TUMUGEZEHO Umwamikazi w'Abadayimoni 😱☠ Mwumve Umudamu mwiza Wajyaga ikuzimu Tanzania / Uko yakijijwe
Vložit
- čas přidán 25. 12. 2021
- #Plaisir_0786388010#Rose0784333378
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Zábava
Wakoze cyane kuberako wahaye umutumirwa umwaka akavuga utamuciye mwijambo kuko wakundaga kubikora.yesu aguhe umugisha
Wabaye intwali kurekura umugabo w ‘abandi sha agakiza kararinda kandi rwose wafashe umwanzuro wa gitwali 🙏💕
Murakoze cane maman Hama Zaburi nshya tubwirire Plaisir &Bennita kotubakumbuye bazokore ikiganiro turabakunda🇧🇮❤❤💑
Mpaye Imana icyubahiro uburyo witwaye uciye bugufi ndumva ngukunze cyane , nkunda umuntu cyane igitsinagore ufata umwanzuro wa gitwari utitaye ku majwi y’abantu 🙏🙏
Immana ikugilire neza kandi yarakize ishimwe ihabwe icyubahiro ibyo byanze mo ubuhamya nibyo bibaho jye narwaje umwana nkuko kwawe byaratuyobeye shimwa Mana haba icyubahiro
Imana irakora,dushimye Ndiho wahabaye murugamba udafite gitabara Yesu Kristo yarakoze nukuri amaraso ye niyo atubeshejeho twese
Imana yaragutabaye weeeee Ishimwe cyane uziko abantu benshiii bagendana ayo majwi Imana Idutabarire isi
Uwo mumama mwe slam uzamubwire Yesu Kristo nibura nawe yabonako yubatse kubidafite lmbaraga .
Poresana mubyeyi imana izaguhoza amarira nuko itabimenye yanzokayagutukaga yarinyokobuja
Yebabawe ibaze , niko bimera abarozi niko bamera, abatanzania bararoga ntiboroshye pe, wagize amahirwe Yesu kristo ashimwe.
Arakwiye kwigishwa no gusengerwa..Abe délivrée totalement
Ubuhamya bwiza cyane, uri umunyambaraga mu mwuka wi Mana.
Ntabwo ari imitsi yaturikaga, ni imigozi yabadaimoni bari baraguhambirije, iyo itangiye guturagurika ugirango ni imitsi.
Kuko iturikira imbere.
Nange byambayeho jye Iyo kumaboko nayifataga ni ntoki nkayica igaturika nkayumva.
Yoooo Ihangane Muvandi Gusa izina Ry'Imana rihabwe icyubahiro
Yooo Yesu Kristo nimbabazi zuzuye yarakoze kugutabara ,lmanishimwe.
Imana irahambaye! Ishimwe yo yagukuye mu bubata bwa satani.
Imana ijye ikwibukira ko wayubahishije ugasubiza umugabo wabandi ukemera kwikorera umusalaba wawe.
Nyamara ibi bintu by'imisatsi bishobora kuba harimo ibanga satanic. Abantu babe maso!!!
Madam Yesu ashimwe nasanze Ijuru
atari ikuburiro jewe Satani yaranyonze nzize kudefiriza nanje navuga ko ndiko ndaje mw'ijuru ntajuru ryabanyabwibine narindimbutse .Yesu yavuze ati umuntu wese amvumereza ati Mwami Mwami siwe azokwinjira mu bgami bgo mw ijuru atarukora ivyo Data wo mw'ijuru agamba Yesu atubabarire kuvyo twibgira
Ubwiwe niki se kubu Imana ikwemera bihishwe amaso y anyu muzumirwa mureke gucirana imanza umucamanza arahari kandi atandukanye natwe abantu vana idini aho usenge umenye wirinde imanza
Nawe dukeneye ubuhamya
Yemwe ubwo nanje Umuntu avuze NGO mfise Yesu mbanza kuraba inyifato yiwe nayubundi yewe Hari abibesha NGO bariko Baja mwijuru nayoshwi
Ibi sibyo pe nubwo ntasengera mubafite imyemerere yo kudakora imisatsi sinjya nyikora kuko simbikunda pe ariko mumahanga yose abubaha Imana bagakora ibyo gukiranuka Imana irabemera Nkubu igihugu mbamo ku ifunguro ryera bakoresha Vin kdi zisembuye Ubu c tubacire urubanza kdi ni abakristo pe buzura umwuka wera ntabwo imyemerere y'idini rimwe ariyo izatwara abandi bose mwijuru
Iyo Imana yakubujije ikintu undi ntimusange ngo ikimubuze ntabwo umutwara kubyawe kuko nawe Imana iramukunda nibona bidakwiye izamusanga nawe
Yoo mpore cyane.Yesu yarakoze kukuzigama Part2 please
Wama imana uvubira ivura ababi nabeza imigani byaditsemo pe mbega umuruho
Yesu Mwami mbega topic
Imana ishimue iminsiyose mama zaburi mubarikiwe
Ariko nubu amasoye arasa nabi wasang bataramuvamo senge cyane imanai imutabare ntiyboroshye
Hmmm uvuze nabi rwose
Wa mudamu we aho wari wahahamutse kubera imibabaro wanyuzemo .imana ishimwe ko ukiriho
Yesu atabare abantu be weeeee
Imana igifitiye umugambi, irashaka kugukoresha...Ba maso
Plaisir arakumbuwe rwose nagire agarukepe
Ibyo ari kumvuga nimbo ntago arikubesha abari kubihakana nibashake babyemere, imana irakora kandi nabuno iracyakora iyaguntabaye niyo nanjye yantabaye. Imana Ni habwe icyubahiro ibihe byose.
Mama pole pole pole pole sana haki wahuye nikibazo pe
Imana ishimwe 🙏 yakubohoye
Ahantu wise Baraka niho barikwicira abanyamurenge uyumunsi
MUDUHE PART TWO YA ELISE.
IBIGANIRO BYE BYARADUFASHIJE
CYANE ....MUZAMUGARURE PLEASE 🙏
Imana ibahezagire
Imana ishimweeeee
Hello, muzogere muganirize shehe na Elisse
Amen
Ntibimusa ivyo avuga Matayo 5:36-
Iyo myenda uzayitwike ibamo connection za byo itazajya iguteza ibindi bibazo
Nukuli mama uvuze ukuli byalikoye imana nayo irakomeye
Pole mama!!!!
Plaisir umenya azagaruka amaze kubyara pe nagire agaruke dore muruzuzanya
Dore ubuhamya bumfashije ahubwo
Gusa njye ububuhamya uransekejp ghora umira abana biransekej
Ahwiiii ndumiwe warakubititse .
Muraho uwo mudame ndamushaka ngo tuganire naramukunze kandi afite ubuhamya bwiza
Presir arakumbuwe
Intandaro yose Kandi kwari uguhitamo kujya gusuka ukava mu itorero. Biguteza urusgako rubi, uruzerero, abadayimoni, kugeza ubaye marakiya ugatwita abana wabyaye 🤭😥😥😥
Cyore jus isengewe yesu weeee🤭🤭🤭🤭Yewe wayobye kera weeee
Mbega ubuhamya bw’ubuzima wagiriye Tanzanie , Imana yagukuye ahakomeye !
Malikia……….. too much
Yego pe imana igikomeze disi komera
Ayo ni ama choux y,abanya Kenya Sukuma week
Ibyo ndabishyikira neza izombaraga ni ikami zirahali
Baba babeshya
Ahuuu😀😀😃😃 ayo majwi aransekeje pe.
Ariko nutareba neza uzasubirayo
Umve mba daresalam ndagusobanukiwe kabisa gusa utarabaye ino ntago wabyumva bagutezaga abadayimoni neza neza harinibikubwira ngo iyahure
Ikuzimu bameze gute
Kuva Goma kugera Arusha mwazengurutse Burundi comme des aventuriers , mbega urugendo rutangaje weee!!!
*#Dafroza**, uko kuntu imyuka mibi yaguhaga ububasha bwo kumva no kumenya ibyo abantu bari gutekereza, nibwo buryo **#ingirwaPastori** zikoresha zirondora abakristo maze bakabyita ubuhanuzi, ngo Imana Irambwiye ngo....., kandi ari imyuka mibi iri kubereka ibyo abakristo bari gutekereza cg se bifuza.*
*Urugero navuga: **#RUGAGI** Innocent n’abandi nkawe bakoresha imbaraga z’imyuka mibi.*
Ko udomyeko agatoki urabizi neza
uko ni ukuri nabanye n'umupasiteur w'umugande witwaga ENOCK waratekerezaga agahita akubwira icyo utekereje kandi koko ugasanga ni cyo. yanasengeraga abntu bagapfa nyuma akabazura nrabyiboneye n'ayanjye maso.
Ahwiiii ubwoba biranyishe
Abandi bagore baremera bakajya bahangana mbese bikaba urugamba ruhoraho finally bakazanicana!
None ko utagira inguvu wagenda gusuka gute numva harimwo ububeshi bwinshi none kowarufise imishatsi icafuye ninde yemera ko umusuke?
Diane nikigirwa mana.
Nge ndifuza kukubaza ese nyuma yo kugaruka wisanze ugarutse mumubiri ntabwo wongeye kubasha kumva intekerezo zabantu none se nkabantu babarokore wabashaga kuba wabumva nabo muri yamajwi wumvaga cyangwa ngo ube wamenya ibyo batekereza haraho wavuze ko Wahawe inkota yankota yaje kujyahe? Cg nubu uracyayifite?ubwo se ko Imana yagukuye Aho hantu ntabwo wumvako wazasubirayo hafi yaho ukavuga ibyobintu ukahakoreza isoni Satan abantu bakizera Imbaraga z'Imana Wenda ko nuwo mumama Yakizwa?
Hhhhh ahubwo Imana yakurinze malaria ya Baraka ntuhagwe wamubyeyiwe uri umurame kbs🙉waragenze kweri🤭
Harabantu Satani yanyaze koko,uyu yagaruwe n'ukuboko k'Uwiteka.
Diana bakubwiraga ni ikigirwamana
Ni hatali kweli ariko ntibigusa uko Mbona wifata Wapi kweli Ni danger! Sinzi ko Imana.Ivyankira bamwe ikavyemerera Abandi.
Reka kumuca intege ntawuvuka rimwe ngo yuzure ingovyii.basha ababiza ko mukomeye munsengere abandii mwoye kubac intege .kuko nokugeraha aba yatabawe
Hhhh muzageza ryari gupimira agakiza kumaso??? Tandukanya amategeko y' amadini yanyu yashinzwe n' abantu n'ijambo ry' Imana.
Amal Arrgod, niyo mpamvu Imana idakora nk’abantu ntinatekereze nkabo! Itanga uko ishaka, igabira uwo ishaka.
*Ntabwo ari Ubuvira ni **#Uvira**.*
Plaisir azagaruka lyali?
Hezagirwa uratwigishije
Ububuhamya burababaje
Isi y'umwijima iri real. Gusa nta mbaraga zibayo. Satani ni pumbafu gusa...Yesu yaramunesheje, yaramutsinze, turi amahoro
Ariko c koko nibyo?
YESU AGIRA NEZA CANE. ARIKO GA MADAME YESU YAKUGIRIYE NEZA KUGIRA UBUGINGO BWAWE BUROKOKE. ARIKO NUBU BIRABONEKA KO UBUGINGO BWAWE BUKIBOSHWE NIYO MISHATSI ITARI RWAWE WISHIZEKO, AYO MARANGI WISIGA, amahereni, ingohe zitari zo ..... kuko abaja mw, ijuru bitandukanya nivyo vyose, gumana image IMANA YAKUREMANYE NAMBA USHAKA IJURU
Ibyo naho bihuriye nijuru
Bibiliya iravuga NGO Byose turabtemerewe ariko siki bitugirira umumaro rero mwuka wera akamaro ke kumufite nukumubwira ibifite umumaro ntimukagendere mubugare byamadini igihe mwukawera ataguciriye urubanza ujye Ukora byose
Banza urebe umugogo uri mujisho ryawe uwutokore,kuko niba ariwewe ukiranutse ukaba uri gucira abandi imanza isuzume utazibwira ko uhagaze kdi uguye !Imana yamukuye hariya kumushyira kumurongo ishaka izabikora kumwanya wayo!rero irinde cyane wewe!
Ndabona ibi bintu byo gusukwa nabuli wese nikibazooooo ili
Nisomo likomeye weee yewe nabagabo
Kwiyogoshesha mana weeeeeeee🤭🤭🤭🤭🤭🤭
ImaniguhezagirecanekukonturobabandibabitekrrijishobafasheumugabowabandibatarekurabakarogabarGastindwabakicabanababandi
Sukumawiki nu ubwoko bwishu ariko zikura ari amababi
Yakijijwehese,hhh
Uyo mugire aho avuga ko yahindutse yewegaye we,Satani akuhebesha kimwe ukakunda ikindi,ko mbona Uyo mugire asa nkamaraya urenze namba atabikora kuki apiblisita ishusho za bamaraya bihindura imishatsi,n'urukoba,ahubwo nuwo kuzimiza abantu b'Imana. Soma Matayo 5:36 ntamuntu afise ububasha kumubiri we kuhindura akashatsi kamwe ngo kere cankwe kirabure, Ahubwo ntutihana b'ikwiye urarimbutse,abana bawe bo nibara bo barakurenze mukwihinduza urukoba.
Mujye muvuga ibyo muhagazeho nti mugacire abantu urubanza sibyiza
Muge mureka guca lmanza kuko umucamanza wukuli umenya lmitima arahari ,ese komuca lmanza lmana lzaca lzihe abasuka Bose bisobanura bamalaya ?.
uyu mumama ni mwiza gusa. ese abeza bose ni indaya? hari benshi bambara ko ushaka kandi bakora uburaya.
???? Iyo ni dépression wari ufite
Satani erega agenza amaguru. Afite agents. Tubitiranya nabantu basanzwe kumbe ari agents de Satan. Buriya yasukagaga abantu bagiragango ni umuntu. Burya bajya bajya no murusengero, bafite mission zinyuranye harimo no gutera ibitotsi mubantu.....
In
Imisatsi n'amavuta bikoreshwa muri salon ni ibya satani.
????
*Ni ubwa mbere mbonye Zaburi Nshya yakira umutumirwa wasize inzara amabara, watukuje iminwa💋, amaherena, za maquillage, etc...🙄*
Nanjye ntyo ndumiwe
Sukuma wiki birakomera nibibi mu rda nibiryo byinkwavu sinzi kurubu
Kenya nizo mboga barya ntabwo ari izinkwavu
Uwakunyereka amaso ku maso nka gusengera. Nawe uratubeshya waba a n abagabo ukwezi mutaryamana.!!????!
Uwo. Daforoxa. Wap. Nubundi. Ntakojijwe. Nawese. Izomzara. Iyominwa. Reka. Reka. Nubundi. Ntaho. Yavuye. Ntanaho. Ajya
inzara nkizi ibisatsi nkibi Ngo mwavuye ikuzimu none se ko mbona ufite inzara nkiza Malaya nimisatsi yabo wabaye uko Imana yakuremye icyambere ayo mavuta yo mumutwe ava mubwonko bwimpinja ,icyakabiri ibyo wisiga kunzara bikorerwa ikizimu agence yabyo uri mur UK ,AMAHERENA NI iMBATA NTAHO WAVUYE NTAHO WAGIYE
Mama ibyo mutubwira nibyiza ariko nasaba ko mwakwiyambura ibikoresho byose bya satani kuko iy saha satani afite umukenyuro wokuba mwitorero ariko agufise igice cubuzima bwawe aha ndavuga {amahereni;rouge aux levres;verni;....
Yewe, ni ah'Imana gusa. Erega ntibyashoboka ko babireka mu gihe abiyita abashumba, bishopu, intumwa, abahanuzi n'ibindi babayobora n'abo bameze uko. Uw'ejobundi we ati ntabwo waza kubwira abantu ijambo ry'Imana ryo muri za 30 (1930) uri muri 2020. Bababwira ko nta muntu abonabikibari ku mutima, ngo Imana ireba umutima gusa!
Hhhhhhhhh iryo ni idini ntaho byanditse muri bibiliya ko birekwa numbonera umurongo byanditseho uwunzanire mujye mureka muharanire kweza imitima no kuyirinda kuko niho ibyubugingo bituruka
Ko usa n'a Jeanne promesse di(chouchou be !?)
narinziko ariwe.