Ntabwo Imana idusaba IBIRUNDO: Ni ibihimbano byo mu Rwanda n'umutwaro ku bizera/Pr Deo Ntakirutimana

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 11. 07. 2023
  • Pastor Ntakirutimana Deo uyobora Intara y’Ivugabutumwa ya Mageragere mu Mujyi wa Kigali asobanura uko Ibirundo ntaho bigaragara mu byanditswe byera ko bikwiye gutangwa, ko ahubwo ari ibintu biba mu Rwanda gusa mu gihe gahunda zose z’Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi zigenwa na Bibiliya, Umwuka w’Ubuhanuzi n’Inteko Nkuru Rusange (General Conference)
    Avuga ko ari iri ibintu byahimbwe n'Umuntu umwe wo mu Majyaruguru y’u Rwanda ntaho ashingiye none byarabaye umutwaro ku bizera.
    _______
    Join to get access to perks:
    / @itabaza
    Click the following links to Subscribe to our Channels:
    ITABAZA Ministries: / @itabazaministries
    ITABAZA TV: / @itabaza
    itabaza.rw/​
    WhatsApp Channel: bit.ly/3ZlNuOJ
    Phone: +250 788 824 677
    Contact Us:
    Email: Info@itabaza.rw
    Facebook: / itabaza.org
    / itabaazatv
    Twitter: / itabazarw
    / itabazatv​
    IG: / itabazatv
    © 2024 ITABAZA. All Rights Reserved.
    ITABAZA is not responsible for the content of external sites.
    #ITABAZA
    #ItabazaTV​
    #ITABAZASermons

Komentáře • 292

  • @ITABAZA
    @ITABAZA  Před rokem +11

    Pr Ntakirutimana Deo uyobora Intara y'Ivugabutumwa ya Mageragere asobanura uko Ibirundo ari ibintu bihimbano biba mu Rwanda gusa mu gihe gahunda zindi zose z'Itorero zigenwa na General Conference.
    Wowe ubyumva ute?

    • @byiringirobosco
      @byiringirobosco Před rokem +5

      Simurwanda gusa nomuri RDCongo irahaba mujye mubanze mubaze neza.

    • @nkurangajoseph1976
      @nkurangajoseph1976 Před rokem +6

      Ibyo birinfo babirunze kangahe? Ese barundaga buri mwaka? Cg barunze rimwe gusa. Ibyo bashingiraho baka ibyo birundo ntaho bihutiye nibyo Abadive bakora.Ibyo bakora bizitira abizera kwinjira munsengero.

    • @radjabnshimirimana2077
      @radjabnshimirimana2077 Před rokem +1

      Ngo byatangiriye irwanda ngo ahandi ntabyo

    • @jeandedieudushimimana1516
      @jeandedieudushimimana1516 Před rokem +3

      @@byiringirobosco Ikibazo si ukuba no muri RDC biriho cyangwa bidahari. Ikibazo ni: Ese ibi bintu tubisabwa n'Ijambo ry'Imana (Bibiliya)? Ese hari abo tubisabwa mu mwuka w'ubuhanuzi? Mbese at least byemejwe na General Conference?"

    • @byiringirobosco
      @byiringirobosco Před rokem +5

      @@jeandedieudushimimana1516
      Sinangombwa general conference ngombwa nikimwe ""ijambo ry'lmana""

  • @diocresshabimana6646
    @diocresshabimana6646 Před rokem +8

    Uyu mu pasitoro akiyobora ASSA KIGALI abantu bakemangaga inyigisho ze none ashohoje ibyo bamuvuzeho. Yoroshyaga amahame cyane. Ihame ryo gutanga ni ihame mvajuru.

    • @yanartmel
      @yanartmel Před 10 měsíci

      Hahhahha abizerera mubikorwa mukozweho! Ntabikorwa bizotuma uja mu ijuru!!

  • @mwezwe
    @mwezwe Před rokem +6

    Pastor urikugumura abizera kd sibyo nahato!
    Yesu yavuze ko tugurisha ibyo dutunze ngo tubifashishe abakene, nuko rero icyacumi namaturo tuzabitanga n'ibirundo tuzabitanga ,
    Njye ndi umwizera woroheje gusa ndakureba nkatekereza imbaraga igusunikira guhinyuza Ijambo ry'Imana nkashishwa!!
    Baramu ntiyari umupagani byatangiye agambaniye itorero ry'Imana ryari mubutayu pastor ndakumenyesha ko urigutakaza indanga gaciro zagishumba,!!wize mumaturo urayahembwa none uyumunsi nibwo ubonyeko bidatunganye
    Itang 3:1-10
    Ndatanga inama kubizera bagenzi banjye Imana nivuga nyawufite ububasha bwo kuvuguruza ibyo yategetse
    Adamu yumviye inzoka ingarukazabyo tuzihagazemo
    Kg satani yanyuze munzoka uko ntabantu bariho icyogihe ubu anyura mubantu,mine maso,cyane

  • @diocresshabimana6646
    @diocresshabimana6646 Před rokem +8

    Gutegeka kwa kabiri 16:17
    Ahubwo umuntu wese ajye atanga uko ashoboye ibihwanye n'umugisha Uwiteka Imana yawe yabahaye.

  • @HappyCoralReef-jt5ii
    @HappyCoralReef-jt5ii Před 5 dny +3

    Ubu ni igihe cyanyacyo cyo gupima uko uhagaze mu byamwuka.
    Ntago ari igitangaza kuzabona bamwe mu bigeze bahamya ukuri baba abambere kukurwanya. Umunsi wawe uzasanga abantu bose baza kuri izi mbuga nkoranyambaga kugira ngo batere benshi urujijo.
    N.B: Itorero ryabadivantisiti b’umunsi wa 7 ryagize umugisha ukomeye wo kwakira umucyo wose Imana yatanze. Niyo mpamvu umudivantisiti wese uri maso ntago akwiriye kugira gushidikanya kabone nubwo bamwe mubavuga ko bitwa abakorera Imana batangiye gutera urujijo mu mitima yabantu.
    Mwibuke ko mu gihe giheruka Amateka aheruka ikibazo itorero rizagira ntago ari icyo abantu bari hanze y’itorero Oya rwose, ahubwo ikibazo rizagira nicyabimbere mu Itorero.
    Bavandimwe mu be Maso.

  • @niyojejoe5625
    @niyojejoe5625 Před rokem +2

    Ukuri kuzuye ku buriganya mwene muntu akoresha.
    Pastor turemeranya 100%
    Niba Imana ishaka amafaranga ngo iduhe umugisha iyo si Mana ni ikindi kitariyo

    • @gashemaisidore3455
      @gashemaisidore3455 Před rokem

      ibyo avuga nibyo pasteur nukuri ahubwo avuze bike haribyinshi ibirundo bitangwa nabizera bikubaka amashuri amavuriro ikibabaje ntamwana wumwizera wakwigira Ubuntu cg ngoyivurize Ubuntu habe1/2

    • @gashemaisidore3455
      @gashemaisidore3455 Před rokem

      ibyo avuga nibyo pasteur nukuri ahubwo avuze bike haribyinshi ibirundo bitangwa nabizera bikubaka amashuri amavuriro ikibabaje ntamwana wumwizera wakwigira Ubuntu cg ngoyivurize Ubuntu habe1/2

  • @user-sv2gb7yl5v
    @user-sv2gb7yl5v Před 14 hodinami

    Imana ituye muri twe. Kuyiriganya ntibibaho ahubwo habaho kudakizwa.
    Ibirundo ni igikorwa cyakozwe rimwe si ihame rya buri mwaka mu gakiza.
    Ubuyobe bwaraje pe

  • @samuelntawiniga6383
    @samuelntawiniga6383 Před rokem +9

    Ibirundo ntabwo bushingiye kuri Bibiliya. Mbona ari uburyo twigisha abantu kugura ubugingo buhoraho. Aho kwigisha. Ibirundo byakoreshwa mu maturo ariko ntaho bihuriye na kimwe mu icumi. Bamwe mu Badivantisiti bashyize imbere gukiranukira Imana utazi. Twigishe abantu kumenya Imana no kuyikunda. Pastor Ezira Mpyisi yavuze ijambo rikomeye ko ari nko gukama inka yapfuye. Nihabaho ububyuke, abantu bamenya icyo Imana ari cyo kuri bo bazakuranukira Imana. Ndemeranywa na Pst Deo Ntakirutimana.

  • @bayisengemagnifique5132
    @bayisengemagnifique5132 Před 2 dny +1

    Zakayo yashatse kubona yesu yishyura abo yambuye aranarenza woe ibyawe nugusang'Imana nubujura bw'icyacumi birahagije

  • @m_shyakaemmy469
    @m_shyakaemmy469 Před rokem +7

    Ibintu byo kuvuga ngo twariganyije Imana tubyishyure duhize sibyo. Kuko uko ibirundo byatanzwe siko tubyigisha. Njye singirana ikibazo n'ibirundo ahubwo nkigirana n'uburyo bikorwamo n'inyito bihabwa.

  • @jrdaninhokawala1158
    @jrdaninhokawala1158 Před rokem +7

    Ukuri kwahishwe igihe kirekire igihe kirageze ngo mugaragaze ukuri.bona niyo wabizira.thank u pastor.

  • @beatricemukandashimye533

    Komerezaho pastor ukuri kuryana mu matwi

  • @gashemaisidore3455
    @gashemaisidore3455 Před rokem +3

    ibyavuga nukuri pe pasteur Ari mukuri

  • @user-ld4st8ng5q
    @user-ld4st8ng5q Před rokem +3

    Pastor uvuze ukuri pe Imana igihe umugisha

  • @hopeministry2267
    @hopeministry2267 Před rokem +2

    Barakwirukana ariko uzahagarare ushikame kuko Imana izagutunga buriya wahaze ubukoroni bw'idini

  • @bimabeni1
    @bimabeni1 Před rokem +4

    Uyu muntu w Imana mukwiye kumufasha niba abayobozi be batamwumvishe neza.

  • @diocresshabimana6646
    @diocresshabimana6646 Před rokem +2

    Ko mugihe cya Isirayeli ko umutambyi yinjiraga ahera cyane mu kwezi kwa karindwi.Andi mezi yo ntabwo yabagamo imbabazi.

  • @faustinnizeyimana7505
    @faustinnizeyimana7505 Před rokem +4

    Tujye twemera ibyo Bibilia ivuga bavandi none x ko hari ibihugu byinshi bitanazi yesu tuzareke kumuvuga

    • @ndashimyeemmanuel7481
      @ndashimyeemmanuel7481 Před 4 dny

      None niba twemera Bible, kuki abagore n' abakobwa bajya mu nsengero bari mu mihango Kandi kizira( selon la bible?) kuki umuntu yiroteraho akabyuka akajya mu rusengero? Mwisoma ibintu buhumyi mukoreshejwe nirari ryanyu.

  • @user-sh8if9cp7x
    @user-sh8if9cp7x Před rokem +1

    Pastor Deo rwose Umuntu ukangurira abandi gukoraneza ....aba akorera Imana.

  • @user-yl9ky4uv6u
    @user-yl9ky4uv6u Před 4 dny +1

    Mutsengere kd muse bibiriya ubundi musabe mwuka abasoba nurire icyibibiriya igutegeka ndetse umutimawage ugahamanya ntacyo Bari cyukora ntimwite abigisha bomumitsi yimperuka ahubwo mwige kubana n,lmana nogusobanurirwa namwuka twasezeranijwe

  • @nsanzinezadieudonne1960
    @nsanzinezadieudonne1960 Před 5 dny +2

    2 Ibyo kungoma 31 muhasome murasanga Hezekiah yarategetse abisiraheri gutanga I BIRUNDO Kandi Imana irabishima! Baranasobanura ibirundo icyaricyo!!!

  • @ganzadickson5771
    @ganzadickson5771 Před rokem +6

    ibirundo bavuga ko ari icya cumi cy',ukwezi kwa kalindwi kongeraho amashimwe yibyo Imana yagukoreye mu mwaka wose

    • @HAGENIMANAJeandeDieu
      @HAGENIMANAJeandeDieu Před rokem

      babikura he se? ko aricyo kibazo

    • @jeandedieudushimimana1516
      @jeandedieudushimimana1516 Před rokem

      Ibyo bigahurira he no gushyiraho intego y'amafaranga umuntu agomba kuzana? Hari umuntu wagushyiriraho urugero rw'ituro ry'ishimwe ugomba gutanga? Cyangwa umutima wawe unyuzwe n'ibyo Imana yagukoreye ni wo ukubwira ingano y'ibyo utanga?

    • @mukabarangajacky7702
      @mukabarangajacky7702 Před 6 dny

      ​@@jeandedieudushimimana1516bagusubize najye numvireho

  • @twishimewilson9974
    @twishimewilson9974 Před rokem +1

    Ndumva ibyo Pr Deo avuga Aribyo. Nibinozwa neza bikumvikanwaho , bizakurweho kuko hari abagera mu mezi y'ibirundo ntibagaruke gusenga bakazaza byarangiye.

  • @ernestesibomana3779
    @ernestesibomana3779 Před rokem +2

    Nshuti z Imana uyu mugabo niba avugako bitangwa murwanda gusa. Byaba Ari ikibazo koko. Gsa cyaba gifite ababyaka kuko Imana yazabibabaza. Kimwe nuko tumenye ko Ari ikosa natwe tukabitanga twagibwaho n urubanza. Ark jye munenga ko avugako Ari ibyo Kwa hezekiya gusa. Kd bible arimo amabwiriza y Imikorere yacu kugeza Yesu aje.kuko bibaye Ibyo twavuga ko n icyacumi Ari icya merkisedeki gsa.

  • @PhilippeNiyibizi-kn5kf
    @PhilippeNiyibizi-kn5kf Před rokem +3

    ibyo yavuze ni ukuri kutagishwa impaka sibyo gusa ahubwo hari nibindi bizira bikorerwa mwimbere.

  • @bmwiseneza
    @bmwiseneza Před rokem +4

    Ikibazo: dusaba abantu imirimo batarasobanukirwa umurimo wuzuye utunganye Kristo yakoreye inyokomuntu birangira umuntu abonye ko ibyo arimo bidashoboka. Tureke gushaka imirimo mu bantu ahubwo tubabwire Yesu uwo ni bamumenya agatura muri bo ayo maturo nindi mirimo yose bazayikora.

    • @NiyonsabaEsther-h7m
      @NiyonsabaEsther-h7m Před 4 dny

      Abantu kugeza ubu ntibarasobanukirwa nicyo kristo ya koreye inyoko muntu ibitambo n,amaturo byarangiranye n,umusaraba agakiza Ni Ubuntu mtikagurwa cg ngo kagurishwe

  • @mutimuramupenzi1913
    @mutimuramupenzi1913 Před rokem +2

    Ibirundi ntabwo ari inyigisho yabibiriya niyabadive bo murwanda gusa.
    Kuberako abantu bigishijwe nabi bituma badatanga icyacumi. Nyuma itorero rikabwira abantu ko hari ukwezi kwimigisha nkaho kari ukwimivumo.

  • @mugiranezajean8426
    @mugiranezajean8426 Před rokem +2

    Amaturo n'ibyacumi Imana ntiyabishatse yateguye yesu numva abantu bakwiye kumenye icyo bibiriya ivuga kandi ntabwo bibiriya washakamo ibitari iby'ukuri ngo ubibone barayibeshyera ahubwo ntibafite mwuka wera!!! Heb.9:8-12 ubu dutanga ubufasha si amaturo kuko ibyo byari bifite iherezo ryabyo.

  • @wilsonadamo6735
    @wilsonadamo6735 Před rokem +2

    Ibyo pasteur avuga sibyo gutanga kuzana imigisha ibirundo biri muri bibiriya kandi abachristo twabitanze twarungutse muri byose pastor wibuza abantu kubona imigisha kuko ahubwo turakiba Imana ntituragera kurugero

    • @niyojejoe5625
      @niyojejoe5625 Před rokem

      Hhhhhhhh nuko rwose none c utarabitanze yarahombye ngo tumenye ko Imana irebera ku byo watanze?

  • @Y2k44LAFRIQUELIBRE
    @Y2k44LAFRIQUELIBRE Před rokem +1

    Ariko se umugani Pastor! Ko imisoro dutanga tubona byishi Leta iyakoresha! Burira bwacya tukabona umuhanda! Bwakongera gucya tukabona amashuri yubatswe na Leta biturutse kumisoro dutanga! Nanjye maze igihe nibaza amafaranga batwaka agatugambwenu mu madini especially iryo urimo kuvugaho , ajyahe! Uziko amatorero menshi afite intego yogutanga hejuru ya million 10 mukwezi kumwe! Kandi baradukanda tukayatanga! Kuko utayatanze ntibazagushingira ntanindi gahunda yidini bakongera kugukorera nkagahimano kuko nawe utatanze cya watanze make kuyo wari wasabwe gutanga! Ububusambo Leta ibukurikirano cyane cyane uku kwezi

  • @HAGENIMANAJeandeDieu
    @HAGENIMANAJeandeDieu Před rokem +5

    Ibirundo, Imana ntabyo yadusabye, abantu babitanga cyangwa bakabireka nta kibazo cyaba gihari. Iyo bigizwe umutwaro rero niho ikibazo kivukira

    • @diocresshabimana6646
      @diocresshabimana6646 Před rokem

      Umuntu wese ukoreshwa na Mwuka Wera iyo atanze abikuye ku mutima atinuba Kandi adahatwa
      Nemerako bitamubera umutwaro kuko ntawe bajya kwishyuza iwe ngo nuko atabitanze biramutse bikorwa nibwo byaba bibaye umutwaro.

    • @diocresshabimana6646
      @diocresshabimana6646 Před rokem

      Mbese ntanga icyacumi n'amaturo nk'iranutse?Niba atariko biri nkeneye guhindura icyerekezo.

  • @ConfusedCherryPie-pn4nj

    Shamwagiye mureka ntabwo Hezekiya yigeze yaka Ibirundo rwose

  • @uburezi7050
    @uburezi7050 Před rokem +1

    You're right brother. Biragoye kugirango bemereko ibyo bakuriyemo kdi barimo atari ukuri. BibiliyaYera ibisobanura neza, ibi ni ibihimbano by'abantu.

  • @diocresshabimana6646
    @diocresshabimana6646 Před rokem +1

    [7/19, 1:14 PM] MG.HABIMANA Diocress: 2 Timoteyo 3:16
    Ibyanditswe byera byose byahumetswe n'Imana kandi bigira umumaro wo kwigisha umuntu, no kumwemeza ibyaha bye no kumutunganya, no kumuhanira gukiranuka.
    [7/19, 1:14 PM] MG.HABIMANA Diocress: 2 Timoteyo 3:17
    kugira ngo umuntu w'Imana abe ashyitse, afite ibimukwiriye byose ngo akore imirimo myiza yose.

  • @user-yl9ky4uv6u
    @user-yl9ky4uv6u Před 4 dny +1

    Uzahakana nibitaribi nutareba neza uzaza nokurenganya ubwokobw,lmana

  • @user-sh8if9cp7x
    @user-sh8if9cp7x Před rokem

    Pastor Deo rwose Umuntu ukangurira abandi gukoraneza ....aba akorera Imana.
    Ikindi kibabaje Pastor Deo avuze abatinganyi, umuntu gusambana n'umugore wa se ....ngo ntibijyanye no gukiranuka....

  • @mauricetuyisenge2433
    @mauricetuyisenge2433 Před rokem +2

    @Itabaza thank you 😊

  • @jeanbaptistengiruwonsanga6219

    Ndumiwe kabisa biba mu Rwanda gusa?

  • @umuburowisiuheruka8935
    @umuburowisiuheruka8935 Před rokem +1

    Pasiter lmana iguhe umugisha cyane.gusa nongere mbivuge uzacecekeshwa,bakwirukane,bagerageze kuguha ibiguzi byinshi ngo uceceke.ariko humura ntuzagurishe ukuri kdi uzabaho .nibindi ujye utubwira rwose.

    • @SDA366
      @SDA366 Před rokem

      Umva pr DEO yongere amasengesho asabe imbaraga ahagarare Ashikamye kuko uvuze ukuri baramurwanya cyaneee

  • @user-mt2ie9pn8b
    @user-mt2ie9pn8b Před 2 měsíci +1

    Ukuri guca muziko ntigusha komerezaho

  • @akarabosifa2803
    @akarabosifa2803 Před rokem +2

    Mubyukuri abadive baritorero ryukuri Ariko ubu rifite ibihimbano byinshiiiiiii byerekeye kubyisi . Imana ntakiza nakimwe wayikorera ngo uguhe umugisha cg ngo ukubabarire gusa tubeshejwe nubuntu bwayo gusa ndetse nurukundo yadukunze kuva kera

    • @beauty2787
      @beauty2787 Před rokem +3

      Ikibazo nabayobozi itorero ryo rirera

    • @akarabosifa2803
      @akarabosifa2803 Před rokem +1

      Nibakomeze babarere bazabazwa na nyiri torero

    • @dusabumuremyiphilemon1655
      @dusabumuremyiphilemon1655 Před rokem +1

      Nanubu n.'iryukuri ntaryahindutse

    • @user-gi8rd4uq4o
      @user-gi8rd4uq4o Před 2 dny

      Nabisi,kdi nabo ubwabyo bigisha ibijyanye nibyobararikiye,pahulo ko yavugaga ubutumwa ntiyahindukiraga akanitunga,kgo ubutumwa bwiza butagibwaho umugayo,ntiyatwandikiye ngo tujye tumwigana nkuko nawe yigana kristo 1korinto 13:1

  • @Nkindinkindi
    @Nkindinkindi Před rokem +1

    Ndamwibuka Deo muri ULK mu mpanka z'abanyeshuli ku cyacumi. Abakoramontabure tumubaza niba koko Umushahara (Net Salary) ukwiye gukatwaho 1/10 nyirawo atarakuraho ibyawugenzeho (ubukode, ingendo, etc.) kugira ngo uboneke.

    • @felixbienvenue1348
      @felixbienvenue1348 Před 11 měsíci +2

      Ubundi se icyacumi ko gitangwa Ku byo wungutse . ubwo watangira net salary gute kdi hari ayo uba washoye ?

    • @Nkindinkindi
      @Nkindinkindi Před 11 měsíci

      @@felixbienvenue1348 umbaze nkubaze

  • @hakundimanajosue2714
    @hakundimanajosue2714 Před rokem +3

    Niba utazi ibintu ujye wicecekera .Soma 2 NGOMA 31:6-7

    • @venantnyandwi9391
      @venantnyandwi9391 Před rokem

      Yavuzeko Hezekiya wabivuze atari umutabyi cg Umuhanuzi

    • @HAGENIMANAJeandeDieu
      @HAGENIMANAJeandeDieu Před rokem

      Ntabwo gutanga ibirundo byigeze biba ikintu uwiteka asaba ubwoko bwe n'ikimenyimenyi abisrayeli babitanze rimwe gusa, rero ntabwo yavuze ibyo atazi

    • @jeandedieudushimimana1516
      @jeandedieudushimimana1516 Před rokem

      Surely! Gute ibintu byakozwe rimwe bikarangira byabaye igikorwa ngarukamwaka?

  • @niyomukizaazalias1502
    @niyomukizaazalias1502 Před rokem +3

    bamwirukane ariko avuzukuri.

  • @ellenuwimana1335
    @ellenuwimana1335 Před rokem +2

    Ufite ikibazo gikomeye Imana ikugirire neza ikwiyereke kuko ibyo uriho uvuga ntacyo byigisha abantu uretse gutera urujijo gusa Theologie wize ntacyo yakumariye pe cg wabonye diplome yincurano

    • @niyojejoe5625
      @niyojejoe5625 Před rokem

      Areweeeeeeee ibyo ni ukudashaka gukoresha ubwonko wahawe nshuti

  • @hakizimanaalphonse9743
    @hakizimanaalphonse9743 Před rokem +1

    PR DEO njye ntabwo untunguye. Gusa tekereza kabiri. Ntacyo bitwaye abamenye ukuri kw'ijambo ry'Imana gutanga batinuba kandi badahatwa.

    • @SDA366
      @SDA366 Před rokem

      Komeza ubwo buyobe uzareba icyo bizakuzabira ushaka wakwita kucyo or DEO avuga kuko kuba waratanze ibirundo binshi Umutima utarahindutse sibyo bizakujyana mu ijuru.ijuru rireba imico ni myitwarire y'Umutima wahindutse kubwa amaraso ya Yesu

    • @hakizimanaalphonse9743
      @hakizimanaalphonse9743 Před rokem

      Ndabona warabaye Yesu kuburyo umenya niba ntarahindutse mumutima.

    • @SDA366
      @SDA366 Před rokem

      @@hakizimanaalphonse9743 nshuti yange ijambo ry'Imana rizageza ryari kuvuga mukabyitirira umuntu abadiventiste tugendera mubyanditse handitse ngo niyo igomba kutuyobora ndetse na Muka wera rero nshuti yajye sinkuzi kandi nawe nabyo unzi ariko icyo nakubwira tabara ubuzima bwawe wongere amasengesho no kwizera kuko igihe turimo nigihe cy' urubanza aho burikintu cyose kirimo gusuzumwa kuri buri muntu wese naho kwiringira ibya bantu bakubwiye sibyo bikenewe muri kigihe ahubwo hakenewe kwiringira ibyo ijambo ry'Imana ryakubwiye vakumihango ujye kucyo isobanuye kandi mubintu 4 bizatera ishungura harimo nubumenyi bucye mubyi Mana rero no kubyiga bigira amategeko 1) ntabwo ijambo ry'Imana baryiga ko kumashuri ngo uri kubirepeta 2) ntabwo ijambo ry'Imana barisoma nk' imvaho cyangwa ibinyamakuru ahubwo usoma make ukayatekerezaho nezaaa ugafata umwanzuro utuje cyaneee ntakindi nakimwe utekereza uretse iryo jambo hanyuma ugafata umwanya uhagije ugasenga cyaneee kubwiryo jambo usomye Muka wera nu waryandikishije agusanga murayo masengesho akagusobanurira biruseho Imana iguhe umugisha nshuti yajye

  • @baganintwaritheogene8020

    Umugabo Hezekiya uramuz cyangwa ukuri nguhaye ni uko ukwiye kwisuzuma Kandi abaturwanya ni Abo munzu gusa hakenewe handitswe NGO Kandi KIMWE gusa ni ufite upfa ni itorero

  • @NzabavinyumaEmmanuel-ls5mz

    Urakoze niba gahunda yaba iba murwanda gusa?? Badukure mukayubi ndemerako wibutseko utatanze icyacumi ahahise ubonyuburyo wayazanana nayandi ariko ribe ihame rusange bitewe nigikenewe

  • @ukurikwijambodusoma1139
    @ukurikwijambodusoma1139 Před rokem +3

    Sindi umudivantiste ariko reka nibwirire abashaka ukuri kwibyanditswe bibiriya ivuga ibyacumi bitatu 1 icyacumi cya abarewi kubara:18:21 maraki 3:10 bagiherewe kuba gakondo yabo 2 icyacumi cyumusuhuke numunyamahanga gutegeka kwakabiri 26:12 mose yabategetse 3 icyacumi cyabafarisayo matayo 23:23-24 na23:2 byari byo mwisezerano rya kera umva icyo yesu yavuze kwituro ryimana matayo 4:32 mwitorero ryambere basangiraga ibyabo ibyakozw 4:34-35 Kandi tumenyeko ubutambyi bwahindutse abaheburayo 7:5-9 buriya ivugako abiringira imirimo itegetswe namategeko aribivume ukuri turakwisomera.

  • @samsonhitimana.-xd4rr
    @samsonhitimana.-xd4rr Před rokem +1

    Buriya ukuri ni ikintu gikomeye kuri benshi gusa iyo umuntu yisunze Mwuka wera ntatinya kuvugisha ukuri buriya Imana niyo mucamanza

  • @user-vz9fp5bs9i
    @user-vz9fp5bs9i Před rokem +1

    ndaje ntere agatebe numve ikiganiro neezaa noneho njye muri bibiriya ndebe icyo ibivugaho. Ndabona ifaranga rigiye kuzaturoha mu muriro twese. Yaba abayobozi yaba abizera tubigendemo neza.

  • @nsangiranabojackline2326

    Pasteur Deo yavuze ukuri kuzuye ntabwo bagenzi be rero bamushyigikira kandi asa nkaho abubikira imbehe twari dukeneye abantu nkaba bavuga ukuri

  • @niyigenatimothee7602
    @niyigenatimothee7602 Před rokem +4

    Niba birimuri bibiliya ndabyizera bitarimo sibyanjye

    • @beauty2787
      @beauty2787 Před rokem

      Noneho uzajya utera amabuye abica isabato nabyo biri muri bibliya

  • @tkofficial4188
    @tkofficial4188 Před rokem +1

    Igitabo gishya Inama ku busonga kitugaragariza ko atari ngombwa, ugarura ibyo wariganije igihe ubyibuka neza naho utabyibuka ugarukana umutima wawe

  • @sethnsenga8785
    @sethnsenga8785 Před rokem

    Mujye murunda muhabwe umugisha.

  • @NsabimanaTheoneste-ey8zg

    Ko abasaba abizera gutanga ibirundo babisoma 2ngoma 31,wekutabitanga abisomahe yerekane ?yerekane umurongo abihanisha areke amagambo

  • @hagumakwihalaurent7764
    @hagumakwihalaurent7764 Před rokem +4

    "Imana ikorera mu bikoresho bantu ; kandi umuntu wese uzakora umurimo wo gukangura umutimanama w'umuntu , maze akamutera imirimo myiza no kugira ubwuzu bwo kwamamaza ukuri ntabwo azaba abyikoresha ubwe, ahubwo azaba akoreshwa na mwuka muziranenge umukoreramo. Imihigo ikozwe mu bihe nk'ibyo , iba ari iyera ndetse iba ari imbuto iturutse ku murimo wa Mwuka w'Imana. Igihe iyo mihigo ihiguwe , ijuru ryemera iryo turo maze aba bakozi b'abanyabuntu bakandikwaho ko babikije ubutunzi bwinshi mu bubiko bwo mu ijuru . " , Ellen G.White, Inama ku busonga, p.281. Ese Deo aya magambo yaba yarabanje kuyasoma?

    • @Y2k44LAFRIQUELIBRE
      @Y2k44LAFRIQUELIBRE Před rokem +1

      Mw'ijuru hehe Muvandimwe! Niba uri umudive urahamya numutima wawe ko amaturo muriyi minsi akora umurimo w'Imana

    • @SDA366
      @SDA366 Před rokem

      Nshuti ibyuvuze ni ukuri ariko ubyumva nabi ntabwo uricyara ngo uyatekerezeho nezaaa ngo usobanukirwe nuburyo dukwiriye gukoresha umutungo dufite muri iyiminsi isoza amateka y' isi umva uko Ellen G white yavuze mu gitabo cy' inyandiko z' ibanze page67 Nabonye ko ubutumwa buvuga ngo; “Mugurishe ibyo mufite maze mutange ubufasha,”
      butatanzwe na bamwe mu mucyo wabyo uboneye, kandi umugambi w’amagambo
      y’Umukiza ntiwagaragajwe neza. Ntabwo umugambi wo kugurisha ari uwo guha abafite
      imbaraga zo gukora kugira ngo babashe kwibeshaho, ahubwo ni ukugira ngo ukuri
      kwamamazwe hose. Gushyigikira abantu bashoboye gukora bakaguma mu bunebwe ni
      icyaha. Abantu bamwe bagiye baba abanyamwete mu kuza mu materaniro yose, nyamara
      bataje guhesha Imana ikuzo ahubwo bazanwe n’“imigati n’amafi.” Icyiza kurutaho ni uko
      bene abo bari bakwiriye kuba bigumiye imuhira bagakoresha amaboko yabo “ibyiza” kugira
      ngo bamare ubukene bw’imiryango yabo kandi bagire icyo batanga cyo gushyigikira
      umurimo uhebuje wo kwamamaza ukuri kugenewe iki gihe. Iki ni igihe cyo kubika ubutunzi
      bwacu mu ijuru no gutunganya imitima yacu maze tukaba twiteguye igihe cy’akaga. Abantu
      bafite amaboko atanduye n’imitima iboneyegusa ni bo bazabasha guhagara bashikamye
      muri icyo gihe gikomeye. Igihe kirageze ngo amategeko y’Imana abe mu ntekerezo zacu,
      abe mu ruhanga rwacu kandi yandikwe mu mitima yacu. {IZ 66.3}

    • @ukunzwenimanaolivier3284
      @ukunzwenimanaolivier3284 Před rokem +4

      Ikibazo si uguhiga cg kuba atarabisomye ahubwo ubuyobozi bw'itorero ubwabwo buturega kuriganya ariko nabo barariganya kandi na birasi cyane ubu mu migisho hari amagambo twasomye mu minsi yashize yavugaga kubyakozwe mu gihe cya TMI aho bavuze ko muri icyo gihe hatanzwe inkunga yo kubaka isengero igihumbi(1000) none nta narumwe rwubatswe ayo mafaranga yagiye he,ese ko cyera barundaga kuko itorero nta business ryagiraga ariko ubu rikaba rigira business ese ayo binjiza akoreshwa ate kuki barindira ko abizera baziyubakira isengero amavuriro nibindi munyuma bakabyiyegurira ngo union niyo igomba kujyenzura ibyo abizera bakoze mu butunzi bwabo kuki mu mashuri bubaha nta mwana w'umukene baha uburyo byibuze ngo yige ahubwo bagaturisha abakene bakubaka amavuriro umukene atazivurizamo kandi bitwa abakorera Imana bajye bajyenda nibo bariganya bambere

    • @ukunzwenimanaolivier3284
      @ukunzwenimanaolivier3284 Před rokem

      Sindwanya guhiga cg gutura ariko se ibihigwa nibiturwa bikoreshwa mu nzira ikwiye nkuko bibiriya ibivuga cyane cyane intumwa uko zabikoreshaga ibyasonzoranywaga ese ubundi isezerano rishya rirabyemera (ibirundo)

    • @jamesntaremusafiri5039
      @jamesntaremusafiri5039 Před rokem +1

      Ncuuti yanjye yanjye icyuzabazwa nuburyo wakinanutse naho abakozi bnabo bazabazwa ibyabo. Marayikka udasobwa yandika igikorwa. Cyaburimuntu

  • @Varisiti
    @Varisiti Před 4 dny +1

    nibyo dukwiriye kureka ukuri kukivugira kd ijambo rivuga ko igikenewe si amikoro,ababwiriza,abaririmbyi ahubwo ishaka abantu buzuye umwuka

  • @niyomukizaazalias1502
    @niyomukizaazalias1502 Před rokem +1

    nibyo rwose ibyobyibirundo nukwigwizaho umutungo nogutwara ibitemewwmwijamboryimana.

  • @user-sf9xx2pq1y
    @user-sf9xx2pq1y Před 4 dny +1

    Ariko ubundi niba ibirundi binariho wenda ununtu akaba yarariganije mugutanga icyacumi Nonese ingero zijyaho kuberiki kdi niba urugeri rwatanzwe rwagezeho undimwaka bazarukuba kabiri rwise ibyi tubina ntamwuka uburimo nuguhaturiza abantu iki ugasanga bagiye guhemba ababaye abambere haruwambere ubwo baba bahembewe yuko bagaruye ibyibariganije kukise ahubwo hatahembwa babandi batanze make nubundi kovaba barariganije make nibura bagahenbwako barimunziranzinza

  • @user-sh8if9cp7x
    @user-sh8if9cp7x Před rokem

    Pastor Deo rwose Umuntu ukangurira abandi gukoraneza ....aba akorera Imana.
    Ikindi kibabaje Pastor Deo avuze abatinganyi, umuntu gusambana n'umugore wa se ....ngo ntibijyanye no gukiranuka....
    Ikindi nikuki mwakumva ko Umucyo mwiza uhwanye n'umushake bwa Mwuka w'Imana utaturuka mu Rwanda?
    Uhereye kuri Luther hagomba kubaho new revelation igihe bitera abantu gukiranuka.
    Murakoze

  • @63291
    @63291 Před rokem +1

    Sami Célestin ,nukuzana Rwamapera akagira icyo abivugaho ,sinauheruka.

  • @twasenzimanagaston2114
    @twasenzimanagaston2114 Před rokem +1

    Biragoye kwemera ukuri utari umunyakuri pasteur ihangane ibyo bazagukora byose uzabyakire kuko biblia ivuga neza KO umwanzi w'umuntu ari uwo murugorwe,ese basobanura ukuntu ibirundo byabaye ngaruka mwaka ,ikindi iyo bibaye byinshi kuki badahagarika abizera bagurishije ibyabo ikinyoma bakunda indamu

  • @twasenzimanagaston2114
    @twasenzimanagaston2114 Před rokem +2

    Maraki 3 ni ikibando cyo guhondesha abizera abatazaba maso bazahura n'abungeri gito

  • @Evergreenplants581
    @Evergreenplants581 Před 9 měsíci +1

    Iki kigabo ni ikirezi ndakizi ni igipagani cya danger hamwe n'ikigore cy'igicuti cye cyitwa Jeanne Mujawingeri cyari gitifu w'akagali ka Kankuba cy'ikijura kibi cyane none barakirukanye. Ipuuu muzashya mwumve sha Yesu agiye kugaruka abashyire ku mugaragaro mwa nkozi z'ibibi mwe

  • @muhirejonathan3918
    @muhirejonathan3918 Před rokem +1

    Ko wakoreye ikiganiro ahantu hasakuza, biri kuderanja muvandimwe, byaba byiza ushatse ahantu hatuje

  • @niyomukizaazalias1502
    @niyomukizaazalias1502 Před rokem +1

    nashyirukuri ahagaragara ubusambo bukice mubanubimana.

  • @user-gv1lz8tt2i
    @user-gv1lz8tt2i Před 2 dny

    Oya past ibirundo biremewe ahubwo harub uburyo babisaba bagakabya!!!

  • @EmanuelNshimiyimana-fq9sb

    UYU MUPASTER YABAYE NKUMUSHIMU UKUWE MUMURIRO

  • @user-jn7li4wy4c
    @user-jn7li4wy4c Před 3 dny +1

    Gutanga ibirundo biboneka muri bibiliya njyewe ntanga ibirundo kukobimvuye kumutima kandimbanezerewe rero kwigiaha ibyongibyo so umwuka wimana mwirinde kurwanya itorero kuko umuntuwese atangenkuko agambiriye mumutimawe

  • @izerimanavincent7573
    @izerimanavincent7573 Před rokem

    Pr deo bigaragarako yemera ibirundo ahubwo uburyo bikorwamo Nibwo butamushimishije. Kwita ukwezi kwibirundo ukumugisha ntabwo bikwiye kdi ntabwo aritego gutanga ibirundo keretse uhamanya numutima namawe ko yariganije agomba kurunda. Mbona idini rikwiye gutanga umucyo kuriyingingo

  • @niyojejoe5625
    @niyojejoe5625 Před rokem +2

    Catholic yo yareruye yita mbene ariya mafaranga ko ari Ituro ryo gufasha kiliziya.
    Niba ari ituro ryo gufasha itorero nzayatanga ark niba binyuranije n'ibyo rwose Bayobozi b'itorero ndabahakaniye kuko ni ibihimbano mwishyiriyeho ntago Imana itubabarira kuko hari icyo twayihaye.

  • @Amafaranga300
    @Amafaranga300 Před 17 hodinami

    Amafaranga atarabaho abantu bakiranikiraga Imana bate?

  • @ngenziagape5929
    @ngenziagape5929 Před rokem +3

    Ibyo mwakwigira byose udafite umutima wabyo ntacyo byabamarira

  • @manirahofelicien3005
    @manirahofelicien3005 Před rokem +2

    Ninda wakeneshejwe nogutanga?

  • @Gaga-2020
    @Gaga-2020 Před rokem +1

    Pastor Komera pe.

  • @jeanpierrehabumugisha4227

    Pr simvuze ko ubeshya,ariko urasa nubikora,gusa ngiye gusesengura.

  • @umuburowisiuheruka8935

    Sha pasiter baraje bahite bakwirukana,kuko igihe kibirundo nibyo Koko bahita bahunga insengero....unva bazana ibintu byingero

  • @radjabnshimirimana2077
    @radjabnshimirimana2077 Před rokem +1

    Vuba cyane nicyacyumi
    Amaturo
    Ifunguro
    Umubatizo nabyo muzabiha indi ntera
    Niko ubuyobe buheruka buri kumera
    🤷

    • @jeandedieudushimimana1516
      @jeandedieudushimimana1516 Před rokem

      Aha turavuga icyo Ijambo ry'Imana rivuga ku bikorwa bikorerwa mu itorero! Kuko niba hari ibiza mu itorero bidashyigikiwe n'Ijambo ry'Imana; nta ho twaba dutandukaniye n'amadini yazanye inyigisho zitaboneka muri Bibiliya. Uretse ko iyo atari yo case ihari; kuko niba ibirundo bidatangwa mu badiventiste bose ku isi, bitaboneka mu byo twizera nk'Abadiventiste b'umunsi wa karindwi (bitari mu mahame 28 y'ukuri kwa Bibiliya twizera); ntibibe mu ndongozi y'itorero kandi ari yo itanga umurongo ngenderwaho w'itorero; none n'isomo ryifashishwa muri Bibiliya babisobanura bikaba bigaragara neza ko context yaryo itandukanye na context ibirundo bitangwamo muri iyi minsi; harimo ikibazo. Ibi ntitwabigereranya n'iyo mahame uvuze kuko yo ari evident muri Bibiliya, umwuka w'ubuhanuzi n'amahame twizera.

  • @niyigenasalud3548
    @niyigenasalud3548 Před rokem +1

    Wiyobya abantu b'Imana

  • @niyomukizaazalias1502
    @niyomukizaazalias1502 Před rokem +1

    gewe naracyenye kuberagitanga ibirundo none iyukwezikwa 7 kugeze sijyajyagusenga sengeramurugo

  • @cyamatareealexis1373
    @cyamatareealexis1373 Před rokem +1

    Uvuzukuri nubwo kutemerwa bwose

  • @niyomukizaazalias1502
    @niyomukizaazalias1502 Před rokem +1

    ibyavuganukuripe ububutumwa bukwirehose abadivantiste babyumve

  • @nyamirundigroupscolaireadv5425

    Mbona warayobyo utakiri mu byizerwa

  • @claudensabiyumva2112
    @claudensabiyumva2112 Před rokem +1

    Uyumugabo asubije ibibazo nibazaga kuberako niba dutanga icyacumi mubyo twungutse niwoe n,Imana nibazako utayibeshya ikindi kukijyanye nibirundo harukuntu harimo amanyanga kbsa kand biba mu Rwanda gusa ibintu byokuduhamagara ngo twitange rwose wap ntibiboneye bituma twumva duhaze insengero zikigihe kand mumenyeko Imigisha tuyibona burimunsi .

    • @hagumakwihalaurent7764
      @hagumakwihalaurent7764 Před rokem

      Ibirundo byanditswe muri Bibiliya. Ntabwo BiBiliya yanditswe n'abanyarwanda.

    • @beauty2787
      @beauty2787 Před rokem

      ​@@hagumakwihalaurent7764abandi badive mubindi bihugu ko badatanga ibirundo,nuko badasoma se😊

  • @ndayizigiyeedson3170
    @ndayizigiyeedson3170 Před rokem +2

    Ubutaha uzamutubarize inkomoko yo kubatiza gatatu uwatatiriye amahame y' idini, n' icyo we yemera ku kuri k' umubatizo wa Biblia.

  • @nepomwarimu8843
    @nepomwarimu8843 Před rokem +1

    Ubundi abadivantisiti bari muri benshi bitwa abakiriaito bayobye, ngaho kwihimbira inyigisho ,kwigisha amategeko aho kwigisha kristo kwizera inyandiko zabantu aho kwizera bibiliya ywewe .....

    • @m_shyakaemmy469
      @m_shyakaemmy469 Před rokem +1

      Kwihimbira?? Wowe urafata ibintu abantu bamwe bazanye ukabigira iby'itorero. Ntabwo nkuzo sinzi n'ibyo wizera ariko uzige neza iby'abadiventisti ushaka kubimenya Atari ukubinegura uzamenya ibyo bizera apana ibyo buri wese yigisha.

    • @Kubwimana321
      @Kubwimana321 Před rokem

      ​@@m_shyakaemmy469Wimufatiranya ngo ni uko atari umudive, njye nabakuriyemo mbatizwamo, rero ntacyo abeshye pe, abadive ntaho bataniye n'abagatulika b'i Roma.

    • @m_shyakaemmy469
      @m_shyakaemmy469 Před rokem

      @@Kubwimana321 Hhhh, ntabwo bintangaje kuvuga gutyo, ubwo wababayemo Uzi neza ko ibyo uvuga atari byo

  • @niyomukizaazalias1502
    @niyomukizaazalias1502 Před rokem +1

    ibyavuganibyo ndamushyigikiye

  • @daphroseuwingeneye9218
    @daphroseuwingeneye9218 Před rokem +1

    Yego paster uzadusobanurire no kucyacumi

  • @Nsengiauff
    @Nsengiauff Před rokem +2

    Itabaza TV harya mukorerahe ngo nanjye nzaze nunge mu ry'uyu mugabo

  • @mauricetuyisenge2433
    @mauricetuyisenge2433 Před rokem +4

    He's right 👍

  • @user-mt2ie9pn8b
    @user-mt2ie9pn8b Před 2 měsíci

    Nicyacumi na maturo mwisezeranorishya ntibyemewe .kiko yesu yatubereye igitambo nituro numubabwe uhumuraneza kd ibitambo na maturo ntiyabishatse ahubwo yateguye umubiri wa yesu .

  • @venantnyandwi9391
    @venantnyandwi9391 Před rokem +1

    Abantu babtizwa byo urategereza ko bagaruka ugaheba.

    • @SDA366
      @SDA366 Před rokem

      Biterwa nababishije aho kugirango babigishe Yesu na amaraso ye ahanagura ibyaha kumunyaha ngo bihane byukuri bakigisha ibijyanye nirari ryabo no gushyeshyenga abantu ngo bakunde bemere idini yabo kugirango nibabona bagwiriye babake icyacumi, ibirundo na amaturo ndetse nibindi ngo buzuze inda zabo usome Bibilia wumve uko ibavuga Matayo 23:15 cyangwa uhere uhere ku murongo wa 13 kumanuka nohasi witonze

  • @patienceniyonshima6426
    @patienceniyonshima6426 Před rokem +2

    Ubundi se Abantu batanze amafaranga agakora umurimo Pasteur bimutwaye iki ko ariwo yahamagariwe? Abantu basibywa nibirundo sabakene nabanga gutanga. Kdi abatanga menshi sibo babura minerval.... Ahubwo bibura kubera izindi mpamvu pee. Pr sinemeranya nawe

  • @bunaniismael-di9fw
    @bunaniismael-di9fw Před rokem +1

    Uwomucyo,murekeutambuke

  • @mukandayisengaclaudine6189
    @mukandayisengaclaudine6189 Před 8 měsíci

    Mwemurarira. Murunda1 kumwka muzabaze abatuye muburasirazuba Barunda2 mukwa7nomukwa2 gusanjyewe simbirwanyap nibamuxiko mwakoreje. Abizera
    Ibitabaho nurubanzakurimw. Gusanawe. Harubujyowarikubinyuxamop
    .warengereye. kandisinziko. Haruwagujije. Kigirango atangemo. Ibirundo. Umuntu.atanga.ukwashobyoye udaafite. Akavireka
    Wandagaje. Itorerop.

  • @hagumakwihalaurent7764

    Iyo umuntu ashatse kuyobya abantu , areka gusoma ibyanditswe, agakoresha amarangamutima ye. Ntabwo bavuga urwandiko rwa mbere rw'ibyo ku Ngoma , bavuga igitabo cya mbere cy'ibyo ku Ngoma, Ntekerezako uwo mugabo yakagombye gutandukanya Inzandiko zanditswe na Paulo , zanditswe na Yohana...... N'igitabo cyambere cg igitabo cya kabiri cy'ibyo ku Ngoma.

    • @jeandedieudushimimana1516
      @jeandedieudushimimana1516 Před rokem

      Uko yabyita kose ntibikuraho ibyanditswe. Simvuze ko mushyigikiye kuba adatandukanya urwandiko n'igitabo; ariko icyo si cyo kibazo nyamukuru. Ikibazo ni "Ibyo dukora tubifitiye evidences mu byanditswe byera?"

  • @uweracharmante2881
    @uweracharmante2881 Před rokem +6

    Ibirundo ntabwo aringombwa murikigihe rwose, noneho bibaza cyane iyo batangiye gushyiraho target, ese niba ibirundo ari ibyo wariganyije umenya gute umubare wibyo wariganyije ? Ibirundo simbyemera rwose.

  • @emmanuelitangishaka7266

    Uyu Mupasteur ashobora kuba afite indi mission itari iyi torero

    • @hagumakwihalaurent7764
      @hagumakwihalaurent7764 Před rokem

      Uyu ntabwo Ari pastor ni umukuru w'itorero. N'ubwo abyiyitirira, ntabwo aribyo.

  • @paxtvlive
    @paxtvlive Před rokem

    Gusa icyiza nuko ibyo arimo ari itangiriro ry'abandi nkawe mwibuke