Nimushake MUNYANGE ndabivug😥iby'IMITI yoKUBONEZA/ABAHANUZI barabikabya/KUBYARA si ITEGEKO/RUTAYISIRE
Vložit
- čas přidán 6. 03. 2024
- #AGAPETV
Injira muri Whatsapp Group ya AGAPE FAMILY👇chat.whatsapp.com/CGLJaW7dWLo...
Ganira natwe #250782196087 (Whatsap)
Kora S U B S C R I B E ujye umenya byinshi unafashwe mu biganiro n' ubuhamya bwa GIKIRISTO
AGAPE Tv ni urubuga dusangiriraho ubuhamya, inyigisho, ibiganiro bya gikritsto ndetse rukakumara amatsiko ku nyandiko z'abahanga, Abatubanjirije mu rugendo,Ibyibazwa....bigamije kukubaka mu gusobanukirwa ibyo wizera.
Twubakiye ku ndangagaciro z'abavutse ubwa Kabiri nkuko Ijambo ry'Imana ribivuga mu butumwa bwiza uko bwanditswe na Yoh 1:12. Bityo ni ibyo dutanga hano byose bigamije gukomeza gushyigikira Umukristo udukurikira.
Wifuje kutwandikira koresha: u.theos2030@gmail.com
Wifuje kudushyigikira: +250782196087(Momo,WorldRemit,...) - Hudba
Numwe Imana itaguhaye umugisha ntawe washobora,nawe ubwawe ntiwakibasha atari Imana igutunze urutoki.
Erega ibi mubimenye kuba ibintu byavugwa pst Antoine ntibivuga ko Ari Imana ibivuze kd mubimenye mureke kwizera abantu kureka Imana. Mubyirinde kd esprit yo gufana mubyirinde mukurikire ijambo ry'Imana.
Mon pasteur urakoze kudukura murujijo n'uyoboye ikiganiro turamushimiye,ibyo uvuga bira sobanutse, kdi murakoze cyane turabakunda❤❤❤
Kuboneza urubyaro ni gahunda yabantu ariko ntabwo biri muri gahunda y’Imana.
Kuba hari abatemera ko gukoresha uburyo bitandukanye bwo kuringaniza imbyaro isi yadushyiriyeho ari bibi ntabwo byabihindura byiza. Uretse ko no kubyara abo tudashoboye kurera ntabwo Imana ibishyigikira. Abantu bagomba gutegeka imibiri ibatera kubyara benshi. Ubwo nari maze kwifungisha marayika yarantonganyije ambaza impamvu nabikoze. Naratakambye cyane ngo ambabarire…..
Pastor ntakibi avuze rwose, ahubwo mujijuke mumenye gukura icyiza mukibi, ninde muri mwe wishimira kubona umwana we asabiriza, uko waruha uhahira abana 2 ntibingana nuhahira 6, ntamuntu ukubujije kubyara gusa uzarebeko abo ugiye kubyara batazakubwirango wambyariye iki? kandi mutandukanye kuboneza urubyaro nokwica, kuko benshyi niko babifata ariko sibyo, kuboneza birinda iremwa ryumwana. naho kwica nigihe habayeho iryo remwa ryumwana hanyuma akavanwamo nanyina ntampamvu cg ikibazo umwana afite.
Uvuze ibintu nange ndabyunvise. Urakoze cyane
iyo ubyaye umwana akajya yiba kubera wamuburiye ibyo kurya uba umuhinduye umunyabyaha kandi yaravutse ari umwere. kuboneza urubyaro muri iyi minsi ni mandatory. urumunyamugisha uburyo naturelle bwagukundira ariko budakunze wanakoresha ubwakizungu. bityo N'urubyaro rwacu rugahesha Imana icyubahiro rudahindutse abagizi ba nabi
Mbereye yo kujya kwibaza byinshi banza utekereje mumyaka ishize uko imibereho yarimeze ugereranye nubu urahita ubona igisubizo
Nyamara muzakurikira abantu babayobye,ariko nimukurikira ijambo ry'Imana ntimuzayoba ,mujye mwumvira Mwuka wera nibwo mutazayoba kuko mumenye ko Imana yo muri Eden ninayo ya none ndetse n'iteka ryose.
Agakiza ufite kangana no kwizera ufite.
Mwongere imbaraga zo kwizera Yesu arashoboye !
Umwuka utarimo ubwejye urayobya kubyara abana bakaba umutwaro kubandi nta bwejye burimo ntanumwuka harabantu bibasira abavuga ukuri ariko nibo batigeze bamenya ijambo ry'Imana bene Data ubuzubwejye Imana iramureka.
Good educator, nkunda ukuntu uri umuhanga munguni zose kandi nkakunda ukuri ugira. Imana ikomeze ikwagure mubyeyi!!!!!!
Gusa mu minsi y'imperuka abantu bazikundira abigisha bahuje nirari ryabo bibiriya iravuga ngo ituma batwita ninayo ituma babyara
Ibyo kuringanizibyaro ko byavuye mubazungu,bikaza nkuko bazanye ingegabitekerezo,mwatubwira aho ijambo ry'Imana rivigako kubyara atari itegeko.Mureke kuyobya abantu,kuboneza nicaha kuko byazanywe nabantu,ntabwo byazanwe n'Imana.kandi nubwo wabyara umwe,Imana itakurereye wowe ntaco wanikoraho,ubonako mwishize mumwanya w'Imana kubera isi yabadindishijye.
Nkunze iki kintu pastor avuze ngo: Iyo Imana itanze commande igura repas,wow
Imana iguhe umugisha kuko ugira kuli kwinshi kandi ibyo uvuga byose nukuli
Pastor, uri umuhanga cyane kandi abwirwa benshi akumva bene yo
MC Théo, keep it up!
Imana ibahe umugisha rwose thew warakoze gushyiraho ikiganiro
Abayoborwa n'umwuka nibo bana b'Imana buri wese nahagarare ku izamu rye
Urakoze cyane pastor kunyigisho nziza
Erega Daniel yeretswe ibyimperuka we yabonye iyo nyamaswa irwanya abera yenda no kubanesha ariko Yohana we yaravuze ko iyo nyamaswa ihabwa kubanesha mwitonde
Ikindi naco umugisha Imana igihe yawutanga adamu na eva ntibari bwacumure
Ubu icaha cabo cinjije amahano menshi kw'isi, koresha ubukerebusi wewe uvyara
Wakoze Mc Theo, kutubariza Pastor.
Iki kiganiro rwose kiraryoshye Kandi kiradufashije cyane. Mfite ikiguzo.
Imana iguhe umugisha ubundi c tubona isi yaburi muntu itaruzuye
Kuboneza urubyaro ni icyaha ndetse cyane.wari uzanzwe uvuga ukuri ariko aha ho si Imana uvugiye rwose.
Theo uzanatubarize Ev Jean Paul nzaramba. Nawe twumve uko abitekereza.
Nge uko mbyumva icyaha nugukuramo inda nalubundi kwirinda kuba wabyara ukoresha uburyo bwo kuboneza urumubyeyi ntacyo bitwaye kyko kubyara abudashoboye kurera urumukiristo abana bakandagara biba bitukisha izina ry,lmana gusa lmana ibahe umugisha
Mureke kwigisha uko mubyumva ahubwo mureke mwuka wera w'uwiteka yikorere inyigisho zanyu zo ziragoye gukuramo ukuri
Guhuye n'ijambo ryi Imana yera.
Thank u pasta ujye udukura mubujiji
Pastor uravuga ukuri abantu nabwo bavugisha ukuri ashaka kumvikanisha imyizere yabo
Ndemeye pe urumunyabwenge paster
Ko banga se ku byara nubundi ubuzima bukanga , mwigishe abantu amategeko y'Imana byanze mutegereze umuriro(Abaheb:10,26-27) kuko umutima w'umuntu wo ntubeshya
Pastor Rutayisire avuga ukuri
Urakoze kutujijora
Pastor Imana imuhe umugisha kuko Abashumba benshi bahisha uku kuri bakuzi ngo batabita abapagani.
Urakoze ku mpuguro zuzuyemo ubwenge
Uvuze nka pasteur Ortance yatubwiye ko uko twemera kujya kwa muganga twarembye tukemera n'inkingo kuki tutakwera kuboneza
Wavuze byinshi ariko ibibyo byokuboneza bigutesheje agaciro.kuko twarahamagawe n Imana ntamuntu pst. ubigizemo uruhare.bize ngorero twe tuyobirwa na mwuka haribyo atwongorera mwebwe mudahari kandi aduha ibimenyetso byuko ariwe wavuganye natwe.ubwore wowe mfite ukuntu ngu Crashije kukijyanye nigipimo cyagakiza ufite. Ese ugirango abzayobya intore nabantu tutazi ? Rekada nabantu bibirangirire bavuga rikijyana abo satani abibandaho cyane.
Fata ibi mwebwe aba past.bamwe nabamwe murabitubuza ariko umwuka w Imana ukabca inyuma mutbizi ngaho muzahangane nmwuka mwifatanye na leta turebe ko muzawushobora.
Ikindi Theo kuki ujyagushakira amkuru mubantu nkaba tudahuje imyizerere ? Ejo uzajya kugishinama nabagatorika kubyinzoga uzavayo naho bakwemeje .uba wamamaza ubutumwa budakwiye
Pastor bihorere bagutuke! Buriya se bariya bana bakoze groupe yiyise abuzukuru ba satani, abamarine n'abandi bari mu buzima bubabaje nka bo, abababyaye nibo bari mu kuri??
Yesu n'IMana nubwo yambaye umubiri
Abantu bazabayobya rwose,ibi byose biterwa no kutizera kuko iyo abantu babasezeranya babaturiraho umugisha w'urubyaro ariko byagera hagati ubushobozi bugabanutse kwizera kugashira bagatangira kwizerera mu bantu ngo babagire inama ,muzarimbuza abantu ,icyo nzi nuko ijambo ry'Imana ritubwira ko n'inda yawe ubwayo ntiwayitunga.
Dushobozwa byose na Kristo uduha imbaraga.
Cecekaho ntabafite umwana umwe nawe byaramunaniye kumurere uretse nibyo se ubuzima bwawe wenyine bwo ntibwakinanira kubuhaza kdi uri umwe unakuze isi izahoraho abakene bazahorana natwe ariko ubukene ntibukuraho kubyara, kdi no kutabyara ntibivanaho ubukene . Uzaduhe umurongo Imana ivugako muzabyare mibishaka .ni mubashuke mwe mwarababyaye mubamarayo none muri kwamamariza antikristo umushinga we ngo muri abanyabwenge.
Amen
Ukuri kuzuye tutaretse kunyura hirya no hino .
Bibiliya iravuga ngo icyo muzaboha mu isi no mu ijuru kizabohwa ariko ngo n'icyo tuzabohora mu isi no mu ijuru kizabohorwa.
Muri Swasland umwami ari gutanga ubwenegihugu kubanyamahanga ngo nibagerayo barongore abagore 5. Kuko yabibohoye , si icyaha. Mu Rwanda twarabiboshye ni icyaha. So, gira ibyo uboha cyangwa ubohora ubundi wizere.
Good bless you.
Urusahu rubaye rwinshi,ndavuze ngo tube maso,Imana irengere intama zayo!muzamenya ukuri nako kuzatubatura,dukeneye Umwuka wera,niwo wokutwemeza ivyicaha nigisa nacyo!😢
Mwitwaza bibiriya muyobya abantu
Nonese ko ijambo ritubwira ngo abayoborwa n'Umwuka wera aribo bana b'Imana...ubwo iyo uboneje urubyaro uba wabanje kuyoboza Imana kugirango ibikwemerere cg ibikwangire? Ubaye ubyiyoboyemo ubwo waba ukiri umwana wayo? Wayiyoboza muri bimwe se ibindi ukabyiyoboramo ubwo ukinejeje umuremyi wawe?
Ntakintu wakiha atari lmana ikiguhe ubuse ubakenye Bose Nuko babyaye benshi ? lmana iyo iguhaye umugisha ntiyita kumubare wabana ufite ikosa Nuko mwanga kuyiyoboza inzira mugashyiramo ubwenjye bwanyu ariko iyo lshatse uracyira yabishaka ugakena
Haaa nikoko ndumiwe!!reka tuyobogwe nijuru pe nayo inyigisho zo zotuyovya
Paster uvuze amagambo nkamwe yabapfapfa urigisha abantu kuringaniza urubyaro ntasoni else wowe kuba ubasha gutunga abawe ni imbaraga zawe ko Ari Ubuntu be,Imana Kandi kuba hariho abarusha abandi ubushozi umuntu akabura minerevare SI icyaha yakoze cyo kubyara
No ntakuri ufite gusa abantu b'Imana yera urabacanze Abarom;2,20-24
Ibi nivyo bikwiy kutwereka neza ah isi igeze.abantu bahakwiriy kuba umuco wisi bifadikanij n umwijima. Ntimukajan n ibihe basha kuko Imana yo ntihinduka kand nijambo ryayo ntirihinduka
Kubaha Uwiteka nibwo bwenge kandi kuva mubyaha Niko kujijuka.Yobu28:28
Kuboneza urubyaro nogufunga urubyaro biratandukanye
Uzomuhamagare atubwire ibijanye n'ubuhanuzi
Muze satani araguteye igitsindo kukiganiro utanze.kuko Yesu yaje kwisi abantu bazabaramaze kwuzura,rero iyabonako dukwiye kugabanya imvyaro kugirango havuke abangana nibiryo Imana isigaranye.rero koyaduze mwijuru atavuzeko twogabanya imvyaro,dukomeze kuko Imana ntiravugako ubufasha bwayo bwagabanutse.kuko nawewe ubwawe Imana itagutunze ntiwokwigaburira wenyene.
Ikizira cyageze ahera mbonye ubusobanuro bw'Ijambo ngo "USHAKA KURENGERA UBUGINGO BWE AZABUBURA KANDI NGO utita kubugingo bwe kubera Yesu azabubona, rero PASTOR BIRAGOYE BISA NKIBITAGUSHOBOKERA KUVUGA UKURI ubwo rero ibyobinyoma kandi mubikora mubizi hamwe nibindi bikorwa nabandi sois disant les pasteurs example papa francis 05/12/2023 biratuma benshi bayobywa kandi bari babitezeho kuyoborwa namwe MWITEGURE KUGARUKA KWA YESU KUKO mutumye azabidatinze
Postor urakoze,komeza wigishe abantu bave mubuyobe
Uyu mu pasteur
Yazagiye atumirwa mu sengero zose akabajijura ??
İmana iduha ubwenge ngo duhitemo igikwiye
Pastor warayobye rwose kandi uriko urayobya n'abandi. 2Timothée 4:3-5. Uratanga aurugero rw'ibihugu biteye imbere ko bobo babitahuye kare ariko wibagiye ko ivyo bihugu ari navyo vyafashe iyambere mu kwemera ubutinganyi natwe tubakurikire?
Ariko ubundi ijambo kororoka jye nibazako abantu baryumva nabi! Kororoka ntibivuze kubyara ukarunda kuko ushobora no kubyara umwe nawe akabyara undi gutyo gutyo uko niko kororoka! Abana b'isezerano Imana yahaye Abraham bakomotse kumwana umwe ariwe Isaka baragwira bangana uko Imana yamubwiye.
njyewe nizereko abantu Sametime nitwe turema Icyaha.
Pasteur abivuze uko avyumva ariko umuhanuzi w,ukuri ni mpwemu yera.uwuzomugisha inama ntazoyoba.ubundi mfita ibihamya vyuko Imana itabishigikiy.hari abantu babiriri nzi babikoze Kandi bazi ukuri ko Imana ivyanka .umw yaciy avyara amahasa uwundi avyara ubushuri .uwudatahura arabaza Imana
Kuvyara abana udashoboye kurera ni génocide muzindi
Ese kuki entoine yemera umukristo akwiye kuyoborwa na mwuka wera mubuzima bwe bwose kuki atemera yanakuyobora no kurikingiki.
Urugero ukunda kuvuga ko iyo umwaka utangiye ufata amasengesho y'Iminsi 7 uraba urikubaza Imana iki?
Wakagombye kubwira abakristo icyo wemera kandi kimwe , udasize abantu murungabangabo.
Pastor ati:" ikibazo cya ONAPO ngo ni ingorabahizi".😅😅😅. Kuva ryari se??? Ku Mana ya Israheli ntakibazo cy'ingorabahizi ki aho. Kuba Kristo bari nka Lewodokiya( badakonja kdi ntibabire, b'akazuyazi) ni ingorabahizi ariko kubumvira igisubizo ni ukuyireka kuko Imana irayibuza cyane. Abantu bakwiye kuyoboza Imana inzira bakwiye kunyura kuko inyigisho z'ubuyobe zibaye nyinshi.Ibi babyita ingirwabwenge zirwanya iby'Imana. Mukwiye kuragira umukumbi nk'abazawubazwa. Ibabwira ko itanze imigisha ariko ntibabuze ibyaha si Iyera kdi ikiranuka muri byose pe.
Abaktisto mutabwiza ukuri bashumba bo muri iyi minsi, bazisanga mu ijuru rya Kamonyi aho kuba Isiyoni kuko icyanduye cyose ntikizagerayo.
Nihitiraga ntihagire umputaza
Udusobanuriye neza na pastor hortanse yabisubije neza nkawe pastor muri abahanga
Harerimana Hakuzimana Hatungimana ayo mazina ça dit tout
Nutayifasha se ntibaziba ?? Yaguhaye ubwenge ngo uhitemo
Nimukomere, kuri jye, pasteur Rutayisire, kurwanjye ruhande n'ubwo ntajya mbona umwanya uhagije wo kumwumva, nabicye numvise avuga, akorosha ukuri, nkubu yaravuze ati umugabo utita ku rugo rwe, arutwa na umupagani., uko niko kuri, kuko Biblia niko ivuga
1 Timoteyo 5:8 ndamukunda kunyigisha ze
Noneho hari nabavuga ngo iminja zihora ziririra mumatwi y,lmana🤣🤣🤣🤣🤣
Kuringaniza imbyaro,covid,inkingo,ubutinganganyi, n’ibindi bizakurikiraho ni imigambi umwe: KUGABANYA Abatuye mw’isi .Mujye muyoboza Imana muri byose kwumvira umwuka ni byo byonyine byagufasha gusobanukirwa I y’iki gihe. Be careful.
Imana iyo twayishakanye umwete iringaniza ,ikaguha abo wagombaga kubyara ni itera gutwita Nina yo itera kubyara Nina yo itera kurera.
Wakoze ikiganiro uri mumbaraga nke uzitorore ukore ikindi kiganiro kivuguruza iki
Hari umuntu uvuga ngo nge nywa gake kgo mbone ibitotsi tugashaka kumutera amabuye burya ndunva yaba azira ubusa none kuvuga ngo reka nkore ntya nizeye ka rutangira (ka tekenike) ahubwo mwibagiwe n'agakingirizo!!😂😂 2tim3:1 twemere twageze mubihe birushya kuko nubwo buryo hari ababusàmiramo,ababutinzemo bakabyara abadebûre dusenge birakaze😢😢 Ngaho rinda hatagira ugutwara ikamba ryawe ubwo mutangiye kwita abahanuzi ngo ni abaswa nta mashuri bagira murambabaje bibiriya iravuga ngo ntimugasuzugure ibihanurwa mubigenzuze umwuka ntabwo yavuze amashuri (Turagukunda mushumba courage)
Mbega injiji mwakwize ubulyo mugabanya imbyaro ko nabo mufite kubarera ari ikibazo kuri bamwe za marine n’i Wawa bagafunga Halya marine n’abajura cg n’aba drogues ?
Ariko akaruhuko k'izabukuru kamubyibuhije ,ubwo amerewe neza
Urakoze cyane Ukuri ni Jambo ry Imana
Matayo 6:31Nuko ntimukiganyire mugira ngo tuzarya iki? Cyangwa ngo tuzambara iki? Cyangwa ngo tuzanywa iki?.....
Yeremiya 1:5 Ntarakuremera mu nda ya Nyoko nari nkuzi.......
Pastor rwose icyo ngukundira uvugisha ukuri benshi batinya kuvuga. I know za comments ziri négatifs ziraba nyinshi. Ariko amagambo wavuze arimo ubwenge. Gusa interpretation ya Bible igora abantu benshi . Ariko nyine biteye isoni kubyara abana 12 bamwe ntibajye ku ishuli n'ibindi bibazo . Komeza wigishe abantu ubwenge.
Ibyo byose byazanwe no gukunda ibyisi n'inda nini.
Wowe kuba URI past ndiwayobya abandu uruziko arimwe mutuyobya simvatanijenawe bimwerwose
Urakoze cyane
Yesu n'IMana nubwo yambaye umubiri gufunga urubyaro nicyaha
Imyuka yubushukanyi yafashe benshi ntanubwo mwayobye ahubwo mwarahabye Uwiteka atariwe ukubereye maso wabera maso ubusa ngaho ni mubice inyungu nigihombo muzabisanga imbere yiyavuze ngo ntukice kdi burya ubwenge bwabanyabwenge Imana yabuhinduye ubusa postor😂
Icyo ngushimiye SI uko wemera onapo ahubwo ni uko u UGA ukuri kukurimo utitaye kucyo abantu babivugaho so guhagarara kukwemera kwawe kd uzabikomeze
Niko bimeze rata imana iguhe umugisha
Ubisobanuye neza rwose ,Imana iguhe umugisha
Ibyusobanuye kukuboneza urubyaro bitweretse agakiza kawe akariko.
Pastor hano sinzi niba ibyo uvuze wabisengeye ,gusa bibaho umuntu ntiyavuga ibiribyo iteka
None se ko utadufashije ngo utubwire ibiribyo ra!! Kandi ku buryo bwa Bibiliya😮
Kuboneza uruvyaro nicaha none k lmana yavuze ng muvyare murondoke none ninde yabihinduye ljambo ryi'lmana rivuga ng uwuzokurako nakanyuguti nakamwe canke akongerako biboneka k azoba acumuye nimutubwire uwarihinduye yemwe nimurek umwe wese agumye ico yakiriye
Hey
Uko nikokuri kuzuye
Murakoze cyane kudusonurira🙏🙏
De ma part c'est pas vrai gufunga urubyaro nicyaha kabisa
Sinemeranya nawe ubwo urikirohereza abapfapfa baboneza urubyaro bakire inyigisho zihwanye n,irari ryabo wazibazaniye Kandi nawe imbere Gato uzabibazwa
Icyakoze ndumiwe koko!🤭ukuntu twemeraga ibiganiro byawe byiza Mushumba ariko noneho uradutuburiye pe! Ubonye iyo uvuga uti mugende muyoboze Imana icyo gukora none utije abanyantegenke umurindi wo gukora icyaha? Birababaje pe!
Inyigisho zarizikenewe muribi bihe rwose.abantu bakeneye kumenya kuruta guhura mubujiji
Tureke gupfa ubusa isi yawe nisi yanjye ntabwo bingana wowe byara abo ubona bazuzuzura isi yawe nanjye mbyare abazuzuza isi yanjye arko muzadukorere ubushakashatsi munasome neza bible mutubwire abo Imana yahaye isezerano isi yabo yanganaga icyi cyiriya gihe?muzanambarire Adamu na Eva babyaye bangahe?Aburahamu na Sara babyaye bangaye?uziko muraba ntawarengeje 4 aba 4nabo barabyara abo babyaye nabo barabyara gutyo gutyo kugeza igihe isi yuzuriye natwe turavuka mubyukuri bible itubwirako natwe turi urubyaro rwa Abrahamu kdi siwe wateye inda ba mama pastor ndagushyigicyoye utandukanye ndabandi bashumba Imana ikongerere amavuta kdi abantu nibindi byaha bajye babitinya nkuko batinya onapo😂😂😂