Antoine RUTAYISIRE INZARA NIMISATSI NTIBYAKABAYE INYIGISHO😳IBYAMADARAPO YAGARAGAYE MURUSENGERO
Vložit
- čas přidán 4. 10. 2023
- WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp.com/Dv6tUgVsF8O...
#Irene_0788208757 #Bohoka
Past ntago Immana ireba abize cg abatarize aho waba wibeshye cyane Immana ukoreshwa uwishatse mugihe ishatse yakoresha nigitambambuga
Bohoka we ugize nabi pe. Ntabwo warukwiye na gato gufata Pastor Zigirinshuti ngo umushyire kw'iphoto y'ikiganiro, ngo ushyireho nizo nzara hanyuma ngo vidéo ize igaragaza Pastor Rutayisire avuga ibi , kuko bisa nk'aho ugaragaje ko Pastor Rutayisire yavuguruje Pastor Zigirinshuti kandi atari ko bimeze kuko bose ni abagabo bafite Umwuka W'Imana N'Ubwenge Bwayo kandi ni abagabo bumvikana. Ibyo Zigirinshuti yigishije nibyo cyane 100% , kandi nibyo Rutayisire yigishije nibyo cyane 100% kuko buri wese hari abo yagombaga kubwira.
Urakoze guhugura Bohoka TV
Kuko iyi foto yashyizeho rwose igamije Guhanganya abakozi b'Imana.
Nonese muremezako inzara nimisatsi aricyaha kubigira
@@kuradusengealbertpetit8762 oya si icyaha, kuko twarabiremanwe. Icyaha ni ugukosora Imana ,ushyiraho inzara Itaguhaye.
Umwuka naza muzamenya uko nwitwara nibyo rwose
@@arleneisingizwe1503 nonese ko wambara wavutse wambaye?
Namwemeraga ariko aha arakotoye. Ibi bintu byo kwihindura ugasanga umuntu yabaye nka shitani ntibyemewe na mba..Inyigisho ya Zigirinshuti yuzuje ubuziranenge cyane. Ntimugashyigikire ibi byibone!
Zigirinshuti yakanze ahababaza inyigisho ze ni ukuri kuzuye%
Ntamuntu wo kwemerwa nejo zigirinshuti yavuga ibindi ntibikunezeze christo niwe Rugero shingiro rw'abizera
@@beckythehustler2981uribuka nawe ahannura ko nta Covid-19 izagera mu Rwanda ikatwambura abacu naje gusanga aba bose bavuga bitewe nibihe nimbogamizi bafite
Pastor Rutayisire ndamwera sana niwe Uzi neza ijambo ry' Imama
Mbega imisi yanyuma!!!!!! Mbega igihe cyanyuma!!!!
Ukuri kuraryana kabs nn birya bizara biyomekoko ubona binereye ash yavuze Ukuri yego najew sinduwera ark hariho imyenda abacristo bambara iteranye isoni
Imana yakoresha ibiti namabuye bigahanura kandi bitize, hariho abakora umurimo w'Imana batize bakawukora neza kuusha abobafise ayomashure muvuga. Nuko mwibibihe harabahanuzi nababiyitirira bahanura ibinyoma nibibafasha
Ndemeranya nawe rwose pastor,abantu ntibakeneye inzara bakwiye kwiga ijambo ry'Imana
Abafarisayo bikoreza abandi imitwaro batabasha kwikorera! Inzara n'imisatsi bitaniye he n'inzangano no kugambanira rubanda umuntu nkawe byuzuye umutima. Imana yaragowe...
Pasta Antoine Rutayisire, hejuru kyaneee. Na mahirwe kyane kugira umuntu nkawe uzimana kandi wize, biratandukanye nabandi. Abantu bize, bafite bumuka wera, barigisha Abantu bagafashwa. Nka Rutayisire, Bishop Masengo, pasta Senga, pasteur Hortense, pasteur Uwambaje, nabandi, nabandi, inyigisho zabo ziratandukanye nizabandi
Ibyo uvuze ni byo
Very true my Pastor👍
umusaza pastor amaze kuvangirwa pee
Ntimuzi Yuko imibiri yanyu Ari insengero zumwuka kd umwuka wera aba murimwe utsemba urusengero rwImana Imana izamutsemba kd urusengero nimwe 1corinto 6:19-20 Zigirinshuti yavuze ukuri kd bible nicyo ivuga
That's true
Bohoka Bohoka
Kumbi nawe urashaka views?
Oky shishikara😊
Ese ubwo ntiwibeshye ra! Ko ibyo RUTAYISIRE avuga ari ukuri 100/100 sinabonye aribyo abavugabutumwa bo muri ADEPR bigisha batinda kubigaragara inyuma... Kandi numvise RUTAYISIRE yabivuze kandi uyu Musaza arimo Umwuka Wera mujye muva mumunyenga widini ntagakiza
Bohoka se buriya niwe uvuze ibyo wumvise ahubwo aba abavugabutumwa mbona hari ihishurirwa umwe agira undi akaza anyuranya niryundi uzumve uburyo kwa Julienne biganye ibyo kwa Mignone urebe uburyo ADEPR imyenda IMISATSI NINZARA aribyo gakiza kandi muri za jipo ndende nibitambaro benshi basambana abandi basenya ingo zabana babo, siho gusa amadini yabaye ibyapa gusa mwibuke ibihe turimo hakenewe kubwira abantu uko bambara cg guhishurirwa Kristo mbona umugani aribyo bikenewe kandi ukuri kuzajya kugaragara kuko nzi ababyisiga kandi bubaha Imana nzi nabatabyisiga bubaha Imana numva Mwuka Wera yakaduhaye kumenya ukuri
Wisetsa wese buriya yazanga views aba bose bacungana nakarabaye...
Ntawe utamukunda kuko numu papa mwiza ariko nimwingishe kubyaha Iman yanga
Ibyahase ntubizi uzakurikize ariyamategeko10 Yimana
Gukiranuka no Gukiranirwa byose bikorwa kandi bigakorerwa abantu kugira ngo Imana iduhe umugisha Cyangwa umuvumo(Yobu 35:8)
Rero ntiwavuga inzara nabi nimisatsi kuko mwitorero ryanyu mwese mwikoreye imisatsi myinshi namameshi namaporoduwi nibindi mwagumye ukomwahamagawe mukareka kwigira uko Iman itabaremye izonzara mwishyiraho nizogutema ibiti niki
Ikibazo si inzara kandi si imisatsi kuko Imana Yarabiduhaye , ahubwo ikibazo nuko dusigaye dukosora Imana tugashyiraho inzara zindi Itaduhaye , tugashyiraho imisatsi yindi.
Imitekerereze yanyu iraciriritse cyane mujye mubyemera, mwigishe abantu gukunda Imana no kugira umutima usa nuwa Yesu ibindi muba murimo ni amanjwe, musirimuke mumitwe murebe ibibangamiye isi niba inzara zirimo, Adeper mwanga gushyiraho inzara ariko mukarogana hagati yanyu mukicana, ubwo inzara nizo zibabangamiye?
Yesu azaza abirangize.
@@bijouxrozay5566 nabagusubize turebe
@@bijouxrozay5566 nabagusubize turebe
Wigisha neza nkabikunda woe nsanzwe ngukunda
Ariko noe kwambara ubusa byezwe?? N kwisiga nk malaya uzi kumara imyaka irenga 5 munzu y'Imana ukaba ucigishwa kwambara imyenda igukwiye
Ntuku
Izi videos muba mugaragaje nkaho zivuguruzanya ni amakosa knd ziruzuzanya kuko bose nabakozi b'Imana beza abanyarwanda bungukiraho byishi.
Murimo gushaka views mugakabya pe
Nonese Imana ntiyahaye ubwenge abaswa kugirango ikoze isoni abo bigize imenyi ikibazo si abahanuzi batize ahubwo abenshi bahanura bagendeye ku marangamutima yabo
Soma ,1 Abatesaronike 5:23,mwebwe ubwanyu,numwuka wanyu n'ubugingo n'umubiri byose birarindwe,bitazabaho umugayo ubwo,Umwami wacu Yesu kristo azaza.
Nyamara umucamanza niyesu
Muvuge ukuri abantu bazingire mwijuru kandi ukuri murakuzi nuko mutakuvuga kose
Iyo uvuze kwIMana idashaka ivy inzara, amawig, namamekapu nukwambara ibimini umenga uteye igiti Munzuki.
Uko Ni ukuri kuzuye ukuri kuraryana abantu baziruye ibizira.😂
Abayoborwa n'umwuka nibo bana b'lmana. Mwabyanga cg mwa byemera abihindura uko bishakiye binyuranyije n'imiremerwe yabo hari imyuka iyobya iba ibirinyuma
Burimuntu afite uko yahamagawe .Kandi bibiriya iravuga NGO muhugurane
Erega muhumure yesu abereye maso umurimowe nukuri itorero rye ararizi kani azaririnda
Quel arrogance 😳
Rutayisire winjiriwe pe inyigisho zipfuye ngo umuhanuzi utarize ahanura iki?ubwo uhaze iki
😢 abubwo abenshi no gusoma ntabyo baba bazi
Ezeberi umugore wa Ahabu ,Umwami wa Israel niwe wisize ibyo byose ariko Imana imuha imbwa ziramurya .
Cyakoze urashoboye da
Nanje ndabaye déçu,uyu mupastor nahora nkunda inyisho ziwe,ariko vyiza yari kubwira abantu bagashaka Mpwemu Yera niwe yigisha abantu akabashikana kukuri kwose.
Cyokora ijuru riragoye kurijyamo kuko mwese muba mumatiku kwiga nimpano zimana se bihuriyehe ubwo nuko bakuvuzeho uje kubishyura imisatsi ntiwayigaya kuko nabonye madam ayifite.
Menya nawe utamenya ibibera hano hanze uyu NGO ni Zigirinshuti sindumva yigisha ubutumwa bwumusaraba ahubwo ahora yigisha inzara IMISATSI igikatsi, inkashi inunu, imbetezi sibyo bahoramo urebe video ziri kuri agape tv Zaburi ze nibi yirirwa acira abantu imanza Nukuri uyu Mubyeyi RUTAYISIRE atanze ukuri
Buri muntu ni umuhamagaro we muzirikane uko mwahamagawe.
Bavandimwe mwese murapfa ubusa,njye iyo nitegereje mbona intambara izarangiza isi izaturuka mu madini.Nkaba ntekereza ko umuntu wese akwiye kwitoza cg kwegera Imana ku giti cye hanyuma umwuka wera akamwemeza icyo gukora ikindi ugakomera ku muco wawe cyane cyane umwiza kuko no mu muco hari ibibamo bitanezeza Imana.Kumvira biruta ibitambo.Yesu adushoboze twe ntacyo dushoboye kuko nsanga turi guhangana n'imico y'isi(abanyaburayi,abanyaziya,abanyafurika).Dukunde Yesu ubundi umwuka azatwemeza ibyo dukwiye kureka nta mbaraga z'umuntu zibikoze.Naho Zigirinshuti cg undi uwariwe wese wigisha buri muntu ajye afatamo ibimufitiye umumaro.Nkuko ujya kuri buffert ukarura ibitakugwa nabi iyo ushaka ko ubuzima bwawe bwangirika.Ariko iyo ugize umururumba cg ukarya ibyo utazi ushobora kurara waguwe nabi ndetse warya amavuta cg isukari,umunyu kdi ubibujijwe ukaremba nyamara hari undi ubirya akamererwa neza.Twebwe dukurikire Yesu kuruta gukurikira abantu.Itorero rya Kristu ryubatse ku ku rutare,ntawe uzarishobora,ikindi ntawamuvuvunura intama yafashe mu ntoki,ibirenze ibyo ni ukugendera mu nyungu z'abazi ibyo barimo murakoze.
Gabanya kubeshya aho ngaho se, Niba hari umuntu ugira ukuri mu ijambo ry'Imana ni pst Michel, akajambo kamwe k'intuntu n'amakashi yavuze rimwe Niko wuririyeho ngo inyigisho ze zose n'ibyo yivugira. Niba utamukunda nta wuguhase kumukunda ark utamubeshyeye.
Ubuse umuntu washyize ifoto ya Zigirinshuti hano , Aya s amatiku Koko??
Views zizarikora sibyiza kuvuguruzanya mu bakozi b Imana izi poste za zigirinshuti sizari ngombwa kuko abo yigishije ubabajije ushobora gusanga bari bumvise icyo yabigishije neza bikabahumura amaso
Nanjye narabibonye nibyo Zigirinshuti asigaye yigisha kandi mbona igihindura umuntu ari Mwuka Wera atari imyaka wanyweye urwaga
Abantu bananiwe nugusenga barondera ibisubizo mubashumba bakibagigwa nabo kwarabantu
Hhh arko mugani.
Ibyo uvuga ni ukuri imyenda NIMISATSI NINZARA byahindutse indirimbo abigisha nta bwenge bw'Imana bakigira barabyuka bagafata microphone
Nn ntiyavuze vyo mbega komwanka ukur ukur kuraryana
Nimukizwe ahubwo zigirinshuti akiriho kuko ni umunyakuri musigaranye uvuga Imana neza arakijijwe abaha inzira nziza ibyo byose Ni ubuyobe ni ukuzirura bishakira abayoboke.
Books are more expensive than CZcams guys
Erega rutayisire nawe nta mwuka uyite ahubwo ni politics gusa
Uyu nawe ntarakuzwa nagafaranga yishakira sukugeza abantu kugakiza kubuntu
Umbaye kure kbs abacanshuro Yesu weee tabara.
@@nishimweange3825 nonese yavuga iki ko abashaka kuyavuga ukuri kugirango batazava my church yiwe akabura amaturo
@@nishimweange3825 ntakuri yavuga amaturo yaba ayirukanye
Umwemere umureke,arakunzwe kuruta benshi kdi akunda Imana rwose aranakunditse
Ndagukunda rata, ibyo ntibyakabaye inyigisho! Nubujiji batuzanaho! bashaka ko bagaragara uko batali, bashaka ko babeshya Imana! Umuzungu yiyerekana uko ali kandi akemera agasenga!