Rulindo: Baratabariza umusaza w’imyaka 64 ugiye kuzuza amezi 3 afungiye mu kigo cy’inzererezi.

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 10. 12. 2023
  • Mu murenge wa Buyoga ho mu karere ka Rulindo abaturage baratabariza umusaza w’imyaka 64 witwa Mukuralinda Michel ugiye kuzuza amezi atatu afungiye mu kigo cy’inzererezi cya Tare kiri mu murenge wa Bushoki, aho ngo yafunzwe batabwiye umuryango we icyo azira .
  • Sport

Komentáře • 9

  • @user-me7lu4sj1u
    @user-me7lu4sj1u Před 7 měsíci

    Ariko Mana y'i Rwanda 😢

  • @Vital09official
    @Vital09official Před 7 měsíci +1

    Nakarengane narenganurwe umusaza abashe kuva hariyahantu kuko abayeho nabi

  • @user-jf6wj6pi3q
    @user-jf6wj6pi3q Před 7 měsíci

    Rulindo nirwara barwaye ,niho umuntu akwanga atakwishe aragufungisha

  • @user-lx9zg6jf3h
    @user-lx9zg6jf3h Před 6 měsíci

    Uwomusaza turasabako yafungurwa

  • @user-lx9zg6jf3h
    @user-lx9zg6jf3h Před 6 měsíci

    Ubundise uretse kunaniza abaturage uyumusaza habaye hari icyaha yakoze yabacikirahe? Arababakepe!!!

  • @user-hz9cc1pw8n
    @user-hz9cc1pw8n Před 7 měsíci

    Muzatembere mu Kinigi mu karere ka Musanze mu kigo cy,inzererezi harimo abamazemo amezi 8 (umunane) abarenganijwe Ni benshi

  • @user-dt6mp7qs6n
    @user-dt6mp7qs6n Před 7 měsíci +1

    Sinzi impamvu bajyana umuntu munzererezi Kandi afite aho abarizwa hazwi gusa Ari nicyaha bamukekaho yajyanwa mumategeko ariko ntiyitwe inzererezi

  • @berwaonlinetv9734
    @berwaonlinetv9734 Před 7 měsíci

    Ibyo bintu babigize umuco rwose sinzi impamvu bafata umuntu mukuru bakamujyana munzererezi,Kandi afite Aho abarizwa bikwiyeko bajya bakora ibintu umuntu wakoze icyaha akajyanwa mumategeko munyumvishirize ikavaho rwose

  • @gakurukalim9895
    @gakurukalim9895 Před 7 měsíci

    Ariko se uyu muntu simuzi mu binyamakuru bavuga ko akekwa ko ari mu biba insinga z'amashanyarazi?? Kuko si we gusa waba warafashwe kuko kugeza ubu (kuva bafatwa) ntago ubu bujura bukigaragara.