Komentáře •

  • @ISIMBITV
    @ISIMBITV Před 2 lety +13

    INGABIRE PRISCA: +250 782 983 984

    • @nyiranshutidjamila5378
      @nyiranshutidjamila5378 Před 2 lety +10

      Muramutukira ubusa ,ariko ,icya mbere mwibuk nuko byamubayeho ari umwana, knd w,infubyi ,ibyo birahagije kuba yanyura muriyo nzira mwimuciraho iteka ndabinjyinze

    • @ikazetv2192
      @ikazetv2192 Před 2 lety +12

      Uyu mudamu yantangaje. Ntahantu na hamwe nigeze numva avuga ko yigeze akora. Umwana wimfubyi utarigeze ashaka gukora koko agahabwa amafrw ntagire icyo ayashoramo agakomeza yiruka ibihugu byose. Ngo yaryamye mu cyumba cyumugabo utari uwe, utari se cg musaza we NGO ntiyavuniramo urufunguzo....ubwo se wabaga wagiye kumariki ra! Aranabivuga ari a l'aise erega nkaho ari byiza.... ese ubwo muba muje kwa Sabin gukoriki koko!!! Kuvuga ko mwakoze uburaya? Ndi wowe naceceka kbsa. Ko yapfuye se urashaka iki? Ubwo amafrw wumva aryamye kuri compte koko!!!

    • @uwasekelia8775
      @uwasekelia8775 Před 2 lety +9

      @@nyiranshutidjamila5378 30 years old yari umwana 🤔 ntimukabeshyere ububyubyi icyo numvise nuko yari umunebwe yakundaga guhabwa

    • @queen3marie
      @queen3marie Před 2 lety

      @@uwasekelia8775 suko🤦🏾‍♀️🙄

    • @niyonizeyechantal1366
      @niyonizeyechantal1366 Před 2 lety

      @@nyiranshutidjamila5378 ntawamuciraho iteka pe. Kuko abantu ntibareba kure muburyo bungana

  • @nadineninani9014
    @nadineninani9014 Před 2 lety +24

    Yegoko!! Uziko waje uje mwuyu muryango!! Wakurikiranye nigihe yavukiye cyokora ndize pe. Gusa ntuzongere kuvuga kumugore wa Mirimo urukundorwe n umukunziwe niwe uruzi ntago waza gusambanayo ngutangaze n ibikomere byaho kuko mubikomere byurugo indaya niyo number one

  • @uweraqueen3010
    @uweraqueen3010 Před 2 lety +33

    Uri injiji wamugore we!!!! Ugakubitana na mirimo akarinda apfa ntaninzu umukuyeho none uri kuvuga ubusa

  • @claudicoco2246
    @claudicoco2246 Před 2 lety +58

    Muzajya mwirirwa mutambikije ku bagabo bubatse nimurangiza muze gutera isesemi

  • @mukandirimamurekatete5167

    Impore gusa abantu dukwiye kunyurwa nu buzima turimo tukaragwa no kwihagana twihaganira ibintugerageza dusaba Imana imbaranga Paul yavuze ngo dushobozwa na Kristu uduha imbaranga harabanyura mubuzima bugoye cyane ukongera ngo bugoye batigeze bemera amafr ya bagabo nyamara inzara ubukene guseba gusekwa gucumbika warigeze inzu cyagwa warigeze urungo ect kwiyakira uko uri nicyo ngikuru. Niwengera Imana nayo izakwengera ikurinde igutsindire ibishuko..God bless your

  • @Marie-th8uv
    @Marie-th8uv Před 2 lety +57

    Ko mwese mwari ibihomora kuki wumva uwo Valentine yarakubereye mubi kdi mwese icyo mwapfanaga na Mirimo ari kimwe!

    • @rosamuhimpundo4516
      @rosamuhimpundo4516 Před rokem

      Wewe wishakiraga kwitwa umuhabara wumunya mafaranga ntasoni koko ko utamusabye nu mutahe uribwirako ubu haribyo wakwibonera

    • @rosamuhimpundo4516
      @rosamuhimpundo4516 Před rokem

      Warindaya Kuko wifuje amandorari

    • @nyirarukundoceline5490
      @nyirarukundoceline5490 Před 4 měsíci +1

      Si ibihomora gusa bari n'abajura kimweNone ati "Valentine yanyiciye future y'abana banjye!!!"Wowe uzi uko wishe future y'ab'uwa mbere wa kirara we!?

  • @marleneuzamukunda9297
    @marleneuzamukunda9297 Před 2 lety +20

    Icyakoze uretse ko yatsinzwe ariko ipfubyi nyishi zahuye nimitego myishi Isa nkiyuyu mubyeyi ababashije kuyisimbuka tuge duha Imana icyubahiro,
    Kdi nibyo koko iyo uri ipfubyi ukabona umuntu mukuru ugirango azakubera umubyeyi akazakwiyereka uko utamutekerezaga.ababizi barabizi
    Uhoraho akurengere mubyeyi

  • @uwamaliyadorothy4549
    @uwamaliyadorothy4549 Před 2 lety +3

    Ufite abana nyakubyara! Uwo ni umugisha wawe mubyeyi! Abo jya ubabonamo impano zavuye ku Mana, dore ko mwasigaye muri INGERERE uko nabyumvise ubivuga! Uwo ni Umuryango Imana yakwihereye shenge!!

  • @mucyowukurismith
    @mucyowukurismith Před 2 lety +24

    Ibi nibyo bita "Kubaka ibimenyetso by'ubuhamya" , mugore mwiza se wavuguruzwa nande ko uwo ushinja yajyanye n'ibanga rye munda y'isi.
    Gusa ugende gake kuko ngo : UBESHYERA INTUMBI, UGAPFA NKAYO 🙏🏾🙏🏾🙏🏾😭

    • @ellabenita7856
      @ellabenita7856 Před 2 lety +8

      Hhhhhhh bazajya bivamo ashidhikajwe no kuvuga uko yasenye urugo rwabandi Imana izabahana

  • @v.5522
    @v.5522 Před 2 lety +81

    ahhhhhh cyakoza umuco waracitse tugeze mu bihe bya nyuma nkubu waje mu itangazamakuru ngo bigende gute koko ko atari urukiko, ibi bintu mukora abana banyu bazajya baba victime nihitiraga da

    • @gracemartine6814
      @gracemartine6814 Před 2 lety +4

      Umbwire koko

    • @v.5522
      @v.5522 Před 2 lety +2

      @@gracemartine6814 njye numvise birenze kuburyo nahise ndekeraho kubyumva ariko ibaze Vraiment ukabyarana ni umuntu 3 kose uziko ari umugabo ufite urugo ikindi Mirimo yarafite cash nyinshi ntiyanamukuraho n'inzu kugeza kumbyaro eshatu ntaho afite ho kuba urumva se Nyakwigendera we atari yamurebye mu bwonko, uziko ni abapambe ba Mirimo yari yarabakijije koko nkanswe umuntu babyaranye so sad kabisa

    • @gracemartine6814
      @gracemartine6814 Před 2 lety +2

      @@v.5522 buriya nuyumukobwa yakurikiye cash ,njye nzi umukobwa wapangaga na Mirimo amurihira Home inyamiranbo ,umukobwa wumusirimupe chanbre ye yabagamo burikimwe cyose kiza bizakugeraho,murimo amushakira ibyangombwa amwohereza Europe,,yakundaga uwomukobwa burimugoroba yabaga yajekumureba,,,uyurero niba barabyaranye koko sinibaza ukuntu atabamwubakiye,,,

    • @odilleodille5306
      @odilleodille5306 Před 2 lety

      @@gracemartine6814 uyuyarigi cucu cyanyuma yibindi ntiyanatekereje kwari mpfubyipe 🤭🤔🤣🤣iyame nyubwenjya babayeho neza fite business imutungi yabana bafite nahoku bahabo bwite rwose 🤷‍♂️

    • @gracemartine6814
      @gracemartine6814 Před 2 lety

      @@odilleodille5306 gutukana si byiza gusa yabuze ubwenge ibyobihugu byose yabagamo ayomafr yarikumwubakira inzu muRda,arikontakundi natuze arere abana be twese turabafite twareze twenyine kdi barakuze

  • @mukankuzijolly3913
    @mukankuzijolly3913 Před 2 lety +39

    Nihanganishije umudam wa Murimo mukuru. Izi ndaya ninazo zamuroze. Murenjye leta dore niyo ifite ibyamirimo ibindi barimo gusenya. Cyakora mwaragowe pee

    • @cyusajohn6513
      @cyusajohn6513 Před 2 lety

      wapiiii ,ntiyarashobotse turabizi . yangaje umugabo aramusaza nubwo n umuhabo atabyifashemo neza

  • @Hubbs567
    @Hubbs567 Před 2 lety +26

    Nyamara ibi nibinwe mungaruka zubupfubyi cyane cyane umuntu akiri muto hari I ibintu byinshi byangirika mumikurire nubwo ntawabishyigikira ariko kumutuka sibyiza

    • @yvonneumulisa1743
      @yvonneumulisa1743 Před 2 lety +1

      Yego tujye twirinda gutukana ntago aribyo ahubwo byigishe abantu cyne cyne igitsina gore

    • @MMathy116
      @MMathy116 Před 2 lety +1

      Yego rata kumutuka sibyo rwose

    • @3bbrightbravebrain994
      @3bbrightbravebrain994 Před 2 lety

      Ntabwo yari muto, yari afite imyaka igera kuri 29.
      Yavuze ko yabyaye afite 30.

    • @Hubbs567
      @Hubbs567 Před 2 lety

      @@3bbrightbravebrain994 nibyo ariko yavuze ko yabaye imfubyi muri 94 afite 16ans, byinshi byatangiye kwangirikiraho,

    • @josianemukeshimana6647
      @josianemukeshimana6647 Před 2 lety

      Nonese ba sugar daddy bahura nimpfubyi gusa? Upfa kuba ukenye ugahura na sugar daddy ufite cash🙄

  • @hopeministry2267
    @hopeministry2267 Před 2 lety +35

    Uyu mugore ni umwasama pe yari yararyohewe n'inoti z'umukire akishimira gutura muri étage ho atafashe utwo dufaranga ngo atubyaze umusaruro ahubwo akiririra gusa abanebwe niko bamera.

  • @bazamugangaofficial9447
    @bazamugangaofficial9447 Před 2 lety +19

    Umugore tutamenye se abandi bose babyaranye nawe turabazi? Ntabo tuzi di ! Ntanabo dushaka kumenya!

  • @kigali8522
    @kigali8522 Před 2 lety +49

    Wabaye umwana , kuba utaranamukuyeho inzu,, naho ibindi byari uburaya mwikoreraga, ukwiye gutuuza ukirerera abana, kdi Imana izagufasha bazakura neza

    • @umwizabelyse2828
      @umwizabelyse2828 Před 2 lety +6

      Harikintu abakobwa bibeshya umugabo niyo yaca inyuma ariko umugore wiserezano aba afite agaciro uyu mugore rero yaricaye ati nzajya ndya cash ntiyibuka no kwizigamira akirira akaryama ngo andi azaza rwose wabaye umwana kuko wivugiyeko wamuburaga abana bakicwa ninzara mwahura ukongera ugatwita ese ubwo wumvaga utishiraho indi mitwaro

    • @mukampungalea4424
      @mukampungalea4424 Před 2 lety

      Ntakintu wabakuraho ndabazi nibisambo bibi niyo haricyo mwashakanye mukakigeraho birangira babikuriganyije ugashiduka usohorwa munzu kdi waruziko uri nyirayo!

    • @gracemartine6814
      @gracemartine6814 Před 2 lety +2

      Yarafunzwe mumutwe mirimo aboyateretagabose yaboherezaga hanze uyuwe yirukiye za uganda na kenya atahiribyo

  • @karigirwamarieclaire3742
    @karigirwamarieclaire3742 Před 2 lety +5

    Yoooo! Nukuri Imana izakujye imbere ibyabaye byarabaye ariko abana bagomba kubaho .humura bizagenda neza

  • @francoisemukambye
    @francoisemukambye Před rokem +1

    Uzabarere utitaye ku bukire bwa se utakiriho! Abo bana ni umugisha wawe.

  • @prime_a
    @prime_a Před 2 lety +1

    MurasetsA cyane iyo muvuga ko umunyamasengesho yababwiye ibintu namwe ubwanyu mwatekereza mukareba. Yewe na Ababyeyi banyu babona mumasegonda huuuuuuuu

  • @km9737
    @km9737 Před 2 lety +39

    aba bakire bagiye bashukisha abana benshi b'impfubyi amafaranga, umwana akazisanga future ye yarangiritse kera. n'uyu nuko abivuga mukinyabupfura ariko birumvikana ko Mirimo yari sugar daddy rwose. kubeshya ni icyaha

    • @nzizabella8115
      @nzizabella8115 Před 2 lety +9

      Wabiyotse kabisa niko benci byagenze ubundi tukabacira imanza kakahava😔

    • @michelleumutoni9129
      @michelleumutoni9129 Před 2 lety +2

      igo rata munezero

    • @indebakuresetu5203
      @indebakuresetu5203 Před 2 lety +5

      Kd mirimo ngo yararwaye VIH 🤗🤗🤗🤗🤗🤗

    • @carinemanirambona2708
      @carinemanirambona2708 Před 2 lety +1

      Muratangiye kutavuze atarapfa.

    • @chefBlackbeauty03
      @chefBlackbeauty03 Před 2 lety +4

      Oooo les filles.umuntu ntakitwaze ubumpfubyi yabonaga bamuha for gratuit.twese turizo ariko ni wew wiha personnalité...

  • @bizimunguadolphe1973
    @bizimunguadolphe1973 Před 2 lety +24

    Sabin nawe rwose,ngo yari bushyiremo agafunguzo?
    Arikukujijisha bari babipanze.

  • @uwimanajeannette4047
    @uwimanajeannette4047 Před 2 lety +1

    Yooo ! Ihangane mama. Aho ababyeyi batari n' inshuti Imana ijya ihaba ikarera kwifurije kuba muri Yes.

  • @nyiranzabandorayvonne4842
    @nyiranzabandorayvonne4842 Před 2 lety +18

    5000milles muri2008 yyaguraga nikibanza cyiza cyane,ubwo se waruziko muzahorana,yewe yewe ,n'abandi bakobwa bumvireho mujye mubakuraho ibintu bifatika kuko nubundi muba mwiyemeje kubabera indaya

  • @ornella1800
    @ornella1800 Před 2 lety +18

    Ahaaaaa ,yarigendeye naruhukire mu mahoro .

  • @salisali5739
    @salisali5739 Před 2 lety +31

    Ese nk'ubwo uje kuvuga iki ku muntu witahiye?ariko abagore musigaye mwarasaze ?

  • @amuramuzigirinshuti8523
    @amuramuzigirinshuti8523 Před 2 lety +7

    Icyo mbona cyo Mirimo ntacyo namushinja cyane kuribi bintu. Cyane ko yanigendeye atabasha kugaruka nawe ngo avuge uko byagenze ! Gusa ntiyarafite umutima mubi cyane. Burya harigihe umuntu ajya mubintu ntamugambi mubi afite arimpuhwe gusa ariko bitewe nuko umukobwa cyangwa se umugore amwitwaraho agahindura gahunda. Abagore ni incakura niyo wabafasha ntagahunda mbi ubafiteho bakora kuburyo babikugushamo Kandi bigira nyoni nyinshi ngo ntibabishaka bikosakosa ariko aribyo bashaka barakubaze cyane iyo uri umunyamafaranga. Ubwo se tuvuge ko kumyaka 30 aribwo bwambere warubikoze ? Niba arinabwo bwa mbere se ko wari mukuru ibintu byose yagukoreraga wabonaga ari so ,nyokorome, musaza wawe, sogokuru wawe cyangwa se iki kindi cyawe ? Warabibonaga ko ariyo maherezo. Aguhamagaye wagombaga kumenya ikikujyanye waba udashaka gusama cyangwa se kwandurindwara runaka ukitwaza udukingirizo ukamubwira uti sawa ndemera ariko ukoreshe agakingirizo niba utabufite natwizaniye sindindaya ariko ndi mukuru nabonye umpamagaye kurara hano menya gahunda ushaka Kandi ninabyo bibaye. Ukaba uririnze Kandi ukemuye n’ikibazo cy’umuntu waririye ibye. Abagore mwisubireho.

    • @nyandikira
      @nyandikira Před 2 lety

      Abantu nkaba nibo barangiza bavuga ko bafashwe ku ngufu.......

    • @Sharon_Nimwiza
      @Sharon_Nimwiza Před 2 lety

      ubagiriye inama pe,ubundi se wamugani yumvaga abimukorera nkande ibyo byose, ko wumva se ntawufata undi kungufu byagenze bite ?

    • @valensnkubana7905
      @valensnkubana7905 Před 2 lety

      Ubundi yarabishakaga kuryamana nawe kuko umukobwa iyashaka kugukuzaho yitwaza umuherekeza.

  • @rwirahiragauthier6010
    @rwirahiragauthier6010 Před 2 lety

    Mbese warugiye kumuvura ibikomere,indaya mbaya ubwo se ko wari wibye umugabo wabandi waramusigaranye !cyakora Imana yo mwijuru ninyembabazi

  • @Kajo_guitar
    @Kajo_guitar Před 2 lety +6

    Ibi byitwa gushyekerwa🤦🏻‍♂️🤦🏻‍♂️🤦🏻‍♂️
    Warya se amafaranga y'umugabo inshuro imwe, ebyiri, eshatu bikarangira gutyo gusa. Noneho umugabo ufite umugore w'iseserano. Rwose uyu mu mama nawe yiriraga inoti gusa, ntacyo yanazikoreshagamo, 🤦🏻‍♂️🤦🏻‍♂️🤦🏻‍♂️
    Ndumva yari yararangije kwishyiramo ko ari umugore wa Mirimo. 🤦🏻‍♂️🤦🏻‍♂️🤦🏻‍♂️🤦🏻‍♂️

  • @kidamage176
    @kidamage176 Před 2 lety +10

    Iki kiganiro harimo amabanga menshi cyane bikabije🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭

  • @furahaaurelie2372
    @furahaaurelie2372 Před 2 lety +15

    Wafashe umwanzuro wo kwiyahura kubera umugabo w'abandi? ? ?? Ibaze noneho umugore we batangiranye ubuzima!

  • @nisawsawmoses8918
    @nisawsawmoses8918 Před 2 lety +4

    Mwese mwaringegera Niko twabyita uwabyumvishe ampe like

    • @KayitesiCharline
      @KayitesiCharline Před 3 měsíci

      Ntabugegera burimo niba urugo rwambere byari byaranze yari afite uburenganzira bwokugerageza andimahirwe

  • @nadineninani9014
    @nadineninani9014 Před 2 lety +6

    Ahubwo ndumva waje gusebya umugore wa Mirimo!! Wamwangirije urugo none uje nokuvuga ububi bwe? Ubwose ikindi wamuvuga n iki? Rwose ndumva unteye ibihe bibi!!

  • @nathanndamage173
    @nathanndamage173 Před 2 lety +21

    Mirimo yari umugabo wigihagararo cyiza , yari umukozi, ariko yasize umuryango we mubibazo.
    Kubera gutunga inzoka yi cyatsi cyibisi, ukananirwa kuyifata umunwa, bikarangira ikurumye.
    Iyi nzoka yicyatsi cyibisi yica abakire benshi.
    Umuryango wa Mirimo wihangane.
    Ubuzima butabamo Imana buragorana nubwo waba utunze ibyamirenge.

    • @indebakuresetu5203
      @indebakuresetu5203 Před 2 lety +1

      Iyo nzoka ubwo isobanuye iki gs ntamukire ugira umugore umwe kd bapfa nabi bagateza ibibazo umuryango

    • @nathanndamage173
      @nathanndamage173 Před 2 lety +1

      @@indebakuresetu5203 Inzoka yi cyatsi kibisi ni uburumbucye, muri macye ni ubucyire. It's just symbol of Greenland ,green grass, opposite of dry.
      Snake is a symbol.

    • @indebakuresetu5203
      @indebakuresetu5203 Před 2 lety

      @@nathanndamage173 ooh my god

    • @ellabenita7856
      @ellabenita7856 Před 2 lety

      Sha uvuze ukuri

    • @mukandayisengaclaudine6189
      @mukandayisengaclaudine6189 Před 2 lety

      @@indebakuresetu5203 ibyuvizenikokurip

  • @alphonsegahongayire9450
    @alphonsegahongayire9450 Před 2 lety +18

    ICyo bita kubura ubwenge......

  • @dushimesofia1012
    @dushimesofia1012 Před 2 lety +40

    Yewe wagize ubwenge buke rwoseee! Kuba utaramukuyeho igishoro, sinibaza impamvu waje kubivuga hano kuri CZcams 🤔

  • @phionamurekatete6466
    @phionamurekatete6466 Před 2 lety +1

    Ntimugace imanza kuko namwe ibyo muba mufite sibike gusa abana bafashe nkuko bikwiye kuko ntaruhare babifitemo kandi na mama wabo imana imuhe umugisha kutikuriramu umwana

  • @alinemunezero5372
    @alinemunezero5372 Před 2 lety +2

    À bantu mukunda kuvuga nabi pe, uwobitarabako yivugira ibyashyatse, mama komera wirerebana nyagasani yaguhaye . Wariwarandikiwe kuzacya muribyo

  • @julesngendahimana7223
    @julesngendahimana7223 Před 2 lety +17

    Sabin ,ujya Uzana abantu batanga ibiganiro birimo amasomo afatika .
    Gusa kuri ubu uhuze imvugo yuyu mu maman mbona utari muto na gato wuzuye ibinyoma no kwitaka ,ikindi Sabin 70% bigitsina gore kiza cg kiba mubugande birangira bishoye muburaya .ntibakavangire Rurema (Imana) ngo barasenga ,nawe uri mukuru uhuze izi mvugo ze zuzuye ubwonko bucuye no gusenga yiyitirira !Gusa buri cyose kibaho kubw impamvu

  • @donnauwase9119
    @donnauwase9119 Před 2 lety +5

    Imitwe iraha kbs . Ngo FARG yarabishyuriraga nimirima ntakibazo mufite kd Mirimo yaraje yabona ukomubayeho akagira agahinda?

  • @petersonludoviko5007
    @petersonludoviko5007 Před 2 lety +26

    Sabin uzashake counseling team maze banjye bakuvomamo ibyo bibazo byose bitazakugiraho ingaruka mbi

  • @gatesiyvonne6017
    @gatesiyvonne6017 Před 2 lety +2

    Mbega ibi coment byakuze abantu bariye karungu🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣 ahwiiiiii ndapfuye mbega mirimo

  • @niyonzimajeanpaul2613
    @niyonzimajeanpaul2613 Před 2 lety +10

    Ubu Ntiwanatekereza kumikurire Yabana wabyaye Ngo ubone ko Ibi bizabagiraho Ingaruka Ubwo Utangiye Gushyira Uburaya bwawe hanze Akaba Arinabwo Wababyariyemo kd Aribinege Barengana mwagize Ubwenge Koko Kizwa Imana Ikugirire Neza I've Muruwo mwijima Urimo

  • @helenemarierobert8557
    @helenemarierobert8557 Před 2 lety

    Ariko Mana. Sha mbabwire niba Imana yarashyizeho itegeko ryo gukoresha ibitsina mu buryo bukwiye ni uko iziko harimo ingaruka zikomeye z’ibihe birebire zibyara ibibazo by’ibihekane bikagera ku buzukuru n’ubuvivi.

  • @shemaauxiliatrice3285
    @shemaauxiliatrice3285 Před 2 lety +8

    Mwica urubanza,umucamanza ni umwe rukumbi"Yezu Kristu"

  • @mamyephrsine553
    @mamyephrsine553 Před 2 lety +20

    Ngo yaragukundaga akubwira gukuramo inda! ahubwo wari impumyi ya amafranga satani ajya ahemba nabi, njye numva wari bubanze ukanumva nu uruhande rwu umugorewe mukuru mbere yo kumucira urubanza, ntukwiye kubabara kubwiyo nshoreke yakabiri kuko nawe wari warabikoze umugore mukuru. Inkoni ikubise mukeba uyirenza urugo.

    • @rachelmukazayire8293
      @rachelmukazayire8293 Před 2 lety +1

      Nta mugabo ugukunda ugusaba gukuramo inda ✋🏾✋🏾 abagore/abakobwa duhumuke

  • @BetterSkillsTV
    @BetterSkillsTV Před 2 lety +4

    Dukunda ibiganiro byanyu cyane 🎙️🎷🎙️📣🎶📢📢🎹🎹🎧🎼🔈🔈📯🎤🎧🎸🎹💕📢🎹

  • @christineuwizera4927
    @christineuwizera4927 Před 2 lety +9

    Izina ryabaye umuntu kabisa mi travaux.

  • @ndamyumugaberegine7101

    Ihangane ubuhamya bwawe njye bwambabaje cyane bigaragara ko yagufatiranye kubera ubuzima Gusa courage urebe ko qarenganurwa

  • @Rwanda.960
    @Rwanda.960 Před 2 lety +22

    💥💥💥iyo urebye ibyo umuryango wa MIRIMO uri gukorerwa muri iyi minsi (gusenyerwa,gutabururwa...) Wakwibaza impamvu uyu aribwo avuze ⁉️ ukibaza aho aturutse n'impamvu ibiri inyuma 🤷🏿‍♂️stay tuned ibyiwacu bisigaye biguruka nta mababa🏃‍♂️🏃‍♂️

    • @carinemanirambona2708
      @carinemanirambona2708 Před 2 lety +4

      Reba nkumugore nkuyu arya kukarubanda kwihaya ubusambanyi nugusenya ingo 🤭🤭🤭mwisubireho social media zirabasiga kumuhanda

  • @umuhozasandra2138
    @umuhozasandra2138 Před 2 lety +6

    Ihangane mubyeyi wiririye nabi..ntago warebye kure peee.iyo ugira ubwenge wari gu serving yaguhaye amafaranga menshi...wifashe nkumugore wumukungu ..wibagirwa ejo haza.

  • @ancillamukarubuga1241
    @ancillamukarubuga1241 Před 2 lety +5

    Rwose Imana iruhure Mirimo imubabarire kandi ice inzira, ibibazo byakurikiye urupfu rwe bikemuke.

  • @josephhabibambe764
    @josephhabibambe764 Před 2 lety

    Muhemukira abana gusa!Bo ni. Abamarayika Imana ibarengere bazakure neza!

  • @3bbrightbravebrain994
    @3bbrightbravebrain994 Před 2 lety +11

    Hello Sabin! Conseil d’ami: iyi nkuru uyikuyeho byaba byubatse umuryango nyarwanda kurutaho.

    • @KayitesiCharline
      @KayitesiCharline Před 3 měsíci

      Ayikurehose murumva ntacyo ivuze kumwanawimfubyi uwabigushyiraho nibwo wabyumva arashaka ubutabera kubanabe

  • @catherinemurekatete1304
    @catherinemurekatete1304 Před 2 lety +1

    Ntacyo mvuze ariko ibyo dukora twihishe amaso yabantu imbere y'Imana ntuzayihisha. Ijisho ryayo rizagutamaza

  • @niyonsengajoselyne3109
    @niyonsengajoselyne3109 Před 2 lety +8

    Mbaye uwambere 💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃

  • @babungachantal8951
    @babungachantal8951 Před 2 lety +12

    Mbega umugore weeeee, tuza wicecekere ntabyubusa bibaho, wumva umugabo mutaziranye yakugirira imbabazi uri umukobwa winkumi akaguha cash ze!

  • @reesedinero1145
    @reesedinero1145 Před 2 lety +22

    Wacyigore uteye iseseme KBS ntanubwenge nabucye ufite

  • @michelleumutoni9129
    @michelleumutoni9129 Před 2 lety +4

    yoooo urumuhanga warakoze guturira Imana ishimwe ry Umwana wawe umwana wawe Imana izabana nawe ibihe nibihe

  • @prideofburundiburundi7943
    @prideofburundiburundi7943 Před 2 lety +38

    Sabrin , wakoze ibiganiro byinshi ubu noneho uratuyobeye.
    Icyo kiganiro gifashije iki twe tukireba?

    • @ariellagirl4673
      @ariellagirl4673 Před 2 lety +10

      Tuzajya twirya twimare nitumara kugira icyo tugeraho indaya ziruke inyuma yabagabo bacu ark mana

    • @jeanmarienyamurangwa1753
    • @mamakensane8388
      @mamakensane8388 Před 2 lety +3

      Nange numiwe ntacyo mbonamo

    • @mppc3912
      @mppc3912 Před 2 lety +16

      Abo bagabo banyu c kuki ataribo biruka mundaya🤣🤣🤣wamudamu we sinkuzi ari umanure imyumvire pe kuko nubwo waba wubatse birashoboka ko ibi uyu yaciyemo wabicamo mugihe gito

    • @vennyblessed3813
      @vennyblessed3813 Před 2 lety

      Nta na kimwe!

  • @nathalieikirezi6323
    @nathalieikirezi6323 Před 2 lety +12

    Njyewe rero nkunda ubuhamya bwaba bagore, ariko iyo batangiye kuvuga ibyukuntu babyaye rimwe, kabiri, gatatu numva binteye asyi. Ese ni gut umuntu atagufasha kumwana wambere ugakomeza kuryamana nawe ntunaboneze, nuko mwirirwa mubyara abana mudafitiye ubushobozi bwo kurera. Abagore ni mukanguke

  • @cleopatra8481
    @cleopatra8481 Před 2 lety +23

    Sabin rero usigaye udutuburira…. Nkuyu aje kuvuga iki? Batangira ibyo bakora mwibanga, barangiza bakazana amabara yabo hano atari bugiririre abayunva akamaro. Uje kurata ko wasambanaga koko?🤔 Urashyira abana kugasozi gusaaa, ese uziko bizabagiraho ingaruka mumikurire yabo??

    • @alineonyango4208
      @alineonyango4208 Před 2 lety +1

      Iyi sinkuru rwose ,ahubwo wasandayeee

    • @nyakasimbijoseph6728
      @nyakasimbijoseph6728 Před 2 lety +1

      Izi nkuru si nziza pe cyane cyane ku bana. Bajye bajya mubupfayongo bwabo ariko bareke kwangiriza abana future.

  • @mutungeprudence5334
    @mutungeprudence5334 Před 2 lety +14

    Ikitarakubaho ntukagire ngo ntikibaho madam.ntuzongere kuvuga ko nta muntu ufatwa ku ngufu kuko hari benshi ukomeretsa byabayeho.

    • @mukampabukaolive2114
      @mukampabukaolive2114 Před rokem

      Suko se ahubwo uyu mudamu afite ibikomere byinshi pe.iburayi,mirimo ubupfubyi,ubukene.mbega yaragowe

  • @jxftxvcg6784
    @jxftxvcg6784 Před 2 lety +1

    Muvyeyi Imana Ikuje imbere

  • @twagirimanapaul4229
    @twagirimanapaul4229 Před 2 lety +15

    Nkibona introduction na comments z'abandi iyi nkuru sinayikomeza rwose!

  • @herbertmusinguzi3427
    @herbertmusinguzi3427 Před 2 lety +1

    This lady is me in her conversation. I wld love to know what exactly she is saying as I don't understand Kinyarwanda. Someone plse advise.

  • @sanganopasteur3006
    @sanganopasteur3006 Před 2 lety +5

    Wakoresheje urugingo rumwe mungingo nyinshi,,mumutwe bwenjye ntayo.

  • @uwimanajamila8552
    @uwimanajamila8552 Před 2 lety +3

    Ariko ngo president abyinjiremo!! Mbega kugorwa!

  • @aliwest3507
    @aliwest3507 Před 2 lety +12

    Mbega, mbega Sabin ibiganiro nkibi bishishikariza abakobwa kuba indaya zisenya igo zabandi ntanyigisho zubaka zirimo,.
    Umuntu asenya urugo rw’abandi yarangiza akaza no kubirata 😭😭😭 biteye agahinda.

  • @sindayigayajeanmarievianne7690

    Gusa ntiwari incakura y'umukobwa pe, burya kugutuma za Uganda ni uko haribyo yatinyaga kandi aho nyine niho wari kumufatira nawe iyo utaza kuba umutesi...Gusa icyo nakubwira uzegere umugore mukuru umusabe imbabazi azagufasha ndamuzi Maman cedrick n'imfura cyane. Ibyabaye byose hagati ye n'umugabo we niyamambanga y'urugo...ariko bariya bantu baribeza bose haba Mirimo haba Umugore sha rwari urugo rw'abanyamahoro sinzi ibyitambitsemo pe.

    • @hategekimanajohn1132
      @hategekimanajohn1132 Před 2 lety

      Qqqqqqq@q

    • @uwasesifa7563
      @uwasesifa7563 Před 2 lety +2

      Umugabo yaratuje ariko akunda ijipo.wasanga ariyo yazanye sababu murugo.

    • @Bobajolie
      @Bobajolie Před 2 lety +1

      Nizindaya zabavangiye wamuntuwe ubuse urabona uriya mumama atari yaragowe koko

    • @rachelmukazayire8293
      @rachelmukazayire8293 Před 2 lety +1

      @@uwasesifa7563 nibyabindi ngo ivu rihoze ryotsa inzu 😂😂😂😂 nta kwitonda kumugabo munsi yumukondo kubaho my dear, wanabona nuko kubeshyera umugore wa mbere ngo kwiyica byari ukureshya uno mu mama 😭😭 abagabo ni abanyamitwe 100%

    • @mukabahizijeannette1500
      @mukabahizijeannette1500 Před rokem

      ni bene nkuyu nyuine

  • @shamismith8083
    @shamismith8083 Před 2 lety +4

    Ubwenge bucye bwo kutiga buragatsindwa!😪 nkubwo ko wabonaga ubyarira umuntu ugutesa gutyo kubera iki utamubwiye ngo nakugurire inzu ugumemo nabana ureke uruzerero koko?? Uranyumvira ukuntu wariwarabaye mobile woman kdi uhekeye umuherwe!injiji gusa! Waryaga amaraha yo muma appartement ukumva ugezweho ye! Ntasoni uravuga iki koko??

  • @evasmutesi6968
    @evasmutesi6968 Před 2 lety +1

    Sha iziningaruka zubupfubyi pe , kandi umuntu wese wamututse Imana izabiguhore kandi humura ukomere uzabaho

    • @uwase9068
      @uwase9068 Před 2 lety +1

      Mbonye umuntu ubyunvishe kimwe nanjye. Kuba impfubyi nukugorwa.

  • @princiaPriscillah
    @princiaPriscillah Před 2 lety +14

    Uyumugore anteye umujinya mwabantu mwe mungire Inama ubu uyu ntiyasenye urugo rwabandi Koko ntakwiye guceceka? Njyewe mufashe nkikozi zibibi pe, Imana imbabarire kuko mufashe nkumuhemu pe

    • @Mienne-
      @Mienne- Před 2 lety +2

      Uziko isoni zashize mubantu koko🥺😭ubu abana nibo bazaharenganira pe...uziko yigamba amabi

    • @princiaPriscillah
      @princiaPriscillah Před 2 lety +1

      @@Mienne- ibi nibibazo kbsa ntanisoni afite pe aha

    • @KayitesiCharline
      @KayitesiCharline Před 3 měsíci +1

      Isonizikise abandi bajagarara munkundo zabandi ntanicyo baribukuremo nkanswe umwana wimfubyi warubonye aho akinga umusaya

  • @nikkiiliza5988
    @nikkiiliza5988 Před 2 lety +27

    Wa muntu we wakagombye gusaba imbabazi umugore wa Mirimo. Kuvuga ko yatandukanye n' umugore ntibivuzeko ariwe munyamakosa. Ikigaragara mwe mwumvaga ko umugore we hari icyo mumurusha. None se ntubona ko uwo mugabo yabakinaga mwese mwese! Please women wake up and stop ruining other women's lives!

    • @kigalingali9883
      @kigalingali9883 Před 2 lety +4

      Sibyo se sha bano bagore bose baza bivugisha mirimoooo bose Ngo yabateye inda nubu Uyu Ubu aje gutaburuza umurambo
      Mana yanjye Mirimo Mirimo uri kumbabaza ndagusabira misa rwose urwamenyo usinzire kuko nturuhutse urabona igihe baguhereye mwaretse Uyu mugabo akaruhuka

    • @aliceniwemukobwa7844
      @aliceniwemukobwa7844 Před 2 lety

      Yeah true we need to wake up

    • @uwerapriscille7004
      @uwerapriscille7004 Před 2 lety +3

      biteye agahinda.hari abagore benshi bubashye imana bahuye nibibazo bikomeye ntibiyandarika,none ngo uri kuduha temoignage? ubwose harimo irihe somo? ntasoni mukigira?imana ntizakomeza kurebera pe ndakubwizaukuri. ngo yamana yange? egoooo

    • @francineka5790
      @francineka5790 Před 2 lety

      👌🏾👌🏾👌🏾👌🏾👌🏾👌🏾

  • @fredinardkevin2138
    @fredinardkevin2138 Před 2 lety +38

    Nawe ntuzi kuzigama ayo mahoteli wirukagamo wangiza ama frw wabuzemo icyo wakora koko

    • @indebakuresetu5203
      @indebakuresetu5203 Před 2 lety +6

      Harayo yari yavunikiye c agombe asesagure

    • @niyonizeyechantal1366
      @niyonizeyechantal1366 Před 2 lety +1

      @@indebakuresetu5203 😅😅😅

    • @rurangwasylvia3954
      @rurangwasylvia3954 Před 2 lety +2

      Nibyo mugihe ubyaranye nu'mugabo nkowo ugombo gukoresha ubwenge ukumubonamo ibizatunga abana akiriho kuko iyo apfuye bibi birangiye gewe mbagomba kugushakamo ibyabana banjye ukiriho

    • @ibambe6565
      @ibambe6565 Před 2 lety +2

      Uriya mugore wundi yavuze Valentine we yamurushije ubwenge amakuraho ibyangombwa byo muri america

    • @solangeingabire4522
      @solangeingabire4522 Před 2 lety

      Cyakora uyu mudamu yabaye umwana pe, bibere isomo abandi iyo ufite ifashanyo nukuzigama da kuko ejo n ejobundi ifashanyo ishobora guhagarara.

  • @IMANA_NI_NZIZA_IBIHE_BYOSE

    NGEWE IKIMBABAZA MURI BYOSE NI ABANA MUZANA MWITANGAZAMAKURU😥 MUKEREKANA N'AMASURA YABO KD BATABIBASABYE KERA BIZABABAZA😥

  • @finleyainsleysmith8111
    @finleyainsleysmith8111 Před 2 lety +10

    Ariko Ubwo ntago ushaka gucisha umugore wisezerano umutwe koko? Ngo yashatse kukwicisha? Ubwo se ubifitiye gihamya?? Wamugore we Nizereko ko utari inkozi yikibi cya nawe hari uwagutumye? Sha niba ubeshyera uriya mugore uzabone ishyano. Kuko niba warabeshye Mirimo ngo umwana we wumuhungu yarapfuye nubundi ntawakwizera ko ibyo uvuga ari 100%

  • @sancasss9824
    @sancasss9824 Před 2 lety

    Nakunda kureba isimbi TV, iyi nkuru iyo muyiharira inkiko.

  • @claireinamahoro7912
    @claireinamahoro7912 Před 2 lety +10

    Sabin nukuri uwo mu fille mère agutesheje umwanya kuva kuntango niwe yishoye

  • @pamellaumuhoza968
    @pamellaumuhoza968 Před 2 lety +6

    Mbaye uwa 2

  • @ancillamukarubuga1241
    @ancillamukarubuga1241 Před 2 lety +13

    Ooh! Impore Kibondo n'ubwo ibitutsi nduzi ari uruhuri. Warihambiriye none urahambutse. Imana humura ntiyanga abanyabyaha yanga ibyaha, nubwo byorohera mwene muntu guca imanza. Ibikomere biragatsindwa, ariko nta mvura idahita. Nyagasani abatabare, abomore kandi akurerere. Mirimo nawe kumutuka yaratashye nta nyungu. Imana ni Karuhura. Turi ku isi mu rugendo. Amahoro

  • @Brandon-vj9hq
    @Brandon-vj9hq Před 2 lety +5

    Ati:Mirimo yarakundaga cyaneeee arongera yambwiye ngo nkuremo inda,ampa na mafaranga yo kuyikuramo 😳🤔 None umuntu ugukunda akubwira ate ngo wice umwana we? Ndahamya neza iyaza kuyigutera uru muntu usobanutse atari kukubwira ngo uyikuremo

    • @uwase9068
      @uwase9068 Před 2 lety

      Sha waruvuze neza UTI: umuntu ugukunda ntagusaba gukuramo Inda,👍👍 aho ubyiciye UTI; iyo Aza Kuba arumuntu usobanuste ( BURYA IYO URIPFUBYI NTABUSOBANUKIRE, UMUGABO/ UMUSORE ,ARAGUKUNDA ARIKO KUGIRANGO AGUKINISHE, KENSHI NTAGAHUNDA ABA AGUFITIYE) SUKO RERO WABA UTARI UMWANA MWIza ahubwo nuko UBA URI IPFUBYI

  • @akacarla1
    @akacarla1 Před 2 lety

    Nibwo bwambere ndebye umuntu avuga ubuhamya bwe nkumva arabeshya ! Wowe usenya urugo karma yagufata ukaza kurira humm... Imana ifashe abana bawe ukomerekeje kuko nibobazumva ayamahomvu uvuze .
    Ngo ntabantu bafatwa kungufu hummm... isi ntisakaye mama . Imana ikurinde

  • @itecltd8466
    @itecltd8466 Před 2 lety +27

    Kubaha Uwiteka nibwo bwenge kuva mu byaha niko kujijuka.

    • @prime_a
      @prime_a Před 2 lety +1

      Ahaaaa mwakwiyubashye mukareka uwitekA ko ari mukazi ke mwa

    • @Rehema969
      @Rehema969 Před 2 lety

      Amém

  • @cleanandcleark.g
    @cleanandcleark.g Před 2 lety +2

    Nkunze uburyo uri guharanira uburenganzira bwabana bawe, naho abagutera amabuye ubirengagize, Nshimire na Gouvernement yu Rwanda yahinduye byinshi kubashakanye bitemewe namategeko kugirangoa abana babone uburenganzira.

  • @innocentmutarambirwa4566

    Abarokore bigize indaya gusa , ibi uvuga bimaze iki? ngo warasengaga Imana iguha Mirimo rero, uriigicucu jya kumasambu y"iwannyu uhinge

  • @rutamuchantal2530
    @rutamuchantal2530 Před 2 lety +3

    Njyewe narumiwe igihe gishize nibwo ujye kubivuga wamugorewe nawe ndabona utorosheeee

  • @rwandarwejo7760
    @rwandarwejo7760 Před 2 lety

    Ariko se mirimo akiri muzima warurihe mada mwagiye mureka Abantu bakiruhukira mumahoro koko. Jyewe narumiwe pe Umuntu uvugaho yarapfuye umugani wuwavuze ngo iyinkuru irateigisha iki ubwo ibyo wowe urabivuga utyo wajyaga kumusura wumvaga afite. Icyumba cyama sengesho cg Sabin ujye ubanza wumve inkuru yumuntu pe

  • @ukuriubumweubwiyunge3381
    @ukuriubumweubwiyunge3381 Před 2 lety +22

    Nuko MIRIMO adahari ngo twumve version ye

    • @mukampungalea4424
      @mukampungalea4424 Před 2 lety +1

      Bavandi musigeho kumuvuga nabi uyu muryango nawushatsemo ibyabo namateka,guta abana ningeso yabo uyu mugore ibye ndabizi yabyaranye na mirimo.

  • @iradukundahosiane1073
    @iradukundahosiane1073 Před 2 lety +4

    Ahaa 😏😏 Imana irihangana
    Narumiwe 😏🙄😏

  • @b.estherihirwe1266
    @b.estherihirwe1266 Před 2 lety +10

    Haricyo mbaza Sabin: Isimbi yahindutse Urukiko cg Office ya counseling ???Purpose yibi biganiro n'iyihe???

    • @b.estherihirwe1266
      @b.estherihirwe1266 Před 2 lety +2

      @@update653 Niba ari ubufasha bashaka, ntabwo ari ngombwa kuvuga ubuzima bwabo bwose kuri social media, kuvuga abo babyaranye nibindi bitari ngombwa.Nukuri ntacyo byungura audience, Sabin avugurure imikorere birakabije.

    • @3bbrightbravebrain994
      @3bbrightbravebrain994 Před 2 lety

      😁😁😁

  • @juliennenyirandikumana5575

    Abana bagomba kurenganurwa bakabaho neza

  • @muhozamariegrace7534
    @muhozamariegrace7534 Před 2 lety +22

    Namafiyeri menshi erega nta n'isoni😏😏😏

  • @twitekubanatv2020
    @twitekubanatv2020 Před 2 lety

    Komera cyane

  • @sarabenza1784
    @sarabenza1784 Před 2 lety +22

    Umucyo waracitse nta soni bakigira. Mbese uyu arashaka imitungo. Nonese kuki ataje kubivuga mbere?igihombo cy,icyaha ni ?

    • @nathanndamage173
      @nathanndamage173 Před 2 lety

      @SASHA BANKS THE BOSS Ntabwo navuze ko Mirimo yaratunze inzoka.
      Iyo ni slogan yange bwite nkoresha kubantu bahiriwe , ariko bakananirwa kwifata.
      Ntabwo rero Mirimo yaratunze inzoka.
      Cyane ko ari mugabo nubahaga cyane.
      Kuko ndamuzi neza.

    • @uwishemalosine4252
      @uwishemalosine4252 Před 2 lety +1

      Azayikurahe se ko mbona ibyo kwa Mirimo imbwa zabirwaniyemo

    • @prime_a
      @prime_a Před 2 lety

      Yaramunzwe ahubwo

  • @umojawote9878
    @umojawote9878 Před 2 lety +1

    Ubwo se kubivuga ubu harya byamara iki ko kwa Mirimo mbona ntakigihari.,kandi uyu mugore yari umwana niwe waje kwishakira Mirimo aranabyivugiye.

  • @niragiredyna9854
    @niragiredyna9854 Před 3 měsíci

    Sha icara hasi ukorere abana babeho kuko nawe ubwawe wagiye kubyara na Mirimo uzi neza ko afite umuryango. None kandi ushaka kugabana kubyo umugore yaruhiye urumva ko bitoroshye ari nkawe bibayeho uri umugore we wisezerano wagira utwo ushinguzamo tukagufasha kurera abana nahubundi ikingenzi korera abana bazaho

  • @albertuwamahoro1446
    @albertuwamahoro1446 Před 2 lety

    Isi irikoreye !!!!!!uryamana nuwo mutashakanye hanyuma habyuma ukumva ufite ishema ukanarwanira imitungo nihatari .

  • @landryrukemampunzi8982
    @landryrukemampunzi8982 Před 2 lety +8

    Ubwo se uje gutera nde imbabazi,bura gukorera abana bawe naho kurata ngo abana bari hanze,umugore mukuru yararushye,uje kurata uburaya nwawe aho

    • @MMathy116
      @MMathy116 Před 2 lety

      Kuki ukunda kubwira abantu amagambo akakaye koko....

    • @always-online
      @always-online Před 2 lety

      Niba utagira imbabazi ibyo ni ibyawe ariko ntidukwiye guca imanza twese duca muri byinshi. Uyu mubyeyi Imana izamutabara

  • @umojawote9878
    @umojawote9878 Před 2 lety +3

    Uyu mugore uko mwumva ahubwo yari yaratwaye Muzehe,akaza na Ouganda kukureba ndumiwe.

  • @nanatv5194
    @nanatv5194 Před 2 lety +2

    Komera mubyeyi

  • @clarissemanzi9733
    @clarissemanzi9733 Před 2 lety +6

    Ntabwo ari byiza ku judging umuntu
    Buriya we nibwo buryo yumva yahisemo bwo kuza kuruhukamo wenda ibibazo byamurenze!!!