NIBYO SIMBIHISA NDI UMUKIRE! GUSA NARI UMUKENE UTAGIRA N'ICYO KURYA😢URARIRA ARIKO DISI URANASEKA🤣
Vložit
- čas přidán 29. 10. 2023
- NIBA UFITE INKURU YAWE WIFUZA KUDUSANGIZA #DUHAMAGARE_KURI_0790003781 #inkuru_yanjye #rweme_mbabazi
- Krátké a kreslené filmy
ariko Papa sava yabaye ibogare ndakurahiye. amafaranga si byose ariko ni hafi ya byose . ubyemera afate peace
Buri wese afite inzira yaciyemo gusa kwiremamo icyizere birafasha nanjye bankuye mw'ishuli ngo ntitwa kwiga twese birangira ndivuyemo kdi nakundaga kwiga gusa naje kugerageza kwishakamo ibisubizo ubu ndashima Imana yangize uwo ndiwe uy'umunsi kuko naje kubona akazi kdi keza kubera Imana❤
Love u Seburikoko ❤️❤️❤️❤️❤️ mbona uri Mandela wa Kigali Rwanda
Wahaye benshi ubuzima 🫶❤️🫶❤️🫶 cyane abakobwa bari barabyariye iwabo
Bose baje bakugana wabahaye ubuzima
Abagore , abana bimfubyi, abahungu batari bafite shinge na ruguru
Natwe utakoresheje waradushimishije 😍Ubundi utwigisha ikinyarwanda cyiza ni imigani👌
Imana yo mwijuru izaguhe umugisha
Kuko kwisi byose Imana yarabiguhaye izaguhe ni ibindi🙌
Na abakwataka ngo nturashaka bareke
Imana izaguha uwawe ugukwiye❤️❤️❤️❤️
Urakoze gushima
Papa sava urumuhanga cyane kd ntucyika intenge flm zawe ziraryoha gs twabuze flm ya seburikoko😢❤
Ndagukunda noneho iyo nibutse ukina Firime witwa SEKAGANDA bikarusha👍Gerard wakoze kutuzanira PAPA SAVA
Papa sava,Kizito yaofuye adasize umwana ngo hari wenda azasigarane inganzo turababara cyane,ibyiza nawe ushatse byatunezeza ,ohh c Mama wawe yari umu Adepr,
It s amaizing,nawe uzakizwa nkuko Timoteo yakijijwe namasengesho ya nyina na nyirakuru,nicyo nakwifuriza
Imana yakijije Yanga agataha akijijwe nawe izakwihishurire mu izina ry Umucunguzi n Umwami wacu Yesu Kristo
much respect my teacher from 2012 , much respect kbs u're so talented
Buri mwanzuro ufashe ugira igisobanuro kubuzima bwawe warakoze guhitamo neza kd ubikora neza cne ❤ nifuza gucyina muri film yawe Papa sava!
papa sava ndakwishimira cyane kdi imana ikomeze kugufasha muribyose
Sebu rwose nimfura pe ndibuka twabanye ahantu mugipangu noneho kubera yagiraga inzu nini niho nabitsaga ibishyingizwa byange...ndagushimiye pe
much respect my teacher from 2012 , you are so talented
Nukuri papa Sava,ubwengeImana yaguhaye rwose byari byiza kowasha umugore ,ukabyara hungu n'a kobwa,bakazasigarana ubwenge bagukomoraho shenge.Ikindi urakunzwe pee
Nibyo Koko ubuzima burahinduka. Bishimisha kurushaho iyo buhindutse neza
Bikababaza iyo buhindutse nabi.
Ndishimye ko gera kukubona Papa sava! Like your interview!
Gelard thanks!
Usobanuye uko wumva ukize, nsanga uli imfura; gukira ni mu mutima. Uzahorane ubukire kandi urakarama.
😊
Yoooo ndishimye cyane nukuri pe, iyo kinamico yakinaga(spoken words) narinyirimo byari byiza ndabikumbuye pe umubwire ko dukeneye nyinshi nkazo. Thank you so much ndabakunda cyaneeee
Papa Sava uri uwa mbere! Komeza utere imbere cyane! Imana ikomeze ikuzigame ukomeze utwizihize twisekere
Abenshi twavuye kure ni mpamo 😂😂😂 love you seburikoko❤❤
Iyinseko ya Papa Sava kontanjyaga nyumva ra byagenze bite arko disi abayisekera nubwo ubonako yanyuze muri byishii bitandukanye rata niwowe wemerako wavuye habi ndetse ati habi cyane ubuzima si umurongo ugororotse uyumunsi biremera Ejo bigahinduka
Nukuri hano harimo igisho kandi nakomereze ahongaho tumurinyuma papa ça va merci courage❤❤❤❤❤
Mwakoze guhura kuko ndabakunda cyane
Sinarara ntabarebye mwembi
murabahanga cyane ❤
Papa sava rwose.iyo film monologue wayikinnye ndicaye muri auditorium mugi conard uri Gato rwose.icyogihe aha ntubeshya uduhembo those ni wowe wadukusanyije big up brother
Wow. Mbega performance 👋
Woww Abagabo babahanga 2 bahuye❤❤❤
Uwihanganye Akama Ishashi Gerald ndashize ndakubonye Najyaga Nifuza kubona isura yawe nkayibura thanks for hosting Papa Sava Unsuhurize Joselyne Wi Cyangugu uti aryoshya ikiganiro
I like your interviews brother
Harder
Tu es un savant vraiment! Iyo kinamico y’umuntu umwe niho twakumenyeye!
Woow Gerard usigaye ugaragara mukiganiro❤Njye nkunda ijwi ryawe kbs❤❤❤❤❤
Love Papa Sava ❤
Mbabazi urakoze kutuzanira papa sava.
Nubundi papa sava araje adusetse nkibisanzwe.
Ndagufana ❤
Aha ho rwose uradukosoye rect verso Big up 😊
Nukuri, uzanye uwo twari dutegereje pe❤ too much love to you
Umunyempano wambere nemera peee🙌🙌🙌
Papa Sava urarenze. Nanjye Emotions zari zaje. Mbega inkuru weeeeeee
Ohhhh Inkuru Nziza Cyane 🙏
Gerard ndagukunda cyane.
Uri umuhanga, ufite umuco kandi ibiganiro ukoresha biba byubaka.
Ufite ijwi ryiza papa Cava. Nizera k uririmba muri Kilizia. Un tenors pour vrai. Imana igukomeze muri byose. ❤
Uri umuhanga ndagukunda❤️
Ahubwo wagirango afite indwara yo mumihogo atarivuza.
Sha Gera noneho uzanye uwanyawe mba nkwambuye 😂😂😂
Ndamukunda cane Papa Cava❤
Wari waratinze gutumira Uwo mutumirwa ndamukunda cyane.
Good discussion
Talented one
Abantu nkunda vya danger💕🇧🇮
Niyitegeka nkunda ukuntu umez Imana yarahabaye kubuzima bwawe nibyiza ikomez kukuyobora mumigendere yawe
Ndamukunda cyane 🥰
Ndakubaze umunyamakuru nahora ndamwumv ark atwenga usa neza wahatswe kumera nkaba métis ❤❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
DUkunda Ibiganiro byawe byiza. NDAGUSABA UZAJYE KUGANIRA NA ARCHIBISHOP Dr LAURENT MBANDA WA ANGLICAN CHURCH OF RWANDA. Murakoze.
warumuturanyi wanjye kwa rwahama much respect
Warakoze cyane Gerald kutuzanira Papa Sava.
Rwema we , uriga pe , Gracien courage kabisa.
you are talented papa CAVA!!!
Gusa ndabikunda
Ariko mwazaduhaye nember ya papa sava
Nkunda papa sava cyane
Iyo mbonye akina numva nguwe neza ndashima imana yamuremye mbabazi uri mwiza pe ufite nijwi ryiza
Nawe byakubaho... Chapeau bas, Gratien!
Imbere cyane brothers!!!
Courage brother Gérard
Much respect papa sava
Sha seburikoko fite impano pee, uzakira cyaneeeeee, Imana ushyigikire impano yawe
Courage Papa Sava
Ntababeshye Seburikoko ndamukunda pe. Aranshimisha kbs
Mumbarize uko yatekereje guhanga umuvugo aburana n’IMANA.
wooow mbega poem 🤝👏👏👏
Gratien ni umuhanga cyane
Ako kantu k'uko abantu babona umuntu acecetse ngo arasuzugura bitubaho turi benshi gusa iyo tugeze imbere y'abantu birabacanga😂😂
Good job Graciani
Uwo ku ivuko ndagukunda cyane nezezwa nukuntu uri umunyeshuri wa mama.
Gérard nda mukunda na maman ça va ❤❤❤
Uzongere umutumire turamunda cyanepe
Papa Sava, ntibakabeshye ntabwo usuzugura.
Unionda kahdi uri serious.
Ntibabyitiranye
Turabakunda mwese, mukomereze aho.
Gerard wakoze cyane kuzane sekaganda❤️
Aba bantu bombi be ndabakunda much respect 👍👍✌️
We love you differently
Gerard tubabarire uza muzane muri part 2 yowee wakoze Gerard 🔥🔥🔥
It's an interesting story kabsa
Uri umuhanga rwose! Ufite n'ubupfura. Imana ijye ikurinda iguhe n'ubwenge. Kuko kuba umuhanga muri Afrika bikurura abanzi benshi.
Njye nikundira imivugo yawe! Cyane cyane umwe wabazaga Imana ibibazo 😂
Sha papa sava duhuje ikibazo kimywe cokubura maman bitunguranye. Nikibazo pe😮😮😮😮
❤❤ ❤ndabakunda
Papa sava azi gukina filme kandi haba harimo inyigisho pe.noneho filme yakinye kubyara umwana ukamuta urumubyeyiwe noneho imana yamugirira neza yakwibonera umugabo ise akaboneka kumunsi wubukwe mbega iyo filme pe harimpanvu nayikunze.mukomeze mwigishe abantu.papa sava komeza utere imbere nawe Gerlary.
Ndamwemera cyane
Urugendo ntabwo ruba rworoshye ark gukora cyane no gusenga bibyara byinshi.
Abemera ko ariko bimeze
Kora like, share and comment 🔥
Mbega agakuru weeeeeeeeeeé!!!! ndemeyeee,uziko avuga ubona bimurimo neza neza
Mwese mukomeze mutere intambwe ijya imbere nishimiye ibyiza mwagezeho. Kd wihanganire ibyo byose uhura nabyo. Isi yacu n'urugamba ariko iyo ukunda Imana ibibabo kd ikomeze kubana namwe .
Ndamukunda cyane
Papa Sava turagukunda ariko dukeneye inkunga yawe pe.
🥰🥰🥰🥰
Ntakure Imana itaura umuntu koko.
Imana ntivangavanga
di ,lmana ikorera ku murongo
Nitwebwe twivangavanga Sebu we!
Good actor nabonye uyu mugabo nize inyuma ye mu ishuri ahantu hamwe secondary na KIE ariko sinjya nibagirwa ukuntu yajyaga akora igitaramo yitaga one Man show tukarara muri salle ahinduranya characters bitangaje
Mukomere turabakunda cyane
Courage cyane kbx turagukunda
Harakantu wavuzengo iyo amafaranga aje numutwe uribumba. Binyibutsa ukina uri sekaganda 😂😂 .mwibuke abura inkweto mbega umugabo😂😂😂🎉
Wawuuu.braity❤
Nkunda ko nta matiku papa sava agira❤
ni byiza ko uwo ukoresha wishimira ko nawe atera imbere. Woww
Love papa sava
papa sava ndamukunda cyane nanjye niyumvamo impano yogukina amakinamico nama frime arko mbura aho nabihera kuko ntigeze ngira amahirwe yokurangiza amashuri nagarukiye primary mbona ariyompamvu ntamahirwe mfite pe
Aka kantu ko gusezera kukazi neza,neza karasa nakanjye , jye babuze ko bandoze Kandi muririya myaka kugira umwana w'umuprof byabaga Ari ishema . Ariko nyine ibyo byemezo ubifata ubona hari aho ugiye, igitangaje ariko iyo usezeye akeshi bihita bigenda nabi Kandi utari busubireyo gusa kuko ntahandi uri buge urasunika mpaka byemeye! 😅
Rero muhora mutwigisha. Murakoze
mwazatuzaniye wa mugabo wamamaza, umwe wamamaye cyane
Kabisa
Hello Sebo❤❤❤❤
Ukuntu ahinduye mood akarira niho agaragaje talent