MUGWIZA Azanye iza SABIN na Mushiki we Wamusebereje Mu Isoko😳Pastor Théogene| Kuri James na Oliver
Vložit
- čas přidán 29. 04. 2024
- Hari inyunganizi wifuza kuduha ku biganiro tubagezaho cyangwa hari Inkuru idasanzwe n'Ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri #Romeo_Janvier_0788257655
- Zábava
Mugwiza, ukunda kwigisha healthy life style ariko kabisa nawe, ugerageze uhindure life style kugirango ugabanye ibiro. Nakubonye bwa mbere muri za 2010, mu biganiro John Mugabo yatangaga, wari umu damu mwiza pe, uringaniye, utananutse utanabyibushye birenze. Tu etais tres jolie, sasa irwaneho!
Inama umuhaye ni sawa ariko physique ye ntuzi impamvu afata ibiro wenda ni stressé cyagwa ibindi bibitera kd harabantu bafata ibiro bitewe nuko arigukura
Kumyaka agezemo kugabanya ibiro ntibipfa gukunda nkabakiri bato
Facteurs zatuma we ibye bidahita bikemuka yarazidusobanuriye neza. ABAGWIZA nyabo barabizi uretse wowe ushishikajwe no kumucecekesha
Kubyibuha si ukurya gusa biterwa na facteurs nyinshi ntimukihutire guca imanzaaaa
....landi urusha nyina w umwana imbabazi aba ashaka kumurya.
Rubanda muvunywa n'ubusa😮 ibiro niwe bivuna, waje kumva ibyo avuga cg waje kumureba ko ananutse,... ubwo se uretse ubujiji uyobewe ko imyaka agezemo guta ibiro bitoroshye, ikindi ntiyagusabye kumugurira irindi ribaya😅, ariko niba umufitiye impuhwe, wamwihera da 😅ntawanga ijana murindi..🎉
Warakoze kuvugira abanyeshuri,ariko komerezaho wamagane amashuri yigenga aracyabyutsa utwana nijoro kabisa birabaje
Kuberako ubusanzwe nikundira kumva amagambo cg amazimwe iyo uyumubyeyi aje ngerageza kwicara nkumva😅😅😅
😂😂😂😂😂😂😂😂😂 Ndasetse koko
Hhhhhhhhhhh, amazimwe, nbegikijambo!
Ushatse kuvuga KO ari umunyamazimwe?😂😂
Nkunda ko uli positive n'ubusesenguzi bwawe.
Ndakwemera cyane ugira ukuri pe❤
Mugwiza sha ndagukunda cyane koko
Ati kashama kacero ntawe nkeneye
Uwo mukobwa ni umunyabwenge cyane
Vraiment
Ni wowe nari ntegereje😅❤
❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ariko theo ko imana yamwitwariye mwamureka akiruhukira mumahoro
Rega ntazindi nkuru nzima bagira nribareba ibifitiye société akamaro icyo bapfa nuko youtube yishyura ngiyo Africa yacu ntabwo twinaniza dukoresha ubwenge niyo mpamvu iwacu abavumbura ari bake .
Ibaze kuvuga murugo rwabana bangana kuriya ngo rwarasenyutse ukagira ngo nibo ba mbere bubayeho noneho uyu uvuga nawe yarasenye kdi niwe waje kubivuga none ari gufata umwanya kubandi.
Mama Mugwiza usigaye uza utinze pe😢
Muzabaze Murindahabi ibyo yakoreye umwana mwiza babanye agikennye mûri getho mbi cyane sha none ubu yamutaye nkishuka ishaje
Ariko wa mugore we na Romeo muri abagome n’abatindi gusa. Nizere ko mwe mutazapfusha cg ngo mupfe
Ntago uba wumvishe icyashaka kuvuga
Ubuze ko naka yapfuye siwe uba umwishe akariho karavugwa kandi iyi nkuru yabaye kimomo
Mugwiza ashobora nokubivuga kugirango imwinjirize kuko Nubundi abandi bayizi bazayivuga, bityo rero atireka mbyivugire ananyinjirize.
😂😂😂😂😂😂😂😂ni akumiro rwose
Umuntu bakananirwa kumuha icyo Arya ari munzu itagira amakaro yapfa bakaza kuyashyira kugituro atabibona ngo abashime batarabimuhaye ari muzima
Ndagukunda cane
Narontegerej ikiganiro cyawe
❤❤❤❤❤❤❤
❤❤
Mugwiza ndagukunda ibyo uvuga nukuri ibintu byo kujyana amakaro kwirimbi
Ese mucecu wariye
😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Mukecuru ni wowe wa bwangati we! Mugwiza wacu muveho nti muri mu rwego rumwe!
Ako kantu k ubwangati 😂😂😂😂 @@vyuguruzumwangumwereka
@@vyuguruzumwangumwerekaumuntu ufite abuzukurubu Ku mwita mukecuru urumva ari ikibazo ? Gutukana su muco mwiza noneho iyo murukanye koko mutaziranye muba mwumva bidaciriritse koko?
😂😂😂
Mugwiza abo bagabo babanyarwanda uvuga ni abacyera batarya amafaranga yabagore abubu ni ibisambo aragucucura ko akwatsa utazi kurindq ibye hari abiteguye kubirya 😂😂😂😂 nta rukundo rubaho umuntu akunda ibyo akubonyeho nicyo qtekerezako uzavamo
Uyu mukecuru yishyirahoweseeeee
Aho mperereye ico mwita abahegwe bagira ico bita chalets Nico baja gutekereza cânke kuruhuka
Mugwiza Wacu Sha🔥🔥
❤❤❤❤❤❤❤
Ariko ntavuga amazimwe rwose
Uwarihaga inzu yapfuye😢uwo ni Mutesi uvugiraho ??!!sha ubanza umuciye urwaho nawe twamubura YESU amurinde
Ariko muba kuri izi mbuga ? Nta mugore n'umugabo aba jeunes mariés baje barira ngo Umugabo wapfuye ni we wabarihiraga inzu none ngo Mutesi agiye kuyibasohoramo ? Ese kuki mukora ibishoboka byose mukazana izina rye no muri stories zitari ize ?
Erega amanyanga yose mukoresha mushaka ubwamamare twarayamenye. Ubwo uhurudutse uzana iryo zina ngo rikunde rivugweho. Ese pranks zarabashiranye ko musigaye mubunza izina rye nk'inya ya zigiye kubora ?
Kuba akoze ubusesenguzi bibaye amatiku? Reka turebe aho bigana
Egoko Nyagasani!!!!!! Abagore 4 !!!!! Ndumiwe koko. Uramenye utazampuza nuwo mugabo kuko ndumva ashaka gushinga uruganda rw'Abagore😂😂😂😂😂 ndumba ari UMWAMI Muswati
Mwanga ubuharike ariko mugacana inyuma. Ni byo byiza se ? Barakubwira ko na ba pasteri bibera muri za body to body massage. Ntekereza ko aho gukora ubuhehesi bweruye washaka bane
@@MonAngeGardien777 oya Mugwiza. Aho guheheta, cyangwa guharikwa, icyaba kiza ni ukubireka byose. Ntabwo ngewe nasangira, cyangwa ngo mpehehete.
@@user-zc2zr1gd3j Hari aho bidakubda rero kubera imyemerere. Kandi abantu bafite uburenganzira ku myemerere yabo ureke ibyo ubukristu bwimitse ku gahato. Président wa Sénégal afite abagore 2 kd arabyishimiye nabo narishimye. Mu gihe ibihugu bimwe byo ku isi bifite abagabo b'abatinganyi bashatse abagore b'abanyakiraka bahawe akazi ko kubeshya ko ari abagore babo kumbi abo baprezida bibera mu myoyo.
Ngaho abanyafrika nimuhitemo hagati yo kugira abaprezida baruhura abagore bose no kugira abaprezida bateza abagore bose akajagari barongora abagabo bagenzi babo. Erega ibi bintu ni serious issue !
Biryoha bisangiwe wangu nudaheheta wowe uwawe bazamuheheta nubundi bajye bamugupapura buhoro bucece burya guharika cga guhatikwa ntacyo bitwaye nta busambo buba burimo
@@bampiriyegaudence7308 yeweeev!!!! Wa mugani bazajya bamu papura😟😟😟😟ubu umuntu yakora iki koko?!!!! Noneho urampebuje. Ariko kandi ibyo umbwiye ni ukuri ko nazamupaoura😟😟😟😟reka nkomeze nirerere abo mfite
MUGWIZA NDAGUKUNDA ARIKO UREKE PASTEUR THEOGENE KUKO IBYO YAKOZE BYIZA BYARAMUHEREKEJE KANDI IMANA YARAMWAKIRIYE GABANYA GUTWIKA
Ntabwo yavuze nabi pasteur theogene ahubwo iriya mpano yahawe niyo yavuzeho kandi abantu benshi bahatubga agatoki
Ese impano yayihawe nande Kandi hehe?@@bampiriyegaudence7308
Wasanga ariyo bamushikishije Mana ifaranga risigaye rivakure
Nawe sinjya nkumenyera kuko nawe inkuru zikuzimu uzigiraho amakuru nkumwambasaderi waho iyo umuntu apfuye numunsi we uba wageze sinzi ko haricyo umuntubyakora kubuzima imana itasoje mujye muvuga muziga ibi muvuga bibikwa kuri server nini bizabikwa igihe cyaze umaze gukura wamubyeyiwe iyumuntu akuvuze mbona usara ariko umunwa ugira kubandi shia nawe umunsi wagezweho abadaimonu ukorera bazaguhemba ngo kuko ngo wabaye umurasta harya yewe hatana
Mwaramenyekanye ! Mureke inkuru z'ikuzimu n'imikorere yaho tujye tubimenya. Kuko mwari mumaze kuzengereza abantu mubaroga basinziriye none Mugwiza araza akabakangura. Ni cyo kikubabaje se ? Shame on you 😮
Erega ntiwahangana n'umwanzi utazi amakuru ye tugomba kumenya imkkorere y'ikuzimu ubundi bagaba ibitero bagasanga tubiteguye tukabata muri embushi abazimu tukabazezengeza niko bimeze
ARIKO UBWO UBAHOYE IKI!?NDUMVA URENGEREYE CYANE PE
Ese ubundi harumugore yavuga kukarubanda ko yasenye??ni mayibobo ntakindi
Uyumugore numugome,numunyeshari atavuze Theogene Inzahuke,Mutesi,Sabin ntamahoro yagira ,urwango rwarakokamye gabanya,nawe wirengeje umusaza se wabana bawe .
Kagire inkuru rero ! Mugwiza se ni ibihaha ? Umugabo we yararwaye igihe kirenga imyaka 3 arigendera ntabwo yapfuye urupfu rutynguranye. Kd ntabwo yigeze aza kwiriza ngo amusabishe avuga ko arwaye. Non yaramurwaje afatanyije n'abana be arabyimenyera ntimugaterane urubwa. Ubwo nyine kuko mutamubonye aza kumusabisha ni yo mpamvu mumusenya ariko ni intwari. Byose yabigiyemo gitwari ashyingura muri Covid afashijwe n'inshuti nke. Abisobanura nyuma nabwo babimubajijeho. Ariko ntiyashatse kuririra ku burwayi bw'uwo musaza ngo asaruze amamiliyoni. Reka reka muzamubeshyere ibindi
@@MonAngeGardien777yego rata avugisha ukuri ahubwo abo nibabandi bakunda iryarya ubwo ibyo yarazanye aziko ntawumuzi urakoze rata kudusobanurira
@@MonAngeGardien777Kabisa ni honnete uyu mubyeyi. Mu bantu bavugana nawe barabizi ko agerageza pe. Ese hari abaguze cya cyayi cye ngo baduhe feedback? Naho ni umubyeyi mwiza ugerageza kugira ubumuntu atanazi abo bavugana kandi avugana na benshi pe. Imana imuzigame.
Oya mugore wibaza ko uriko utera ikigongwe abantu ngo umugabo yagutaye nibindi nibindi uriko urasevya kazoza kawe abana mwavyaranye nuwo mugabo uzobabwira iki umuryango w,uwo mugabo uzowubwira iki ronderera ahandi kukoyoutube si irondero ryukugarukana urukundo murugo nimba hariho abo vyahiriye sibose bizohira
Mugwiza wowe ibyo wishoyemo imivumo yabyo izakubera iherezo ribi ritunguranye ndakurahiye mugore we dore ko wigize isandi bamenya!ni akazi kawe kandi umenye ko ibihe byihuta!ntacyo mpfa nawe.
Ahubwo wowe ufite agashiha ko amabanga y'ikuzimu kwanyu aba yamenetse ? Bimeze bite ko mwazuye imigara ? Ubwo ni gusa ?.
😂😂 mwitsetsa amabanga bayasutse hasi none imitwe barayeguye
@@jeaninemuhayimana Wababonye ? Nibaze cyane burya inyamaswa igiye gupfa abahigi bayirembeje irigaragaza noneho bakayica neza
Ndakwemera mugwiza urumuhanga cyane abakwita isandi nabadashaka ko uvuga ibisa nkibyo babamo bidakwiye courage
Ayi nyaaaa muhamwe hamwe tubanike hanze kuka rubanda amabanga y'ikuzimu ntabwo tuzayaha icyuho tuzayashyira hanze mpaka muhame hamwe umuyaga uhuhe turebe amabuno yanyu
Umucyo Kitchen TV 🙏
Mugwiza ikibuza umuntu kurimbuka, nukwizera Yesu Christo , nimuriwe tuzaca tujya ku Mana, niwe nzira, idini ninzira nini rimwe narimwe benshi bacamo ntibabone Christo wukuri ahubwo bakajya kurimbuka, nawe rero kurimbuka nubihunga uzahungire muri Yesu gusa
❤❤❤❤❤ Amen 🙏
yewe ni danger uyu mubyeyi namwandikiyekuri number yaduhaye angira umusazi
Mubijyanye nik subwo
Mukubashakira abagore na abagabooo😂😂😂
Umurozi n'umufana we bazahwana nk'amazi n'ifu. Niba uri mu bo yavuze bamwandikiraga bashyigikiye Mutesi ubwo nyine nawe wamaze kwinjira mu badayimoni bishushanya. None se ni gute umuntu yiyita umukozi w'Imana agakora amabara mukazanwa no kwamagana uwamaganye ikibi ? Ubwo muba mufashije iki nyiri ikibi ?
😂😂 urancanze Mugwi, gukunda no kurongorwa buriya ni bimwe wagirango waguye HS kiretse niba uwabajije atariwe yabajije HS.
Reka daaaa gukunda ni kimwe no kuringorwa ni ikindi gusa hati aho bihurira ariko hari naho kimwe kibura ikindi kigakomeza ex:ushobora kurongorwa n'umuntu udakunda ,ushobora gukundana n'umuntu ariko ntimuzigere murongorana ,ushobora no gukundana n'umuntu mukanarongorana ariko igihe mutagishoboye kurongorana mugakomeza mugakundana 😅
Wamugore cunga ivyo urik uvuga😢😢😢😢
Nawe ucunge ibyo wandika!
Mureke inkozi z'ibibi zose zijye ku karubanda nibikunda zihane. Kuki ariko mukundq guhishira abarozi ?
@@MonAngeGardien777yego ra umuyaga warahushye amabuno y'inkoko yaragaragaye kwa satani ibyaho nta banga tuzabigurira bahame hamwe tubanike
Ubu rero nuyu ngo numusesenguzi !
Ariko ubindi mwashatse indi mirimo ibafitiye akamaro mukareka ubusutwa mukuze.
Wa mugore we uri ikirumbo, ushaka wahagarika gucira abandi imanza
Karabaye koko😂 gute ukurikira ikirumbo? Ubwo busutwa ntukabwumve, abakeneye kumwumva bazamwumva
Wigize intyoza ariko ngukosore,nta Mutegetsi uba mu Rwanda haba Abayobozi
Ziba wa cyohe we ahubwo haba ibisambo nabicanyi ko numva se yabagize abantu ahubwo nibo ? Kuko umutegetsi cyera yari umuntu ariko ibiri mu Rwanda ubu si abantu !
Abayobozi bayobora inķa cga ibinyabiziga man mujye mugabanya ibyo
Twe tugendera ku mategeko abari mu nzego bitwa abategetsi abaturage bakitwa abategekwa bagahanwa n'amategeko niba wowe bakuyobora ubwo uti ikinyabiziga cga uti inka
Plz ubwo buyobozi bwanyu mujye mubujyana mu magarage cga mu nzuri z'inka plz plz plz
ugomba kuba uri inka!!
Njye mbona ntamusataniste urenze uyu mugore.
Muzambabarire mumbarize niba azi neza igisobanuro cya ririya jisho rya Horus yambaye ku kaboko.
Uyu akora ibyazi ninkumugore unnya ahetse,sinzi impanvu nishyizemo ko Ari bisexual
Woe ukivuga ko uri umukozi washitani woe mungwiza ntacyo uvunga go kinyubake mpumpe like abo tubyumva kimwe😢
Uzabyihorere kumwumva ubundi uba wafungiriye iki ikiganiro cye?
Ahubwo wowe baguhe unlike nyinshi kuko uvuze ubusa. Ntabwo yigeze avuga ko adorera shitani. Ahubwo mwebwe ni mwe mutarumva ko uruhande mwita urw'Imana ari rwo rwavangiwe. Nawe rero ukaza uti ahagarariye shitani. Vana kuvangirwa ahongaho