Oyaaaa, gusubiza neza ni byiza cyane. Kd burya kuba yaragukunze si icyaha yakoze. Ni uburenganzira bwe, gusa si itegeko ko nawe umubwira yego. Aho nawe ni uburenganzira bwawe. Yashakaga kurema inzira yabahuza akazabona aho ahera akubwira ko agukunda. Iyo ubibonye mbere umenya uko umwitwaraho ndetse ukamenya uko umuhakanira mu kinyabupfura.
Ndagukunda cyane rwose❤🥰
Urakoze cyane emm
Shangazi wambaye neza imyenda iragendana na peau yawe.waooo
Urakoze cyane Emma. Ese kubera iki iyo umukobwa akunze umuhungu akabimubwira akenshi bidahabwa agaciro nk'uko bo babigenza?
murakoze cyanee Emma!! muri abarimu beza cyaneee! mukomeze kutugezaho izo nama, nukuri ababamenye bazubake kubwanyu pee!! saw
Ivyo wobikorwsha aruwo mukundana igihe tugezemwo tubakundira kuri therehone totunabazi wunva wobimubwitirahe
Murakoze cne kudusibanurura turzgushimiye cn
Ndagushimiye cane nyakubahwa Shangazi. Bandanya wigishya urukundo kuko isi yarahindutse, abantu basigaye bakunda amafaranga cyane, basigaye babeshya.
Kuki umwigem ashobora kwama kwita chr ariko yarakwimye urukundo
Thx shangazi ❤
Merci pour toutes ces informations
Ndagukunda,ema
Nibyiza KBS ariko harihigihe ukunda ubahanze muhurira kuri social media gsa
Ntabwo wakunda uwo utazi
Mbe nne Shanga ko uvuze ku bintu abahungu bokorera abakobwa,abakobwa nabo bokora ivyahe ku bahungu bakunda?
Nonese ema aba nkomukindi gihugu
None uri igitsinagore se Shangazi we
None se muri à distance wabikora ute?
Ok
Sha ntibigoye
Ubizirikanye
Shangazi we ,hari ,umuhungu, wigeze ku mbwira duhuye ariko nziko yari yaragerageje nkabona ntibyavamo ,ubwo ,ahita ambwira tumaze gusuhuzanya : ndabona ntacyo ubaye,nti wagirango mbe iki ?ngo ariko kuki abanyarwandakazi mutazi kwacyira compliment ,nsobanurira nawe ,ndabona ntacyo ubaye iyo ni compliment harya umuntu aha undi ,njye nk uwo ,mpita mubonamo injiji kbs 🤓
Hhhhhh ngirango yaraziko azasanga warapfuye nkijisho
@@francoisntwali6882 😀
Oyaaaa, gusubiza neza ni byiza cyane. Kd burya kuba yaragukunze si icyaha yakoze. Ni uburenganzira bwe, gusa si itegeko ko nawe umubwira yego. Aho nawe ni uburenganzira bwawe. Yashakaga kurema inzira yabahuza akazabona aho ahera akubwira ko agukunda. Iyo ubibonye mbere umenya uko umwitwaraho ndetse ukamenya uko umuhakanira mu kinyabupfura.
@@tuyizerealice5503 none se iyo umuntu akubwiye ,ngo ndabona ntacyo ubaye ,umusubiza ngo iki ??
@@espoirejane446
Uramubwira ngo: Yego meze neza. Ibyo gusa biba bihagije.
Urasa neza pe
We are munonga mukazi
Ariko ufite boobs nziza madam