BANSABA GUCUNGA UYU MUGABO|NICK N'UMUGORE WE batubwiye amateka yabo|IBYO AKINA MURI FILME n'ibindi
Vložit
- čas přidán 6. 11. 2023
- Niba wifuza kuvugana natwe, duhamagare kuri: +250784838126
☑️ISIMBI PICTURES: / isimbipictures
☑️ISIMBI TV: / isimbi__tv
☑️ISIMBI WEBSITE: isimbi.rw/
#Bahamagare_0780611582
NUMERO WACAHO BAKAGUFASHA KUGURA ITIKE: +250780611582
Ese uyu mugore ukuntu arimwiza birenzeeeeeeeee Ubundi nyoberwa icyo abantu baba bibaza peeee, uri mwizaaaa cyaaaaneeeee, shn nimwizaaaa, abajya babona ukuntu uyu mudamu arimwiza mumpe like pe. Nice couple rwoseee ndumufana kuva cyera
Nimwiza peeeuuu Asuka neza
Asuka neza ,arisoneye, afite amaso meza ,agira courage mukazi sana ❤ rero sinibaza abajya bamwibazaho kuba yashakana na Nick!!bose ni beza
Nukuri nimwiza
😂😂😂😂😂
@@user-gb9fi2pc9c😂😂😂😂😂😂😂
😅😅😅😳😳😳
Cyakoze sinkunda gutera comment ariko umuntu wifata akandika ngo umuntu ni mubi ntasoni ufite ubwose uyumu mama ni mubi hehe urimwiza cyane mugore mwiza Kandi nu mugabo wawe yaguhisemo kuko urimwiza cyane Kandi ukwiye ibyiza rero umuntu ukwitako uri mubi sinzi ibyo ashatse kuvuga uri mwiza cyane mubyeyi❤
Abantu twabuze ihero ryimiti kweli, None nkuyu mumama bamuhoriki koko
Uburanga bwiza ni ubusa Ariko umugore wubaha Uwiteka niwe uzashimwa! Umugore wese wubaha Imana bibiliy itubwira ko ariwe mwiza!!! Mwakire ijambo ry'Imana.
Ndabakunze sabin ajye uhora ubazana bafite skills irihejuru ikindi abumvako aline avuga nka pendo mumpe like
Uyu mubyeyi ni imfura cyaane, yaransohoye muri Mariage, covid ikirangira ari très discipline, afite ubwitonzi, classe. Mpora nibuka yuko ntashatse numèro yanyu ngo mbashimire rwose tunasangire icyayi
Abo mwita beza se abubatse nibangahe courage rata ndabakunda kbxxxx muzi ibyo murimo❤❤❤❤❤
Nick umugore wae numwiza aratuje aline uri mwiza pueh ufite numuco bakuveho rwose uri mwiza pueh abavugako uri mubi nabifuzako nick yari gushaka slay queen nick love her byindani pueh❤❤❤❤❤❤❤
Nick na aline ndabakunda Wenda ntimubyibuka twahuye ngiye kubyara muransengera umbwirako nzabyara umwana winzobe Niko byagenze so ndabakunda cyane❤
Wouww❤
Oooooh my God😢
Ampayink burya ninabahanuzi? Waoo bibitseho byinshi
Finally ndabafana ndishimye kubabona together. Umugore mwiza n uwifitiye ikizere. Umugabo uri proud y umugore we ntako asa
Sha Aline asa nuwitonda kdi azi guhagurukira urugo rwe,rero n'umugore ubereye umugabo wese ukeneye kubaka❤❤❤❤
Ubwiza bw umuntu bur mu mumutima🙏🙏 amahitamwo aragoye ah nyen isi yabona kwakwiy Kuban n'a .... Ariko Nick Imana yaramukunze imuha Aline bakwiranye kuruta twebw ukwo tubibona
Nguyu umugore mwiza wumutima wakinuntu wuje ubwenge nubwitonzi ndagukunda Aline wa nick 🥰🥰🥰🥰
Ibyubwiza nububi simwagakwiye kugereranya abantu nukuri bikundaniye kuko sibyiza pe ikingenzi nuko bikundaniye Ahubwo Imana ige ikomeza ibagwizemo urukundo nubufatanye mumuryango wanyu ,kuko isura si roho Mwese muribeza ♥️♥️
Murambe murambe tubahorane Babyeyi 🥳🥳❣️❤❤ hanyuma rero Le 26 /11 tuzatarama bitinde🥳🥳🥳🥳
I Burundi naho tuvuga abasore urets k har intara bavuga ngo imisore
Turakundana🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Wooow, Aline na Nick muraberewe rwose!
Aline rwose ndakuzi kuri Apape wari uzi ubwenge rwose, nongeye kukubona ubyina mu Rukerereza, Wooow!
Rwose ndifuza ko igihe nikigera uzigisha abana abanyarwanda bari ku isi yose❤
Murakwiranye cane kuko umusore ninzobe umugore arirabura ❤❤❤mwahisemwo neza mwese.
Ooooh ndabakunze ko mukunda yesu nick ari mukuri umugabo Imana imwumva byihuse
Nibyo rwose umugabo wasenze Imana imwumva cyane🎉🎉
Aba bantu bararenze !Nkunze ukuntu mwambaye!Murambe Mukundanye !Murakabaho
Ndagukunda wa mudamu we ufite amaso meza , useka neza mbese imbere yanjye uri mwiza mubyeyi 👌
Yegooo ni Imitabirizoo nkuko Ubivugaaa,,, ni Ibyangangaa .... Uri mwizaa Peeee.... uravugaaa ngo Cyera ibyooo bakoragaaa ... None se Aline Rouge a levres,,, Izonzaraa bigyanaaa nigihee cya Cyeraa kubyerekeye Umucooo??? Ndibarizaa kuko ndabona bivanga vanze???
Uyu mugore nimwiza cyane rwose
Nick aho wibeshye abagore Imana irabumva cyane kandi kurira kwabo imana ntijya ikwirengagiza rwose gusa nanone iyo umugabo asenga imigisha iriyongera kuruta utabikora
Courage ma cherie Aline,urimwiza cyane,ufite ubwenge,uzi gukora,ufite umuryango mwiza cyane,Imana ikomeze kubitaho
Uvuze Yesu nkukunda birushirije wee.ubundi nagira uri umu musulman.mvuze uko kuko duhuje ukwemera,ariko simvuze ko aba musulman ntubaha ukwemera kwabo.ntimuntere amabuye.umwe wese agura ukwemera kwiwe.mwahisemwo neza❤
Ubundi se izo slay zirirwa mundorerwamo zidakora nizo bashima kuruta umugore mwiza nka Aline uziguhagurukira urugo kdi ufite umutima , umugore nka Aline kumugira n'umugisha
Sly ndazanga kubi
Hhhhhhhhhh
@@honorineofficial8866bazina uransetsa
Sha ni mwiza pe! Meet muri gutayanjwa ngo ni mubi, ntimuzi gushaka umugabo cg umugore akakunywesha amazi, ukarara urira ukirirwa urira😢😢😢😢😢😢 ibyo ntacyo bivuze, urukundo, guhuza first, nyagasani nakomeze abanezeze.
Ubundi abahungu ntibacita kubwiza bwumubiri ahubwo baraba icumazi nibyutekereza😂😂
@@blandinedusabe: None wumva bacagura ubwiza bwokuruhu kandi kumitim’arinyamaswa
Woooow jolie couple Nick rwose 🎉🎉🎉
Natwe tuzabaduhari Insha allah Kd courage nukuri😍
Buriya mugore wese ninwiza imbere yumukunda rero usibye ko arinamwiza azi ubwenge muba mushaka uburanga nkubwa miss bacu ariko imitima yavo yijimye 😊
Ibyuvuze nibyo ❤
ubyuvuze nibyo
Ark ahantu ntibanyurwa pe
Ubuse uyu mubyeyi umuntu ari mwiza bashakaga ko Nick ashaka umeze ute!?
Urabona ukuntu aseka neza,afite namaso meza!
Noneho akarusho ubwenge arimo kuvugana anagira courage yakazi akora peee
Ark umugabo wawe yakwihitiyemo naho abandi ntacyo bivuze mwirambire muri beza cyaneee mwese
Mwarakundanye p ibindi Imana ibahaze urukundo mubuzima bwanyu
Wowuu mbega kupule ❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️ muribeza nukuli
My favorite couple keep it up💐💐💐💐🌷🌺🌺🌺🥀🥀🥀
Aline ni umugore wa Amahoro cyaneeeeee muzi kuva cyera akomeze kumbeshya mwiza uko Umunsi icya ukaza ni nka ya vino uko isaza ariko irushaho kuryoha❤️❤️❤️ni munambane bavandimwe 💃💃💃❤️
Ndabakunda intayoberana nababaza niba bitabakundira ko mwashyira Ishami I Nyamata mukadutoreza abana
Nice couple,
Beautiful wife
Wooooow my lovely Couple.
I love these pipo Nick and Aline.
Baraberanye ni beza pe nkunda uburyo ba byina neza aziguhamiriza nick Aline azi kubyina bitarabaho
Maman mirasire,papa mirasire,hejeru cyane❤❤.imana ibarinde.
Muri Beza pe😢 nnh mufite amajwiii oh my Goodness 😢❤❤
Wuuuuuu ndabakunda cyane🎉❤❤
Iyi Family ni sawa cyane uyu mudam ari strong cyaaaane n’umunyabwenge peee!!
Nkunze uko muvuga Yesu peee❤
Ark nkunda ukuntu abantu baza ku isimbi tv bateguye kbs😘😘😘😘
Muraberanye .Blessings ❤
Ababantu basa nabakundana pe baraboneka😊
Nice family
Murabakinnyi bezaaa♥️♥️♥️
Nice couple ❤my lovely couple, u're wisely people and family
Wow muri beza ❤
Umugore nimwiza arko nimwiza cyane ahubwo nuko tutamenyereye kugira abasore beza nka nick niyo mpamvu mwita kumugabo cyane arko Aline nimwiza rwose
Aline nkuzi tukiri abana twaraturanye ariko uwo mugabo yagize amahirwe ufite ubwenge numutima mwiza nkuheruka kera nka2005 courge
Ngewe ndikubona ko abavuga ko Madame Nick arimubi! Niza nyatsi zabakobwa zifuza umugabo wabandi! Urimwiza shenge ikirenze ubereye mwiza Uwagukunze!
Ntuye inyamata mfite udukobwa tubiri twibyaka 8 na 10 bakunda kubyina! Ubuse nzabageraho gute😭
Aline rwose urimwiza peuh! Family Nick mukomeze mwirambire! Le 26 turikumwe rwose❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Muribeza bambe mukwiye ibyiza!!
Nick ntabwo aryoshya ikiganiro yigize serious cyane
Umubyeyi mwiza cyane kandi Murajyanye rwose 🥰
Woooow muraberanye muribeza
She is Genius
Aline uri mwiza cyane kdi uri umugore uzi ubwenge, mbese mushaka ko yaribubane na slay queen, muzashakane nazo mwumve uko bimera cg muzazishyingire urubyaro rwanyu 😢
Famille nkunda cyane,Nick & Aline courage ndabakumjuye cane vrmnt ❤
Muduhe izo phone twaguriraho tik turabakunda cyaneee intayoberana zacu ♡
Ndabakunda by'umwihariko❣️❣️
Very classic clothes
Courage bezaa Imana ikomeze ibashyigikire
Uyu mugore ndamwikundira ❤❤❤❤
Abo mbona muri comment section bavuga umugore wa Nick nabi muraremerewe cyane peee. Nyagasani Yesu abatabare.
That’s all I can say.
Muhorane amahoro
Abantu bavuga ngo umugore nimubi ubwo nibwabukobwa bukunda umugabo we muceceke rero byararangiye yahisemo umunyuze umuhaye amahoro ymugore utuje
Bambwirire😂
Sha niki ndamukunda hagera kuri filme giramata hoho ndarengegwa🇧🇮
Ndabakunda cyane nitwa boaz nuruka igasogi ndumukomedie ese mwazadusuye urugamba comedian turabemera
Waüuuuuu couple nziza 🎉🎉🎉🎉🎉
Ahwiii murakoze noneho amajwi ni wanene❤❤
Sabin,ndagushimiye cyane kubwabo bantu ,Annick we twari dukumbuye isura ye kuri caméra twumvaga ngo yaragiye ntazagaruka,badusuhurize,
Aline we,nzakuzanira umukobwa wanjye pe!
Courage Kandi tubari inyuma!
Uuum imana irarema!Madame imana yaraguhay umugabo mwiza
Mbega couple nziza❤❤
Inchuiii❤❤❤
Love from nyanza ❤❤❤❤
Ubu nugushira mumago abana bumutima bafite ubwenge apana abo tubona kuma social media ngo bafit ama nyashi mumutwe ari empty ✅
Ariko Nick ari series Sabin arashaka kumwinjirira nkuko ajya abikora abandi Nick agahita amucecekesha ntashaka ko abamenyera ababaza ibyo yiboneye byose nibiri particular
Sangwa Aline twariganye yari umunyabwenge cyane,umwanya 1 wari uwe rwose akanitonda koko,byagera mukubyina rero ukaba wamuha inka
Nukuri nkunda iyi couple cyane❤❤
Ndabakunda pe😘
Uri mwiza Aline🥰🥰🥰urasa nkumugore rwose wuzuje ibyangombwa kurugo rwe🤝🥰
happy family
Abo bantu ndakunda cyane nkundako baba batuje.umurungi ndagukunda cyane nange harigihe nzaza gutanga ubuhamya
Mbakunda cyaneee💗
Avuga nka anita pendo bafite niminwa imeze kimwe❤
Bashobor kuba urumuryango
Ygo shn
Umugabo mwiza ndamutinya nka mutinya cyane iyo arusha umugore we ubwiza kuko bivuna umugore mukubaho kwe
Nukur sinarinz ko nick afis umugore❤❤❤from🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Nike n'umunyamugisha.niba ntawakurangiye uwo mugore,ukaba numunyabushishozi. ingaragu zikwegere kdi ujye ushima Rurema.ntamenshi ndisaziye
Maman l love you so much mbona ufite indagagaciro urimwiza pee❤❤
Nike ndagukunda cyane❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Muri beza❤❤❤❤❤
Yesu we nibeza cyane ❤❤❤
Nice couple kbsa 🙏
Nick ndagukunda❤
Nibeza cyane, bambaye neza pe
Aline arashoboye peeeee 💃💃💃💃
Giseka neza gusa ❤urimwiza mamy
Nakunze ukuntu Nick yita ku mugore we , ni imfura pe no mu bihe bigoye , ntabwo umeze nka bandi ba stars wicisha bugufi , occasion nakubonye naratunguwe 🎉🎉 keep shining you made a nice couple
Sha nanje natunguwe kuko sinarinzi umugorewe ndiho abakomeze❤❤❤
Ariko Mana yange ❤
Umudamu mwiza bambe ❤