Kigali: Hatashywe irerero ryita ku bana mu gihe ababyeyi babo bari mu kazi

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 6. 09. 2024
  • Kuri uyu wa 16 Ukuboza 2021 nibwo umujyi wa Kigali k'ubufatanye n'inzego zitandukanye batashye irerero ry'abana bafite kuva ku mezi atatu kugera ku myaka itatu bafite ababyeyi bakora imirimo itandukanye mu mujyi wa Kigali.
    Ni igikorwa kishimiwe n'ababyeyi bahangayikishwaga n'imikurire y'abana babo kuko batabaga bizeye uko abana babo babayeho mu gihe nabo bari mu mirimo.
    Iri rerero rikaba rifite ubushobozi bwo kwakira abana 25 aho begerejwe ibibafasha gukura neza harimo ibibafasha gukina, kuruhuka, kubona ifunguro ndetse n'aho kwidagadurira.

Komentáře • 3