MMC098: Urushako mu iterambere || Inzobe isa n'amakara | Iyo urugo rwapfuye wibaza ushya warura iki!

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 4. 10. 2022
  • Niba ushaka kutwandikira koresha Whatsapp wohereze kuri +250790697003 +250788305144 +250788309359
    Rejoignez cette chaîne pour bénéficier d'avantages exclusifs :
    / @ubukirenyabwotv
    Kuyi iyi channel tunyuzaho ibiganiro bishishikariza abantu kwiteza imbere, inyigisho n'impanuro z'abahanga mu byo kwiteza imbere. Twibanda cyane ku gukira ukiranuka. Indangagaciro tuvana muri Bibiliya nk'Ijambo ry'Imana nizo ziyobora ibiganiro byacu, tukongeraho n'impanuro ziturutse mu bunararibonye bw'abategura ikiganiro bayobowe na Pastor Aimable Nkuranga, umaze imyaka myinshi ayobora ibigo by'imali. Iyi channel yitwa UBUKIRE NYABWO TV kuko twemerako UBUKIRE NYABWO bugira agaciro muri ubu buzima bwo kw'isi ariko umuntu akazanabwambukana no mu buzima bw'iteka. Ntugende udakoze SUBSCRIBE / @ubukirenyabwotv Kandi nugira ibyo ukundamo ukande LIKE ndetse na SHARE kugirango n'inshuti zawe bizigereho. WIBYIHERERANA

Komentáře • 10

  • @niimpact5294
    @niimpact5294 Před rokem +1

    Ndafashijwe pee God bless u

  • @musabyimanaphocas5076
    @musabyimanaphocas5076 Před rokem +1

    Murakoze cyane, Muri aba mentors beza cyane, Keep up turabakunda kurwego rwohejuru.

  • @semutochristine688
    @semutochristine688 Před rokem +1

    Murakoze cyane ba Tontons bacu ku nama zitandukanye muduha. Familie ubundi naho kuruhukira mwishimira ibyo mugezeho. Kumvikana kwabashakanye ningenzi cyane. Naho ubundi kugira ikimodoka se cyiza ugenda uririramwo bimaze iki. Duke twiza turushwa na byinshi bibi. Muhabge umugisha

  • @zacharienzabonimpa2508
    @zacharienzabonimpa2508 Před rokem +1

    Imana ijye ibaha umugisha utagabanyije barimu beza

  • @nadentertainments
    @nadentertainments Před rokem +1

    MWAKOZE CHANE FOR THIS,
    COZ RWANDESE ARE BEAUTIFUL,KANDI NIBENSHI BATOMEYE BECAUSE OF LOVE AND BEAUTY

  • @tuyizerenarcisse6059
    @tuyizerenarcisse6059 Před rokem +1

    Thank you For your Good Advice , As well l like the way Bagire avuga ngo *uranyumva neza*

  • @nadineneza5732
    @nadineneza5732 Před rokem +2

    Nibyo rwose urugo rurategurwa,umuntu agomba kutibagirwa kuzirikana uruhare rwu muryango mu bukwe,imico byo niyo yubaka cg imyitwarire,iyo hari amahoro bitera imbaraga zo kurukorera.murakoze cyane kubwiyi message.

    • @nambajimanaemmanuel1041
      @nambajimanaemmanuel1041 Před rokem +1

      Murakoze cyane barimu beza. Hanyuma mwarimu wacu Bagire asigaye aba arimo kutwigisha anakora akazi kuri machine hari akantu ka focus kagabanutseho mwakwihangana hakagira agahindukaho kugirango uburyohe bukomeze bube bwose murakoze Imana ibahe umugisha.

    • @ayii779
      @ayii779 Před rokem

      @@nambajimanaemmanuel1041 hahahh

  • @nkomezirumenera7312
    @nkomezirumenera7312 Před rokem +3

    Kera ba data barebaga amaberi yonkeje umukobwa bagiye gushaka ariko twe tureba amaberi yuwo tugiye gushaka ba data barebaga ibibero byakikiye uwo bagiye gushaka ariko twe tureba ibibero byuwo tugiye gushaka niyo mpanvu izabadata zararagazishya bwaca Zikazima ariko izacu zirara zishya bwaca zigakongoka