Uranjyije byose, wafata agaphundikizo ka au de Javel, ugashyiramo utuzi maze ukinika mo brush. Gushyira amazi mu ndobo yuzuye igice ugashyiramo au de javel (agakombe) ugacisha hejuru hose uhanagura byica bacteries! ❤❤
Uzoze urambara ama gants ukingira intoke zawe kuko produit zo kogesha zonona intoke si ikibazo co gukora kuri toilette. Ukuntu musukako amazi menshi bintera ubwoba nabibonye no kwa Rose TV show. Jewe aho mperereye mu bihugu vy' abazungu ntihagira aho umuntu atembeshereza amazi ukoresha igikoropesho uyasutseko nkuko kuyakoropa coba ikibazo.
Nuko di NGWINO Urakoze ninyironka nzamenya uko nyikoraho mbien mbien❤️
Ubutaha ujye ukora isuku uhereye hejuru umanuka hasi, ubwo toilet yari bwoge nyuma ya window na wall ikindi ukambara na gloves.
Ko utatweretse ko wakarabye intoki n' isabune nyuma yo gukora uwo murimo ..., Nizereko iyo bassin atari iyo abana bogeramo. Imana iduhane umugisha.
Urakoze cane , gusa ubutaha uzotwiteho hano iwacu I Masisi ukuntu twoja dusukura toilette y’ibiti bibiri .
Merci mingi😍
Ese mwazatweretse abana
Abana uzabasure babakwereke kubazana wasanga ba papa batabikunda
Nukuri ndabakunda cyneee mutwigisha ibintu byinshi bitandukanye kdi byingira kamaro kuri buri wese akuramo ibye kdi mutugiriye nez mwatwereka abana nabo tukabamenya murakoze 🙏
😂😂😂😂 ubutaha uzambare gloves winjiremo uzambaye kd mukoza uzifashishe ponge 😅😅😅❤ we love you ngwino jooooo
Use Gloves nshuti 🧤 plz plz plz. PPE ( Personal Protective Equipments) is very important to clean up a toilet 🚽
Ngwino Urakoze kutwigisha chr ❤❤❤
Uranjyije byose, wafata agaphundikizo ka au de Javel, ugashyiramo utuzi maze ukinika mo brush.
Gushyira amazi mu ndobo yuzuye igice ugashyiramo au de javel (agakombe) ugacisha hejuru hose uhanagura byica bacteries! ❤❤
Wauu urumu mama wisuku, ubutaha unge uhera hejuru umunuka aho abakanda amazi niko boza 🚾 naho ubundi rwose nisawa cyane
Sha nanje ndiko ndayubaka Ibujumbura nimbaharikintu kizontwara umwanya ni toilette nigikoni ivyobintu nzoshiramwo muri toilette ibinyamakuru biryoshe kuburyo ngezeyo nicara ngatangira gusoma ntamuntu azonkrera toilette yanje kbx nanje nzoyikorera 😂😂😂
Uzajye usukamo eau de javel nka ninjoro migiye nko kuryama bizajya bigufasha guhora ufite Toilette isa neza ukabikora nka kabiri mukwezi
Next time uzagure Gloves, zabugenewe gukora Isuku muri bathroom, kuberako kogesha intoki Toilet sibyiza, mbambona bidafite isuku, Ndabakunda cyane.❤️❤️
Nibyo kabisa ajye yambara gloves
Yes hari nundi Muti usukamo imyanda yose ikibanamo Mais Na Gloves urazikenera kugirango ukube neza❤❤❤
Ark ndakeka iyo avuyemo akaraba kdi kuva ari toilet ye ntago birenze cyne nange singira gloves zo gukoreshamo pe
😢😢ceceka microbe ahakuye iteye ubwoba umuzungu akubonye ntiyanagusuhuza niyowaba ukarabye😢😢😢
Ndamureba akuba nta gants nkatengurwa...yaba toilette ye cyangwa rusange,ni ukwambara gants rwose
Ngwino urakoze cyane pe
Eseko utajya utujyana iwawe ababyemera bampe like
Urakoze ngwino ❤
Ubikoze neza pe❤
Yego Nakondakamenye,ngwino urumuhanga,ndagushimiye,nkwigiyeho byinshi.
Thank you❤
Ubikozw neza kbsaa Arko next time wear gloves and then nizereko ko iyo pase atariyo mwongeramo Kandi ukora isuku utagiriye at the top nibyo byiza ❤
Urakoze cyane
Mwiriwe. Mukobwa ngwino ndebe. Ubwambere na mbere, il faut ama gant
😂😂😂😂😂 comments zo kuri kino kiganiro ndabona ari umuriro....gusa impanga muratwigisha tukanyurwa..kdi turabakund❤❤❤❤
Nahageze. Nukurii😊😅😅😅
Murakoze
Ukabanza kuzambara mumaboko kugira ntuzogwara 🇸🇪
Ndemeye muvuga kimwe! Hano wari mu kazi uvuga tutabona mu maso hawe rwose niba ari uko tumenyeye ko mpinga ariwe uba uvuga numvaga ijwi ari irye😮
Ni byiza cyane
Urakozeeee ❤❤
Hhhh sha cyakoze akazi murwanda bikomeje kugorana pe😂ubunamwe muba muri mukazi kugezaho ntabuzima bwite mukigira😂 Imana itange akazi ibyomurimo nibitabapfu pe
Muzatumire ange na Pamela ziriya mpanga
Urakoze kutwigusha turagukunda pee
Merci
Egooo gants zabaye gants!!! Ubu tuvuge k iy muriko murategura umwana wanyu cnk mumesa ivyambarwa vyiwe yononye mwambara gants??!! Ntimubikora hanyuma muhejeje mugakaraba n'isabune n'amazi meza!!!
Nakuze maman ambwira ng nta mwana w'umukobwa wokugira ishishe nabitahuy nkuze knd yarakoz😊 . J mbona Ngwino ntakosa yakoze.. kimw muco mubariye kirazira gusuka OMO cnk isabuni itagenew gudukwa mur toilette.. nibibi cane hr idukoko turiyo tu joua le rôle yo décomposa am déchets.. rro izo sabine ziri tres toxik kuri two!!
Yego rata..... gants nizabanyaburayi cg abazungu binenaguzwa
Nuk rer❤
Nta muntu ashira omo toilette abariko yica udukoko turya imicafu donc ubitanguye nabi
Ariko wamugani aba munzu yibyatsi ko akorera ikiganiro kwa twin we 😂
Uzoze urambara ama gants ukingira intoke zawe kuko produit zo kogesha zonona intoke si ikibazo co gukora kuri toilette.
Ukuntu musukako amazi menshi bintera ubwoba nabibonye no kwa Rose TV show.
Jewe aho mperereye mu bihugu vy' abazungu ntihagira aho umuntu atembeshereza amazi ukoresha igikoropesho uyasutseko nkuko kuyakoropa coba ikibazo.
Much love la queen ndabakunda ❤
👍
Nukuri murakoze
Umukozi ivyo ntiyabigukorera aba Damu muve mumikino umukozi akora acishako hejuru ushakoko ivyawe biguma bisaneza nawe ushiramwo akawe urindiriye vyise ngo numukozi wapi
Urashoboye kuki c atabikora gesubwiyo wa
Oya naho da,aho ni we. Kabuki yoza kwoza inzu kwa mpinga. Oya aho ni kwa ngwinondebe daa
En plus apana wambaye izo Meta.
Nibyiza kwambara ga
Use groves before cleaning toilet is better than 😂 but thanks kudu sharing
It depends nawese usukura, nkoresha gloves only muri wese yabashyitsi cyagwa harumuntu waje murugo agakoresha main bathroom. Iyo umuntu aje iwajye ataha mpita mpanagura wese na disinfectant. Imitsi isazwe I don’t need gloves kubera ari umugabo nabana gusa mbananabo.
Ujye wambara uturindatoki twabugenewe
Uba wahereye hejuri mwiza wacu
Ugira isuku nicyo ngukundira mwiza wacu
Wenda bikora wiriwe murugo ubifitiye numwanya kuko harubwo wanahirirwa ntamwanya wabyo
❤❤
Ngwino tour de ta maison stp
Kiretse uciye wi desinfecta Mu ntoke!!
❤❤❤❤
Sha hano ni Mpinga pe
Yeah nyiuabona ni Kwa mpinga😂😂😂😂😂😂😂
Butahabareamagakukosivyizagukoreshaintokenavyozosagawiterairwyara❤❤
Wakagombye kwamba ga
Cyakoze muzi gushaka cash kbsa😂 ubuse ibyonibiki koko😂cyakoze wabuze akazi wakwicara ukangiza igihe😂
Koza toilet ugomba kwambara gloves zabugenewe kabone niyo yaba ari nziza gute.
Kandi carreaux zo muri toiletter ni zera,pas izamabara
😂😂😂 ubayuwambere mvyumvanye 🤔
Ntanaho ndabibona
Ubutaha jya ubikora wambaye ibirinda izo ntoki zawe kuko ntabwirinzi bwo kuba utakwandura Irwara wakoresheje please
urakoze ngwino
Uzi gukora amasuku neza
Uwo muti witwa gute usutse muriyo tank ya toilet???
Ntago aruko boza toilet peuh uzambwire nze nkwigishe chr
Ngwino uzatwereke murugo iwawe burigihe tubona kwa mpinga turabakunda abanabi wacu igatagara chia
Ntago ari itegeko ko hose uhamenya ! Uzamusure
Ushobora gusanga n'umugabo we adakunda ko yerekana aho batuye kuri social media.Ndumva ibyo Atari ikibazo.
Uzatwereke nuko wita kuri skin
Wabikoze neza just next time uzambare Gloves 🧤 👌👍👍👍
Urakoze rata kutwigisha❤ gs duhora tubasaba komwatweka abana banyu pe nabo tukabamenya! Murakoze
Kuko microbe ishobora kwinyegeza Mu mpeta. Sinon, muri abapfasoni
Uzagure ga
sha mukaba muzijyera mubura content sha sinzi muzi guhanga pe muri abahanzi
Muzadukorere amasuku mugikoni
Ubundise gloves.... ziki????? ICYAMBERE NUKO ARI BUKARABE INTOKI NISABUNE... NEZA..........Tuvugeko ibintu byose dufata ninoki zacu se haba hakenewe ga..... Icyambere nugukaraba neza intoki ...
Exactly
Nibyo rwose kdi cyereka iyo ari toilet yabandi kuko uba utayizeye rero iyi iwae ntrb pe pfa kuba asoza agakaraba
Ko isabuni ituma hataba décomposition ngo sinziza kogesha muri toilettes indani.murampa umuco
Cyane ko pumper utayihozamo umwana nonese umwanda wumwana ntimuwoza? Mudukabutura pumper umwana ntiyayihoramo bityo niturangiza gukora isuku ya toilet ni ugukaraba intoki neza
Ntago aruko boza toilet peuh
Ariko Ngwino ubwo utujyanye muri WC kugira ute koko!
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Hhh😢
Omo sinziza muri toilette
Ntitwasangira ubugari kabisa gukora amasuku muri toilet nta 🧤 wambaye biteye isesemi izagure zimwe za plastic
Il faut kwambara gants muri toilette.
Nukubufite umwanya ubwose waba ugomba kuvamurugo samoya ukagya koza toilet? ababishinzwe bababahari kuba babikora ntacyibazo cyirimo ninkuko umuntu wirirwa murugo yavuga ko gushaka umukozi ataringombwa
Pa comme Ca
Uzakureno akabido ushyiremo shotofu nuko njye mbivuga,😂agakoresho bakoresha batawaza,merci kutwigisha uko twakora isuku
Kariya karimpande ya toiret😂😂😂niko bakoresha mugu tawaza🤷🤷
Nay iriyo raba neza.akabido gafash iy amazi yakamye
@@alveranshimirimana4251 cha nakabido nakabonye Kandi yanabisobanuye ubwo rero ndumva ntaribi kbx
Ukuntu urimo gukora kuri toilet uyoza nibyo bitangaje., ukoresheje ikintu ugakuba ukamenaho amazi hari ukuntu bitagaragara nabi nko gushyiraho intoki
Ko wikora mukibino c nkatswe gukora kuri toilet muzi kwigira indengerenge
@@user-jz9vs4dy8v ushobora kuba warigata😂😂😂😂😂
Jyewe niyibiti mucyaro
😂😂😂😂😂😂😂
Uburyo uri gukoresha intoki 😢😢😢 aha njye ndikuruka ahwiiiii mbega umunsi mubi😅
Basi ujye ufata amaga wogeshe nakantu kamaze nkakenda harutwo bagura bogesha
😂😂😂😂toilette yanje niki catuma ntayogesha intoki?atabandi bayijamwo??
Komeza uruke ujyeze nimugoroba wagashyano we ubuse ibirenze aha nibihe cg woe ntujya unitawaza muko
Nanjy niko nzi iyo ukoresheje omo ngo iraziba ninayo mpamvu batajya bavanga septic tank zibiva kitchen na toilet isabune yica inyo knd inyo muri toilet ziba zikenewe kuko zicagagura ibikomeye
Se wamugani ubwo Abasha kwitawaza ra
@@yvonnewase7329 Ego ko ubwo se umuntu atuka nuwo atazi yewe komera ndumva nawe utorohewe pe.
Ubwo se koko ibyo navuze sibigaragara intoke muri Toilet uretse njye nundi ntiyagira iseseme.
Imana ikubabarire kuko nawe ufite ibibazo byakurenze niba ubasha gutuka uwo utanabonye, atanakuvuzeho ubwo uwo murikumwe ukuvuzeho bigendute
Ugize neza ariko nukurondera amaga yabigenewe kuko ivyo bitera ingwara
Chez Mpinga 😘
no,chez Ngwino
Nanjye ndabona Ari kwa mpinganzima
Ese ni amahoro ko mushaka kwa Ngwino cyane?ariko rata nanjye ndahashaka
Hhhhhhhhhh ntituri abafanase agomba kuhatwereka
Ese Ngwinondebe ko atigera atwereka murugo iwe?? Hafite icyahe kibazo?igih cyose nikwa Mpinganzima
Buriya azaherekana one day
Ese ubundi kuhabona bikumariye iki? Warebye ibyo bakweretse ibyo batakweretse singobwa ikindi ubu amaso yawe ntago aguha koko niba ubakurikirana cyanee Gwino akunda ibintu bye kuba biri private knd ntiwamurenganya Niko yumva ibintu byee siteko kumva ikintu kimwe nundi ,
Erega ntago abantu bose bakunda ibintu bimwe buriya nubwo arimpanga ntago bivuzeko bakunda ibintu bimwe.wenda Ngwino cg umutware we ntibakunda ko bashyira inzu yabo kuri camera kandi namahitamo yabo
Intoki muri Toy sibyiza rwose
@@uwerajoyce9666 okay ubwo wasanga atabikunda Arik kwari ukubaza ntuce umbwira nabi
😂😂😂😂😂 comments zo kuri kino kiganiro ndabona ari umuriro....gusa impanga muratwigisha tukanyurwa..kdi turabakund❤❤❤❤
❤❤❤❤