Uko umugabo n'umugore babana batarasezeranye byemewe n'amategeko bagabana imitungo iyo batandukanye
Vložit
- čas přidán 17. 08. 2021
- Niba ufite ikibazo cyangwa igitekerezo kuri iki kiganiro wagishyira ahagenewe comments cyangwa ukatwandikira kuri email: amategekoyacu@gmail.com, wanatwandikira kuri WhatssApp 0788566872
❤❤❤ nukuri uwiteka ajya aduhere abayobizi bacu umugisha kuko barebakure harabagabo banga gusezeran n' abagore babo bibwirayuko bazajya bagaragara nki ndaya ba kumvayuko nta cyo wabaza kubyo mwabonye mubana
Hanyuma uzatubwire nuko bigenda iyo umugabo afite abagore 2 kdi yarashyingiwe numugore umwe
Ese iyo umugabo yagutaye akagutana abana ntagufashe ukabarera wenyine bagakura iyomugabanye abana itegeko ribavugaho iki
Mudusobanurire ababana badasezeranye iyobatabyaye umugabo akibyarira hanze iyo umugabo apfuye bakabana gute Kandi barashakanye im8tungo
Mwarakoze cyane,dusobanukiwe byinshi
Murakoze cyane
Murakoze cyane turasobanukiwe
Turabashimiye cyane kubwibisobanuro bijyanye niyingingo, kumunota wa 32, harahutangira gusobanura kuri case yaho umugabo wasezeranye mu matego agize ishoroke kuruhande, hanyuma ishoreke ikaba yaregere kugabana imitungo, ese noneho umugabo afite ishoroke kuruhande bakagira imitungo barihamwe aho gihamye yonyine yashingirwa kubabaza nkinzego zibanze nkuko wabigarutseho, mugihe imitungo bayibonanye ariko ikandikwa kuri yashoreke, ese uwo mugabo yabasha kuregere ko yagabana imitungo niyo shoreke. murakoze
Mwiriwe neza nukuri murakoze cyan kudusobanurira gusa byababyiza tubonye na nimero zanyu tukabavugisha byumwihariko tugasobanukirwa biruseho murakoze
Thanks a lot
Turabashimiye ku kiganiro kiza muduhaye. None se iri tegeko rirareba n'abakobwa babyarira iwabo nti babane n'abagabo babo
Mwiriwe neza. Ikiganiro cyanyu nagikunze. Mfite n'ikibazo ariko. Umugabo/umusore wagiye aha umukobwa wibana umutungo cg ibintu cg bagafatanya kugura ikintu runaka e.g inka. Iyo bashwanye wa mugabo/umusore ashobora kwaka uwo mukobwa ibyo yamuhaye, nta n'umwana babyaranye kandi batanabanaga mu nzu? Uretse ko umugabo/ umusore yajyaga ajya kurara ku mukobwa rimwe na rimwe.
Muraho neza muzatubwire iyo umugabo apfuye Kandi afite abana hanze ark afite umugore wisezerano abo bana bohanze bagabanaryari bagabana gute
Murakoze cyane kubwiki kiganiro👏 ark c nko mugihe uwanditsweho umutungo ashatse kuwugurisha batabanje kubyumvikanaho nubwo baba baba a bitemewe namategeko umwe muribo yemerewe gutambamira iryo gurishwa? Rikaba ryahagarara cg rigateshwa agaciro mugihe byamaze kuba? Iyo umwe muribo atangiye gutagaguza cg kwangiza nkana imwe mumitungo bashakiye hamwe uwo bashakanye yemerewe kujya kubiregera mu mategeko bigakumirwa?
Murakoze. Hari umusaza warufite abagore 3 bose ntibasezeranye kd abo bagore bose bafite abana wamusaza yarapfuye n,ababagore bose none umwana umwe yikubiye umutungo . Amategeko abivugaho iki?
Murakoze ninjye mwaganiriyeho ndasobanukiwe notes habineza
Wow
None mwatubwira icyo itegeko rivuga iyo umukobwa yashatse atwite inda itariyuwo bashakanye?
Muraho neza,nanjye nd'umwe mubaburanye urubanza nk'uru,kandi rwagarukiye muri court suprême,kandi nabonye ubutabera rwose pe.
Ndabikunze kbs urumugabo urakoze
Mwiriwe muzadusobanurire kubaba badasezeranye ntibanabyarane ariko bakabana numugabo numugore igihe kirekire nkimyaka15 bobagabana bate ariko ar
Muraho, iyo bamaze kugana ibyo bashakanye n'umwana bakamugenera amarekezo ye, iyo se wumwana yitabye Imana aramuzungura kd nyina yaraganye n'umwana baramuhaye ibimutunga, yamuzungura?
Icyocyoganiro cyarogocyenewe
Wawu birasobanutse
Muraho neza namahr iyumugabo yarafite umugore bagatandukana umugabo agashaka undimugore bàgasezerana wamugore wambere utarasezeranye itegeko ribivugaho iki? Murakoze
Niba umugabo yari afite ikibanza mbereko abana nuwo mugore bakubaka inzu muri icyo kibanza ko ari kugabana aho bigenda bite? Inzu azayiterura agende cangwa? Nimudusobanurire.
Murakoze kudusobanurira, muzanatubwire abakobwa kuzungura bireba abakiriho ,abatarashaka cg ni abaritarashaka itegeko rijyaho?
Muzatubwure,icyitegeko riteganya kuri icyi
Muraho najuririye
Urubanza
Rwisambu twaritwaragabanye
Njyenumugore twaritwarashakanye bitemewenamategeko
Njuririra nimperekeza ba nshiye
Irenze ubushobozimfie
Hanyuma mubunzi bumurenge
Banzurako tuzagabana nintekeshanyo
Munsobanurire nikobigenda?
ok .kiratarits cn
Ese iyo babana batarasezeranye mumategeko umuzungura abande
Muraho ;turabakurikiye,dukunda ibiganiro byanyu kuko mufite uruhare runini mu kubaka umuryango nyarwanda; arko mfite ikibazo:ababana batarasezeranye,kdi batarabyaranye ariko buri umwe akaba afite umwana hanze,izungurwa rikorwa rite?
Ese igihe umugabo ashatse abo baguze bagahindura inyandiko bakandika ubukodi kuko byageze mumanza
Muraho,
Nagize ikibazo cyihohiterwa nakorewe numugabo twabanaga tumaranye imyaka ibiri, twari turasezeranye mumategeko, yaje kunyirukanusha ari ninjoro aramenesha asigarana imitungo twahahanye yose ,
Natanze ikirego, bambwirako nanshingiro gifite, banca amafranga yi mwavoka, none narajuriye ,
Ese mwangira iyihe Nama
Ikikiganiro niba wagikurikiye, urabonamo igisubizo
Ni byo
Dushaka number zawe twazibona gute ko tuzishaka cyane
Umugabo afite abagore2 kd Bose barasezeranye umugore mukuru yarapfuye ese abananumugore wambere bashobora kuzungura
abinjira abagore ba 4 kandi bizwinumugore wisezerano kand haribihamya bifatika ubwo bizagendabite mwizungura?
Muraho iyo mufite umubyeyi umwe mubana afite hakavamumwe akamugurira inzu iyo uwomubyeyi yitabye lmana abamukomokaho babona iki nimumare agahinda
Tubashimiye ikiganiro mwatanze ni
Mudusobanurire,umugabo ategetswe gucyura umugore wahukanye?
Iyo papa wawe yapfuye abwiye umugore n'abanabe ko akwemera gusa akaba Atari yabona uko abyemerera ku murenge uwo mwana yabyaye hanze agira ruhareki mumitungo ya se wamaze wamaze gupfa ,Mugihe ahuje DNA n'abana buwo mugabo?
Nimudosobanurire iyo umugabo agité abagore babiri ariko yarasezeranye numwe KD uwobasezeranye ntabana bafitanye uwo batasezeranye bafitamye ananas imitungo yose irikuwo basezeranye kuruhande rwabana binjyenda gîte mudisobanurire
Muzadusangize ku babana barasezeranye
Nonsense abate ari umugabo United undimugore kandi umugore wambere barasezeranye iicyangombwa cyubutaka cyandikwaho bande??
Nonese njye nfite ikibazo mbana numugabo ntitwasezeranye arko umutungi dufite twarawushakanye arko turi mumanza ahora antuka ngo ndindaya ntitwasezeranye ngirina
Urumva nyine ko ugana inkiko ukerekaa ibimenyetso ko mubana,Kandi niyo mutungo mwawushatse muri kumwe mukagabana munganya
Turabashimiye mwadushyiriraho amategeko
Yahinduwe cya mukadushyiriraho
Numbers zanyu murakoze
Dukeneye numero yawe pe
None ndabaza abana batavukuye murwanda bandikwa bigenze bite
Ese ko mbona uzi amategeko ufashije bangahe kubona ubutabera bwukuri?
Arko adukuye murujijo
Igihe se uwo umwe yari yaratse credit kd itari yishurwa
Nonese,umugabo yarafashe credit akagura imitungo,umugore babana batarasezeranye baragabana
Munsubize.
Nonese iyo mutasezeranye ariko umugabo akajya agura imitungo ntiyandikeho umugore iyo mutandukanye uwomutingo wamugore awufiteho uruhare?
Ongeraho ko ayandikisha nko kuri bene nyina Kandi mufitanye abana ubwo ingingo irengera banana niyihe
Icyocyoganiro cyarogocyenewe