Yesu abahizagire cane imirongo yose bishop yatanze nayisomye irimo muri quoran Kd niko yanditse! Nakoreshej swahili,kinyarwanda and english niko biri ahubwo bantu muhunge yesu arimo kugutanga imiburo
None ko ari gusoma ibyanditse mu gitabo cyanyu uhera he uvuga ko ari kutavuga ukuri? Abubwo mwaryohewe n'ikibi ntimushaka kukirekura myamara muhunge mutarimbuka.
Imana iguhe umugisha ku mwanya wafashe wandika amagambo yubugingo hari gihe ndeba ibiri kuba mu isi nkabona abantu birengagiza ukuri knd nta fact bafite mbese Uwiteka arushaho ku nkora ku maso nkahumuka@@JNissi-pu2rq
Murahoneza bavand abariguhakana ko muhammed Ari intumwa ya satani bazashake ubuhamya bwumwana W,umurundi wagiye ikuzimu afite imyaka 6 amusanga ikuzimu arikumwe na satani uwo mwana yakuweyo na yesu
Ibi nzabyemera neza numuhuza nawawundi kuri dawa rwanda kuko nawe azi igiswahili twebwe ntacyo turi kumva neza kd nawe avugako yabanje kuba umupasiteri byakosobanuka neza rero muhuriye hamwe live ubundi tukabareba
Muve mubuyobe,kuko hari umwigisha mu idini ya Islam ,wampamirijeko Yesu ariwe nizira n'ukuri y'ubugingo,Kandi no muri Quran byanditsemo ,Kandi abigisha benshi ntibabyigisha ,arinayo mpamvu ABA Islam badasobanukirwa ukuri
Dufashe rwose nanjye ibyabayisilamu birancanga ntibatuma twigira murundi rusengero ngo ni haramu cyakora menye neza ko yesu ariwe nzira
Amina
Ngwino ukuricyire Yesukristo wagupfiriye banguka!
Murakoze mukomeze mubahumure ubundi se Koko imana yumva ururimi rumwe ibaho ngoyumva Icyarabu da dusenga imana yumugi Koko eweeeeeeeee imana yaremye is nijuru nibakomeze muburire abantu imana ibahe umugisha .
Yego bishopu turagushyigikiye
Uyu niwe mugabo wumutekamutwe wumuhanganzi kbx azigucinshuro
Wubahwe ubushobozi bw Uwiteka bukubek❤❤❤❤
Ngewe menye ukuri ko Yesu Ariwe byose
Uyu mugabo uzamuhuze nawa Musiramu wakoranye ikiganiro na gafaranga wumu sheikh
Cyakora mudufashe mujye mureka guteka imitwe mwifashisha ibinyoma gusa,witegure umunyafu w'imana
Wapi sha reka gutera ubwoba none ga niwumvuse ko yaduhay aho dusoma muri quoran? Basi wewe Zana ivyawe ubeshuz !
Ariko urashakisha amaronko koko,ahubwo uzayobya benshi,bashishoze neza
Yesu abahizagire cane imirongo yose bishop yatanze nayisomye irimo muri quoran Kd niko yanditse! Nakoreshej swahili,kinyarwanda and english niko biri ahubwo bantu muhunge yesu arimo kugutanga imiburo
Wagiye ugakora umuhazara n'abaSheikhs muhatane ibibazo ureke kwiyigisha.
Ndashaka iki gitabu cya koroan yanditse mu kinyarwanda.
Muraho neza Ayaloni TV , none se mwazadukorera kumajwi y'umvikana mu mugezi wa Euphrate ! Good times
Mubicishijeho incuro nyinsh muduh ibind
Murakoze cane kk abeshi barazimira Imana ibahe umugisha❤
Ese ibyowigisha ubusomahe wibeshya kuko ibyuvuga nabyuzi😮
Amen Pasteur God bless you
IMANA yomw'ijuru si Aallh
Nukuri mubakure muboyobe
Yesu weeee nago byoroheye abasiramu peeeee baragoweeeeee
None ko numva bidahura n'ibyo🎉 sheikh avuga? Biragaragara ko ibi bibaye Ari ukuri sheikh Yaba agamije kuyobya
Kbs
Imana ibahezagire❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤rwose❤❤❤❤❤❤❤
NSHUTI Z'IMANA!
ABANTU BAVE MU MADINI BINJIRE MURI KRISTO YESU
ARIKO NTIMWIBAZA IMPAMVU AMADINI YIYONGERA ARIKO IBYAHA NABYO BIKARUSHAHO KWIYONGERA?
Ntakomutagira abatazo vyumva
Nabokov bazogende bapfe beshi
beshii bankable kuvyumva kubwi ndonke nivyubahiro abavyumirako bazagende bapfe Ezechiel 33:1-5_20
Ukuri kose abantu baragutinya ushidikanya icyo avuga ntakuri kumurimo
Ntumiwe koko. Isiramu na basatani ndemeye 100%
Woe cyakoza waragoshwe
Pastor, asobanura ibitari byo. Imana ikubabarire
Uwo ni umuswera
None naba wewe ufise ukuri wogutanga !!ukabwira abantu uko kuri !!
@@amanipaul8741 Ikibazo gihari ni kwifatira abantu badasobanukiwe ivyo barimwo. Noe nk'uyo ndazi agiye impaka n'abemera umusi w'indwi canke abagorozi ntiyobatsinda.Bomwereka ko yayovye😅. Rero nk'iyo mirongo ivuga ngo "ukuri kwa Islam" aba akwiye kubahamagara akayibasomera ukumva ko babura ico kwishura. Ariko aje akayisomera twe tutazi ukuri kwa Islam twumva ari ivyo kuko ntawamuhaririza mu bintu adafitiye ubumenyi kandi atanemera.
Knd arkoreaha korowani
@@SmilingFieldHockey-kn1hy Abagorozi n'abaadventistes ko bakoresha Bibiliya ariko bagasobanura ibitandukanye n'andi matorero y'abarokore?
Nareke kubesha
Bishop turabashyigikiye,kndi turabakunda cyane,rero yusufu wahindutse umukristo na bishop bahuriye hano kuri ayaloni tv twakunguka byinshi.imana ibahe umugisha mwinshi.
oya ibintumwa mubizirekere mwemere Imana Imwe gusa kuko ntadini ridakurikiza imihango yabakurambere nimba mwemera Imana Imwe mureke kuramya abakurambere nkuko mwe muriho n' Imana Iriho amadini yose arsenga abakurambere Intumwa zose ntizigeze zisenga abakurambere basengaga Imana Imwe gusa munyemerere mbaze ese ubu ntantumwa ihari ? nimunsubiza nzabasobanurira icyo bita intumwa z' IMANA
Uwo mwenedata yazadukoreye resume ivuga neza ibyo korowani ivuga kuri Kristo YESU imugaragaragaza neza ndetse na muhamadi
Islam iricana cane nabonyene hagati yabo baricana uretse abakristu ivyihebe nabislam .
Aba silamu barayobye bizera ibyo batazi nta juru bateze
Ese kuki abarokore musebya amadini yose ,mukaza gusesengura ibitaribyo,imbere yImana muzasobanura iki?kuki mwunva amadini yose arikizira kumana?abarokore muzunva ijuru mumatangazo ,kubera ubujiji mugira
Bivuge ushak yumv utumva arek
Abantu muri kumuhakanya namwe nimusome iyo mirongo muri Qoran hanyuma mumuburanye
Baratukana gusa! Iyo ushaka kuvuguruza umuntu uzanya ibimenyetso, icyuka wapi
Muzarebe igitabo kibayobora mukigeranye na Quran mwarayobye rwose mwemere ukuri kandi ni ko kubabatura bakristo muve mu rujijo rwabashaka indamu
Shaka ukuri sha reka
Iyo mana yigihimbano ngo ni Alla mayivuyeho mukarokoka Koko bavandi?
Yezu wanje hahantu ni muri gihonomu
Ese iyo ivuga ubusa Imana ko izatwika abanyabyaha nkawe babeshya nuko mushaka gukomez kwambika ubusa abagore ese abitwako uyoboye muri corari kobateraniyemo amada nkubazi warangiza ukabasezeranya mukuru wanjye usengera iwawe yateye inda unabasezeranya atwite inda ibyo nkawe niba wiyita basitere byanditsehe gusezeranya abobantu
Abantu mufite ibibazo nonese ibyo gutera inda bihuriyehe Niki kiganiro kuri Islam? Ikindi uwateye inda nuwayiteye iyo bihannye barababarirwa.niki cyababuza gusezerana?
😂😂mbega umuntu,ese kuki muhunga ukuri kubbuyobe mubamo?😢kuki mudashaka guhunga ngo mutarimbuka?
Tanga ingero zivuguruza ibyo yasobanuye ureke kugendera ku marangamutima knd usenge yesu kristo akwiyereke ubone Ubuntu butagereranwa
Nihehe muri bibiliya yera handitsemoko aba pastor batagomba gusezeranya umuntu utwite byanditsehe?
Ndabasuje cyanee " Mukuri Ibintu Uyu Rutagengwa Asobanura Ntabwo Aribyo p !
Ibaze ko Ibyo Asobanura Nawe ubwe Atabizi. Niba Uri Umukozi w' Imana koko wakabaye Wiga kuvuga ukuri.
Nyamara Urimo Uratwubakira izina Nubwo utabizi.
Reka twemere ko ibyo uvuga aribyo.
None ko yakoresheje korawani asobanura agatanga na precision ku mirongo ya korowani;
Weho urashingira kuki umuvuguruza?
Erega abantu badasoma bafite ikibazo gikomeye cyane.
Ariko uzi kuba uvuga ko ufite igitabo kikuyobora ariko ukaba utakizi cg utagisoma? Ubwo c wabaho gute koko?
Ngaho gira imirongo ushingiraho nta kibazo Kandi ntunyumve nabi
Uherahe ubihakana kdi biri mu gitabo Cyane wowe Uzi igiswahili Noneho bisobanure niba ataribyo
@@uhfvf1083
Niko bimeze rwose!
UWITEKA atujye imbere rwose abantu tureke ibintu bimeze nka FANATISME kuko ntacyo byatugezaho:
1) Benedata b'abasilamu ntibanyumve nabi kuko ikibazo abantu dufite ntidusoma, cyane cyane abirabura.
2) None c ugira ngo niyo yaba abeshya twebwe ntitubifata n'ukuri kubera ko yadusomeye kdi AKABA avuga ko abikura muri korowani?
3) Abantu BENSHI ikintu cyitwa AMADINI kiraduheranye aho gushaka kumenya ukuri no gushaka guhishurirwa icyo UWITEKA NYIRIBIHE adushakaho twubatse ku madini no ku BANTU Kandi ibyo ni zeru.
4) Iteka ryose mu gihe tudashaka gusoma Kandi ibitabo bihari abadusomera bazatwerekeza iyo bashaka kdi nitwe tuzaba twiroshye, mwibuke ko turi mu minsi ya nyuma.
5) Nkunda no kubona aba Kristo umuntu avuga ku myigishirize imwe n'imwe aho kugira ngo bakumve Kandi waberetse icyo bible ibivugaho bakakwataka ngo uvuze Umuntu nabi.
Icyitonderwa:
Tureke ibintu bya FANATISME kuko na "KRISTO YESU yasubije SATANI ngo HANDITSWE ngo"
Umuntu niba avuga ngo HANDITSWE ngo uramugisha impaka gute Kandi weho uvuga uterekana ikibivuguruza???
Ntabwo ari ku busa twamenye kwandika no gusoma kuko nabyo tuzabibazwa.
Mutuze rero babasomere NTA kundi.
Gusa byanshimisha ubutaha abantu baretse umuco wo kudasoma bakawujugunya burundu kuko ukomoka kuri SATANi waritse mu BANTU depuis la nuit de temps.
MWARAMUSTE!
1) MUTEKEREZA C KO KRISTO YESU ATABAMBWE N'ABANYEDINI?
2) MUZABISOME NEZA BATANGURANWAGA NO KUGIRA NGO ISABATO ITABATANGIRIRAHO BATARARANGIZA ICYO GIKORWA.
3) NYAMARA WE NTA DINI YAGIRAGA NTIYIGEZE ANARYIGISHA
4) ABANTU TUREKE UBUYOBE BW'AMADINI NTACYO BUTWUNGURA URETSE KUTUROHA GUSA
5) TWIGE UMUCO WO GUSOMA TUREKE IMPAKA , NIDUSOMA KANDI DUSABE KRISTO ARUSHEHO KUDUSOBANURIRA
None ko ari gusoma ibyanditse mu gitabo cyanyu uhera he uvuga ko ari kutavuga ukuri? Abubwo mwaryohewe n'ikibi ntimushaka kukirekura myamara muhunge mutarimbuka.
Mwiririwe mwese!
1) None ko yavuze asoma korowani n'imirongo yayo,
2) Mwebwe murashingira kuki mumuvuguruza?
3) Buriya igihe cyose iyo umuntu avuze ati: "handitswe gutya", iyo ugiye kumuvuguruza nawe umubwira ko "handitswe gutya"
4) Mwihangane mutubwire noneho tumenye ko ari kubeshya, sibyo?
5) Ubwo imirongo nitaboneka muraba muyoborwa n'amarangamutima kdi burya ku Mana tugomba kugerageza gushakisha ukuri kose
Niyompamvu batihana ivyaha babihariwe batarabaho ??
Ariko abantu baracyari injiji koko kuburyo umuntu aza akabasomera ibintu bitari ukuri mukemera. Ubumenyi buri ahantu hose Quran no kuri playstore iriho wayi downloadinga ukayisoma kabisa
Wewe reka ugutukana Zana ivyiwawe vyukuri twumve !! Gusa amasura yatanze arahari pee ahubwo mwe barabahenda muze murasoma ! Kd ga biragoy ko muhita mwemera kd ukuri kurababaz uku nukurwanira idini yanyu !! But truth is truth
Ese iyo ugeze aho ubeshya utitiza camera muzorama mwankozi zibibimwe
Ese niba uri umuslamu wakwisomeye iyo mirongo bari gusoma ugashira amatsiko,ubundi ugahitamo kurimbuka cga gukizwa?
ibyo Bishopu avuga nibyo arko x ndibariza nirihe Dini ryukuri?. nge nabonye umutima ariwo muntu nyamuntu ibindi muratubeshya mwese nuko utarabona umusiramu muzima abasiramu baragerageza mubaveho sindiwe arko ndareba kdi iyisi nyimazeho utunsi.
YESU ARABABWIRA ATI: "NI JYE NZIRA, UKURI N'UBUGINGO, KANDI NTAWE UJYA KWA DATA NTAMUJYANYE".
KU RUHANDE RUMWE UFITE UKURI KUBERA KO ABANTU BENSHI CYANE BUBATSE KU MADINI NO KURI BA NYIRAYO AHO KUBAKA KURI KRISTO YESU.
NIYO MPAMVU UBONA IBYAHA AHO KUGABANUKA AHUBWO BYIYONGERA.
YOHANA MUBATIZA HAJE ABANTU BAJE KUBATIZWA ARABABWIRA ATI: "MWA BANA B'INSHIRA MWE NI IKI KIBATEYE GUHUNGA UMUJINYA UZATERA"?
UZI IMPAMVU YABABWIYE ATYO?
KRISTO YESU NAWE YARABABWIYE NGO NI NK'IBITURO BISIZE INGWA.
IYO USOMYE YOHANA IGICE CYA 8 NIBWO UBYUMVA NEZA.
WBANTU BENSHI NTABWO BAZI KO KRISTO YESU YABAMBWE N'ABANYEDINI BARAVUZE NGO BAGIRE VUBA ISABATO ITABATANGIRIRAHO BATARARANGIZA ICYO GUKORWA.
BABANDI NABO BABESHYE NGO NIBO BAKOMOKA KU NTUMWA, KANDI KO ARIBO BATUNGANYE, SIBO BISHE INTUMWA C N'ABAKRISTO AMATEKA NTABIGARAGAZA NEZA.
MU RWANDA: JENOSIDE IBA, HEJURU YA 70% BARI ABA KRISTO, ARIKO NI UKUBESHYA BARI ABANYEDINI KDI N'UBU ABENSHI BARUSHUJEHO KUBA BO.
NI GUTE INSENGERO ZIKUBYE KENSHI IBYAHA NABYO BIKIKUBA INSHURO MAGANA?
IGISUBIZO NI KIMWE: ABANTU BUBATSE KU MADINI NO KURI BA NYIRAYO AHO KUBAKA KURI KRISTO.
IDINI: IMIHANGO, AMATEGEKO N'IMIGENZO
ITORERO: UKURI, UMWUKA
YESU ASEZERA ABIGISHWA BE (YOHANA 17:17) YABWIYE IMANA NGO IBERESHE "UKURI" IJAMBO RY'IMANA NIRYO KURI.
UMWUKA: ABAROMA8:14, ABAYOBORWA N'UMWUKA BOSE NIBO BANA B'IMANA
MURIBUKA NEZA KO KRISTO YESU AHURA N'UMUGORE W'UMUSAMALIYA KU IRIBA:
YARAMYBWIYE NGO MUGORE NYIZERA, DORE IGIHE KIRAJE KANDI KIRASOHOYE UBWO ABANTU BAZABA BATAGISENGERA DATA KURI UYU MUSOZI, AHUBWO ABAMUSENGA BY'UKURI BAZABA BAMUSENGERA MU MWUKA NO MU KURI.
ABANTU BENSHI RERO BASENGERA MU MADINI AHO GUSENGERA MU KURI NO MU MWUKA.
UMWUKA: NI UBUZIMA BW'IMANA BUTAGARAGARA ARIKO BUKORA IBIKORWA BIGARAGA, KUKO IYO UMUNTU AKIJIJWE BY'UKURI ABANTU BOSE BARABIMENYA.
IJAMBO KANDI NIRYO KRISTO (YOHANI1:1) MBERE NA MBERE JAMBO YAHOZEHO,.....
ABANTU BAVE MU MADINI BINJIRE MU ITORERO RYA KRISTO KUKO NIRYO AZAHAGARARA KU BICU RIKUMVA IJWI RYE.
NI HAHANDI YAVUZE NGO UMWUNGERI AMENYA INTAMA NAZO ZIKAMENYA IJWI RYE.
ABANYAMADINI N'ABIYISE ANATORERO MBISEGUYEHO NANJYE MBARIZWA MU IDINI ARIKO NAGIRIWE UBUNTU KANDI NGENDA NDUSHAHO KUBUGIRIRWA.
IDINI NARIVUYEMO RWOSE.
Imana iguhe umugisha ku mwanya wafashe wandika amagambo yubugingo hari gihe ndeba ibiri kuba mu isi nkabona abantu birengagiza ukuri knd nta fact bafite mbese Uwiteka arushaho ku nkora ku maso nkahumuka@@JNissi-pu2rq
Nonese umuntu uzajya gehinomu ubundi baramusabira amahoro ngo bitange iki?😂😂😂😂
Mwamenyereye kubeshya abakristo, none murashaka kwataka urupfu nimukomeze ntabwo mutinda kubona igisubizo
None hariya abisoma ntihahari? Muragowe.
Soma imirongo yasomye yose hanyuma urebe ko yasomye ibitaribyo,nusanga aribyo uhunge utazarimbuka
Murahoneza bavand abariguhakana ko muhammed Ari intumwa ya satani bazashake ubuhamya bwumwana W,umurundi wagiye ikuzimu afite imyaka 6 amusanga ikuzimu arikumwe na satani uwo mwana yakuweyo na yesu
Mfasha Whatsapp yawe
Nimuyirabe hasi yikikiganiro nimero ziriko.
Uyu mutekamutwe yanze kwiga ngo ashake akazi kazajya kamutunga none yahisemo gushakira amaronko kwidini ya Islamu! Ese nkubaze ikibazo ngirwa pastor we': wadudobanurira amateka yawe kuva umunsi wavukiyeho kugeza uyu munsi udasimbutse na gato?
Ibi nzabyemera neza numuhuza nawawundi kuri dawa rwanda kuko nawe azi igiswahili twebwe ntacyo turi kumva neza kd nawe avugako yabanje kuba umupasiteri byakosobanuka neza rero muhuriye hamwe live ubundi tukabareba
Wararushye wamugabowe niba Imana yo ubwayo yarivugiyeko izirindira Qurani itazakinirwamo nkuko mwakiniye muri ibyo bibimbano byanyu Ngo bibiliya urarushywa niki uzapfa nabi nka farawo urashaka ibyogusebanya arko uzapfa nabii
Ibyo Imana yabivugiye he? Hatubwire tukahasome😂 Cg niyo Mana Allah nyine si Imana yo mu ijuru tuzi
Iyomana ni allah; imana yumurwa wa Maq ntabwo ari UHORAHO umuremyi W'ijuru n'isi! Iyo niyoyababujije kugira icyo mukosoraho!😊
Muve mubuyobe,kuko hari umwigisha mu idini ya Islam ,wampamirijeko Yesu ariwe nizira n'ukuri y'ubugingo,Kandi no muri Quran byanditsemo ,Kandi abigisha benshi ntibabyigisha ,arinayo mpamvu ABA Islam badasobanukirwa ukuri
Ntibakunda ukuri ariko uko biri kose ntihabura bake barokoka abatabishaka bazarimbuke
@@irenekarangwa gabanya itabi uhumuke!
😂😂😂😂😂😂😂😂
Uyu ntawamurenganya shebuja wamutumye abakorera satani atabikoze ntibamuha inkunga zabazungu ngo ahwmbe abobakorana kibagabaga
Ariko wowe inyigisho zawe nizabasilamu gusa wihisha nibyo utazi wagiye wigisha ibyo wemera bya gikristo abasilqmu ubashakaho iki koko nibajya mu muriro birakureba uzajye mwijuru abasilamu ubareke ikigoryi kibeshya gusa kivuga ibyo kitazi ni hahandi hawe uzayobya ibigoryi nkawe😢
😂😂 sinari nziko ukuri kuryana gutya subwo ubabajwe niki ko asomye mugitabo cyanyu😂😂 uko ndushaho kwegera yesu kristo ndushaho guhumuka