Ibitabo by' ubwenge twahishwe byo muri BIBILIYA: Inyanja Twogamo
Vložit
- čas přidán 11. 07. 2018
- Please subscribe|| KORA SUBSCRIBE USOBANUKIRWA ISI N' IBIYIBERAMO BYOSE.
KANDA HANO: goo.gl/z9bWao
Facebook page:goo.gl/D66E5k
Twitter: goo.gl/MPQ4i8
Instagram: goo.gl/ATdt2a
Produced by Gentil Gedeon as owner property Uploaded by RedBlue JD all right reserved
Ubivuze neza! Hari n'ibindi Vatikani yaduhishe nko kuba Yesu yari afite umugore n'abavandimwe! Bibiliya ni igitabo gisanzwe! Kwemera n'ubuhumyi bw'abirabura ni byo bikigira igitabo kidasanzwe! Ni igitabo kivuga amateka y'Abayahudi si ay'Abanyarwanda cg Abanyafurika! Bibiliya ifite uruhare rukomeye mu guhonesha no kubuza abirabura gutekereza bumva ko hari umukiza aho gukora cyane no kuvumbura ngo batere imbere bave mu bukene n'ubwicanyi! Njye Bibiliya sinyitandukanya n'Abakoloni cg se ba mpatsibihugu!
Birababaje cyane rwose ntimwita kugaciro ka BIBIRIYA, kugirango ube unayibona hapfuye abantu benshi. ntibitangaje kuko uhereye nakera ikiremwa muntu cyahakanaga IMANA witonde ntugire ikindi witaho. reba kumutima wawe urebe koko niba ukwiriye ijuru ibindi ubireke. Ariko se mbere yokumva ibyo byose tekereza igihe cyo cyonyine turimo ureke kujarajaza umutwe mumagambo atera gushidikanya.YESU UMUCUNGUZI ABAFASHE.
Urakoze cyane msaza kuduhibintu byubwenge
Imana ikomeze intambwe zawe
Yesuuu weee ndumiwe kweli. Urakoze Gentil kurayo makuru uducukumburiye
Simoni Petero: Piter -Rock-Urutare Rw'Imana rutanyeganyezwa.
Bite GENTI wange nakazi kawe abapasteri na ba apotre bazagukubita kuko baba bazi ko ugiye gufunga umugati kuko uba uri kujijura abadiakoni ni kazi kawe ndakwikundira nukivange mu bya bapasteri rwose batazagusengera nabi KT RADION IKAWIRUKANA gusa bravo ntawe upfusha uwo atabyaye maze nza rore
munibukako abatuzaniye iyobokamana ari nabo badukoreshej ubucakara munamenyeko nubwo bucakara bwakomerej mumyemerere aho badutanya nabavandimw tukangana dupfa idini😢😢😢😢
Mbahitiyemo Qruan nicyo gitabo cyonyine cyitagezemo akaboko k,umuntu ,cyiracyafite umwimerere wacyo naho bibiliya n,ibi bivuzwe ni bicye.
Gentil na mwanafunzi ndabakunda sana
Waje ukenewe scientific
Wonderful
Itangiriro 6-2 hagaragaza ko Imana ifite abandi bana
ikiri muri bible ntaho gihuriye nibyo abantu batecyereza , mwabantu mwe, buriya message ikubiye muri kiriya gitabo ntaho ihuriye no gusoma uriya muzingo wose, verse zose zigize bibiliya zivuga ikintu kimwe gusa, wakongeraho ibitabo byabandi bantu wabikuraho ntibishobora gutesha message irimo havugwamo , (Yesu Kristo umukiza wabantu ibyaha). iyo umaze gukira icyaha muririwowe, bibiliya Imana iyandika muri wowe. bavandimwe agakiza ntigakubiye mubitabo ubwinshi cyangwa bike, agakiza gakubiye muri Yesu Kristo/Yezu Kristo, kandi Uwo niwe Mana yukuru, yaremye ijuru n'isi,
Ahoooooooo! Grand merci Musangirangendo Gedeon ! Komeza uhatubere kbs! Ariko hali igitekerezo naguhaye ngo bishobotse wadukoreraho umuti ubanza byaranze wangu! Courage bro!
urakoze kbsa ariko ubutaha uzavuge impamvu abaroma bavanye the book of enock muri bibiliya kuko nacyo abasiraheri bari baragihawe n' Imana.
Yeah man
Gentil na Mwanafunze muvuga amakuru neza!
Wamubeshi we
ibiganiro byanyu turabikunda cyane gusa nge nifuzako mwazadushakira icyegeranyo kuri youtube