Murava yabatsinze mwabagabo. Umugabo ahebera umugore atagira bras de faire anezereza umugore. Umugabo asetsa umugore, amuha amuha ama compliments…nibindi vyinshi. Annette is very smart. Go girl
Umva gafaranga aragaraza ko umugore amukundira ifaranga ngo gitifu yamumenye kubera ibyo afite ubwo na neti nicyo cyamukuruye se numuryango we yewe urigucyurira umugore wawe pe ngo kumwambika ngo we yabishobora ahubwo uramucyuriye pe
Umuginga ngo ni Sabin yazonze Annet ashaka ko asubiza ibyo we ashaka kandi Annet asubiza ibye bya nyabyo , ariko biri kumuhata gusubiza ibyo bashaka kandi we afite uko ari kwiyumva ! Sabin wee wayobye wibeshye Annet ntabwo wamupangirq icyo kuvuga kuko we niwe wa nyawe rero ubutaha muzamworohere mureke igitugu mwa Bigabo mwe😂😂
Nothing a man can do to make his wife Happy without money 💴 💴💴💴💴💴 Kandi Annette urakoze barigirango uvuge private life Kandi sibyo Ariko Chita na Gafaranga ibyobavuze nukuri sha igitsina gore cyikikinyejana ntamafaranga Yewee akureba nkinyagasozi kbs 😂😂😂😂 GOD’S ON OUR SIDE🙏🙏🙏 👇
Cash ntabwo ziha umunezero umugore, ahubwo umugabo niwe unezezwa nuko afite ubushobozi bwo gukora icyo ashaka , ariko umugore we anezezwa nuburyo umugabo amuha agaciro , cash ziza arinyongera
Cyokoze gafara uyu mugore ni zahabu pe I love you murava❤
Aba Jo mwigaragaze aba Jo twins show 👍👍❤️❤️
Murava Mamie umugabo udafite amafaranga murugo ariyenza cyane ntanubwo wamushobora niyo wazajya uyamuha
Uko nukuri pe icyo ukoze kose ababona umusuzuguye
Uvuze ukuri koseee
Niko bimeze byo
Akant kos ukoz ahit akubwirak umusuzugur kuk akeny itek ahor abikubwir kusuzuguran nubw utab unabikor😂😂😂
Cane gose😅@@alees4907
Annette urasa neza cyane, Kandi ukunda Imana nkabigukundira
Aba Jo twins show👍👍👍mumpe❤❤❤
Ariko se Sabin kuki atareka ngo Anette asubize ahubwo akavugiramo
Muriguteranira murava knd arikuvuga ukuri ubundi singombwa amafranga haribenshi bayafite ark ntamahoro bafite ark nanjye kurinjyewe amahoro niyo yambere ubyumva nkanjye nampe like
Naringiye kuvuga namagara mazima ariko byose ubisanga mumahoro❤
Ayo mahoro yova hehe utariye,bagusohoye mu nzu?
Arega kwizera birarema ayomafaranga mwanayashaka hamwe kuko singombwa ngo umugabo Abe ayafiteharibyinshi cyane wakorera umugore wawe akishima ntamafranga kuko iyo mufite amahoro mushira hamwe mukanagera nokucyo mutarimufite knd mujyemwibukako abagore baba bagutse cyane kurusha abagabo niyompamvu mumyumvire yabagabo aramafranga aba arimo@@lambertvyizigiro9502
Oya kabisa ntamahoro waburaye ntimugatinye kuvuga ukuri .uwo numurenrwe sha bazobaze umugore yaraye ubusa yabuze ico agaburira abana ko yokumva umunezero wurugo wapi kabisa
Muzashake abagabo babanye neza mumunezero knd ntamafranga umugabo amuhaye ahubwo mwebwe bagabo nibyo mwisetingamo kobitashoboka ark birashoboka cyane knd mwebwe muyafite nimwe mutekereza gutyo@@NishimikijimanaBelyse
Yezu wanjye!ndumiwe koko!Annet Pole sana!urihangana ari jyewe naba nahagurutse nirutse kabisa!kandi ibyo wavugaga nuko wabuze aho ubivugira byari ukuri!amafaranga ntaho ahuriye n'umunezero!
Ngaho mushuke sha
@@1fille3😂😂😂😂😂
😂😂😂gafaranga sha nubwo ari debate wowe wabigize personal urimo gucyurira Annette ukuntu😂izo nkoko zawe zuzuye frigo baraziguha ari mbisi😂😂
Annette ufite ukuli 💯, ikibazo wahuye nacyo niyo debate wakoranye n'abagabo babakire!!! Iyobazakuba bakyennye ntibarikuba bavuga ayo!!!
Of course!!
None se ntabantu bibanira neza bakennye bakira bikanga
Bahagaze kumafaranga yabo nkaho ariw munezero arik batandukany ibyishimo namafaranga
Nabo barabizi kuko bakize vuba
Kwitwa umugabo nuko ahaza kwifuza kumugore gusa niyo umugabo atayafite ntibuze umugore kwihangana mukana neza csh sinzo zubaka hubaka guhuza kwabombi❤
Harimpamvu ituma atazana cash sawa arikumunebwe no
Aba jo turahabaye.
Cn❤
Gafara,uvuze neza cyane, bagabo mubanze mukunde abagore babone kuganduka, njya mbicuga abagabo benshi nibo nyirabayazana
Ngewe unyemerere nzaze tuganire kunyigisho zakwigishwa,umuryango
Annette avuga ukuri ariko agwanye intambara itoroshye weee, ntiwari kubatsinda bagukoraniyeho.🤣🤣🤣🤣pole sana.
Ikibazo gikunda kuhaba ni comportement umugabo adafise ica contribua murugo abafise😊 naw ubwiw ahindura inyifato biragoye ingen anyurwa so umugabo adahaza ivyipfuzo vyumugore we ntana confidence abafis haranire kurondera ifaranga dii Gsa mwatanze urugero rwa Pasteur Theogene ko babanye Na Assia kd atanumwe yigez yidoga 👌
Ariko Sabin tandukanya amafaranga n urukundo
Murava yabatsinze mwabagabo. Umugabo ahebera umugore atagira bras de faire anezereza umugore. Umugabo asetsa umugore, amuha amuha ama compliments…nibindi vyinshi. Annette is very smart. Go girl
Mana we Murava mwamuzonze kandi ibyavuga birimo ukuri ahubwo umugabo udafite amafaranga niwe ubanza kwitakariza ikizere hanyuma agata inshingano zimwe murugo bigatuma icyubahiro kigabanuka
Urasa neza murava🥰😊
Ikikiganiro cyandaza ntasiziriye mwakoze kukinduha reka ryame nzabyumve neza enjo gs ndimuruhande rwa Annette ❤❤❤
Proud of you Anet: amafaranga n'ay'umuryango nimba mwasezeranye ivangamutungo
Shn murava wibeshya peuh,urashaka kugaragaza ko utekereza cyane ark umugabo udafite frw my dear sinz
Chn gafanga ibyo avuga nukuri nange ubwo buzima nabukuriyemo papan atagira akazi yarasuzuguritse cyane ndetse bikanambabaza. Murava icyubahiro cyumugabo na mafranga mwisi
Ndabemera cyane mbasabiye Uwiteka aza ampere ubugingo azabampere iherezo ryiza
Ushobora kubaza ufite ayomafaranga ubayeho nabi divorce byinshi nzibona mubakire kurushya abakene
Sabin uzareka ryari guca abantu mw'ijambo cg ubahatira gusubiza ibyo ushaka? Murava uri kumujena peee
Murava bahe urugero:
1.Gufasha umugore imirimo yo mu rugo
2.Gukarabya abana
3.
4.
Murava mwamwibasiye harimo icyuro nyinshi😂ararye ari menge mukobwa mwiza🎉 nkunda crge
Sabin ubutaha ujye ureka umuntu arangize kuvuga rwose!wakabije cyane kubangamira Annet
Aba jo tumenyane 🎉🎉🎉🎉 akantu ka mbutiyaje karemewe
Murava ndagukunda cyane cyane peuh,gsa urikuburana amafuti kko ntakintu kibaho umugabo yakorera umugorewe kikamushimisha kitarimo amafaranga peuh.
Sabin weeeee sinjya nkumenyera❤❤❤❤ iyo wahuye na Gafaranga,chita na Briane uransetsa urabazengereza ntutuma bavuga ubaca mwijambo nkabikunda urabazengereza umva ndabakunda bya buri munsi mbyuka ndeba ko hari ikiganiro cyasohotse❤❤❤❤
Aba joooooo Twins turahari from🇧🇮🇧🇪
Ivyo Annette ariko aravuga ni théorie ariko mûri pratique biragoye. Annette bishitse ngo abishire mûri pratique vyomugora kandi sindabimwipfurije. Amafaranga arubahisha umugabo murugo
Ndumva nakohereza voice 😂😂😂nkavugira murava nukuri birashoboka pee ibyo avuga ndubatse ndabizi pee
Najye nuko ndumva nabavugishaaa lol 😆 😂 🤣
Sha Annet abagore bakora bakihanganira abagabo babo badakora nibake , nahubundi mukundana byose byakunda bibaho kuri couples nkeya cyane ❤
Umva gafaranga aragaraza ko umugore amukundira ifaranga ngo gitifu yamumenye kubera ibyo afite ubwo na neti nicyo cyamukuruye se numuryango we yewe urigucyurira umugore wawe pe ngo kumwambika ngo we yabishobora ahubwo uramucyuriye pe
Iyo atagira eager agikora murugo ntuba waramwemeye ntimukatubeshye
@@kambandahafsa8363 bareke baba bigize abanyabwenge
Incuiii ❤️ Uhoraho akomeze abarinde Annet wambaye nezaaaa urasa nezaaaa muri beza ❤❤❤Uhoraho abishimire ❤️
Ushobora kumuha ayo mafaranga bikarangira ari kuryamana nukukozi wsnyu kuko wowe uziko ubushobozi aribwo bunezeza umugore
Murava na gafaranga ndabakunda cyanee gsa ndemeranya nababago amafr arafasha muribyishi pe icyibanze suko yabameshi ukoyaba angana kose iyo abantu bakundana
Annet urumunyabwenge cyane I love your words and u win in this case however you’re one in two ❤❤❤❤
Kuki mutarimo kumva murava? Harurukundo byose birashoboka.
Exactly❤
Anette araburana weee😂😂
Gafaranga ibyo umudamu wawa avuga nibyo njewe bifiteye ubuhamya ♥️♥️
Muziko iyo mukoresheje amafaranga aribwo mubahwa n'abagore kandi sibyo mutibeshya
Mukomeze mwikundanire kdi mwubahe Imana mubyo mukora byise, ubundi Imana izakomeza ibahezagire imigisha myinshi. Ndabakunda ❤
Vraiment murava yagerageje kwishura naho atabaye bien précise
Ariko amafaranga siyo azana ibyishimo
Kandi umugabo atagira amafaranga yotanga ibyishimo umugore we ariko bikaba ivyumwanya muto bitinze naho urworukundo rwoca rugenda rushonga nka bougie
Sabin na Gafaranga chita .....muganize abanyuuu ....Amafaranga weeee wasanga harumunezero wabuze iwanyu mubyiteho ....pesa weee
She is beautiful
Umuginga ngo ni Sabin yazonze Annet ashaka ko asubiza ibyo we ashaka kandi Annet asubiza ibye bya nyabyo , ariko biri kumuhata gusubiza ibyo bashaka kandi we afite uko ari kwiyumva ! Sabin wee wayobye wibeshye Annet ntabwo wamupangirq icyo kuvuga kuko we niwe wa nyawe rero ubutaha muzamworohere mureke igitugu mwa Bigabo mwe😂😂
Hhhhhh
Muri iki kiganiro Sabin yakunze guca mu ijambo cyane Annet!wamutesheje umurongo.ikindi kuki ubaza umuntu ikibazo ushaka ko agusubiza yagusubiza ibyo ushaka?bisa naho uba ushaka ko agusubiza ibyo ushaka!Annet aravugusha ukuri 100%
Sibyo rata Sabin ari gushaka ko Annet asubiza ibyo we ashaka kandi afite ukundi abyumva
Natural and beautiful Anet❤❤
Nibyo rwose amafaranga nayambere sha❤
😂😂😂😂😂 murava mwamwihaye peeee
Umuntu anezerwa bijyanye nubushobozi buhari ndetse nagaciro ahabwa✍️
Abibeshya ko abagore banezezwa n'amafrigo yuzuye inkoko ndabasabiye.
Nukuri ibintu murava avuga nibyo nanjye ndubatse ark abagore nago bashimishwa namafaranga gusa
Nothing a man can do to make his wife Happy without money 💴 💴💴💴💴💴
Kandi Annette urakoze barigirango uvuge private life Kandi sibyo Ariko Chita na Gafaranga ibyobavuze nukuri sha igitsina gore cyikikinyejana ntamafaranga Yewee akureba nkinyagasozi kbs 😂😂😂😂
GOD’S ON OUR SIDE🙏🙏🙏
👇
Smartness sha ❤
Shaho umugabo yubahwa kubera ibikorwa, umugore urusha umugabo amafaranga birangira nabi aramusuzugura, ikindi kintu umugabo yatunga umugore Imyaka myinshi cyaneeeeeee Kandi umugore ntacyo yinjiza ariko umugore ntiyatunga umugabo numwaka 1 aba yatangiye kumusuzugura
Murava muri kumunigana ijambo rwose 😂😂😂 mumureke avuge mwamuteraniye hahha gusa ndabakunda mukomeze muganire gutya
Oya Annette ibyo avuga nibyo,ahubwo abagabo bajye bamenya icyo abagore babashakaho abe aribyo babaha,amafranga siyo aza imbere rwose.
Murava yabirakariyemo kdi gafaranga aravuga ukuri😂
mbega ngo Murava araburaho avugira weee 😅😅😅😅 gs ibyavuga ni byo, kuko siniyumvisha ko abubatse neza bose ari abafite amafranga gs
Iyo ahari nibyiza cynee kd bitavuzeko adahari urugo rusenyuka mwe muvuga ko amafranga ariyo musingi nuko muyafite
Ubutaha muzatumire abakene batayafite twumve nabo uruhande rwabo
Anyway mwakoze cyne dukeneye part 2
Sibyo rata , bamubujije amahoro kandi niko abyumva ndetse no ukuri
Ngewe nzi abakundana bose ntacyo bafite kandi babanye neza. Nzi n’abandi babanye neza cyane umugabo ariwe ukora wenyine. Nzi n’abandi babanye neza umugore akora wenyine ariko nta mugabo unezezwa no gutungwa n’umugore, abo bagabo batunzwe n’abagore ntibishimye.
Mbega murava we,wakubitutse. Nasetse natembagaye
Ntibagufatirane rwose,urabona
Murava yagowe koko, my friend njye ndemera ibyo Murava avuga kuko ayo mafaranga muvuga ko ayobora hari n ingo ziyafite menshi pe ariko birirwa bacana inyuma cyangwa bakirirwa barwana.
Anette avuga ukuri kuko umugabo umukunda niyo akenye urakomeza ukamukunda.
Murava yabirakariyemo😂😂😂😂
Mwarabonye ka bagore bakunda amahera
Murava mwaziye uyu arasa neza we sana
Ndabakunda fm🥰🥰🥰🥰
Iyo debat uzayigirane na wamunyamakurukazi wo mu ishya niba yitwa aisa shabniwe waguha fact nyazo kuko anet mwamuboneranye. Aisa arikumwe na tidjara ntanicyo mwavuga
Sha mwasakurije murava,impande zoseee kbx ntimurigutuma asoza ibyo ashaka kuvuga
Amafaranga yubahweeee
Ah! ndabona hano haraca uwampaye
Sha icambere nurukundo nay,ivy,amafaranga biragoye mbona har,abirirwa bararira bakarara barira kandi umugabo afise amafaranga
Imana izajye iha abagabo ubushobozi kuko ntatakaza agaciro ntamugabo wogutungwa numugore peee
Ese ntamiryango ikennye ibayeho yishimye? Irahari cyane Murava nkuri inyuma rwose
Ibaho imiryango ikennye ko mwishimirana ubwanyu ark society ntabwo ibubaha namwe mugahorana ipfunwe mubandi
Ntureba se nineho... facial expressions nkaba navivuye👍👍👍👏👏aka video kejo hashize kaligateye ubwoba... wasomagamo ibidasamaje.... mukomereze aha nibyo byiza tu.bifuriza
Murava wa me❤you look so beautiful 😍 love you all
Urukundo sikofi iyo nimyumvire umugore ugukunda agukunda ukennye cg ukize
Ah ubwo ni jewe ndakaye Annete murikumubonera😢😢😢
wow, iki kiganiro cyirimo ukuri kuzuye, Gafara mpagaze muruhande rwawe80 /100 na 20/100 kuri Murava
Annet ni umuhanga kweri!
Kwifuza k’umugore kose ntabwo guhererera k’umugabo igihe cyose kuko hari abagabo batabibasha guhaza abagore babo kubera ubushobozi buke bafite ahubwo ugasanga umugore ariwe utunze urugo
Pole Murava,abo bagabo 3 bose baguteraniye ntibaz ico abagore bakunda cash ziza nyu.ma y'urukundo n'icizere,ntibaz"abagore batunze Abagabo ?
Murava nubwo mumuteranir ntimumumve ariko avugukur❤❤
Reka tubwire n'abagabo; abagabonabo babimenye nimushira imbere amafrang, nimujya kurambagiza , bizagorana kumenya umugeni ukubera umufasha kuko urugontirwubakwa n'amafranga gusa . Ntibihagije. mubishaka twazabunganira. Murava mumwunve neza
umugore ni motivation
Umugore womunezeza atafaranga kandi akanyurwa nibi: amagambo meza kumuba hafi kumufasha ibikorwa kumukorera akabariro caresse kumwitaho ibyo ntibisaba ko umugabo aba yariye neza hoyaa nimumutima byose umuntu yonyurwa nibintu bike cyane. None abakene ntibanezerewe mbese nokurusha abakure? Murava mwamubonete koko mwari kuzana au moins abagore 3 bamudasha. Mwabagabo mwe muri abagome pe. Puuuu ndabagaye
Ababagabo rero barigutuma abagabo badafite amafranga biheba iyo ntabwo ariyo nama watanga igihe urikugira inama isi yose kuko impande zose ntabwo ingo zishimye kubera amafranga pe
Murava uvuze ukuri🙏🏿❤️
Aba Love and Divine turahari
Annethe so btfl , ari kuba calma cyane abashi
Murava Imana igukore ku mutima nawe Gafaranga mbona ko wibaza iby ijuru
Nyakwigendera pasteur Theogene yavuze ko bagikenye Assia yari yararakaye ngo ntiyaseka habe ninyinye 😂😂😂no mugipangu yararengana ntasuhuze abaturanyi rimwe Ngo bigeze kumutuka .rero murava abagore bakunda abagabo babakozi
Murava avyifashe mwo neza pe naho banse kumwumviriza. 2ème partie inyarike
No money no life,or no happy life