Komentáře •

  • @byukananie211
    @byukananie211 Před 2 lety

    Ndakwemera kbsa

  • @mcdrsuperrwanda815
    @mcdrsuperrwanda815 Před 2 lety

    Hari aho ubeshye

  • @ukuriubumweubwiyunge3381

    Bacukura umusalane ari 2 :
    1 aracukura
    2 akazamura itaka

  • @mandela5744
    @mandela5744 Před 2 lety

    Eee uziko mukabya ngizengo yapfuye ko mutavuze amateka ya cyuma cg theo umubavu

    • @funfamily9209
      @funfamily9209 Před 2 lety

      Ubugome mufite nibuzabavamo uwuri kuvugwa ubu wibuke ko arumuyobozi

  • @samuelrudashyankaka715
    @samuelrudashyankaka715 Před 2 lety +1

    Ko mutavuga n'ibibi yakoze se? Abo yihenuyeho ababambisha. Kuva akiriho mwakagombye kuba muvuga n'ibibi yakoze. Utavugwa ibibi ni uwapfuye naho kuba ariho ni byiza kuvuga ni bibi yakoze kuko bituma yikosora. Ibi ni amarangamutima adafite aho ashingiye. Ariko wasanga iki ari ikinyamakuru ke ntawamenya.