Amaze imyaka 30 areba inyuma | Ninjye wirogeye umwana wanjye niko bavuga | Ndarira iyo mbyibutse
Vložit
- čas přidán 24. 04. 2021
- Twasuye wamukobwa ugenda asubira inyuma, Burya ni mama we wamwirogeye niko abandi bavuga. Mukiganiro kirambuye na mama we atubwiye uko byatangiye.
#Ubufasha_0782897119
Hamagara 0782897119 Niba hari ubufasha wamuha.
Mana we ibi birandenze pe, tumushyigikire .. uyu mubyeyi kuba yarihanganiye gukomeza kumurera ni ubutwali🙏
Iconkundiye uwomuvyeyi. Ashima imana ukobiri kose. Imana imuj imber
Manawe ndababaye cyaneeeeee😭😭😭😭😭😭weeeee nukuri mana birandenze nukuri gusa byose imana ibayabyemeye kobitubaho
Abantu b'iwacu bakwiye kumva ko ubumuga budaterwa n'ibyaha by'ababyeyi cg se umwana ubwe. Na Yesu yigeze gukiza ikirema, abigishwa baramubaza ngo byavuye ku byaha by'ababyeyi cg ku mwana. Arabasubiza ati nta numwe byavuyeho ahubwo kwari ukugira ngo imirimo y'Imana yerekanirwe muri we.
Uyu ni umwana w'Imana kandi iramuzi
Amen, Amen numwana w 'Imana nukuri
Nyina wumuntu yubahwe
Mu izina rya Yesu.Imana izamugirire neza rwose
Mana ushobora byose ntacyakunaniye, urihejuru yabyose mukize mbuze. Icyo mvuga
Mana ndagushimye nonge kugushima nukuri kuba Imana yarampaye ubuzama buri umuze mana ifashe uyumubyeyi Azakize uyumwana kuko Afite Agahinda pee Abizeyeko uyumwana Azakira mumpe like ❤️
Yoo birababaje cyanee NUKURI IMANA imworohereze 🤲
Imana imurengere niba yakira ,ikore ibitangaza nkuko ibisanganywe
Jule nawe Imana iguhe umugisha mwinshi utagabanije kutinubira akazi ukora kandi ukagera kumbabare uko zaba ziri kose uwo mutima mwiza uzawuhorane
Lots of Love from Brasil ❤❤
Mbega isi yuzuye amarira😭😭 ihangane maman and your daughter ❤️🇧🇮🇿🇲
Mama ihangane iyo umuntu ahuye nibyago abavuga baravuga nange mfite musaza wanjye warwaye bakajya bavuga ngo ni murugo bamuroze ngo nababyeyi banjye bamuroze ngo nibyo baciririye ngo nibyiwacu ururimi ninyama yigenga utarahura nibigeragezo avuga ibyo ashatse
Imana yomwijuru igukorere igitangaza mwizina rya yesu
Imana nimurambikeho ibiganza byayo 🙏🙏🙏🙏
Nubwo.mfite ibibazo Ariko ntibingana gutya .Mana umbabarire kwiganyira
Nibyo shenge
@@natukundaclementine8352 murakoze 😭😭😭
Mubyeyi ihangane kandi urintwari Imana iguhe umugisha kubwo kwihangana
Yesuwe imana ibafashe
Ya Allah uruwogushimwa kuri burikimwe cyose niwowe uzi impamvu🙏
IMANA yo mwijuru imutabare imukize
Yoooo Jule wivugira neza
May God have mercy on this family Amen
I'm speechless 😭😭
Yesu wee please heal this innocent girl
Uyu mwana yararangaranywe iyo agezwa Kwa muganga byihuse bari kugerageza pe
Lah subhana llah imana igukize
Aranezereje karyatwega imanimworo herezepe manataba ruwumwanape
Yoooo imana imukize pe
Paste imaninzoguhu mugisha kubwitage ugira
Jesus!!!!Imana imufashe!!!!!
😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭mana mbabarira ibyaha byanjye nkora kuba warandemye gutya ntacyo natanze niwowe wemerako byose bitubaho
Yooo ihangane mubyeyi
Yoooooo may all mighty have mercy on her
Ubu burwayi bubaho cyane. Nabonye byiganje cyane muri Bresil, cyane cyane mu nkengero z'ishyamba rya amazoniya
Mana yomwijuru Ijuru niritabare nukuri kd nabanyarwanda bafashe uyumuryango gs uyumubyeyi yigire Mu Mana neza izamugirira neza ubwo nuko yabishatse
@@uwiragiyeconstantine9960 mana ujyire icyo umukorera
C'est une maladie neurologique kandi biravurwa ageze kwa muganga ariko mukajya chez un neurologue
Yesu wee😭
Mana mbuze icyo mvuga ahubwo nkuzamuriye ishimwe kuko urarikwiye
Mana we disi.isi ifite byinshi....mwihangane...
Allah akbar Mwenyezi Mungu mukubwa
Allah akbar kabiri
Mana tuge dushima uko waturemye benedata
Yesuweeee
Jesuu
Ohhh mon Dieu
You are the leaving God there is no one like you.
Nkunda ukuntu uno munyamakuru yivugira Shenge!! Ariko uno mwana abonye uburyo bwo kwivuza yakira.
Nihatari kbs
Mbegaa Mana weeee!!!
Iyisi yuzuye ibibazope 😢
Yezu aracyakora
yoooo😭mbuzeicyo mvunga
Ariko mana weeeeee!!!!
Yebabaweee mbega umwana mwiza wangiritse disi yebabaweee sory nimurake dutabare disi
Niyompavu gukingiza umwana ukarangiza inkingo aringinzi.
Mukomere nagahinda gusaa kumubyeyiii
Mana yacu rengera uyu muryango.
Yooo birababaje disi
Ubujiji
Ariko Mana Yomwiju
None bamwe ba Yongwe ko batogenda ngo basengere uwo mwana. Nuko ataturo ry'umutambyi afite?
Umwana yazize uburangare
Ibibituma mbonako natwe ntacyo tumaze mugihe tudashobora kumvako natwe byarigushoboka tukamera gutya gusa imana ijye itubabarira
Mana yanje iyi si ni mbi kweli.
Nihatari kabisa 😭😭😢😢😭😢😭😭😢😭
Yewedataweeeeee 😭😭😭😭
Yoooo!
Arko c mana ibiniki koko ngendambona
😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢yoo mpor mwana
Yesuwee guéri cette fille qui n’est jamais demandé de naître 😭😭😭
Pole kbs maman Allah agufashe
Poresana
Mana yanjye 🙆
Biteyagahinda nukuri😭
Uwiteka tabara abana bawe
Ibibyo birandenze
Mubihugu byateye bamuvura
Subhanallah😭
Allah Akbaluh 🙏
Yesuweeee ibinibiki koko ahaa namayobera
Iby' isi namabanga !?
Mana ntago nkwiye kujya niganyira
Nibyo nukuri ntakwiganyira tugihumeka
😭😭😭😭😭
Mana wwwe
😬😭
Yooo
Njewe ndi Tanzania, natuma gute ubhufasha?
Imana iguhe umugisha editha🙌🏽
Reba hejuru nimero wakoresha umuha ubufasha ziriho
@@niyintunzestephanie7355 imana,imurinde,azakira
Imana iguhe umugisha reba hejuru hariho nimero ye ya Tel phone
Azamujyane mubanyalasengesho (abarokore)bamusengere azakira munakizwe
Rwose pe akeneye ubufasha niba yavurwa agakira najye nzakomaho ariko abe muzima muzatubwira icyogikorwa cyatangiye ngo avudwe
Narebye inkurunyishi
Ariko iyiyo irandenze😭😭😭😭
jullienne byandenz
nagahinda gusa tabara mana
@@kabegabetty1042 Biteye ubwoba
@@felicitedushiime2112 dukwiye kunyurwa ntukwimana yaturenye
Iyongwara nino IBURUNDI irahari suburozi
Hewe Nyarukira kuri Chantal dDusabimana wirabire
Yesu arakiza gose
Akabura ntikaboneke bambe
😭😭😭😭😭😭😭😭
Uwo muntu akeneye kujya kwamuganga kdi azakira
Yesu mukiza waratubambiwe kubera ibyaha byacu. Mana data ndakwinginze uyumwana umukize. Ndakwinginze
Babyita ibitama mumuryango we baraterekerera
Manawee
Maskin ya mungu😭😭😭
Birababaje
Yoooo😭😭😭😭
Pppppp