose barigushaka indonke
Muraho twe nkabasenga nkanbakozi b'Imana mwaretse tukivugira Yesu tukava mubintu nkibi byogusebanya ,lnibintu bitubaka ko ariwe ukwiye kwamamara hari byinshi byadutera kumuvuga uburyo akiza indwara zananiranye,uburyo ashobora byose,uko yadupfiriye ,uburyo ababarira ibyaha,uko agiye kugaruka kwima ingoma gusa nkabakristo Birakwiye ko Twiyubaha ziriya mbyino zakwiriye kuba ahiherereye turinzandiko zisomwa nabose
Umva ndumiwe Koko! Haribyo mbona nkagira agahinda, ese Koko Imana muvuga murayizi? Muzabanze musobanukirwe imikorere y' Imana ndetse mumenye nabakwiriye kwitwa abakozi bayo uko bagomba kwitwara! Imbuto zanyu mwera nizo zizabagaragaza ko mukorera Imana ariko mushatse mwashaka ubwami bw'Imana no gukiranuka kwayo! Ari boazi ari Ezekiel mwese ntabwo mufite imyitwarire nkiyabakozi b'Imana bagabura ibyayo!
Ezechiel komera. Abakurwanya bakomeze ntakibazo
Nanjye ntyo! Aba ni abakozi b'inda zabo
Boaz Imana iguhe umugisha ukuntu utuje
Ezekiyeri weeeeee reka umunwa umugabo numugore bakora ibyo bashaka bafite uburenganzira bwuzuye.
Ukunda guhurwa abakunda ubwenge .
Ezekiel wakoze amakosa kubyina nta ntacyo bitwaye ni umugore WE kandi hari benshi bakora bibi ahubwo ufite imyumvire yawe nonese kahari abarokore cg abapasteri bazinywa bwihishwa hari ibyo mwita ibyaha atari byo.Bowazi itonde harimo abaytishimiye KO kuba utunze uwo Mme basigaje kujya bamubwira ngo bagusanganye n'abandi bagore ni ishyari bagufitiye.senga cyane.
Abajyeni mwarabasenye birenze ahubwo njye ninkubona wowe ezecyiyeri nawe karosi niduhura ntabwo muzancyira narabarakariye Kandi cyane abantu babagabo Koko sha nukoooo nahubundi nabita ryazina ribi
Abarokore bagira amatiku nicyo mbashije kubona. Nje aha nyuma yuko bowazi atwitse inzu. Mbabajwe n'umwana mwabyaye gusa
Dore nange nibwo mpajr
Mbere yuko uswngera abandi ubanze wisengere Imana iguhe imbaraga zoguca bugufi.
Uwo mugabo mu mwamagane murugo rwanyu uko wabyina kose wishimye ntakosa mubareke abanyeshyare bazahoraho.
Ezekiel nace bugufi kandi azabe imbabazi mukinyabupfura.Bitari ibyo RIBU IMUTWARE RWOSE ABIHANIRWE.
Ezechiel uzongere wihererane n imana yacu twese igufashe iguhe ubwenge bwo guhagarara neza mubyo ukora unavuga. ijambo ry imana ridusaba kugira ubwenge. uhasize ibaba pe.
Ezechiel weee😂subira mubanyagica wigepe kuko ntuz ibyo urimo😂😂😂😂
Ezekiel jya umenya guca bugufi kko wakoze ikosa rikomeye cyane kuvuga ibitakureba kdi Uzi nezako Ari umugore numugabo bagomba gukora ibyo bashaka kko barikumwe ntacyaha kiraho
Ezechiel yavukiye mu cyaro. Aho wavuye ntihakuva inyuma. C'est un paysan. Ezechiel waretse akoko abageni bikishimira muri buki.
Umugeni ndagukunda abo banyamakuru jya ubihorera bari mu kazi kabo utazaba igicuruzwa cyabo
Iyimbwango ni Ezechiel rwose Rib idufashe iyifunge kuko irakabije gusebya uyumuryango.ariko kubyina bishimye ko barimukwabuki nikosa?
Ezechiel subira uvuge Imana sha urekane nukwama mumajambo
Apuuuuuuuu mureke abandi bana, aho bigeze😢
Iyo micezo bajye bacereza mucyumba cyabo ndakeka n'Imana itabashima
D'Amour ndagushimiye uko uvuga usaba imbabazi pe
Umva mada uzabe indaya yumugabo wawe.
Ariko mwohaye amahoro abo bana.Inkoko mugererako abandi namwe niyo.bazobagererako.
Abanyeshyari ntibazabura ariko muhumure bizashira❤
Nanjye nubwo abobantu ntabazi ark yarakabije. Ubundi umugore n'umugabo ibyo bakora byose babyemerewe n'amategeko. Babishatse bakujyana RIB
Injajwa Ezechiel. Va mubuzima bwabana birire ubuki
Ariko bowaz arasenga pe dore abanyamafuti uko bose bizana😅
Sha nge Boazi yaransengeye pe ark ibyo yambwiye byose byarasohoye Kandi ni bibi yansengeye ngo bitsindwe nabyo byarangiye🙏
Ntabwo ndimurwanda nzibasaba ndihano mûri France. Si muzi nawe ntazi ariko imana nimwubakire mukure Kandi mwirinde guseba y'a.
Kubyina kuriya mukabyerekana namwe ba Bowazi mwe,sibyo nange simbishyigikiye bage babibyinira mucyumba cyabi
Berize nawe yakabije yabuze kwihangana
Akokagabo ngoni Ezekiel nagashenzi gafite umurwa muremure urigusenya ingozabandi nguzijemo werekwaga ibyamatikugusa ubuhanuzibwawe nubwuburyarya urumunyeshari ntanuntu ukorerimana ngajemumatitu
Ark ibundi kobatari mukabare kdi bakaba batambaye ibusa kdi ikindi numugore numugabo amashari arabishe ninayo mpamvu kadatora umubiri nkabandi ngo nizabakozi zimana aho wagejeje gihozo ntuhaza singuwo imana iramutabaye guza igira umunwa wakabebewa nimuve kubageni biyukakire urugo rwabo bowas hejuru cyane kbs ndabakunda cyane na mamadam wawe ngaho nyumvira izi nkozi zibibi ngo nizabokozi zimana 😂😂😂 mbega amagambo yibishizi byisoni bowa nukuri rya muri RB
Ezekiel urumuntu ukunda amatiku gsa ushaka wareka kuko uzabona igihano cyimana kd uzabibona pe twese turababaye ukunu utecyereje wisobanuye nkumwana pe ubu c nukubasaba 🤭😭imbabazi uranga ko basoma kd bamwe twakoze download 😅😅😁😁😁😁
Umugore wingare
Jya umenya ibyawe iby'abandi ubireke
Umukirisitu muzima aravuga ngo aho kuba imbwa waba imva?Imana iguhe umutima wo guca bugufi kuko nyuma yibi wazakora ibara
Ngaye abo bahungu cyane umugabo numugore nu umwe Kandi imana ntiyita kuburebure cg ubugufi icyambere nurukundo ntibakivange mubuzima bwabakundanye
Yewee. Umukristu arzhugurwa kandy agacabugufi.ikindi ishyari ni ribi. Kuba umugore n'umugabo barabyinnye nta kibazo kandy ni ubuzima bite bwabo
Ok
Ariko nukuri kwImana uyu Ezekieli ntanubwo arumukristu. Ukuteye uzasabe Imana iguhindure kuko uteye nabi kandi nakamere zawe ntambuto zafasha abakeisto.
Ezekiel wintera umutweeee😅, paracetamol zanshiranyeee😅uburyo ufunze umutwee, wuzuye ishyari peee, ahubwo bakugendere kureee
Ezéchiel ntukite abantu indaya ntugasebanye
YAAAA MBEGA UWIYITA UMUKOZI W'IMANA EZEKERI DORIBIMWARO HEE!!!
Ibyo ni ukuri ahanura nk'icyapa Imana ishaka gukoresha. Ngo muminsi iri imbere ugiye kugira ute?
uwo mwuka uzagukoresha ni uwahe?
Kuba ijisho ryamugenziwawese nukumujyana kukarubanda?
Abayoborwa n'Umwuka Wera nibo bana b'Imana.Nimusenge muve kuri za camera.
Yeee babaweee Ezechiel kumbe yakunda Belize none abara mukatiye amusanze nomurugo RWA ikimwaro weee
Eeh mammm heeee umuhanizi profete noheli yarabivuze kwimana ije ibandagaze mubifata imikino🤷😉🇧🇮🤭🥱😱😏😏
Ndabona Ezéchiel wigize ikinani kidacabugufi ahubwo waragiye pe
None uyo ngo ni ezechiel numukozi wande apana ngo IMANA tuzi none ntiyavyinishij umugabo we mwabahayamahoro abo bageni arij nobarega muri RIP
Yewee kwishyira hejuru bibanziriza kungwa
Sha urumugome pe
Bowaze btakosa urimo numugorewawe mwabyinanye suwundi ahubwo nabari ngoni Ezechiel
Ezekiel ufite ikimwaro kikugaragaraho
Yegope
Nibyo pe nakiyemezi knd ntigashinga ibimwaro byakishe 😂😂😂
😂😂😂😂😂😂namwe mwabibonye ko Ezekiel areba nkumuntu wariye ibiryo byabana
Mbega umugabo ubutaha ageyikoraho ibiganiro areke abandi afite agasuzuguri gakabije p
Ezekier ni bwa
Nibyose cg murashakagutwika
Ezekiyeri yakozikosakuvaya yaha nga rapapakigi Sha ezekiyeri azabonishanope
Bamufujye ezekiyeri afite gasuzuguro kabi nukuri p
Ntimugace imanza ngo mukabye indaya se niki bakoze kidasanzwe? Umugore numugabo bibyinire nurangiza ubite indaya? Sinzi impamvu ahubwo batagukubise
Nukuri ntamuhanuzi nemeraga kanzekiyeri arikokuberi ibintuyagiye mo nara mwanzepe yabaye ikivangirwape
Ndatangaye yahuye na Ndumiwe,bajya gusura abahanuzi bo mu minsi ya nyuma😅😅😅😅😂😂😂😂😂😅😂😂😂😅
Ezechelie Uri umupagani pe, subira kugice wige
Ubwishime nibwobwishe akokagabo ngon Ezeckiel
Hama uwumukozi w'lmana Ezéchiel nubwo yansavye imbabazi birabonekako atamutima w'ukuzisaba afise guko mugihe wagirwa ikosa uracabugufi ariko we afise umujinya bibonekako yatinye ishengero kuko yiyita umukozi w'lmana
Ahhhh ezecyiyeri arikureba nkuwariye ibiryo byumwana
😂😂😂😂
Bowazi wakuye urugo rwawe kuri youtube,ikindi amabanga yurugo agera hanze ate?abandi mukizwe neza mureke gusebanya
Bowaze na madamu mwirinde uyo musenzi Ezekiyeri.