Wamukobwa wihindura SATANI tumugezeho | Avuye ikuzimu nonaha | Kuba umutinganyi ntacyo bimutwaye
Vložit
- čas přidán 28. 07. 2020
- Wamukobwa wishitani tumugezeho aho yarari avuye ikuzimu burya yabyawe nabarokore, mukiganiro kirambuye agiranye na AfrimaxTV atubwiye ko atemera Imana.
#AfrimaxTV #ChipmunkLucifer
Uwuhise anyarukira muri comments kanjye nabinyereke na like
😭😭😂😂😂😂😂😂😂🏃🏃🏃🏃
Ahahah
Atabahisha iyo symbol yambaye iva kiri temple ya freemason. Uzayironka na hano muri USA
🤣🤣🤣🤣😈🏃♀️🏃♀️🏃♀️🏃♀️🏃♀️
Ndumiwe
Yooooo wamukobwa we uraboshyeeee cyane waraguzwe urindiri yabazimu,urumukozi wa Satani waba ubizi cg utabizi.rero amaherezo yawe simeza nuyakira Yesu Kristo nk'umwami numukiza mubuzima bwawe.kandi ndabikwifurije.
Yabikurahe
Abazimu bashye
Yesu Christo yaragutsinze akwambura nifunguzo twebwe abamwiringiye turakomeye muri we .
Amen
Satani waraneshejwe mwizina rya yesu
Ongeraho uti yaneshejwe burunduuu
@@jahbless4997 vv
Umuntu wemerako Afrimax yabaye iyimyuka mibi drop like
Kbs
Karabaye
🤣😂😁
Babuze ibyo bakora pe
Ukonikokuri nibata ngwa isari bazasarura
Abazimu bashye, Amaraso ya Yesu Christo abohore Gihozo amen ,Thx Lord amen
hhhhhh Alice uratokesheje hhh
Toka satani mu Izina rya Yesu
Uzarira nubona Yesu aje.Ari hafi..
Basi uteye agahinda.
Uvuga Yesu we se aramuzi? Mwese mwarabwiwe,Ngo Yesu araje,ukagirango ni wowe numujinya ufitiye uyu mukobwa? Ikingenzi mubuzima ni: ""gukora icyiza neza""
Bacti watewe tokesha
Ubuse mvugiki , uwapfuye yarihuse , nyoko wakubyawe. Niwe ubabaje , Uwiteka agutabare
Uyumukobwa N,urumogi anywa rwishi ntamukuzimu aja ahubwo iyoyarunyoye yiyumva ariyo ari, ngwaja nomwijuru,,,,
Umuswa
Yesu tabara
Uvuze ukuri 💯 pour 💯
Uyu mukobwa ndamwemeye pee ni umuhanga, abanyarwanda cg africa dutekereje uko twaguruka tukajya hejuru arko kuguruka mu myumvire kandi imyumvire iyo iri hejuru ntacyo tutageraho bravo mukobwa mwiza
Wimushuka shahu the hell is. Real and heaven is certain
Ariko Gihozo koko ngo ikuzimu byahe ko atubeshya😂😂😂😁😁😁 yitwa Gihozo
Arashaka kwitwikira nihit yishakira 🤣
Yobu 28:28
Kubaha Uwiteka nibwo bwenge
Kandi kuva mu byaha niko kujijuka.
Halleluaaaaa
Amen
Amen🙏
Amen hallelujah nikokuri kbx Umva indirimbo yitwa ibihumuriza ya nziza innocent
Amen
🙏🙏🙏👏
Uyumukobwa Imana imutabare, ako kantu yambaye mwijosi nakasatani peee, kuko numusaraba ucuritse🥺 mwizina rya Yesu
Imana ingutabare wamukobwaweee satani yangutwaye umutima mwizina rya yesu 🙉🙊😭😭
Uri nasati byo
Akagoryi gusa!
Gateye umujinya ,apuuu hoshi
Ceceka satani Yesu arikungoma yaragutsinze
Agacucu gusa satani yaranteshejwe nawe ubonye ibyo uvuga
@@tuyisengedivine480 ibyo uvuga nibyo wigishijwe ariko ntiwabasha kubisobanura. uti satani yaraneshejwe ariko uwitegereza ibibera ku isi nuburyo ibyaha byiyongera ku isi abona ko satani yanesheje
Yaranteshejwe iyaba ataranteshejwe nibari kumwirukana mwijuru NGO bamuziricyire ikuzimu
@@tuyisengedivine480 Ibyo uvuga nibyo wigishijwe ariko si ibyo wamenye, ko azirikiye ikuzimu nigute hari ababeshya ko satani yabateye kdi batuye ku isi? hari nabapasteur botokesha satani nkabaziko adahambiriye i kuzimu.kuki mutinya satani muvuga ko atera abantu ku isi ?
@@Alex-cb4rt oya nago dutinya satani ubwo nawe niwemerako satani abaho niwemerako nimana ibaho nakumvise arko satani yaraneshejwe mwizina rya yesu
Imana ikwiyereke cyane!
Urabesha ntajuru ujamwo guma iwanyu i kuzimu... tokay satani kwa jina la YESU
Mana weee?? cyakoze imana ikubabarire kuko nawe si woe nukugira ababyeyi gto ubundi bacu umugani mukinyarwana ngo igiti kigororwa Kiki rigito
Ababyeyi bararengana
Abana bose bahabwa indero imwe.
Hakavamo umwe agafata iyenzira
Ntimuze murabeshera abavyeyi. Umwana arakunanira ataco utakoze ngo umuhe indero. Uzovyara uzobibona
Huuuuuui
Wewe naho uvuga ngo nta Mana iriho, ndakubwiye nti Imana irahari kandi uzoba umukozi wayo kuko irashoboye. Yesu bohora uwu mukobwa wawe akuvugire hirya no hino kuko urashoboye ndabizi muhindurire amazina. Mwizina rya Yesu umwami numukiza wacu Amen.
Byiza cyane yesu yamaze kukubona mukobwa mwiza azakugirira neza humura
Malaki 3:19 “Dore hazaba umunsi utwika nk'itanura ry'umuriro, abibone bose n'inkozi z'ibibi zose bazaba ibishingwe, maze habe umunsi uzabatwika bashire, ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga, ntuzabasigira umuzi cyangwa ishami.
Abazimu bashye mwizina ryayesu
Bull dog once said in his song ngo, "pay attention kunzira iganisha kubwamamare", now I see some people brings curses on themselves just to be popular. Sorry
You just said the right thing meh
Exactly bruh!
You see😭😭
Exactly 💯
That truth agatwiko kazatuma abantu bashya
Imana igufashe Afrimax nayo nihindure nahora ndayizera none ubu ndakuye kwamaboko ipuuu
Uy'umukobwa ntimumutuke cg se mumubwire nabi, n'umuntu ukeneye ubufasha, Yesu yasize 99 ajya gushyakisha imwe yazimiye
Tsindwa satani
AFRIMAX muranyobeye pe abaphumu abatinganyi ngaho nasatani ubumusigaye mwariyemeje kwamamaza ubuyobozi bwumwijima koko ??
Sinkibyosee sha ababantu barikutuyobyaa cyanee
Afrimax nabo ni abasatanike biragaragara
Ko ubihakana c kdi watangiye uvuga ko uri satani
@@peternsabimana4359barikutuyobya rata
@@manzijane8579 bishatse byaba byo kbx barahindutse ntibakiri babandi
Mukobwa we nkwifurije guhinduka ,kuko nawe uri umwana w'imana ,ubundi ndabinginze dusenge dushimitse ,kugira iryozina rya shetani aryijakane,mwizina rya YEZU.
Ariko mujyamwibukako mutuye mwisi y'Imana ? Mugemumenya ibyomukora ko aribyomuzahemberwa
Imana yo mu ijuru iguhe agakiza, Yesu kristo akwiyereke
Mushiki wanjye igihembo cya satani nukugukoza isoni nokukurega ku Imana yerakana ibyaha yagushoyemo ariko Yesu niwe utanga ubuzima kandi ntiyaguhinduka
We are not allowed to judge.
And We are supposed to seek the TRUTH.
John 8:31-32: "If you hold my teaching, you are disciples.Then you will know the TRUTH and the Truth will Set you FREE "
Uyo muntu ndibaza yarasaze kaxa
Indilimmbo
Imana izabagirire neza ibafungure amaso hakiri kare mumenye ukuri kuko niko kuzababatura,
naho ibindi byose nubusa birashira🙏🏽🙏🏽
Wow! Ibisobanuro byiza.
Uyu mwana w' umukobwa mwimutuka kko afite ukuri kwe;
Iyi myumvire ye igenderwaho cyane n'abashinwa hafi ya bose, cyane nko muri Boudhisme system bumva KO batagomba kugira nabi KO bagomba gukora neza kandi cyane kandi KO aribyo bizaherekeza nyirabyo.
Bumva ko gukora nabi ari ikizira cyane na none.
So, mwimutuka kko afite uko yumva ibintu.
Yaani huyo hata shetani anapiga salute kwake very dam
Mwizina rya yesu,waratsinzwe ibihe byose
Yesu nashimwe cyane uwo nacyizwe kuko gukorera shitani Kandi niba utanajyayo bivugango iyo wiyita shitani nuko umwemera Kandi uzashiduka agukoresha ubwo rero kizwa
May the fire of judgment consume and destroy the works of the devil🔥🔥🔥🔥
Twakunze ikiganiro cyanyu nakomerezaho.
Yes uuuu weeeee turagowe mana nikibzo kwel kwiyisi tuzohaboner vyinshi kwel😱😱😱😱🤔
Aho rero kibaza ngo n'aga Star , nibaze barakwamamaza ntabwo bazokuvugira imbere y' Imana .
Umu star se wa hehe? Njye nibwo nanamubona .apuuuu gatsindwe na Nyagasani
Niba utazi Imana ufite ikibazo gikomeye cyane ????
Niyompamvu uzahora usankakamashu umeze nkijini gatsindwe. Apuuuu nudahinduka uzarimbuka. Ntibikwiye umwari peee
back t.lucifer ndamukunze cyane ndumva yarasobye inkuru nkunda cyane gusa courageuse kbs.
Ndabona mukoje gahunda yokwmamaza ubwami bw'umwijima?gusa courage ibihembo nibyanyu.
HHhhh pe ibihembo bazabibona kbsa lol
Cecekikibazo cyawe
@@inzirayibihe2868 hhhhhh namaze kukivuga!!!!
@@pastemmytuyishime3706 man baba bishakira gu🔥🔥 knd bgzweho
@@inzirayibihe2868 kbs
Njuvugako urishitaniya cyango umugorewashita
Mbega ukuntu satani yakujyize ijyikoresho cye pee imana ikwibuke peeee ariko ushobora Kuba utuzuye no mumutwe ufite tromant warasaze
Iyi ni judgement ukoze ntabgo ari coment kandi tuzi neza yuko n’IMANA idusaba kudacira urubanza umuntu
Ubwose woe ko umu judginz urumva haricyo umurushije🤷♂️
ni gute uzi ko imana ibaho? imana yaremwe n'abantu...please grow up and be intelligent
Mwizina RYA yesu
Imana ikwiyereke mwizina rya yesu
Ngwiki? Ikuzimu ugerayo no mwijuru ukagerayo? Imana ikubabarire.
Uwo mukobwa arazi Imana ahubwo ntabamufasha kugira amenye ubundasa bwantu biyita abapasiteri ataribo wumvise ko avuga ngo nibi kapo
Toka shitani Mwizina rya Yesu
Komerezaho ibisonuro nibyo iriko ntamuntu uja ikuzimu ucyena
This guy have mom and dad oh my God
Lucifer Ni umumalayika wa m'umumalayika
Ariki iyi TV ikunda gukorana n'abantu bakora ibikorwa by'umwijima. Abapfumu, abarozi...
Imana imunsage peee ndabizi Imana iratabara ark mubaze kuki utiyise Imana ugahitamo kwiyita satani
I can't blame her coz she is controlled by the demons
Uwabonye iyi Satani yambaye umusaraba nampe like hahahhhahahh
Wa mukobwa we ntukarogote ku Imana
Irakubona kandi irakumva
Urakina n'Imana wanjijiwe!ijambo ry'Imana rivuga ngurabikora nanje ngahora ngukibaza KO mpwanye nawe gose!itazava kuntebe yamateka ugukina nayo!sigaho umenye Imana iyariyo!
U ain't going nowhere and u will end up regretting,oufffffff
True
Mwizina....ryayesu.....imana....igutabare
Uwomukobwa ndamugereranije numusazi kweli ntanubwenge afise sindamugaye yihangane
I agree with you Lucifer. You are mature enough to understand unfounded philosophy.
Uyu muntu Ari mumwijima bimwe byeruye ubwenjye bwe buraboshywe abandi bahora bashyijyicyira satani bakabyitirira Yesu none uyuwe arabyeruye kumugaragaro.
Toka kwajina Ra yesu
Mbabajwe n ababyeyi bawe disi bararumbije disi😢imana igutabare nawe si wowe
Muzigukina film uko nugushaka kwamamara gusa ntimukatubeshye
Toka shitani mu izina rya YESU CHRISTO w'i Nazarethi.
Koma shetani kwa jina la YESU
Kubera Ibyo ngomeje kubona aha ndabona nagikomeje kubakurikira kwamamaza umwijima sidabona mwamamaza umucyo
Ati ndabikunda cyane kwita lusifa😂😂😂😂😂
Abazimu bashye nawe ntago uzi ibyurimo ahubwo imana igutabare kbs🙏🙏🙏
Uravuga ibyutazi rwose
Mwizina rya yesu toka shitani ,abo bazimu bakuvemo
Thanks for it
Bact uranyica,,,,ndakwindira cyane
LUCIFER s'izina ribi ahubwo ryabaye ribi kubera ibibi yakoze nibyo akora ubu ariko izina LUCIFER si ribi peee
Nikimwe nuko izina GORIATH cg YUDA benshi tutayitwa cg tuyite abana bacu kubera icyibi bakoze ariko ayo mazina ntaho ahuriye n'ibikorwa bakoze.
Abo tubyumva kimwe mumpe like
Mwizinarya yesu Imana ntacyiyinanira mubacunguwe namaraso ya yesu urimo Umwukawimana ukugenderere uzagarucye uvuga ijamboryi Mana Mwizinarya yesu kandi tuzajatugusengera Imana igutabare amiina
Imana igutabale
Afrimax mwaravangiwe🥺🥺 Imana ibatabare
Uyumukobwa nigipfu cane kandi imana iguharire kuko utazi ivyukora
Kw'isi hari umwana wubugingo nuwo kurimbuka niba ariyo nzira ntawamugarura kdi kuko lmana itajya ibura uko ibigenza niba ari uwayo hari umunsi azahura nayo ntawujya Alicia yamushatse
Ndabona ntazi ibyo musigaye murimo🙄
Muza yi reportinge peh..ubux ibi ni ibiki?
Wahisemo nabi mukobwa. Sanga Yesu niwe mahitamo mazima utagukoxa isoni. Naho gutyo ni ukwandagara.
Pole Sana Kuna siku utaokoka tu
Oooh my God
Umunefrimu, uragowe gusa.
Uyumukobwa numuhanga cyane afite philosophy yokurwego rwohejuru udashaka gutekereza ngo wanalyse ntiwamwumva gusa numunyabwenge cyane courrage mukobwa muto
Koma shetani kwa jina la yesu
Yesu agutabare wamukobwa we kuko ntabyawe yobu 28:28 (kubaha uwiteka nibwo bwenge kandi kuva mubyaha niko kujijuka
Nushake uziyite igicyi ntago uzamamara ntanagaciro uzagira kuko satani kugwa kwe kwabaye kurekure ubonye uwo wiyitirira ,😔😔😔ufite nicyangiro wogacwa weeeeeee Unyarukire muri comments urebe
Back nawe ibibintu wamamaza ntamusaruro afrimax yabaye iyamafuti gusa nawe bizakuyobera
Mwizina rya yesu
Ibisambo bibili k'umusaraba byombi haricyo byari bizi k'umwami wacu Yesu.Ariko icyahinyuye ubuntu mu gutebya cg guha agaciro gake umusaraba cyabiguyemo by'iteka ryose.Gusa Imana niyo mucamanza ariko iyuvugira satani uba uruwa satani.
Ariko urumogi nirubi nukuri kwimana umuntu muzima yiyita satani urakabe umugore we gapfe
Ohh elle est très belle
🔥🔥🔥🔥
Puuuuuuu potea mw'izina rya yesu
Courage .n'amahitamwo yawe.
Keeping other factors a side ....she has a good voice.
Mw’ijuru ntabwo Satani ajyerayo kuko ari umumarayika wasuzuguye Imana ajugunwa mw’isi ngo ayobye abantu bazabone abo barimbukana,nicyo kiremwa cyakatiwe gupfa burundu,nta pardon.Azashya iteka ryose.
Warabananiye baraguhevye
Afirimags rero murimbura mukoro pe mbese mwabuze amakuru arimo ibyururutsa imitima cg bihumuriza kuruta kuzana satani abapfumu ngaho nyumvura munjye muvana amanyanga Aho mwizina rya yesu ibyo ntagaciro bifite
Ngiye kugusengera kugirango Imana izokugendere umusi umwe kandi nawe siwewe uraboshwe n'umwami wawe satani. Yesu akubohore
Ariko haracariho amahirwe kuri twese kugarukira Imana .
Ivyo uvuga ko utarabona Imana
Ntuzigira uyibona utayirondeye
Kandi ntuzigera utahura Imana nubwenge bwawe.
Ivyo urimwo ntubizi pe
Haracyari amahirwe..Fame iratuma twibajyirwa uwaturemye pe
Biteye agahinda.
Nkawe baiti urikwiyangitiza cano imanizakwambitimigisha yaguhaye nkuyu ntakiganiro ubugombakumuha