Yewe kwigaragaza uko uri ni sawa đ„đ„đ„ buriya se agakiza kaba mu misatsi koko, twese turi abera n abaziranenge muri Kristo Yesu ariko muri twe turi abanyabyaha kubw uko twavutse. Kuba yasuka cg aatasuka uyu muvandimwe JBaptiste ni umunyabyaha ariko ni umuziranenye kubw amaraso ya Yesu. Courage Timamu jya mbere!!!
The only way to escape denial stage of trauma is to face the loss that you have experienced. The only to grow and heal is to be willing to look at what happened. The last things he need is the numb. When weâre numb. We donât feel life and We often shut down on those who need us
Icyo twemeranya ho ni uko umukristu nyawe atagaragarira mu nkweto, imyenda, imisatsi n' ibindi....ahubwo agaragarira mu bikorwa. Duharanire kwerera imbuto nziza bagenzi bacu n' isi yose muri rusange đ
Kdi timamu wacu rwose asanzwe ari mwiza cyane ari naturel. Kuva muri adeper ni droit yawe, ariko ibyo wakoze si ngombwa rwose, kereste niba wagirango adeper ikuzinukwe ikwibagirwe burundu, mbese uyiciyeho pe
Timamu,Yesu Aragukunda mwana w,Imana.Sabin,ADPR ntabwo ariyo izamugeza mw,ijuru.Wa mugani wa Timamu,gukizwa biri mu nyungu ze,no kubivamwo,ni uhombe kuri we.Mwivunika mu mutekerezaho,ahubwo mu musengere nimba mu mukunda.Igihe cyawe,si cyo cye Sabin.Ibihe by,ubuzima umuntu anyuramwo,biratandukanye .Kandi byose birigisha.Umucamanza ni Yesu, WE, ureba mu mitima yacu. Baho Timamu.Ntuzave kuri Yesu Kristo,kuko niwe Yirura imitima.
Timamu afite igikomere yatewe n'uwari umugore we n'abayobozi ba ADEPR uko yabizeraga siko yabasanze. Ndamukomeje kuko iyi ni trauma bamuteye kwiyakira biranga kuko uko yakundaga umugore we byaramushegeshe kdi ndahamyako n'umugore we yamukundaga cyane byicwa n'abantu. akwiye cancelling abone imbaraga zo kwiyakira. mais kugaragara mu isura atazwi ho ntakidasanzwe.
Be yourself, dear. Umwami Imana ntabwo yitaye kumadini, namatwaza yaryo cg Imyemerere, icyo yitayeho numutima. Niba umutima wawe Ukiranukiye Imana thats all you need. You are loved and blessed!
Timamu komera, ntawe ubangamiye muri hairstyle yawe, so reka abanyedini bavuge kandi ntubahe amatwi yawe n' umwanya wawe, n' imbaraga zawe... Ibuka ibyo Yesu yavuze kuba nyedini, wibuke na story ya the Good Samaritan, wabonye abanyedini bakoze iki? Wewe ukomeze ukora ibikorwa byiza by' urukundo, ukomeze wubaha Uwiteka..ntakindi agusaba. Merry Christmas & Happy New Year to you.đ
Timamu đ€Łđ€Łđ€Łđ€Łđ€Łđ€Łđ€Ł uzi ko bikaze đ€Łđ€Łđ€Łđ€Łâ€ïžâ€ïžâ€ïžâ€ïžâ€ïžđđđ so much.. tubisokoze uko byogoshyeđđđđ
I totally agree with your argument and I can't even judge you , it's only God to do so. But brother that hairstyle doesn't look good on you . They are so many styles zakubera hhhh.
Rata uri munyungu zawe n'igihombo cyawe kdi ubuzima ni amahitamo (gusa kujya mu ijuru nta formule on my side I can't djuge)! Imana niyo imenya iherezo ry'umuntu wese.
Timamu
YESU Aragukundađ
ALGA đ
Yesu aramukunda cyaaane
Ndababaye kubwa timamu
Timamu araberewe, je mbonye abantu babigaye ndatangaye, je mbonye yaberewe kabisa
Yesu ndizey kur muruhande gwabawe đutabagwe gose kuko Yesu aragukunda
Hari umuririmbyi wagize ati" Mwana w'umuntu nubona isi itangiye kugukomera amashyiđđuzibuke bya bihe wabayemo ntanumwe ukuziđđđburya Uwiteka niwe ushyira hejuru, ni na we ucisha bugufi niyo mpamvu yavuze ngo nugera I Kanani umaze kurya ugahaga ntuzibagirwe Uwiteka Imana yawe yagukuye mu gihugu cya Egiputa igukujeyo amaboko akomeyeeđđđ
Mwene Data Timamu .Indirimbo yawe"Humura mwana wanjye ibyuvuga byose ndabyumva......"yaramfashije cyane kuko nari mbabaye mu mutima.Ariko Ndabona Satani yakugiriye ipfuye ryinshi nawe yipfuza ko ufuta ubutumwa watanze.
Ibikomere mwahuriye mu murimo w'Imana ntibikakubuze kubandanya urugendo ngo wihebe kuko Yesu aracagukunda .Iwacu Ni mw'ijuru umunezero w'isi nuwakanya gato. Muganire na Theo Bosebabireba kuko gusubira inyuma kwiwe ntaco yungutse.Yesu aracaruhura abarushe n'abaremerewe musange arakuruhura
Ayiwe Mana yanjye Timamu azize icyi Koko,Data we ubuse uramurekuye koko?
Ayiwe Mana yanjye Timamu azize icyi Koko,Data we ubuse uramurekuye koko?
Nukuri Wirekura sha! Imana iguhe izindi mbaraga, Ubutumwa watanze muri Humura Mwana wanjye bwo kujya buturemesha ngo wowe ucike intejye, Soma zaburi 91: 14
Iyo umwe asubiye inyuma amarira aba menshi mu ijuru...ndababaye,ndababaye,ndababaaaaaaaaaye cyane
Yewe kwigaragaza uko uri ni sawa đ„đ„đ„ buriya se agakiza kaba mu misatsi koko, twese turi abera n abaziranenge muri Kristo Yesu ariko muri twe turi abanyabyaha kubw uko twavutse. Kuba yasuka cg aatasuka uyu muvandimwe JBaptiste ni umunyabyaha ariko ni umuziranenye kubw amaraso ya Yesu. Courage Timamu jya mbere!!!
Timamu afite trauma⊠stage arimo ni Denial! Sabin wowe umwegereye wamugira inama yo kwegera umu therapist! Imana ibimufashemo
True observation... only God
Uko nukuri peee
Theb
The only way to escape denial stage of trauma is to face the loss that you have experienced. The only to grow and heal is to be willing to look at what happened. The last things he need is the numb. When weâre numb. We donât feel life and We often shut down on those who need us
Ketia, can you please define denial for us then we can see what you are seeing. Please do shed some light on that knowledge. Thanks
Ibi ni ingaruka z'abigisha bigishije ijuru ry'umunyenga n'imigati ya Yesu! Iyo bikaze abazimize bunguri babivamo kuko batigishijwe ukuri...ntibishoboreye...
Abagezeyo baragwiriye, baranezererwa umwana w'Imana, abandi bari mu nzira. The last days.
Yoooo iyi ni dĂ©pression yigendera shenge aravuga nk'uwiyahurađđđđđ
Njyewe si ndi muri ibyo byo kugwa, ahubwo ikimbabaje ni rĂ©sultats z'amadini yananiwe kurera neza abana, bagakura babakangisha Imana y'urutoto bayibeshyera , umuntu yakura amaze gusobanukirwa agahura n'intambara z'ubuzima ntawe yatakira bityo agahitamo gukora ibyo yakuze bamubwira ko ari bibi.bivuze ko uyu Timamu yageze ku rwego rwo kurakarira Ayo madini none aguye mu kibazo cya dĂ©pression iri sĂ©vĂšređđđđđ
Uzagarukire Imana n'a ThĂ©o yaragarutseđuyigirire ikizere izaguhe amahoro y'umutima, Kuko mpamya ko mu mutima wawe udatuje ahubwo umusego uraraho niwo ubiziđđđđ
Violette MUGISHA@ â
@@mukundwa8071 reba ikiganiro yakoranye na Chita, urisubizađđđ
Yobu 4:3-7
[3]Dore wigishaga benshi,Kandi wakomezaga amaboko atentebutse.
[4]Amagambo yawe yaramiraga uwari ugiye kugwa,Kandi wakomezaga amavi asukuma.
[5]Ariko noneho ni wowe byateye kandi urihebye,Bikugezeho nawe uhagaritse umutima.
[6]Mbese gukomera kwawe si uko wubaha Imana?Kandi inzira zawe zigororotse si zo ziguhesha ibyiringiro?
[7]Ibuka ndakwinginze,Ni nde wigeze kurimbuka atariho urubanza?Cyangwa hari ubwo umukiranutsi yaciriweho iteka?
Ibi babyita kwiyambura ubushwambagarađđđđ đ
đđ€Łđđ đđ đ đ đ đ
Timamu ibyo akoze haricyo Bivuze
Abaye nkawamuntu ufata ibuye akaritera mugihuru kugirango arebe ikivumbukamo
ashaka kuvumbura iki se?đ€Łđ€Ł
Wowe wabimenye rata be blessed
Nibyo
Icyo twemeranya ho ni uko umukristu nyawe atagaragarira mu nkweto, imyenda, imisatsi n' ibindi....ahubwo agaragarira mu bikorwa. Duharanire kwerera imbuto nziza bagenzi bacu n' isi yose muri rusange đ
Umbaye kure
Ubivuze neza umuntu agaragarira mu bikorwa . Iyi myumvire yo muri Adeper irashaje , ntabwo imyambarire yabo ariyo ibagira abarokore , reka turebe ibikorwa byabo uko bimeze,?nimba hari idini ryari rikwiye gufungwa ni Adeper , abanyeshyari, kugira nabi , munyangire, inyungu, guca imanza etcâŠ
Timamu weeeeeee, itondere abakogeza bagukomereza mubikomere watewe nabantu bakwerekako ukwiye nawe kwisanzura ngo werekaneko utaruwi dini, timamu weeeeeee, uririnde utazacyurirwa ubazwa aho indirimbo ninanga zawe ziri, mbabajwe cyane no kukubona usutyo warabaye akahebwe no kuvuga ibyushaka ngo uje gutwika hashye, rindira ndahunga ibikwirukamo inkwi numuriri birinyuma yawe, ariko yesu agutegeye amaboko ngo akuruhure kuko urarushye pe.
Ceceka wa njiji we and Go fuck urself ...ubwo uravuga ibigambo watumwe na yesu? reba ibyawe ibya timamu ubireke
@@soniamurego1616 ni mwenese
Courage rwose Timamu ntawe ucana itabaza ngo aritwikirize Intonga kimwe nuko ntawe urizimya ngo rikomeze kumurika .Njyewe ndabona ntakidasanzwe yakoze kuko ibi bimufasha kwiyakira .
Hhhhhh Joël birakaze
Ingaruka z'ibikomere!
Ariko Yesu twamenye niba atadushoboza kwiyakira twaba turusha iki abo ducira imanza!?
Izi ni ingaruka z'ibikomere afite pe Gusa bazagushakire aga style keza kajyanye nimyaka ufite
Ukonukwihe amahoro Kandi ntamahoro yumunyabyaha Niko uwiteka avuga nubundi urumwiyemezi cyanepeee
Hhhhh Nibashake
Timam ntiyahemukiwe na Adeper yahemukiwe abamwe mubakristo bitorero, rero mushyire hasi itorero. Kd njye ubivuze ntabwo Adeper ariryo torero ryanjye, nukomeretswa numuntu ntibisobanuye umuryango wuwo muntu,
Rwose pe
Yesu niwe womora imitima ikomeretse kandi yajanjaguweđmwemerere akomore Timađnukuri niwe nshuti ihebujeđ
Wacanye umuriro koko ? Imana igufashe ntugutwike muvandimwe ubemaso satani atakuriganyađđ»ââïž.
Urabona se yashya inshuro zingahe?
đ€Łđđ€Łđđđ€Łđ€Łđđđ€Ł
@@impanoabrahaminemaeliseego9758 đđđ
Timamo weee gusa ufite uburenganzira kumubiri wawe nuwawe ariko nkubwije ukuri kuzuye tuvuye nokumadini nukuri urabihiwe pe cyane cyane inyuma kuba umustar nibisazwe ariko Iyondeba mbona igihagararo cyawe nukungana ibyo warukwiye kubirenga byaragusize. Cg warabisize
Kbs nukuri ntaberewe
Timamu nkunze cyanee ko utagumye kwihisha mu mufuka, ukemera kuba wowe, agakiza no kwisukura biratandukanye, Turagukunda kandi Imana iragukunda cyanee
Ariko disi biranababaje đ«đ«,sha Timamu iyo upfuma uva muri Adepr ,basi ukaguma usa uko waruri ,kuko idini nubundi ntawo rizajyana mw'ijuru ,ariko rero umugabo w'umunyarwanda asa neza cyane iyo ari naturel ,noneho nkawowe rero uratwumijeđđ
Kdi timamu wacu rwose asanzwe ari mwiza cyane ari naturel. Kuva muri adeper ni droit yawe, ariko ibyo wakoze si ngombwa rwose, kereste niba wagirango adeper ikuzinukwe ikwibagirwe burundu, mbese uyiciyeho pe
đđđ
Reka nduhuke Yesu ugira neza umuhungu wawe uramuzi mugirire nezađđđ
Izakudiha ubitegereze ubwonubwibone kd ngwimirimboyanyu siyokuboha imisatsi
Iyi vision ra. đđ€
Ariko agakiza iyo tuvuga ngo kaba kumutima gusa Niki?
Agakiza kameze nkuko umugore atwita, gutwita bibera munda, ariko ibimenyetso byuko atwite bikagaragarira inyuma(iseseme, guciragura ...) Ninako agakiza kamera, tukakira kumutima, ariko imbuto zako zikagaragarira inyuma.
Ariko nubwo bimeze bityo, urufatiro rw'Imana ruracyahagaze ndetse rwanditsweho amagambo avugango""Uwiteka azabe""
Amenaaa nkunze content yawe đđđ€©
@@kundaruthofficial7950 vugwa ngo Amen
@@umusarabatv8746 Amenaaa đđđ
Nonese imbuto ziba mu musatsi???
Umukiza Abe Hamwe nawe
Mbisubiyemo Umukiza Abe hamwe nawe âïžâïžâïžâïžđđ
đđđđđđđ.Timamu we,ni Aho ugeze!Ndababaye!Gusa mwene data icyo nzicyo Imana iragukunda Imana rero uko nyizi Aho kuguhomba izaguhombya!Ndakubwira ukuri sindi umuhanuzi ariko mu gihe kizaza uzamera nka wa mwana w'ikirara wisanze ari gusangira n'ingurube!!!Gusa Yesu agutegeye amaboko nugaruka azakwakira!!Bihe igihe gusa!!
Nibyo nukuri
Yewe,nakumiro pe,nawe ruriye abandi rutakwibagiwe
Timamu,Yesu Aragukunda mwana w,Imana.Sabin,ADPR ntabwo ariyo izamugeza mw,ijuru.Wa mugani wa Timamu,gukizwa biri mu nyungu ze,no kubivamwo,ni uhombe kuri we.Mwivunika mu mutekerezaho,ahubwo mu musengere nimba mu mukunda.Igihe cyawe,si cyo cye Sabin.Ibihe by,ubuzima umuntu anyuramwo,biratandukanye .Kandi byose birigisha.Umucamanza ni Yesu, WE, ureba mu mitima yacu.
Baho Timamu.Ntuzave kuri Yesu Kristo,kuko niwe Yirura imitima.
Erega ntawuzazira idini asengeramo, buriwese azazira ukwemera kuri muriwe. Si ndi umu ADEPR ariko, kuba mu idini iryariryo ryose ni amahitamo yaburi muntu, rero iyo uhisemo idini ujyamo ni uko uba uhamanya n'imyemere n'imyitwarire iri muriryo. Ntampamvu nimwe umuntu yakabaye yitwaza ngo yari yarapfukiranwe nkaho idiri ariryo ryamusanze aho kuba ariwe warisanze yabyihitiyemo. Kereka niba Tima hari amasezerano wari waragiranye na Eglise yawe ntiyubahirize. Kora ibyawe utekanye wegusebanya kuko, urufatiro rwawe rwari rwiza none utazavaho usoza nabi, Umuntu Imana imuhora isezerano yagiranye nayo. Byose wabitewe no kubona Idini nk'ahantu agakiza kawe kari nyamara siko biri, amadini ni addresses/urubuga dukiniramo mu busabane n'Imana.
Iyo muva murazikwiyorohereza igihombo nicaw. Iyurikuraja urahabona kanduzoshikayo tu
1 Nuko bene Data, ndabin ginga ku bw'imbabazi z'Imana ngo mutange imibiri yanyu, ibe ibitambo bizima byera bishimwa n'Imana, ari ko kuyikorera kwanyu gukwiriye.
2 Kandi ntimwishushanye n'ab'iki gihe, ahubwo muhinduke rwose mugize imitima mishya, kugira ngo mumenye neza ibyo Imana ishaka, ari byo byiza bishimwa kandi bitunganye rwose.
(Abaroma 12:1;2)
Ark wagirango aba christ bikigihe ntibagisoma ibyanditswe byera, nukuri Imana ikomeze idushoboze
Imana ikumpere umugisha kubwaya magambo
Timamu afite igikomere yatewe n'uwari umugore we n'abayobozi ba ADEPR uko yabizeraga siko yabasanze. Ndamukomeje kuko iyi ni trauma bamuteye kwiyakira biranga kuko uko yakundaga umugore we byaramushegeshe kdi ndahamyako n'umugore we yamukundaga cyane byicwa n'abantu. akwiye cancelling abone imbaraga zo kwiyakira. mais kugaragara mu isura atazwi ho ntakidasanzwe.
Aragifite ariko ibyonti yabibwira Imana kuko Imana iduhatira kwihangana mubikomeye gisa sina mucira urubanza nibyiza ubwo yeruye
timamuweee ndagusaba usenge wongere usenge nkuko imyukaturwananayo iturushimbaraga ariko yesu arihejuru yabyose gusa ijambo ryi mana dushoboreshwa byose na cristo uduhaimbaraga
Wa mu type we si nkuzi ariko ufite trauma si gusa !! Ubwo se wivumburiye nde???? Ufite ikibazo sha
Ibi nugusara pe!
Mwami yesu tumugushyize mumaboko n'ubundi naho azagucikira
Amaraso yawe amutwikire nzi neza ko umukunda cyane kuruta twebwe abantu
Nivyukuri twakijijwe kubw'ubuntu non dukore ivyaha kugira ngo bugwire??uwiyumvira kwahagaze yiyubare ntarwe!
Mwe n'Imana muraziranye kand iragukundađđ
Yewe nimvugo yawe
Yesu weeeee
Pastor Charles
Yaraguhemukiye se!
Ko winjiye muyindi isi!
Mbonye ugaruka mu nzu y'Imana usaba imbabazi kuko nawe urabizi ko ibyo urimo bitakubereye.
Timamu uzi gusobanura kandi uvuga ukuri pe!đ
Timamu nyumva nturakazwe nibyo ngiye kukubwira umbabarire ,ubungubu uri guseka unezerewe cyane namafiyeri menshi ,ariko ......ntacyo mvuze rindira gusa imana ntizaguhomba ariko izaguhombya byo byitege kdi ndikubyumva ,gusa ntunyumve nabi kdi ntuntekereze nabi ,Herode yazize kwimura Imana yishyira hejuru,
Noel Maniraguha@ Timamu mwimutega iminsi, ahubwo mumwumve, Timamu yabayeho akurira ari mu kiziriko n'iterabwoba rya ADEPR, bamuhahamura, kandi ntabone imbuto cg c umusaruro w'ibyo arimo, rero iyi ni Depression ariko reka akore ibyo ashaka abohoke, n'agacupa buriya arakagotomera!agahamba icyaka, niyinywere rwose, nyuma azashyira ku munzani, akore ibikwiye kandi bimuhaye amahoro! Nta kosa yakoze
Shalom Shalom , Muvandimwe Timamu , komeza utere imbere kdi ugumane ,ubusabane n'Imana yawe,gusa niba warakoze ibyo byose haruwo, urimo guhima, bizakuvuna mumutima cyane, ariko nanone nzineza ko wowe ubwawe numutima nama wawe, uzi ibyo urimo, so courage komeza ukunde Uwieka ariko wange icyaha bizaguunga muminsi irimbere.kdi ntukavuge nabi aho wakuriye
Erega nubundi igiti cyiza cyose kizamenyekanira kumbuto zacyo ,kandi iby'umuntu 'ari imbere nibyo biba inyuma Ndumva rero ntampamvu yogutinda kubyo umuntari kuko abana b Imana bayoborwa n'Umwuka bagasohoza iby'Umwuka ashaka ntibasohoza ibyokamere ishaka niba warahamagawe na Adpr nuko nyine uzasohoza ibyo Adpr ishaka ariko niba ari Yesu uzasohoza ibye kuko n' Abahanuzi n Intumwa bahuye nibibazo byishi nitotezwa ririmo basohoza umurimowiyabahamagaye bihanganira ibibagerageza byose abo nibo batubere icyitegererezo natwe
Feel you bro,just hangin there,depression ni rwaserera muvandimwe.
Nibakwirukana wiyizire muri Catholic nta satani tugira ndabeshya da ? niba mvuga ukuri munyihere like kk ntako nagize
@Alphonsine Uwamahoro barazubaha ark babashije gusobanukirWa no kumva neza ko imyambarire nimisatsi ntaho bihuriye nanyagasani
@@Cynthiakushi_7 volume nyinshi twebwe ntabwo tugendera kumarangamutima yinyuma kk Imana ireba mumutima w'umuntu ntabwo ijyendera kubyinyuma so turakwakiriye muri Catholic nanone situjya dukomeza ubuzima kk twamajije kwisobanukira
Ibuka aho wavuye ukagwa mbega Timamu reka nkugire inama nubwo utanzi kubivamo siwo muti kandi kubireka sicyo gisubizo ukuntu indirimbo zawe zihumuriza umutima suko wari kubigenza
Niyompamvu nshima Yesu watumye mbibanzamo ubu ntahamu yabyo ngira
matayo 12;43 âDayimoni iyo avuye mu muntu, anyura ahadafite amazi ashaka uburuhukiro akabubura. Akavuga ati âReka nsubire mu nzu yanjye navuyemo.â Yagerayo agasanga irimo ubusa, ikubuwe, iteguwe. Ni ko kugenda akazana abandi badayimoni barindwi bamurusha kuba babi, bakinjira bakabamo, ibyo hanyuma by'uwo muntu bikarusha ibya mbere kuba bibi. Ni ko bizaba ku b'iki gihe kibi.â
Nukuri pe
Timamu Imana ntitwaza igitugu iyo uhisemo neza Imana iragushyigikira ,ariko iyo uhisemo Nabi irakureka , iyonzira utangiye ntago arinziza usubize amaso inyuma urebe ibyo wanyuzemo numurongo warimo Kandi Umugisha uhagazemo wasanga ukomoka kumasezerano wahawe ukirimunzira wibuke ko Imana yambwiye abisilayeli ngo nibarya bagahaga ntibazibagirwe.
Ariko abantu ntibakagwe,ngo mwitwaze madini ngo ntiyabahaye care,gikizwa ni umuntu kugiti cye,no kugwa nikugiti cye,gusa Abazi Imana yabo bazakomera bakore iby'ubutwari !!!
Kbs ivyamadini bitwaza jew biranarya mumutwe ukanka kwambara neza ngonikubera amadini
Njye ndabona asekeje!!iby'amadini abivemo!!!kdi inama iruta izindi yegere DJ Brianne bakorane collabo kuko hari ibyo bahuriyeho.
Avuze ukuri đ
Yesu weeeee, ubwiza bw' Imana iyo bwavuye ku muntu asa ukwe ()
Timamu mubemaso
Yooooo timamu weeeee urabe maso umwanzi ataguca murihimyeđđđđđđđđ
Ubikoze ushaje disi!! Iyo mutangiye guta umurongo mwigira abayabwenge cyane đYESU
Akube hafi nshuti
Nibwo biryoshye
Amahitamo y'umuntu yubahwe đ Timamu đđđđ
Cyaneee
Guhitamo gusubira inyuma si sawa!
Si sawa si sawa
@@bizimanaildephonse6201 haha none se numwana kuburyo yaba akora ibyo atazi nimumureke buriya nicyo gihe cye
Yesu weeeee ndumiwe Timamu ibuka aho wakuye ukagwa.
Umukiranutsi mwiza nugwa akabyukađ„°Timamu mwiza nibakureke kdi Uwiteka azi abeđ
Nkunda indirimbo zawe,cyane cyane Nzahora nshima nubahe izina ryawe sinzabiterwa nibihe,byiza cg bibi kuko ibimbaho byose Mana uba wabyemeye...
Yesu weeeee đđđ Mana weeeee mbabarira utabare timamu ibinibikomere kbsđđđđ
iri ni ihungabana rwose lmana ikugarurire hafi pe agahinda karamfashe
Manayanjyeđđđgaruta Timamu mumurongo ndabiziko ucyicaye kuntebeyimbabazi yibuke ibihebyebyakera acyacyira yesu nkumukizawe
Timamu afite depression. Ntihagire umucira urubanza!!!
Timamu bihorere imana niyo izi abe
Timamu komera! Uri umuntu w'umugabo kbx. Abantu benshi bahisemo kugira inshuti nyinshi bibahindura kuba abanyabinyoma, iyo uvuze ukuri uba uvuze umuntu, uwo muntu yabaye ino kw'lsi yitwa Yesu, Yesu rero inshuti afite nke. Komereza aho lmana Iguhe umugisha!
Be yourself, dear. Umwami Imana ntabwo yitaye kumadini, namatwaza yaryo cg Imyemerere, icyo yitayeho numutima. Niba umutima wawe Ukiranukiye Imana thats all you need. You are loved and blessed!
Wenda tuve no kwidini wasengeyemo no nubuzima busanzwe ntamusore cyangwa umupapa wigizatya nge ibibintu yikoze ni byabatinganyi pe gusa umurengwe maze kubonako atarikintu ubu akakanya uribagiwe peeee Sha wagatwitse mubindi ariko ubunububwa mbankuroga ubuse niwigiribi umugore uzashaka azigiribihe
ibyo byanditsehe muri bibiriya muvandi ?
Ntagisa no kwisobanukirwa.. Kuvuga kwabantu ntago kwashira. Imana igukomeze..
Yego Rata Nubu Arakumva Bantu banyasani Uyumugabo Ijuru riramuzi cyaneeee kuruta uko m'Umuzi kd Rimukunda kuruta Uko mwamukunda muvuge Muziga
Nihitiraga Indirimbo ze Nzikunda kubi Nubwo Yagwa mucyondo sinamucaho mbisubiremo Umukiza Abe hamwe nawe bambe đ„°
ICYO mukundira timamu bakunda nguseka bikaryohera nkunda umuntu wirekura munguseka arikonawe ajyira meshi cyane cyane kbs
Wow! Be blessed uziko ntarinzi uwaririmbye iyo ndirimbo â€đ
Niyo wava muri ADPR ntabwo wakigira gutyo ubuse koko umugore wawe ko yagutaye akagenda ubu aho ari ntari kuguseka koko avugako yakize byinshi sh wishyize hanze .
Mubyukuri arabirangije yishyize hanze yerekanye ko uwari umugorewe yacyize byinshi agaragaje ubugabo bwe rwose
Niba nishyize hanze ndamaze hhhhhh
@@igihozotv6949 Imana ikube hafi
Erega ADPR ninkayanzira ifunganye abantu muba mufite imizigo myinshi ntimwapfa kuyinyuramo uko mwiboneye! niyo uhatirije ukanyuramo urakomereka cyane kwihanganira ibikomere byakunanira ugasohoka ugasubirana imizigo yawe rero nabandi muzanjya mubabona gacye gacye!
Ubundi se andeperi niyo izatanga ijuru Bo sabagwira bijyendera turabazi cyane timamu uzibere umuslm amenya ibye abarokore bajyira amangambo meshi
Imana ikwishire. Baho neza. You're so smart.
Yooooođđđđđđđđwatangiye neza none ushoje nabi disiđđđuburyo indirimbo zawe zanyu baste none yooo ariko mana yanjye shitani numuja peđđ
Ntimugacire urubanza umuntu kk ntabwo uziko Imana ntireba inyuma ireba imbere
Burya kabishwa umugoramwanze burya maze kubonako abagore barushye urarwbukuntu satani arikumugaragaza nibindurabitwereka burya ntamugore upfa gusenya ndabibonye pe umugabo ufitimyitwarirenkiyi ntimwabana ngobikunde
@@ICyambutv igo disi uribuka uburyo yaje agaharabika umugorewe ngoyaramunaniye ahubwo kandi ariwe kirara gusa nta nubwo aberewd yabaye rubi
Abadiyasipora baragowe buriya haruwagiye gupfunyikira buriya umugabo wananiranywe numugore ntiyubaka bitandukanye numugore umugore yakubaka ariko ikintu kimezuku nubundi kubaka biragiye haaaa
Jenumiwe koko
GUKIZWA NI MUMUTIMA NTIHAGIRE UGUCIRA URUBANZA. TIMAMU.
Muvyeyi timamu nukuri ibihe vyakumaze imbaraga yoooo ndababaye kubona usigaye. Umezukwo yooo imana. Yo mwijuru ni kurengere
Niko bimzeze ni mumutima . Ndahamya ko imyambarire yabo atariyo igatagaza ibikorwa byabo byiza , twagiye twumva ubuhamya bwo muri Adeper butari bwiza , iri ni dini rifite ubu menyi mugucira imanza abandi , ibikorwa ni zéro .
Timamu warababaye
Ibyo urimo kunyuramo ni imbuto zibyakubayeho.
Ndagukunda mba nifuza kubonana nawe tukaganira. Imana ibishatse tuzabonana.
Imyototere yuruhara ni imisoso timamu byatangiye kare ubona imyitwarire ye idakwiriye abubaha Imana none ndebera kweri garukira ho Sha isi btakiza cyayo
Bro proud of you đđŸđ do whatever makes you happy đđŸđđŸ
PAPA MUGISHA EP O3 : Maitre Nzovu Amukoreye Ubutekamutwe None Umugore Arasaze / Film Nyarwanda 2022
Yesu weeeeeeee
@@rehemagrace5198 whaaat đ
Yesu we
Umuriro wacanye uzawota wenyine
Niyompamvu atabakwiye kujajinga ukumuntu ari
đ€Łđ€Łđ€Łđ€Łđ€Łđ€Łđ€Łđ€Łđ€Łđ„°đ€Łđ„°đ€Łđ€Łđ đ đ đ đ đ ati uzawota wenyine
Wabanje ukamenya uwo wacanye niba uzawota ntugutwike nawe ukamureka akazimenyera uwe wa mucyamanza we??
@@trinajanetkirabo9853 đđđđ€
Namahitamo yawe papa icyonzicyo ntibyakunda kubakure y'Imana nukuri wakoreye Imana.komera papa uzakunde Imana nawe iragukunda
Ariko imana irakuzi iherezo ryawe ariko mwibuke kotwijyize kunganira ngaba kujya kumacano ntimwumva erenga uzibere umuslm byakubera ntawujyenda umuntu nkabarokore kuko byararajyiye barangutereranye cyane cyane
đ€Łđ€Łđ€Łđ€Łgusa nukuri biranryoheye kuba wemeye kwigaragaza uko uri,kuko harabahora bakwitiranya arikubu bakumenye uwo uriweđubona nabandi bacihishahisha boza bishira kumugaragaro nkakuno byaba byiza kurusha.abayisenga muburyarya buca bamaramara.
Jye ndabona ntacyo bitwayeđgukizwa ntaho bihuriye no kwiyitaho,niba bita kumyambarire ubwo ni gereza niho bambara uniforme
Nuko ye!! nonese urabona adafite ibikomere koko! gusa Yesu Christ aracyamukunda!!
Harya umuntu wiyirukanye aravuga ngo bamwirukane gute? Iyo umuntu adashaka gukurikiza amahame ngengamyitwarire ye,hari ikindi aba agitegereje? Uyu yamaze gusohoka muri ADEPR ahubwo arashaka kwanduranya ku abayobozi.
Timamu uraberewe Imana ikineye agakiza k'imbere apana physically. Kora ikinezeza umutima wawe, kunezeza abantu biragoye
Timamu komera, ntawe ubangamiye muri hairstyle yawe, so reka abanyedini bavuge kandi ntubahe amatwi yawe n' umwanya wawe, n' imbaraga zawe...
Ibuka ibyo Yesu yavuze kuba nyedini, wibuke na story ya the Good Samaritan, wabonye abanyedini bakoze iki? Wewe ukomeze ukora ibikorwa byiza by' urukundo, ukomeze wubaha Uwiteka..ntakindi agusaba.
Merry Christmas & Happy New Year to you.đ
Timamu đ€Łđ€Łđ€Łđ€Łđ€Łđ€Łđ€Ł uzi ko bikaze đ€Łđ€Łđ€Łđ€Łâ€ïžâ€ïžâ€ïžâ€ïžâ€ïžđđđ so much.. tubisokoze uko byogoshyeđđđđ
Timamu eeehhhh Yesu weeee Imana igutabare.niho nkibona ico kiganiro.iyo mosho ninyakuzimu nureke kwihagararako.aho gusaba isengesho ngo bagutenge.wariciroyeko Iteka naw.gusa niwahindukira Yesu aguteze ibiganza aracagukunda.
Courage Timamu we love You man
I totally agree with your argument and I can't even judge you , it's only God to do so. But brother that hairstyle doesn't look good on you . They are so many styles zakubera hhhh.
PAPA MUGISHA EP O3 : Maitre Nzovu Amukoreye Ubutekamutwe None Umugore Arasaze / Film Nyarwanda 2022
Timamu Yesu aragukunda,ufite indirimbo nziza kdi zirimo ubutumwa
Baho ubuzima uko ubwumva apana kubaho ukwo abandi bashaka big up timamu đ
Ese indirimbo irahoooo,yooo Mana Yesu agutabare kuko irya ndirimbo irimwo amavuta.Vyukuri imanukire kugutabara
Erega abisobanuye neza pe mbere yarameze nabi none ameze neza harumuhanga wavuzeko ubundi abagabo iyo umuhaye amafaranga ntago yihishira so nikokuri
Ariko mwagiye mwigira mukiliziya kwariho hataba ayo matiku yanyu, ngaho nyumvira ngo ntiwemerewe kwicarana nabandi bantu ngo nuko banywa inzoga, nukuri ayamadini yanyu nukuri ayamadini yanyu yabahinduye ibindi bintu muraboshye rwose!
The real Timamu
Timamuâs soul might have gone through some sorts of harsh troubles, Namusaba kureka guhora azana Adepr mubiganiro ahora atanga.
Very true
Nonese bamubaze aceceke yegusubiza ngo nuko aribuvuge kuri Adepr, niho yabaye ninaho yarerewe rero ibiganiro bye ntago byajyakure yubuzima yabayemo
Niba bamwe muribo baramubabaje wasanga kubabarira byaramunaniye.
Yooo,disi roho ye yaragiye,...ngo kunezererwa mwisi ,kdi turi mwisi dufashe igihe muntambara,ubuse ntago Azi ngo ntituri abacu ngo twigenge?
Mwicira Umuvandimwe urubanza. Musigeho ahubwo Bene Da! Ubu ashinze Nk'umuryango ufasha imfubyi; ukita kuncike; nibwo mwabona Ikibi cy'idini. Muzumirwa. Sinzi Umutima we ariko Nyagasani azamushyigikire mu ikiri icyiza no mucyagirira abandi Umumaro.
Yesu weee wabanje ibyumwuka none uherutse ibyumubiri iba urumwana wubugingo Yesu azongera akugarukeho
That's a depression and trauma 100% umez nkaho washyizeho ibyo bintu kugira bagenzi baw bab ADEPER babivugeho gusa nubw yab atariy mpamv ibyo bintu ntibikuberey p !sinjy ntang negative comments ark rws mvug ibintu uko mbibon
Kubera byo ntibimubereye , ark ntabwo agomba kubura gukora ibyo ashaka kuko umusatsi ntabwo ariwo ujyana mwijuru
@@uwerajuliet780 bihorere bajye bareba inyuma gusa imisansi se bitwaye iki niba we abishimye
@@mukundwa8071 bajye bareba abantu bahumeke kwizera nu kumutima wumuntu
Ese weho ibyufite uziko bikubereye cyangwa wabishizeho kuko ubikunze kandi wumva bitaguteye ikibazo so ntampamvu
Kandi amaso yacu twese ntareba kimwe kandi ntidukunda look zimwe ba uwushaka kuba uguhesha amahoro
Proud of you Timamuđđ€đđŒi totally agree with youđđŒ
PAPA MUGISHA EP O3 : Maitre Nzovu Amukoreye Ubutekamutwe None Umugore Arasaze / Film Nyarwanda 2022
Woow! Ndabikunze cyane ukuntu abanyarwanda turimo kwisobanukirwa tukava mumatiku ya madini. Ibyiza birimbere bro be blessed
Ntamufungo ubarizwa murusengera papađđđđ uwo ni Timamu
Hatwike hashye rwose
Yesaya 5:20
None se ko wamaze kwitenga utegereje ko bagutenga bagukuye he ko aho wagiye byarangiye.
Rata uri munyungu zawe n'igihombo cyawe kdi ubuzima ni amahitamo (gusa kujya mu ijuru nta formule on my side I can't djuge)! Imana niyo imenya iherezo ry'umuntu wese.
Timamu ndakwibuka kwa berinard mugihubira mgashyekero mundirimbo igikondo garuka yesu aragukunda
Buriya yihishaga mu idini byari bimurimo, biteye agahinda rwose! namubwira iki rwose akore ibirenzeho.
Mubure kumwegera ngomuramucira urubanz ikibazo camashengero ntibita kuba christo babo bafise ibibazo murabona uyu adafise dépression
Uvuzukuripe niyobaguhagaritse murusengero ntibagusura,ahubwobarakuvugacyanepe hubwobamubehafi timamu nakurikiye ikigarirocyambere,numvayarahungabanyecyane
To be honest Iâm not judging you ariko pee ntabwo bikubereye ntihagire ukubera kabisaâŠUberewe udasutse imisansiđ€Łđ€Łmedi my day kabisa đ€Ł
Yasaze ahubwo
Byatumye aba mubi cyane
Nibyiza kuvugisha ukuri byo ntibimubereye kumyakaye
Imana imurengere rwose birababaje đđđnutari umwa Adeper umuntu w.umugabo kumubona mu bisuko biba biteye agahinda ababishyiraho bajye bamenya ko Atari umuco nyarwanda
Ć€pĂČ