Amayeri umugore yakoresha agafata umugabo we bugwate||Umutware wanjye Imana yamuhaye impano ikomeye
Vložit
- čas přidán 7. 09. 2024
- kora subscribe like na share ugeze ubu butumwa kuri benshi uraba ukoze ivugabutumwa
niba ufite ubuhamya, inama cgikindi gitekerezo waduhamagara ukanatwandikira kuri +250788840404
Waaah mbay Wambere mumpe like nimanukire ! So Nice couple
Courage mama gusa twemeranye ko byanga pe ukagerageza bikanga rwose kdi kumpande zose tubyemeranye rwose guhuza harigihe byanga ukagerageza ariko bikanga mama ugakora ukushoboye ariko bikanga rwose nkuko bavuga ngo umubaje wimitima ntiyayiringanije, ngo juice yeweweeeeee nubwo wamuha ijuru ariko yakunanira pe nabyo uzabigenzure neza kuko wibanze ko ngo bishoboka nyamara mbona ubiterwa nuko Imana yaguhaye umugabo unyurwa kdi mwukumvikana ariko haruwakunanira ukumirwa pe.... Ngo ushyiramo agaki? Umva mama washyiramo utwotuntu kdi anabikunda ubuzi ariko akabikumena mumaso ahokubirya eheheheee harya ubwo wakora iki????
Vous êtes mes meilleurs parents je vous aimes fort papa et maman.je suis fière d'être vos fille♥️♥️♥️
Merci ma fille nkunda
Nivyo koko uwo ni maman wawe? Usanga nanje tuyaze yangira inama
Ndagusuhuje. Aho reka nkufasheho. Wivugango umugore utisiga ntaba arumugore. Ibikako aba christo bo muri Adeper imyemerere yabo itabemerera kwisiga nabagore. Njye umugabo wanjye iyo nisize ntabikunda kdi sinumwadepere. Mwakoze
Mama reka ngufashe kwisiga si maquillage gusa, kuko uko yagukunze usa warisigaga, wiyitagaho, wambaraga neza ariko ntabwo kwisiga ari rouge na tiro oyaaaaa, sa neza, ambara neza rwose birabaye
Ubwo numurengwe ukwishe.abantu bose bafite burenda?
Harinabagore bazi gufata abagabo neza kukurusha bikarangira amuca inyuma.wowe shima imana yuko yakubakiye,ariko subuhanga bwawe.
Nkunda couple yanyu Imana Ibahe imigisha.
Nice family ❤️❤️❤️
Alianne courage rwose urabizi ndagukurikirana iyinyigisho nzikunda cyane
Ndabakunda ❤️❤️❤️
Muba mwateguye kbs
Papa Mignone uvuze neza cyane ntampamvu yo kwicupiza guhora wambaye umupira wa sosiette runaka ukagirango arimo kuyamamariza🤣🤣🤣
Ndagukunda cyane Eliane chr
Umugabo ntajya hanze ngo nuko afashwe nabi eka daaa ni ingeso yabo tout simplement. Gusa nukubyakira tukabimenyera ntibitubabaze.
Maman Symphrose wambabarira ukampa contact zawe? Not kuri public unyandikire kuri +250788840404 ni Eliane nifuza tuganire nka mama n'umwana hano ntabwo twahaganirira. Merci
Helpful talk👍 icyampa abubatse Bose bakaba basura iyi platform yanyu.
Ibyo byose nama formules gusa. Umugabo naho wolufata neza gute ntabura kujya hanze cyangwa abonye umudamu mwiza akamushima niko bateye umugabo ntakunda umugore umwe. Yego umugore amukoreye byiza aramukunda mais ntibibuza ko akunda abandi.
Rekanze ntere agatebe numve.
Cyokoza ibyuwomugabo avuze nukuri
Kuki utabanza gusenga imbere yokutuganirira?
Atabisumye wobikurahe
Ndagikunze ikiganiro .
Muvuze ukuri kuzuye
Ariko wibuka ko hari numugabo utaguhahira, wamutekera ataguhahiye, erega ibyo uvuga nuko mwumvikana, ni wowe wiha frws kuko uyamurusha, uti blanda abazifire mungo zabo ni bangahe, wigize umuntu ushoboye urugo
Umugore arusha umugabo gute se?🤣🤣🤣🤣🤣🤣 umugabo arusha umugore gute se? Narinziko amafaranga arayurugo? Kumbe wowe wasanze buri wese agira aye? Udafite blander afite rape, udafite rape afite isekuru cg icyuma wanayiteka kuko singombwa gusya kera blanders zitaraza ntabwo babagaho se muvandimwe? Ntabwo wakumvikana nutaguhaye umwanya turumvikana kuko buri umwe aba yahaye undi umwanya, ntabwo washaka ko bakwitaho wowe utamwitaho, oya ni reciproque
@@niyonagiraelianeofficially3251 ni ukugerageza nyamara ariko siyo formule rwose kuko hari ababikoze biranga suko ntako Bari batagize ahubwo ni ishuli rya buri muntu ..buriya gusobanura ibintu byo mu mwaka utarageramo birakomera...dukomeze twige amasomo agenda ahinduka anarushaho gukomera ...gusa courage ntawabura kwigisha ibyo azi mu gihe gishoboka ariko ntibikabe nk'ihame....urugero:tugitangira kwiga primaire batubwiye ko 3-4 bidashoboka tugeze secondary dusanga bishoboka 3-4 ni -1 😂😂😂 ngaho nguko.
@@jenniekezia568 urakoze cyane Jane, ntanubwo amasomo yumwaka yigirwa umunsi umwe, buri somo rigira umunsi waryo, hanyuma ikiganiro kimwe nticyakubaka urugo ahubwo ni series niyo mpamvu habaho ibiganiro bihoraho binatangwa n'abantu batandukanye kuko urugo ni episodes zirangirira muri tombe cg mumva
@@niyonagiraelianeofficially3251 yego
Ariko sha, ko numva umunenga ukuntu, umugore cg mama wawe arushoboye kuruhe rugero. Ariko byonyine iyo urebye uburyo baba baganira ntibiguha isomo?