“Aho kuba Padiri w’umutindi nahisemo kujya aho barongora” Pasiteri Antoine Rutayisire
Vložit
- čas přidán 28. 01. 2019
- Directed by: Armand Kazungu
Subscribe to our CZcams Channel: / igihetv
Follow us on Twitter: / igihe and
/ igihetv
IG: / igiheofficial
Facebook: / www.igihe.tv
Umugabo w'umunyamugisha gusa gusa..
Votre sincérité en est une des clés essentielle!
Merci de votre partage, très inspirant🙏
I am speechless. Pastor iyi interview yawe irampagije,dukeneye Abasaza nk'aba babera icyitegererezo cyiza abakiri bato kandi bakagirira society akamaro, Thank you and Be Blessed.
Murakoze Pr. Dr. Antoine! Jye bankubitiye kubyuka ntinze kuko ababyeyi batubwiraga ko umurimo ari uwa kare, umurimo utica, ahubwo hica inzara. Mu byo muzakora mu kiruhuko cy'izabukuru mwatekereza no kwiga Ikidage kuko mbona gikomeye ukuntu. Gusa no kwigisha byafasha nko muri za kaminuza cyangwa gutanga ibiganiro bihoraho mu by'ubuzima bya gikirisitu. Ubushakashatsi no kwandika ibitabo ni byiza igihe cyose. Jye mbona kugira horaire ya buri munsi bituma umuntu asobanuka kuko ubwonko bukomeza gukora neza kandi vuba. Umwaka Mwiza wa 2019!
Emotional speech, More Blessings, Pastor.
Love uuuu so much
Uyu mupasiteri Rutayisire azajya mu ijuru.Mukurikiye igihe kinini bafite umuhamagaro.kandi ni model.
We love u,uri!umunyabwenge uzatubere urumuri.☝
Ubwenge ,ubumenyi n'ubuhanga ufite uzabirage abanyarwanda.
God bless you
Rutayisire uti ukunda ikipe itsinda nakumvise niyompamvu ukunda PK kurusha Habyara. Gira aho uba hamenyekane. Turagukunda cyane kandi uvugira mubwenge cyane. Uti nzacuranga,nzashinga ikipe nibyinshi. Ariko ntugasebye aho wavanye ubumenyi. Uti baguciye mumaso??? Dukunda inyigisho zawe. Ariko muhaguruke mwiyemwje kuyobora intama Imana.kandi muzabibazwa kumunsi wimperuka. We love u so much. Uziko na PK akenera inama zanyu nziza?
Pastor "imirimo myiza aheshwa agaciro n'iyanyuma" nkwifurije iherezo ryiza, Imana izakube imbere,inyuma,impande no muri wowe, Umwami ukorera azakuba hafi. Amen
Urabeshya wa musaza we
Turagukunda Pastor,... Komereza aho kutwigisha urubyiruko rutagiye rugira amahirwe yo kubona abajyanama beza nkawe. Keep it up!!! Imana ikomeze intambwe zawe.....
Ibiganir vyaw pastor biranyubaka
Ndagukunda cyane haba mu nyigisho wigisha n'impanuro uhanura abakiri bato binyuze mu biganiro nk'ibi n'ubuhamya utanga. Uri umushumba mwiza kandi uvugisha ukuri koko ubikomora ku mubyeyi wawe wangaga ibinyoma byakongeraho ubukristo bikaba akarusho. Imana ikomeze imigambi yawe nk'uko uyiteganya kuko ari myiza.
Tu es sage vraiment. Dieu te garde
Imana iguhe umugisha pastor Dr
Uyu ndamwubaha cyane rwose
Yes Pasco ndakwemera nawe
A man of wisdom
Mushumba wahisemo neza kdi Imana ijye iguha umugisha mwinshiiii
Ndagukunda pastor
Pastor ,ndakubwire ikintu:ndagukunda cane Kandi urumugabo w'Ijambo.i just love you very much .
very wise
nanjye ndakunda cyane uyu mukozi w Imana arigisha nkanyurwa
Ndagukunda cyaneeeee. mbese uri infura peeee
Antoine ndakwemera cyane cyane cyane, Imana izakumpere imigisha
Imana yaguhaye ubwenge bwiza ndetse yaguhaye kuyimenye izaguhe n'amaherezo meza
He really indpire me,i think he is a hero
Uyu mu papa avuze amagambo meza cyane. #inspiratiom
Uyu mukozi w'Imana ni umuhanga cyane afite umwuka wayo, niwe mukozi w'Imana wigisha ijambo ry'Imana adahengamiye ku kintu na kimwe kandi atarya indimi. Ndamukunda cyane Uwiteka akomeze kumwongerera ubumenyi n'ubuhanga. Buri gihe mba numva mfite inyota yo kumva inyigisho ze kuri youtube, icyazampa umunsi umwe nkazajya mumateraniro ye live.
Coucoulou paloma, merci
Wowoo ubuhamya mubuzima biradushimisha Pastor wacu Imana izaguhe ijuru
MAMA wawe copy rwose nuwanjye
Uyu Mushumba ndamukunda Cyane. Imana ijye umuha umugisha muburyo bwose, nukuri afite ijambo rifite ireme muri we.
Kuri telefone aboneka ate????
Mu rusengero niho wamusanga
Behind a great man there is a strong woman not wife but ur mother
Arashaka kwigira neza! Ntakibazo nakimwe ashaka kwiteza mubusaza bwe!!
Pastor Dr Rutayisire dukeneye ababyeyi nkawee..Uwiteka azaguhe byose wifuza!
12:20🙌🙌🙏
Wariye abana noneho cyane !!
Urashimishije cyane
Education started in the family and other parents such as teachers are an additional parents
Uri imfura itari iyi sura rwose
Mère wawe ameze papa tu
Oohh Imana izagukorere ibyo wifuza...
Yooooo Nange nasogongeye ikigage
Uri intangarugero kuri benshi nanje ndimwo mubo ufasha.
nkunda ubwenge bukurimwo bugaragara mu bikorwa no mu nyifato yawe. Ndashima Imana no kubwawe.
urakabaho gusa ntugasaze
Muzeee...ndakwemeye uvugishijukuri iyomyaka ntiyoroshye niyompamvu bawuciye ngo Uvamubuto arabubahira
I respect him!!!!!!!!!!!!!Abatabyumva ni biyahure.
Kubera Liverpool you never walk alone
Hoya urumugabo nanjye ndakwemera nshuti ya Rwamigabo
m.m. ndafashijwe kubwawe disi
Il faut pas reglete cet âge, c'est une école de la vie. L histoire raciale ont la vécue dieu nous à garder, il faut lui resté fidèle pour la génération future.
Hhh wagirango ni Data kbsa . Ndagukunda 😍😍😍😍😍
Cyeraa hariho igitsure!! Yarakoze Mama akanyafu yagukubise suko yakwangaga , Naho ubundi umuntu iyo asubiye mu tunyanga two mu buto biba bisekeje😁!
Uyu mugabo ndamukunda avugisha ukuri
@@mnelly3653 Ni inyangamugayo✔
@@guzutoni5346 ayaba abantu bose bavugisha ukuri nkuyu mugabo twajya mwijuru twese
Yewe nanjye ngukunda kubi
Ariko nanjye aho ngeze ni maman yangaga ko nzitwa umwana wumugore.
Condamné au bonheur 🤣🤣🤣 quand même ! Trop de modestie serait plutôt signe de faiblesse. Soit fort Pasteur pour donner une image de persévérance à la jeunesse.
burya bancuu mungani mukinya RWANDA ngo umusaza utabarutse ninkinzu yibitabo ihiyee . umusaza arasobanutsee kbs
Ukuri gusa
imfura ziriranga.uranyibutsa papa wanjye😂😂
Imyaka yamunzwe...
Uyu mugabo ndamukunda peee
Ceceka icyakubwira njye ukuntu mukunda ntiwandusha yagira umuntu inama akunva pe umusaza komeza uhanurire abanaburwanda
Mugabo Nelly sha ni nyangamugayo pe
Ntawandusha kumukunda
Amag the black we nisi nawutamwemera
Cyane ndamukunda Antoine.
Ndamukunda cyaneee 🙏🏽🙏🏽
kugishinwa rwose ni sawa kd ntigikomeye nkuko babivuga
Imana izakwihere kuramba rwose. Inama zawe zifasha benshi
Ndumva mama wawe yarameze nka mama wanjye
Mwaramutse
Ahaaaa, ni byiza pe? Nkunda ibintu uvuga (nibyo ukora of course). Waciriwe mu maso,.... Nkubaze: Uwakugira perezida wakwemera?
Ndamuzi yigisha iRulindo.Ariko twamukundaga twese nka banyeshure ntawenzi wamwangaga.
He really inspire me
Uvugisha ukuri i love u
Dukeneye abantu nkaba bavugisha ukuri.
🤣🤣🤣🤣🤣🤣💢❤❤❤abana nagufise barahiriwe
uyu mugabo nanjye ndamukunda ni umukozi wimana pe
AMAHORO. WODUSIGURIRA UKUNTU RWIGARA N'ABIWE BICWA RUBOZO ADELINE RWIGARA AVUGA KO FPL ARI ITERAHAMWE Z'UBUNDI BWOKO WEWE PASITERI?
😂😂😂😂😂😂😂
Behind a great man there is a strong woman not wife but ur mother