NUBWO MENNYE IBANGA NDASHAKA GUKIZA BENSHI:Dere uko Catholic na angilican bajyana abantu ikuzimu
Vložit
- čas přidán 27. 12. 2022
- #WHATSAPP_0788266238
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE #250788266238 #250726888535 #0788733808
Kora Subscribe hano / @ayalonitv2992
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe.
Turabakunda.
Yesu aguhe umugisha komerez Aho.mbe yesu wewe.ntiyibijwe bobaramuta.igisha haraho bokumva.arko barugay amatwi pe
Papa afise icubahiro ariko ntakirusha Yesu Kristu, niyaba yemerako yubakiye kuntumwa nakore nkuko zakora,
Past Imana iguhe umugisha ku nyigisho utanga zifasha imitima ya benshi nanjye ndi mo
Ndashima Kristo KO mfise abantu dutahura ivy'umwuka kumwe
Umuntu utuka uyu musaza nuko atagize amahirwe yo kumenya bibiliya . Niba waragize ibyago byo kuba umunyedini aho kuba umukirisitu jya ugira umwete wo kwiga bibiliya kuko amadini twisanzemo amenshi yigisha iyobokamana rijyanye namarangamutima yabarishinze. Bibiliya irasobanutse , abayigisha uko iri ni bake cyane kandi nuyu musaza njye mbona ayigisha uko iri.
Ayaloni Tv turabakunda.Muratwungura
Imana ishina ishimwe iteka ryose ndabakunda Imana ikomeze kufasha gusobanukirwa
Kugera ikirenge Mu ça yesu bigaragarira mumubatizo gusa câble uhumura impumyi ukazura abapfuye nukubambwa ukabambwa nukwizura Mu bapfuye niho ngirango woba ubikoze nkawe!!
Na yesu yaribiye kanswe Papa
Imana idusange kandi itubabarire ibyaha byacu n'ibigeragezo ,itwungure ubwenge kugira ngo tumenye ibyanditswe !,bose ba batizwe ,Papa n'abakardinal n'abasilamu !. Amen
Uyu musaza arabeshya pe!!!!
Gusebya amadini ntacyo bimaze kuko ayo madini mwubatseho siyo azatujyana mu ijuru.buri wese aharanire gukora ibishimwa n'Imana nibyo bifite umumaro
Ngo ntabwo iriya Eucalistie na Divayi bihinduka umubiri n'amaraso bya Kristu bya nyabyo nk'uko abagatolika babivuga ? Yesu se we amaze kuvuga ko umugati ari umuri we divayi ikaba amaraso ye byahise biba byo neza neza nk 'uko yari amaze kubyivugira? Ese ntabyasagutse? Niba se byarasagutse byabitswe ari koko umubiri n'amaraso bye, cg.byabitswe nk'umugati na divayi bisanzwe? Byaba se byarabitswe he na nde?
Ese Yesu yafashe iki nk'ikinyobwa, ni divayi cg.ni umutobe? Ese umutobe na divayi ni kimwe? Cg.biratandukanye? Haba se habaho divayi y'umutobe?
Muzadusobanurire niba yesu yarabambwe kumusaraba cyangwa kugiti.
Idini y'Anti -Kristo irangwa no gukura Bibiriya mukuri kw'Ijambo ry'IMANA
Mwabijuju mwe Yesu yabatijwe kuko yari afite ibyaha? Soma yohani 1:33_34 musobanukirwe Ibatisimu. Wa musaza we vuga ibyo uzi. Wa mubeshyi w'umuzehe,twereke ahantu intumwa 12 zibijwe mu mazi menshi? Ndababaze , murasobanukirwa uyu murongo: yohani 4:2 na lll
Har'Amakuru numvise ngo buriya abapadiri mbere yo kwimikwa babanza gukorerwa umuhango wo kubatizwa mu mazi menshi ndetse bagacyebwa, Niko umuntu umwe womuri iryo Dini yambwiye . Ubwo sinzi niba ar'ukuri.
Urashaje ariko muvuga ivyo mutazi barabahenze amazi meshi nibiki none mwebwe ahobabatiza uwoyesu muvuga mwarabibonye igisha kwihana icaha gusa ibindi mwihirere ijuru niwew uritanga kobabenze
Ubu nasetse Koko cyakora urasekeje pe ,woe ibyo wumva nibihe
Buriya rero icyingenzi nukugira neza,,aho gukomeza gushaka uko tuvuga kuyandi madini namatorere.
Ikingenzi nibikorwa aho kwirwa tureba ibyabandi bakora kuko buri wese azabazwa ibye Kandi imirimo yamaboko yacu niyo azatuma tubana numwami wacu.
Turashimiye umukozi wImana asobanuye amabanga akomeye uri nugutwi niyumve ic umwuka ambwira amashengero
Uyu J Luc yanga Katolika wagira ngo yaramwambuye. Isenyutse banza yakoresha umunsi mukuru
Umuntu azojanwa mwijuru nibikorwa vyiza hamwe nuko yihanye ivyaha vyose.non muri gaturika muvuga ngo niho honyen hari abatobona ijuru! Ntadini narimwe ritarimwo umugeni.idini rero siryo rijanabantu mwijuru
Baptême se ko Pasteur Musisi aha agaciro kubatizwa mu mwuka wera naho amazi yaba ku ruhanga cg umubiri ko namwe mushyize imbere umuhango wa J Baptiste turayobewe aho muhurira na Musisi
Uyu musaza nkunda ukuntu asobanura ibintu atagamije gusesereza cg guca imanza
Mundamukirije Pasteur,ndamukunda Mpwemu w'Imana arikumwe nawe none
Mariage nukuri ntiyemewe na Bibiliya?
hagowe ukuteze amatwi urababaje
Ko nawe hugowe ra?!,ko ndeba umuteze amatwi kandi ikibigaraza ni comment yawe !,kuko utamuze amatwi ntabwo washiraho comment!.
Babatizwe rwose
Ibibintu byamadini twazaniwe nabazungu biraducanga pe uyoberwa uvugukuri nubeshya
Mbe ingano yamazi niyo yemeza KO umuntu yabatijwe?
Nonese mubutayu hataramazi babatirisha iki???? Konumva ayo menshi ariyo wemera bayakurahe ??? Ugiye gupfa ko ljambo ry'Imana ritegeka kumubatiza bamujyana muri yorodani gute igihe ari kwamuganga .
Yohani 8:1_11 uyu mugore akize kubera ninitswe mu mazi menshi? Yohani 8:21_30 .bamwemeye kuko binitswe mu mazi menshi? Yohani11:1_44. Uyu Lazaro abaye muzima kuko no nitswe mu mazi menshi cyangwa mushiki ko batubwira ko ariwe yari umusambaye Kandi yirukanywemo amashitani 7 nuko babatijwe mu mazi menshi? Twongereho Yohani 12:1_11 hadufasha gutahura ko hadakiza amazi hakiza kuva mukabi. Turabe Ibatisimu y'abigishwa ba Yesu(Yohani 13:1_20) ntitubinako Yesu abinika nk'imyumbati nkuko Simoni Petero yabishaka. Mugire ukwemera abazatahuzwa Aya magambo na Mpwemu Yera. Uwo musaza nawe yigira nk'abararizayo n'uwo munyamakuru,bahinduke baboneko ikizadushikana kwa Data wa twese Atari amazi ahubwo ari ugukora icyo Yesu yatwigishije; dukunde Imana Kandi dukunde n'abantu bayo
konumva ifungurarya rifite agaciro akaabagombakubikora bafakora ukobikwiriyebizagentute koamadiniyikigihe ayobya abakisto
Nyene ko abantu tutumva ibintu kimwe,ivyo ariko aravug nibik?ururimi nurugingo ruto ariko Imana izotubaz ivyo twavuz gucimanz sivyiz
Batisimu,Ukaristya na divayi n'ibyishyushanyiriza n'umubatizo,umubiri n'amaraso bya Yezu mubyandiswe.
Ibyo Kiliziya ikora n'ibimenyetso(bishyushanya) kandi iyo bikozwe wizeye, uko bikorwa/tubigenza ntabwo byaba urwitwazo rw'uguhinyuza imyizerere yabandi bakristo. Reba uko amaherezo mwisanga mwuzuzanya n'abo mwatangiye muhinyuza. Erega Umwuka n'umwe n'ubwo akenshi dushyira imbere kamere.
mubanze mutokore umugogo uri mumaso yanyu mubone gutokora abandi. ese iryo ni ijambo ry Imana mwigisha cg murishakira amaco y inda??????cyakora cyo ndumva amateka muyazi .... ariko ubundi ntimwasaze?????
Jewe ikibazo mfise niki muze mumumbarize igaburo ryera birashoboka koryabera mumuryango canke ribera murusengero gusa?
Mwahuriye ikuzimu?
Abo bagabo,ntibagira ivyobigisha misiyose bigisha kuri catégorique .
Niborondera ivyabo bigisha badaciy kuyandi matorero?
Yariyihereranye nabigishwabe kwa ntuza hejuru nako kwa Makuza hejuru mucyumba
Hhhhhhh
Ntawuruka ayo yonse
Ntiwatwemeza urarushywa n'ubusa
@Bertilde Mukantabana
Nshuti muvandimwe, gahunda ya Ayaloni tv cg pr Mpazibirego ntabwo ari ukukwemeza ahubwo ni ukukubwira ukuri ukakwanga cg ukakwemera. Yesu Kristo yaravuze ngo amagambo ye twumvise tukanga kwemera niyo azaducira urubanza (Yohana 12:47-48). Twitondere iki kintu: kwinangira imitima no kuba abahakanyi ahubwo dusabe Roho w'Imana aduhishurire ibyo tutumva hato tutaba turi kwicira urubanza. Murakoze
@@messieroireine1056 ukuri kuhe?ureste amaco yanyu yinda?urumva ari wowe munyakuri mubatuye isi yose ?nimuvuge ukwanyu natwe abagaturika tuzivugira ukwacu mwabashumba mwe turabaha biyuzi ariko mureke amatiku apuuu
@@mahoroalfred3822 Muvandimwe, ukuri ntabwo uzagusanga muri gaturika cg mw' idini iryo ari ryo ryose, ukuri ni Yesu Kristo wabambwe kugirango umwizeye ababarirw' ibyaha arinawe wazutse mu bapfuye no gukiranuka kw'abamwizeye bakamwiyegurira. Uko kuri ntabwo uzagusanga mu mabwiriza y'idini aturuka k'uwo mwita papa ahubwo uzagusanga muri Bibiliya ntagatifu. Niwemera kuyoborwa n'Ijambo ry'Imana riri muri Bibiliya aho kuyoborwa n'idini, nta kabuza ukuri uzakumenya. Habwa umugisha mugenzi
Uri ikijuju
Ubwo se ubwenge umurushije ni ubuhe?
Wewe ugwaye mumutwe
Bakita ukalistiya (karya ka biscuit)
Ahubwo kwigaburo bazage botsa inyama kugira twibukeko arumubiri nyene apana umukate
Ntabwo ari imihango 7,ni amasakaramentu bwana Pierre we.
Muri Ayo masakramentu atanu murayo ntaco amaze kuko ntayo YESU KRISTO yasize mw'isi Batimu hamwe n'igaburo ryera ariyo ukrastiya ibindi biva kwa Satani
Izi nyigisho z'ibinyoma mubona zizabageza he? Petero se muvuga mwabonye abatirizwa he mu mazi magari? N'abandi bantu b'inshuti z'Imana nka Bikira Mariya, Yozefu, Maria Madalina,... bibirijwe mu yahe mazi magari babatizwa? Byababujije se kuba ari intore z'Imana?
Inyigisho z'ibinyoma no guhanganisha amadini kuri iyi channel ni byo mbona bihibera. Nyamara Imana yo ifite ukundi ibibona kandi inzira zayo zirenze imibare tugenderaho. Please nimurekeraho kubeshya abantu no kubayobya musoma Bibiliya muyicuritse ari nako mucurika ibitekerezo by'ababakurikira badasobanukiwe. Ariko Imana ibahe umugisha.
🤣🤣 muzehe ati nibatabatizwa mu mazi menshi bazabazwa icyaha cya gasuzuguro
Ngo Aka biscuit 😭😭😭😭 Umukama azakwihishurire ntaco numva novuga😭😭'
Ukuriye ubusa
Wavumbuye amaco y'inda !!
Aba escroc nta mwanye mufite.
Ngo nibatere inkungunga imirimo yo kujijisha rubanda mubacurira ngo Imana yabatumye!! Ishobora byose ntabwo Ari mugenzi wanyu! Inkoni zigenewe abanyanitwe nkamwe muraza kuzibona mujijisha mwitwaje izina ry'Imana!!