Yesu we😳MUREKE KWIRIZA😱GAHAMANYI azanye UBUTUMWA bukomeye/MWITEGURE UMUYAGA n'IMVURA/DORE UZAROKOKA
Vložit
- čas přidán 13. 12. 2023
- #AGAPETV
Ganira natwe #250782196087 (Whatsap)
Kora S U B S C R I B E ujye umenya byinshi unafashwe mu biganiro n' ubuhamya bwa GIKIRISTO
AGAPE Tv ni urubuga dusangiriraho ubuhamya, inyigisho, ibiganiro bya gikritsto ndetse rukakumara amatsiko ku nyandiko z'abahanga, Abatubanjirije mu rugendo,Ibyibazwa....bigamije kukubaka mu gusobanukirwa ibyo wizera.
Twubakiye ku ndangagaciro z'abavutse ubwa Kabiri nkuko Ijambo ry'Imana ribivuga mu butumwa bwiza uko bwanditswe na Yoh 1:12. Bityo ni ibyo dutanga hano byose bigamije gukomeza gushyigikira Umukristo udukurikira.
Wifuje kutwandikira koresha: u.theos2030@gmail.com
Wifuje kudushyigikira: +250782196087(Momo,WorldRemit,...) - Hudba
Ev.Gahamanyi: +250725 279 540
GAHAMANYI mwishuri twamwitaga Musenyeri. Nibuka ko ari wuwe watumye ndeja URUMOGI ubu ndi umugabo mfite Abana 4
Warakoze ntakindi
Cyagihe wigisha ngo" gupfa ntubimenye " narihafi yo gushaka undi mugore ariko narihannywe ndetse umugore wanjye ndamukunda cyane. Nawe namusabye imbabazi nukuri. Yesu azakwiture ntakindi
Mwenedata IMANA yomwijuru igukomeze ,uri muri bake basigaye bakiyoborwa n'Umwuka Wera w'IMANA, bavuga nkuko uwabatumye ashaka amen.
Ejo yadushyize mumavuta rwose Imana imuhe imigisha myinshi
Gahamanyi Imana iguhe umugisha wubatse umutima wanjye❤ ntukabura ibyiza ukiri mwisi
Imana iguhe umugisha utubwiye ijambo ryiza,amavuta,imbaraga,kwaguka,bigomeze bigwire kuri wowe
Imana Se w'Umwami wacu Yesu Kristo Agukomeze cane mukozi w'Imana kuko iyi nyigisho irakomeye kuko ubu mwi no misi ya nyuma abandi bariko biyigishiriza ivyiza gusa ariko ubu utwigishije uko twokwitegurira iyi misis mibi
Imana iguhe imigisha myinshi cyane mukozi w, Imana utwigishije neza
Koko igituma dukomera kumunsi mubi nijambo ry'IMANA riba riturimwo ❤❤❤
Imana ikongerere amavuta mukozi w'Imana,turanasa rata nitwa Leatitia
vuga Imana muntu w'Imana ooolh jalelluaaaa
Imana iguhe umugisha
Imana iguhe umugisha Mukozi w'Imana we.🙏
Mukozi w'Imana ufite ijambo Imana ikongere ujyubona ibikomeza abantu najye ndafashijwe uzagaruke igihuma turagukunda
IMANA iherutse kumbwirango mubantu 10 bibwirako bari mumurimo ,2 gusa nibo impanda ivuze bayumva niko IMANA yomwijuru yambwiye , umuntu wese aririre ubugingo bwe ,imbere hano hazatambuka bake bayikomejeho
Amina Pr
Imana ikonjyere umugisha Ijambo ryawe riraryoshye
Uwiteka aturengere pe
Imana ishimwe cyane ndafashijwe!
Uwiteka Akomeze akuvugurure
Ndabihamya ko ijuru ariryo ryaguhamagaye. Nkurikije intambara waciyemo ntiwakabaye ugifite amavuta angana gutya. Ndi mubantu bakurwanije ariko ndihannywe kabisa.
Nukuri dore ubutumwa butavangiye ndahamya ntashidikanya ko uyu muvuga butumwa afite imhamvu zo kuvuga pe kuko afite ibihamya byo guhamuriza abantu ubutumwa bwiza bwa Yesu Christo umwami wacu nu Mucunguzi wacu
Amen. Muhezagirwe
Nukuri irahari
Abo bana uzabagaburire caroti avocat imbuto nmboga zose zitaragera muri congélateur ibishyimbo ibijumba .ubahe amagi nubona namafi bidakaranze ninyama zinkoko zitogosheje pana ibifiritije nta proteine zibazikirimo .ubundi jus de citron na orange namata mu gitondo .imbuto zitukura ninziza zongera amaraso ..uretse ko umunsi mubi waje ntacyo bihindura surtout iyo ari shitani yaguhagurukiye
H
Ark umuntu ufite nomero ya Gahamanyi yazayimpaye koko nkamutumira akaza tugasengana
GAHAMANYI mwishuri twamwitaga Musenyeri. Nibuka ko ari wuwe watumye ndeja URUMOGI ubu ndi umugabo mfite Abana 4
Warakoze ntakindi
Cyagihe wigisha ngo" gupfa ntubimenye " narihafi yo gushaka undi mugore ariko narihannywe ndetse umugore wanjye ndamukunda cyane. Nawe namusabye imbabazi nukuri. Yesu azakwiture ntakindi
Cyagihe wigisha ngo" gupfa ntubimenye " narihafi yo gushaka undi mugore ariko narihannywe ndetse umugore wanjye ndamukunda cyane. Nawe namusabye imbabazi nukuri. Yesu azakwiture ntakindi
GAHAMANYI mwishuri twamwitaga Musenyeri. Nibuka ko ari wuwe watumye ndeja URUMOGI ubu ndi umugabo mfite Abana 4
Warakoze ntakindi
GAHAMANYI mwishuri twamwitaga Musenyeri. Nibuka ko ari wuwe watumye ndeja URUMOGI ubu ndi umugabo mfite Abana 4
Warakoze ntakindi
GAHAMANYI mwishuri twamwitaga Musenyeri. Nibuka ko ari wuwe watumye ndeja URUMOGI ubu ndi umugabo mfite Abana 4
Warakoze ntakindi