Rulindo: Baratabariza umusaza w’imyaka 64 ugiye kuzuza amezi 3 afungiye mu kigo cy’inzererezi.
Vložit
- čas přidán 10. 12. 2023
- Mu murenge wa Buyoga ho mu karere ka Rulindo abaturage baratabariza umusaza w’imyaka 64 witwa Mukuralinda Michel ugiye kuzuza amezi atatu afungiye mu kigo cy’inzererezi cya Tare kiri mu murenge wa Bushoki, aho ngo yafunzwe batabwiye umuryango we icyo azira .
- Sport
Ariko Mana y'i Rwanda 😢
Nakarengane narenganurwe umusaza abashe kuva hariyahantu kuko abayeho nabi
Rulindo nirwara barwaye ,niho umuntu akwanga atakwishe aragufungisha
Uwomusaza turasabako yafungurwa
Ubundise uretse kunaniza abaturage uyumusaza habaye hari icyaha yakoze yabacikirahe? Arababakepe!!!
Muzatembere mu Kinigi mu karere ka Musanze mu kigo cy,inzererezi harimo abamazemo amezi 8 (umunane) abarenganijwe Ni benshi
Sinzi impamvu bajyana umuntu munzererezi Kandi afite aho abarizwa hazwi gusa Ari nicyaha bamukekaho yajyanwa mumategeko ariko ntiyitwe inzererezi
Ibyo bintu babigize umuco rwose sinzi impamvu bafata umuntu mukuru bakamujyana munzererezi,Kandi afite Aho abarizwa bikwiyeko bajya bakora ibintu umuntu wakoze icyaha akajyanwa mumategeko munyumvishirize ikavaho rwose
Ariko se uyu muntu simuzi mu binyamakuru bavuga ko akekwa ko ari mu biba insinga z'amashanyarazi?? Kuko si we gusa waba warafashwe kuko kugeza ubu (kuva bafatwa) ntago ubu bujura bukigaragara.