Yegoko!! Uziko waje uje mwuyu muryango!! Wakurikiranye nigihe yavukiye cyokora ndize pe. Gusa ntuzongere kuvuga kumugore wa Mirimo urukundorwe n umukunziwe niwe uruzi ntago waza gusambanayo ngutangaze n ibikomere byaho kuko mubikomere byurugo indaya niyo number one
Uri injiji wamugore we!!!! Ugakubitana na mirimo akarinda apfa ntaninzu umukuyeho none uri kuvuga ubusa
Sinkibyo byose araho arasamye ngo yabyaranye numuherwe ntanigare afite .
Nubundi yari igihomora niraha ryari ryaramubanye ryinci yamukuyeho umwirato gusa ntanikyo bimumariye
Muzajya mwirirwa mutambikije ku bagabo bubatse nimurangiza muze gutera isesemi
Impore gusa abantu dukwiye kunyurwa nu buzima turimo tukaragwa no kwihagana twihaganira ibintugerageza dusaba Imana imbaranga Paul yavuze ngo dushobozwa na Kristu uduha imbaranga harabanyura mubuzima bugoye cyane ukongera ngo bugoye batigeze bemera amafr ya bagabo nyamara inzara ubukene guseba gusekwa gucumbika warigeze inzu cyagwa warigeze urungo ect kwiyakira uko uri nicyo ngikuru. Niwengera Imana nayo izakwengera ikurinde igutsindire ibishuko..God bless your
Ko mwese mwari ibihomora kuki wumva uwo Valentine yarakubereye mubi kdi mwese icyo mwapfanaga na Mirimo ari kimwe!
Wewe wishakiraga kwitwa umuhabara wumunya mafaranga ntasoni koko ko utamusabye nu mutahe uribwirako ubu haribyo wakwibonera
Si ibihomora gusa bari n'abajura kimweNone ati "Valentine yanyiciye future y'abana banjye!!!"Wowe uzi uko wishe future y'ab'uwa mbere wa kirara we!?
Icyakoze uretse ko yatsinzwe ariko ipfubyi nyishi zahuye nimitego myishi Isa nkiyuyu mubyeyi ababashije kuyisimbuka tuge duha Imana icyubahiro,
Kdi nibyo koko iyo uri ipfubyi ukabona umuntu mukuru ugirango azakubera umubyeyi akazakwiyereka uko utamutekerezaga.ababizi barabizi
Uhoraho akurengere mubyeyi
Ufite abana nyakubyara! Uwo ni umugisha wawe mubyeyi! Abo jya ubabonamo impano zavuye ku Mana, dore ko mwasigaye muri INGERERE uko nabyumvise ubivuga! Uwo ni Umuryango Imana yakwihereye shenge!!
Ibi nibyo bita "Kubaka ibimenyetso by'ubuhamya" , mugore mwiza se wavuguruzwa nande ko uwo ushinja yajyanye n'ibanga rye munda y'isi.
Gusa ugende gake kuko ngo : UBESHYERA INTUMBI, UGAPFA NKAYO 🙏🏾🙏🏾🙏🏾😭
Hhhhhhh bazajya bivamo ashidhikajwe no kuvuga uko yasenye urugo rwabandi Imana izabahana
ahhhhhh cyakoza umuco waracitse tugeze mu bihe bya nyuma nkubu waje mu itangazamakuru ngo bigende gute koko ko atari urukiko, ibi bintu mukora abana banyu bazajya baba victime nihitiraga da
@@gracemartine6814 njye numvise birenze kuburyo nahise ndekeraho kubyumva ariko ibaze Vraiment ukabyarana ni umuntu 3 kose uziko ari umugabo ufite urugo ikindi Mirimo yarafite cash nyinshi ntiyanamukuraho n'inzu kugeza kumbyaro eshatu ntaho afite ho kuba urumva se Nyakwigendera we atari yamurebye mu bwonko, uziko ni abapambe ba Mirimo yari yarabakijije koko nkanswe umuntu babyaranye so sad kabisa
@@v.5522 buriya nuyumukobwa yakurikiye cash ,njye nzi umukobwa wapangaga na Mirimo amurihira Home inyamiranbo ,umukobwa wumusirimupe chanbre ye yabagamo burikimwe cyose kiza bizakugeraho,murimo amushakira ibyangombwa amwohereza Europe,,yakundaga uwomukobwa burimugoroba yabaga yajekumureba,,,uyurero niba barabyaranye koko sinibaza ukuntu atabamwubakiye,,,
@@gracemartine6814 uyuyarigi cucu cyanyuma yibindi ntiyanatekereje kwari mpfubyipe 🤭🤔🤣🤣iyame nyubwenjya babayeho neza fite business imutungi yabana bafite nahoku bahabo bwite rwose 🤷♂️
@@odilleodille5306 gutukana si byiza gusa yabuze ubwenge ibyobihugu byose yabagamo ayomafr yarikumwubakira inzu muRda,arikontakundi natuze arere abana be twese turabafite twareze twenyine kdi barakuze
Nihanganishije umudam wa Murimo mukuru. Izi ndaya ninazo zamuroze. Murenjye leta dore niyo ifite ibyamirimo ibindi barimo gusenya. Cyakora mwaragowe pee
wapiiii ,ntiyarashobotse turabizi . yangaje umugabo aramusaza nubwo n umuhabo atabyifashemo neza
Nyamara ibi nibinwe mungaruka zubupfubyi cyane cyane umuntu akiri muto hari I ibintu byinshi byangirika mumikurire nubwo ntawabishyigikira ariko kumutuka sibyiza
Yego tujye twirinda gutukana ntago aribyo ahubwo byigishe abantu cyne cyne igitsina gore
Ntabwo yari muto, yari afite imyaka igera kuri 29.
Yavuze ko yabyaye afite 30.
@@3bbrightbravebrain994 nibyo ariko yavuze ko yabaye imfubyi muri 94 afite 16ans, byinshi byatangiye kwangirikiraho,
Nonese ba sugar daddy bahura nimpfubyi gusa? Upfa kuba ukenye ugahura na sugar daddy ufite cash🙄
Uyu mugore ni umwasama pe yari yararyohewe n'inoti z'umukire akishimira gutura muri étage ho atafashe utwo dufaranga ngo atubyaze umusaruro ahubwo akiririra gusa abanebwe niko bamera.
Umugore tutamenye se abandi bose babyaranye nawe turabazi? Ntabo tuzi di ! Ntanabo dushaka kumenya!
Wabaye umwana , kuba utaranamukuyeho inzu,, naho ibindi byari uburaya mwikoreraga, ukwiye gutuuza ukirerera abana, kdi Imana izagufasha bazakura neza
Harikintu abakobwa bibeshya umugabo niyo yaca inyuma ariko umugore wiserezano aba afite agaciro uyu mugore rero yaricaye ati nzajya ndya cash ntiyibuka no kwizigamira akirira akaryama ngo andi azaza rwose wabaye umwana kuko wivugiyeko wamuburaga abana bakicwa ninzara mwahura ukongera ugatwita ese ubwo wumvaga utishiraho indi mitwaro
Ntakintu wabakuraho ndabazi nibisambo bibi niyo haricyo mwashakanye mukakigeraho birangira babikuriganyije ugashiduka usohorwa munzu kdi waruziko uri nyirayo!
Yarafunzwe mumutwe mirimo aboyateretagabose yaboherezaga hanze uyuwe yirukiye za uganda na kenya atahiribyo
Yoooo! Nukuri Imana izakujye imbere ibyabaye byarabaye ariko abana bagomba kubaho .humura bizagenda neza
Uzabarere utitaye ku bukire bwa se utakiriho! Abo bana ni umugisha wawe.
MurasetsA cyane iyo muvuga ko umunyamasengesho yababwiye ibintu namwe ubwanyu mwatekereza mukareba. Yewe na Ababyeyi banyu babona mumasegonda huuuuuuuu
aba bakire bagiye bashukisha abana benshi b'impfubyi amafaranga, umwana akazisanga future ye yarangiritse kera. n'uyu nuko abivuga mukinyabupfura ariko birumvikana ko Mirimo yari sugar daddy rwose. kubeshya ni icyaha
Wabiyotse kabisa niko benci byagenze ubundi tukabacira imanza kakahava😔
Oooo les filles.umuntu ntakitwaze ubumpfubyi yabonaga bamuha for gratuit.twese turizo ariko ni wew wiha personnalité...
Sabin nawe rwose,ngo yari bushyiremo agafunguzo?
Arikukujijisha bari babipanze.
Yooo ! Ihangane mama. Aho ababyeyi batari n' inshuti Imana ijya ihaba ikarera kwifurije kuba muri Yes.
5000milles muri2008 yyaguraga nikibanza cyiza cyane,ubwo se waruziko muzahorana,yewe yewe ,n'abandi bakobwa bumvireho mujye mubakuraho ibintu bifatika kuko nubundi muba mwiyemeje kubabera indaya
Niyo mpamvu ari byiza kugira properties zifatika 🚗 cg 🏡 kuko amafaranga ni Asset itabikika.
Ahaaaaa ,yarigendeye naruhukire mu mahoro .
Ese nk'ubwo uje kuvuga iki ku muntu witahiye?ariko abagore musigaye mwarasaze ?
Icyo mbona cyo Mirimo ntacyo namushinja cyane kuribi bintu. Cyane ko yanigendeye atabasha kugaruka nawe ngo avuge uko byagenze ! Gusa ntiyarafite umutima mubi cyane. Burya harigihe umuntu ajya mubintu ntamugambi mubi afite arimpuhwe gusa ariko bitewe nuko umukobwa cyangwa se umugore amwitwaraho agahindura gahunda. Abagore ni incakura niyo wabafasha ntagahunda mbi ubafiteho bakora kuburyo babikugushamo Kandi bigira nyoni nyinshi ngo ntibabishaka bikosakosa ariko aribyo bashaka barakubaze cyane iyo uri umunyamafaranga. Ubwo se tuvuge ko kumyaka 30 aribwo bwambere warubikoze ? Niba arinabwo bwa mbere se ko wari mukuru ibintu byose yagukoreraga wabonaga ari so ,nyokorome, musaza wawe, sogokuru wawe cyangwa se iki kindi cyawe ? Warabibonaga ko ariyo maherezo. Aguhamagaye wagombaga kumenya ikikujyanye waba udashaka gusama cyangwa se kwandurindwara runaka ukitwaza udukingirizo ukamubwira uti sawa ndemera ariko ukoreshe agakingirizo niba utabufite natwizaniye sindindaya ariko ndi mukuru nabonye umpamagaye kurara hano menya gahunda ushaka Kandi ninabyo bibaye. Ukaba uririnze Kandi ukemuye n’ikibazo cy’umuntu waririye ibye. Abagore mwisubireho.
ubagiriye inama pe,ubundi se wamugani yumvaga abimukorera nkande ibyo byose, ko wumva se ntawufata undi kungufu byagenze bite ?
Ubundi yarabishakaga kuryamana nawe kuko umukobwa iyashaka kugukuzaho yitwaza umuherekeza.
Mbese warugiye kumuvura ibikomere,indaya mbaya ubwo se ko wari wibye umugabo wabandi waramusigaranye !cyakora Imana yo mwijuru ninyembabazi
Ibi byitwa gushyekerwa🤦🏻♂️🤦🏻♂️🤦🏻♂️
Warya se amafaranga y'umugabo inshuro imwe, ebyiri, eshatu bikarangira gutyo gusa. Noneho umugabo ufite umugore w'iseserano. Rwose uyu mu mama nawe yiriraga inoti gusa, ntacyo yanazikoreshagamo, 🤦🏻♂️🤦🏻♂️🤦🏻♂️
Ndumva yari yararangije kwishyiramo ko ari umugore wa Mirimo. 🤦🏻♂️🤦🏻♂️🤦🏻♂️🤦🏻♂️
Iki kiganiro harimo amabanga menshi cyane bikabije🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭
Wafashe umwanzuro wo kwiyahura kubera umugabo w'abandi? ? ?? Ibaze noneho umugore we batangiranye ubuzima!
Mwese mwaringegera Niko twabyita uwabyumvishe ampe like
Ntabugegera burimo niba urugo rwambere byari byaranze yari afite uburenganzira bwokugerageza andimahirwe
Ahubwo ndumva waje gusebya umugore wa Mirimo!! Wamwangirije urugo none uje nokuvuga ububi bwe? Ubwose ikindi wamuvuga n iki? Rwose ndumva unteye ibihe bibi!!
Mirimo yari umugabo wigihagararo cyiza , yari umukozi, ariko yasize umuryango we mubibazo.
Kubera gutunga inzoka yi cyatsi cyibisi, ukananirwa kuyifata umunwa, bikarangira ikurumye.
Iyi nzoka yicyatsi cyibisi yica abakire benshi.
Umuryango wa Mirimo wihangane.
Ubuzima butabamo Imana buragorana nubwo waba utunze ibyamirenge.
Iyo nzoka ubwo isobanuye iki gs ntamukire ugira umugore umwe kd bapfa nabi bagateza ibibazo umuryango
@@indebakuresetu5203 Inzoka yi cyatsi kibisi ni uburumbucye, muri macye ni ubucyire. It's just symbol of Greenland ,green grass, opposite of dry.
Snake is a symbol.
ICyo bita kubura ubwenge......
Yewe wagize ubwenge buke rwoseee! Kuba utaramukuyeho igishoro, sinibaza impamvu waje kubivuga hano kuri CZcams 🤔
Ntimugace imanza kuko namwe ibyo muba mufite sibike gusa abana bafashe nkuko bikwiye kuko ntaruhare babifitemo kandi na mama wabo imana imuhe umugisha kutikuriramu umwana
À bantu mukunda kuvuga nabi pe, uwobitarabako yivugira ibyashyatse, mama komera wirerebana nyagasani yaguhaye . Wariwarandikiwe kuzacya muribyo
Sabin ,ujya Uzana abantu batanga ibiganiro birimo amasomo afatika .
Gusa kuri ubu uhuze imvugo yuyu mu maman mbona utari muto na gato wuzuye ibinyoma no kwitaka ,ikindi Sabin 70% bigitsina gore kiza cg kiba mubugande birangira bishoye muburaya .ntibakavangire Rurema (Imana) ngo barasenga ,nawe uri mukuru uhuze izi mvugo ze zuzuye ubwonko bucuye no gusenga yiyitirira !Gusa buri cyose kibaho kubw impamvu
Imitwe iraha kbs . Ngo FARG yarabishyuriraga nimirima ntakibazo mufite kd Mirimo yaraje yabona ukomubayeho akagira agahinda?
Sabin uzashake counseling team maze banjye bakuvomamo ibyo bibazo byose bitazakugiraho ingaruka mbi
Mbega ibi coment byakuze abantu bariye karungu🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣 ahwiiiiii ndapfuye mbega mirimo
Ubu Ntiwanatekereza kumikurire Yabana wabyaye Ngo ubone ko Ibi bizabagiraho Ingaruka Ubwo Utangiye Gushyira Uburaya bwawe hanze Akaba Arinabwo Wababyariyemo kd Aribinege Barengana mwagize Ubwenge Koko Kizwa Imana Ikugirire Neza I've Muruwo mwijima Urimo
Ariko Mana. Sha mbabwire niba Imana yarashyizeho itegeko ryo gukoresha ibitsina mu buryo bukwiye ni uko iziko harimo ingaruka zikomeye z’ibihe birebire zibyara ibibazo by’ibihekane bikagera ku buzukuru n’ubuvivi.
Ngo yaragukundaga akubwira gukuramo inda! ahubwo wari impumyi ya amafranga satani ajya ahemba nabi, njye numva wari bubanze ukanumva nu uruhande rwu umugorewe mukuru mbere yo kumucira urubanza, ntukwiye kubabara kubwiyo nshoreke yakabiri kuko nawe wari warabikoze umugore mukuru. Inkoni ikubise mukeba uyirenza urugo.
Nta mugabo ugukunda ugusaba gukuramo inda ✋🏾✋🏾 abagore/abakobwa duhumuke
Dukunda ibiganiro byanyu cyane 🎙️🎷🎙️📣🎶📢📢🎹🎹🎧🎼🔈🔈📯🎤🎧🎸🎹💕📢🎹
Izina ryabaye umuntu kabisa mi travaux.
Ihangane ubuhamya bwawe njye bwambabaje cyane bigaragara ko yagufatiranye kubera ubuzima Gusa courage urebe ko qarenganurwa
💥💥💥iyo urebye ibyo umuryango wa MIRIMO uri gukorerwa muri iyi minsi (gusenyerwa,gutabururwa...) Wakwibaza impamvu uyu aribwo avuze ⁉️ ukibaza aho aturutse n'impamvu ibiri inyuma 🤷🏿♂️stay tuned ibyiwacu bisigaye biguruka nta mababa🏃♂️🏃♂️
Reba nkumugore nkuyu arya kukarubanda kwihaya ubusambanyi nugusenya ingo 🤭🤭🤭mwisubireho social media zirabasiga kumuhanda
Ihangane mubyeyi wiririye nabi..ntago warebye kure peee.iyo ugira ubwenge wari gu serving yaguhaye amafaranga menshi...wifashe nkumugore wumukungu ..wibagirwa ejo haza.
Rwose Imana iruhure Mirimo imubabarire kandi ice inzira, ibibazo byakurikiye urupfu rwe bikemuke.
Muhemukira abana gusa!Bo ni. Abamarayika Imana ibarengere bazakure neza!
Hello Sabin! Conseil d’ami: iyi nkuru uyikuyeho byaba byubatse umuryango nyarwanda kurutaho.
Ayikurehose murumva ntacyo ivuze kumwanawimfubyi uwabigushyiraho nibwo wabyumva arashaka ubutabera kubanabe
Ntacyo mvuze ariko ibyo dukora twihishe amaso yabantu imbere y'Imana ntuzayihisha. Ijisho ryayo rizagutamaza
Mbaye uwambere 💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃
Mbega umugore weeeee, tuza wicecekere ntabyubusa bibaho, wumva umugabo mutaziranye yakugirira imbabazi uri umukobwa winkumi akaguha cash ze!
Wacyigore uteye iseseme KBS ntanubwenge nabucye ufite
yoooo urumuhanga warakoze guturira Imana ishimwe ry Umwana wawe umwana wawe Imana izabana nawe ibihe nibihe
Sabrin , wakoze ibiganiro byinshi ubu noneho uratuyobeye.
Icyo kiganiro gifashije iki twe tukireba?
Tuzajya twirya twimare nitumara kugira icyo tugeraho indaya ziruke inyuma yabagabo bacu ark mana
Abo bagabo banyu c kuki ataribo biruka mundaya🤣🤣🤣wamudamu we sinkuzi ari umanure imyumvire pe kuko nubwo waba wubatse birashoboka ko ibi uyu yaciyemo wabicamo mugihe gito
Njyewe rero nkunda ubuhamya bwaba bagore, ariko iyo batangiye kuvuga ibyukuntu babyaye rimwe, kabiri, gatatu numva binteye asyi. Ese ni gut umuntu atagufasha kumwana wambere ugakomeza kuryamana nawe ntunaboneze, nuko mwirirwa mubyara abana mudafitiye ubushobozi bwo kurera. Abagore ni mukanguke
Sabin rero usigaye udutuburira…. Nkuyu aje kuvuga iki? Batangira ibyo bakora mwibanga, barangiza bakazana amabara yabo hano atari bugiririre abayunva akamaro. Uje kurata ko wasambanaga koko?🤔 Urashyira abana kugasozi gusaaa, ese uziko bizabagiraho ingaruka mumikurire yabo??
Izi nkuru si nziza pe cyane cyane ku bana. Bajye bajya mubupfayongo bwabo ariko bareke kwangiriza abana future.
Ikitarakubaho ntukagire ngo ntikibaho madam.ntuzongere kuvuga ko nta muntu ufatwa ku ngufu kuko hari benshi ukomeretsa byabayeho.
Suko se ahubwo uyu mudamu afite ibikomere byinshi pe.iburayi,mirimo ubupfubyi,ubukene.mbega yaragowe
Muvyeyi Imana Ikuje imbere
Nkibona introduction na comments z'abandi iyi nkuru sinayikomeza rwose!
This lady is me in her conversation. I wld love to know what exactly she is saying as I don't understand Kinyarwanda. Someone plse advise.
Wakoresheje urugingo rumwe mungingo nyinshi,,mumutwe bwenjye ntayo.
Ariko ngo president abyinjiremo!! Mbega kugorwa!
Mbega, mbega Sabin ibiganiro nkibi bishishikariza abakobwa kuba indaya zisenya igo zabandi ntanyigisho zubaka zirimo,.
Umuntu asenya urugo rw’abandi yarangiza akaza no kubirata 😭😭😭 biteye agahinda.
Gusa ntiwari incakura y'umukobwa pe, burya kugutuma za Uganda ni uko haribyo yatinyaga kandi aho nyine niho wari kumufatira nawe iyo utaza kuba umutesi...Gusa icyo nakubwira uzegere umugore mukuru umusabe imbabazi azagufasha ndamuzi Maman cedrick n'imfura cyane. Ibyabaye byose hagati ye n'umugabo we niyamambanga y'urugo...ariko bariya bantu baribeza bose haba Mirimo haba Umugore sha rwari urugo rw'abanyamahoro sinzi ibyitambitsemo pe.
Umugabo yaratuje ariko akunda ijipo.wasanga ariyo yazanye sababu murugo.
Nizindaya zabavangiye wamuntuwe ubuse urabona uriya mumama atari yaragowe koko
@@uwasesifa7563 nibyabindi ngo ivu rihoze ryotsa inzu 😂😂😂😂 nta kwitonda kumugabo munsi yumukondo kubaho my dear, wanabona nuko kubeshyera umugore wa mbere ngo kwiyica byari ukureshya uno mu mama 😭😭 abagabo ni abanyamitwe 100%
Ubwenge bucye bwo kutiga buragatsindwa!😪 nkubwo ko wabonaga ubyarira umuntu ugutesa gutyo kubera iki utamubwiye ngo nakugurire inzu ugumemo nabana ureke uruzerero koko?? Uranyumvira ukuntu wariwarabaye mobile woman kdi uhekeye umuherwe!injiji gusa! Waryaga amaraha yo muma appartement ukumva ugezweho ye! Ntasoni uravuga iki koko??
Sha iziningaruka zubupfubyi pe , kandi umuntu wese wamututse Imana izabiguhore kandi humura ukomere uzabaho
Uyumugore anteye umujinya mwabantu mwe mungire Inama ubu uyu ntiyasenye urugo rwabandi Koko ntakwiye guceceka? Njyewe mufashe nkikozi zibibi pe, Imana imbabarire kuko mufashe nkumuhemu pe
Uziko isoni zashize mubantu koko🥺😭ubu abana nibo bazaharenganira pe...uziko yigamba amabi
Isonizikise abandi bajagarara munkundo zabandi ntanicyo baribukuremo nkanswe umwana wimfubyi warubonye aho akinga umusaya
Wa muntu we wakagombye gusaba imbabazi umugore wa Mirimo. Kuvuga ko yatandukanye n' umugore ntibivuzeko ariwe munyamakosa. Ikigaragara mwe mwumvaga ko umugore we hari icyo mumurusha. None se ntubona ko uwo mugabo yabakinaga mwese mwese! Please women wake up and stop ruining other women's lives!
Sibyo se sha bano bagore bose baza bivugisha mirimoooo bose Ngo yabateye inda nubu Uyu Ubu aje gutaburuza umurambo
Mana yanjye Mirimo Mirimo uri kumbabaza ndagusabira misa rwose urwamenyo usinzire kuko nturuhutse urabona igihe baguhereye mwaretse Uyu mugabo akaruhuka
biteye agahinda.hari abagore benshi bubashye imana bahuye nibibazo bikomeye ntibiyandarika,none ngo uri kuduha temoignage? ubwose harimo irihe somo? ntasoni mukigira?imana ntizakomeza kurebera pe ndakubwizaukuri. ngo yamana yange? egoooo
Nawe ntuzi kuzigama ayo mahoteli wirukagamo wangiza ama frw wabuzemo icyo wakora koko
Nibyo mugihe ubyaranye nu'mugabo nkowo ugombo gukoresha ubwenge ukumubonamo ibizatunga abana akiriho kuko iyo apfuye bibi birangiye gewe mbagomba kugushakamo ibyabana banjye ukiriho
Uriya mugore wundi yavuze Valentine we yamurushije ubwenge amakuraho ibyangombwa byo muri america
Cyakora uyu mudamu yabaye umwana pe, bibere isomo abandi iyo ufite ifashanyo nukuzigama da kuko ejo n ejobundi ifashanyo ishobora guhagarara.
NGEWE IKIMBABAZA MURI BYOSE NI ABANA MUZANA MWITANGAZAMAKURU😥 MUKEREKANA N'AMASURA YABO KD BATABIBASABYE KERA BIZABABAZA😥
Ariko Ubwo ntago ushaka gucisha umugore wisezerano umutwe koko? Ngo yashatse kukwicisha? Ubwo se ubifitiye gihamya?? Wamugore we Nizereko ko utari inkozi yikibi cya nawe hari uwagutumye? Sha niba ubeshyera uriya mugore uzabone ishyano. Kuko niba warabeshye Mirimo ngo umwana we wumuhungu yarapfuye nubundi ntawakwizera ko ibyo uvuga ari 100%
Nakunda kureba isimbi TV, iyi nkuru iyo muyiharira inkiko.
Sabin nukuri uwo mu fille mère agutesheje umwanya kuva kuntango niwe yishoye
Mbaye uwa 2
Ooh! Impore Kibondo n'ubwo ibitutsi nduzi ari uruhuri. Warihambiriye none urahambutse. Imana humura ntiyanga abanyabyaha yanga ibyaha, nubwo byorohera mwene muntu guca imanza. Ibikomere biragatsindwa, ariko nta mvura idahita. Nyagasani abatabare, abomore kandi akurerere. Mirimo nawe kumutuka yaratashye nta nyungu. Imana ni Karuhura. Turi ku isi mu rugendo. Amahoro
Ati:Mirimo yarakundaga cyaneeee arongera yambwiye ngo nkuremo inda,ampa na mafaranga yo kuyikuramo 😳🤔 None umuntu ugukunda akubwira ate ngo wice umwana we? Ndahamya neza iyaza kuyigutera uru muntu usobanutse atari kukubwira ngo uyikuremo
Sha waruvuze neza UTI: umuntu ugukunda ntagusaba gukuramo Inda,👍👍 aho ubyiciye UTI; iyo Aza Kuba arumuntu usobanuste ( BURYA IYO URIPFUBYI NTABUSOBANUKIRE, UMUGABO/ UMUSORE ,ARAGUKUNDA ARIKO KUGIRANGO AGUKINISHE, KENSHI NTAGAHUNDA ABA AGUFITIYE) SUKO RERO WABA UTARI UMWANA MWIza ahubwo nuko UBA URI IPFUBYI
Nibwo bwambere ndebye umuntu avuga ubuhamya bwe nkumva arabeshya ! Wowe usenya urugo karma yagufata ukaza kurira humm... Imana ifashe abana bawe ukomerekeje kuko nibobazumva ayamahomvu uvuze .
Ngo ntabantu bafatwa kungufu hummm... isi ntisakaye mama . Imana ikurinde
Nkunze uburyo uri guharanira uburenganzira bwabana bawe, naho abagutera amabuye ubirengagize, Nshimire na Gouvernement yu Rwanda yahinduye byinshi kubashakanye bitemewe namategeko kugirangoa abana babone uburenganzira.
Abarokore bigize indaya gusa , ibi uvuga bimaze iki? ngo warasengaga Imana iguha Mirimo rero, uriigicucu jya kumasambu y"iwannyu uhinge
Njyewe narumiwe igihe gishize nibwo ujye kubivuga wamugorewe nawe ndabona utorosheeee
Ariko se mirimo akiri muzima warurihe mada mwagiye mureka Abantu bakiruhukira mumahoro koko. Jyewe narumiwe pe Umuntu uvugaho yarapfuye umugani wuwavuze ngo iyinkuru irateigisha iki ubwo ibyo wowe urabivuga utyo wajyaga kumusura wumvaga afite. Icyumba cyama sengesho cg Sabin ujye ubanza wumve inkuru yumuntu pe
Nuko MIRIMO adahari ngo twumve version ye
Bavandi musigeho kumuvuga nabi uyu muryango nawushatsemo ibyabo namateka,guta abana ningeso yabo uyu mugore ibye ndabizi yabyaranye na mirimo.
Ahaa 😏😏 Imana irihangana
Narumiwe 😏🙄😏
Haricyo mbaza Sabin: Isimbi yahindutse Urukiko cg Office ya counseling ???Purpose yibi biganiro n'iyihe???
@@update653 Niba ari ubufasha bashaka, ntabwo ari ngombwa kuvuga ubuzima bwabo bwose kuri social media, kuvuga abo babyaranye nibindi bitari ngombwa.Nukuri ntacyo byungura audience, Sabin avugurure imikorere birakabije.
Abana bagomba kurenganurwa bakabaho neza
Komera cyane
Umucyo waracitse nta soni bakigira. Mbese uyu arashaka imitungo. Nonese kuki ataje kubivuga mbere?igihombo cy,icyaha ni ?
@SASHA BANKS THE BOSS Ntabwo navuze ko Mirimo yaratunze inzoka.
Iyo ni slogan yange bwite nkoresha kubantu bahiriwe , ariko bakananirwa kwifata.
Ntabwo rero Mirimo yaratunze inzoka.
Cyane ko ari mugabo nubahaga cyane.
Kuko ndamuzi neza.
Ubwo se kubivuga ubu harya byamara iki ko kwa Mirimo mbona ntakigihari.,kandi uyu mugore yari umwana niwe waje kwishakira Mirimo aranabyivugiye.
Sha icara hasi ukorere abana babeho kuko nawe ubwawe wagiye kubyara na Mirimo uzi neza ko afite umuryango. None kandi ushaka kugabana kubyo umugore yaruhiye urumva ko bitoroshye ari nkawe bibayeho uri umugore we wisezerano wagira utwo ushinguzamo tukagufasha kurera abana nahubundi ikingenzi korera abana bazaho
Isi irikoreye !!!!!!uryamana nuwo mutashakanye hanyuma habyuma ukumva ufite ishema ukanarwanira imitungo nihatari .
Ubwo se uje gutera nde imbabazi,bura gukorera abana bawe naho kurata ngo abana bari hanze,umugore mukuru yararushye,uje kurata uburaya nwawe aho
Niba utagira imbabazi ibyo ni ibyawe ariko ntidukwiye guca imanza twese duca muri byinshi. Uyu mubyeyi Imana izamutabara
Uyu mugore uko mwumva ahubwo yari yaratwaye Muzehe,akaza na Ouganda kukureba ndumiwe.
Komera mubyeyi
Ntabwo ari byiza ku judging umuntu
Buriya we nibwo buryo yumva yahisemo bwo kuza kuruhukamo wenda ibibazo byamurenze!!!
INGABIRE PRISCA: +250 782 983 984
Muramutukira ubusa ,ariko ,icya mbere mwibuk nuko byamubayeho ari umwana, knd w,infubyi ,ibyo birahagije kuba yanyura muriyo nzira mwimuciraho iteka ndabinjyinze
Uyu mudamu yantangaje. Ntahantu na hamwe nigeze numva avuga ko yigeze akora. Umwana wimfubyi utarigeze ashaka gukora koko agahabwa amafrw ntagire icyo ayashoramo agakomeza yiruka ibihugu byose. Ngo yaryamye mu cyumba cyumugabo utari uwe, utari se cg musaza we NGO ntiyavuniramo urufunguzo....ubwo se wabaga wagiye kumariki ra! Aranabivuga ari a l'aise erega nkaho ari byiza.... ese ubwo muba muje kwa Sabin gukoriki koko!!! Kuvuga ko mwakoze uburaya? Ndi wowe naceceka kbsa. Ko yapfuye se urashaka iki? Ubwo amafrw wumva aryamye kuri compte koko!!!
@@nyiranshutidjamila5378 30 years old yari umwana 🤔 ntimukabeshyere ububyubyi icyo numvise nuko yari umunebwe yakundaga guhabwa
@@uwasekelia8775 suko🤦🏾♀️🙄
@@nyiranshutidjamila5378 ntawamuciraho iteka pe. Kuko abantu ntibareba kure muburyo bungana