iKuzimu bampaye Miliyoni 600 zivuye mu Isanduku😱 Banyambuye Ubusa batwika Akabindi karimo Amadolari😳
Vložit
- čas přidán 22. 09. 2022
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
Numero ya RUDASINGWA 0782494947
Abizeye Yesu, mureke tumaramaze kuko ntibyoroshye! Zaburi nshya Turabakunda🙏
Nanjye hari undi mugabo nzi byabayeho neza nk'uku, gusa ikibabaje we ubu yagize depression 😭😭 ndi umudamu ariko ntababeshye abagabo barimo guhohoterwa hanze aha kd bo kubera guceceke cyane barabipfana bikarangira bagize depression.Sinzi icyo twakora kbs! ikibazo kandi gikomeye umugore iyo azanyemo ibya benewabo bakomeye bwo noneho biba ibibazo birenze.
Courage,bro.Imana ikukomeze,ubohoke neza.Gusa ukwiriye kuigishwa bibiliya neza, ntabgo uisabanukiwe neza.
Umunsi wongeye gusubira inyuma no gupfa uzapfa bizaba bikurangiriyeho . Komera kuri Kristo Yesu rero.
Imana igukomeze yesu agukoreshe ibikomeye
Haganze yesu kristo ubu nibih vyose🙌
Ko yarafite amafaranga munzu menshi cyane. Ntibyumvikana ukuntu yagendaga asaba amafaranga.
Ikindi ntavuga nimba yarayakoresheje.
Imbaraga z'Imana zirahari nitwe tubwirwa runyiruko
Imana ibane nawe kndi natwe turamahoro nubwo ibitugerageza aribyinshi amen 🙏 yesu arahari
Igice gikurikira turagitegereje. Thanks kuduha igice cakabiri 🙏🏿
Yesuweee Imana igukomereze amaboko rudahingwa biragoye
Imana ikomore rwose mukozi w'Imana
Hari aho yagiye asimbuka icyambere mazutu Imaze gushira byagenze bite?? Ukiva muri v plus ugeze imodoka wayitaye munzira??? Ese byagenze bite kugirango Ihave?? Ese amafaranga wayariyeho? harimo aho wagiye uvugako amafaranga yagiye agushirana ntutubwire aho wagiye ukura Andi ese ayo wahawe niyo wagiye ukoreshamo? Utubwire rwose ubive imuzi wagiye ubicagaguramo.
Ubyuvuga nukuri imana igukomeze
Mwami Yesu ubu buhamya buteye ubwoba.
Manaweeee urakomeye nukuri pole cane papa isinikwimera uzobona uwawe ugukwiriye uduhaye amasomo meza
Ihangane ibintu byose bigira igihe nubwo wababajwe Imana izaguhoza kdi komera hamya Imana nayo izakwamamaza
Narinzi ko abagore aribo bajya mu bapfumu none n'abagabo nuko
Yesu we mwizina rya yesu
Imana ishimwe yakoze umurimo ukomeye
Yesu naturegere
Ndumva natabyumva neza
Uyu musore yarababaye biricanga
blessings this morning m
Usibyeko nawe utariworoshye nubwo uvugako uwomugore ngoyanjyaga mubapfumu
Yewe.bireze.natwebibabyangape
Am listening 😢
Mbega inkuru weee😭
Iyo link y,ubuhamya bwa mbere uri hé?
Toka Kule , ikinyoma
Mu gice cya 3 azihangane ajye arasa ku ntego kandi ajye akoresha igihe kiringaniye kuko kubona umuntu ufata amasaha angana gutya ku buhamya biragoye.
Amen
Vyambayeho ngewe ariko ntabwo naza mwitangaza makuru pe
Uyu mugabo ibye sinabyizera, imvugo ze zirimo utuntu twinshi ducangacanze, wagirango yaravangiwe.
Ikibazo cyage Ibyobyose wabikoraga ari ryari?ni mw’ijoro cg kumuryango?
Nonese abobasore bafite dredy ntamyenda baribambaye? Nibabaribambayese ubuwowe ntiwambaye, ubuse tuvugeko tutazambara kuko baribambaye. Dusobanurire.
Ubuhamya bwawe burakaze uzodukomereze Kandi izoguhe gushikama mumana
Yesu ashimwe. Mwaduha telefon y'umuntu? I'm inspired by his testimony
Ubwose nuko ushoje ntanokumubaza amaherezo yisanduku???
Icyindi gice pls
N'ubundi nkurikije ibyo uyu mugabo avuga mfite impungenge ko nta gakiza nyakuri karamugeraho.
Njye ndabona nubu bakikurimo mubundi buryo kuko ufite guca imanza no guharabika kiriziya(ngo dawe uri mwijuru yabagaturika, ngo boujie yo kwa pdiri):
Se ubu koko undi mugore uzashaka ntazajya agutinya?
Aho wari ku isi se?
Satani ntawe agera umutwe yaba ukuze canke ukiri muto. Biravana n'ico ashaka k'umuntu. Ntukavuge ko satani yankiriza abakiri bato gusa. Satani akorera kuri bose bivuye k'uco ashaka kuri umwe umwe wese.
Ikibazo nuko ukiri mubuyobe….nicyo kibahaje…
Icyo cya direde ntabwo tucyemeranyaho kko hakizwa umutima
Inyama zubu tumbu niki
p
Komere muri yesu Christ
Egoooo.mana .harakoze.ameamene
Plaisir uzamutubarize ibya ya sandugu ya mafaranga aho yagyiye
Ntabwo mwibutse gupinninga ikiganiro cya mbere y'iki!