KURI ADEPR GASAVE BAHAGARITSE UBUKWE K'UMUNOTA WANYUMA 🥹🥹🙆
Vložit
- čas přidán 28. 06. 2024
- #KundaUbwengeTv_0788596931
Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho, ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n' ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda cyangwa se wifuza kudutera inkunga yaba ibitekerezo ndetse n' iyibifatika
waduhamagara cg ukatwandikira kuri +250788596931
Nyibibona Kombona bamaze gusezerana nicyicyindi bahagarika cyikabuza ubukwe kuba🤷♀️
Nimugende mwiyubakire urugo ubundise gusezeranira muri adeperi nibyo byubaka urugo? Imana ibane namwe
Ese ubu muri ADEPR nta emergency case ibaho ngo bicare hasi bayifateho icyemezo???
This is insane at all.
May God bless this Pastor ❤
Imana ibubakire ikoze isoni iriya ndyarya pe. Ese kuki abantu batewe nishyari we? Imana ijyere kuwo washatse kwica ubukwe.
Imana ihe uyu mushumba umugisha nukuri
ADEPR ntiyemera Divorce kereka uwo mwasezeranye mbere yarapfuye ashoborakuba yaravuze ati ndacyahari kandi nasezeranye nawe
Bishingiye ku byanditswe byera(Malaki 2:13-16; Matayo 19:9; 1Abakorinto 7:10-11)
Uko ataye umugorore wambere amutanye abana nundi ntazabura kumuta.
Imana ishimwe ihabwe icyubahiro
Muri nabeza maze muhumure mama❤
Imana izabubakire bazagire imugisha
Icyo imana yasezeranyije umuntu iragisohoza,
Dukomeje kubashimira mwese k'ubwo gukuricyira kunda ubwenge tv muhabwe umugisha❤
Nyama Adpr nayo ishyigikira abanyamatiku ubuse koko uyu mugore yikojeje iki ko birangiye bashyingiwe
Mujye mujyana ubwo buhemu muri ibyo biryabarezi zi Adeper ntishyigikira amafuti
Mbega weee😢🙆🙆🙆🙆
Nashimira uyu Bishop ko yabasezeranije kuko ibyangombwa bari babyujuje izindi mpaka cg imanza zabaho ntabwo zaba zireba Itorero ryabasezeranije
NTA cyo kwishimira gihari
arko namwe mwabagabo mwe mujye mujya gushaka mwafashe ikemezo, ibintu byo kwirirwa mutandukana na bagore nushaka abandi ubwabyo nukutanyurwa, nimwe banyirabayazana kubera amarari muhorana adashira
bugomba guhagarara nyine ibibazo birimo bigakemuka, none se wibwira ko itorero ryanze kubasezeranya ntampamvu?
Aka ni akarengane nibakomere .niba ariyo yavuze izabubakira.
ADEPR Irabasezeranya mumagepfo ndahazi ariko bareba ikofi iyo utayifite bakubwira ko amabwiriza atabyemera
Sha pare
Ahaaa ubuse Koko nibyo nibibeshyo
Ariko amagambo bavuga basezerana bayaha agaciro 😢
Umugabo ntiyari yarasezeranye urupfu rwaraje se?ko usezeranya undi atarapfa
Rata Imana ibashoboze gukomera kumasezerano mwagiranye kd mwubake mutiyubakishije dore satani agira akabuno gato ntajya aburaho yicara, rero mwubakirwe n'Imana mudadire kd mwuka wera abijyishe uko rwubakwa Adeper yo muyibohokeho nakazi kayo kuko itorero riri mwibanga. Congratulations bajyeni beza
Muramutega iminsi ngo ntibazabana kuberiki? Imana igena igeno ryaba bajyeni mwari mwatumiwe ngo mutubwireko batazarambana? Muceceke aho kuko Hari nabantu bijyize ba hagayi muteza abantu iminsi yuruzerero nyamara ntibikuraho Sarah ko ariwe wavuzweho. Kwa vashiti byajyenze bite muceceke aho mwabazima Babi mwe😢
Kubwo agasuzuguro kumwami kazi vashiti havuyemo igisubizo cya ester
Ariko x aha ntabwo Ari kuri adpr gasVe murabeshy😊
EAR bagira bati itabivuze nonaha azahore acecetse
Abanyamatiku gusa
Matayo19:9
Ni ikibazo gikomeye pe ,niba baratandukanye nagakwiye kumureka bakisezeranira
Ariko c kuki ADEPR yanga gushyingira umuntu Amategeko yashyingiye? Ari jye namushyingira nshingiye ko Amategeko yamushyingiye. Nta yandi Amananiza
Na Leta ishobora kwanga kubashyingira kdi mu rusengero babashyingiye kubera impamvu!!
ADEPR ntishyingira umuntu utwite,uwataye umugore cg umugabo cg uwadivorshije kdi niba umuntu asengeramo aba azi amabwiriza.Ntabwo banze kubashyingira nta mpamvu buriya hari amakuru bahishe!
Bishingiye ku byanditswe byera Malaki 2:13-26; Matayo 19:9; 1Abakorinto 7:10-11). Niba leta ifite amategeko igenderaho, itorero rigendera ku ijambo ry'Imana. Hari abari kuvuga ko habaye divorce, ariko usomye neza iyi mirongo natanze harimo ko Imana itemera divorce. Sinshingiye ku idini nshingiye ku cyo ijambo ry'Imana rivuga.
Yego rata nibyo rwose@@christineumuziranenge3118
Itorero ADEPR ntago rikora ibyo ryikoresha bajyendera kubyanditse bavandi uwo uriwe wese ntago bagushyingira mugihe bakumenyeho amakuru atarimeza
😅.......,..........
Ge ndumva urikureba ndetse ukarengeera uruhande rumwe rw'umugabo, byaababyiza urebye kumpande zose rero, ese uyumugabo wewe ubu arameshe koko?!? Ahhaaaa mbiswa ma ingo zubu wagirango zihambyemo abasazi rwose!!! Gusa si zose ariko nanone nihafi ya zose
Mureke kuko nundi yarumugore yamushatse amubwira ko amkunda
Ariko ibyo muba muvuga ni ibiki? Ubuse wumugabo ko yantaye akajya gusezerana nundi ubu ntibubatse urabareka nyuma Imana ikishakira igitambo cyuwawe buriya abahari nibwo bibabaza ariko umugabo iyo umwirutseho abonako ntanundi warikukwemera bigatuma aguca amazi
Ubuse aha kuri ADEPER Gasave
ADEPR yanze kubasezeranya bakodesha umutekinisiye
@@isaiedushimimana6628umutekinisiye w umupasiteri?
Nihatali nn ko divorce itemerwa mugih muba mutabany neza nuwo mwashakanye woca uguma umwihomerako ?cnk wokwemera kwicwa ngo nuko divorce itemerwa?
@@myvenif3627 iyo abantu bashobora kwicana hashobora kubaho gutandukana by'igihe gito bakaganira bakumvikana bagasubirana bitakunda hakabaho kutongera gyshyingirwa.
Gusezerana bibera mu mutima wa babiri
Ako kantu nanjye niko nemera
Abakorinto1"7_27
Iyo imana yavuze irasohoza icyo abansi bakora cyose imana ntibura gusohoza icyo yavuze
Na paroisse ya Shyorongi kuri ADEPR Rwahi y'epfo barabaseranya rwose
😂
Ch ndabyemeye p
Mwiriwe ndashaka gusubiza uwowavuze ko adeper itemera Devorce.ibyouvuze sibyo abashumba barondora kubutoni mururembo rwarubavu umudugudu wa karumeri bashyingiye umudivorce.ndimukarondore kubutoni ibyosibyo hari nahandi.paruwasi yarugerero byarabaye
Nanjye uwo ndamuzi
Barabasezeranya rwose kereka niba hari ibindi bashingiraho
Nshuti kuba ikosa ryarakozwe hamwe ntibisobanuye ko byemewe,
Mwagiye mureka gushurashura. Nubwo bashyingiwe nubundi ntibazabana.
Kuberiki batazabana?
Ibi bizababere inkomezi izatuma ntawuzahemukira undi muzibuke indaro mwaraye mufatanye isengesho Uwiteka abakomereze urugo,ubuzima n,ubugingo.maze muzatandukannywe n,urupfu ❤❤❤♥️
Akabaye icwende ntikoga rata