Ese Faustin avugana na shitani bya nyabyo?/mayimuna ikoresha abantu amasengesho ya saacyenda z'ijoro
Vložit
- čas přidán 19. 07. 2021
- Link y'isengesho rya buri wa Gatandatu 7pm - hakoreshwa uburyo bwa google meet
Isengesho ryo kubohoka ku ngoyi za sekibi
Saturday, May 8 · 7:00 - 8:45pm
Google Meet joining info
Video call link: meet.google.com/pop-dufp-cub
Or dial: (US) +1 856-347-7737 PIN: 353 336 157#
Murakoze mubyeyi ,Umubyeyi Bikira Mariya Akomeze abarinde🙏
Imana ijye ihora iguha umugisha wayo
Faustin Imana iguhe umugisha kuko ibi biganiro byawe birikumfasha cyane muri iyi minsi gukubita shitani-amayeri yayo warayaduhishuriye.
Muvandimwe Faustin urakoze kubw’iyi nyigisho. Imana yo mu ijuru igukomeze kandi ijye iguhundagazaho imigisha iteka ryose!🙏🏾Nyagasani natwe aduhe imbaraga zo gufatanya nawe muri uru rugamba rwo kurwanya sekibi.
Inyigisho zanyu ziradufasha ,Nyagasani akomeze abashoboze🙏
Ibi bintu ni ukuri Papa Faustin.
Nukuri turi mugisekuruza cyatese.
Udusabire Mubyeyi wacu Bikiramariya.
Murakoze tumenye ko amasacramentu twahawe arwanya sekibi
Yego nibyiza
Ndabashimiye cyane kuba mwasubije ikibazo cyanjye. Hari icya 2 kitaje neza, cyagiraga kiti : "Ese buriya iyo shitani zibavugisha ntizishobora kubaha amakuru y'ibinyoma, zishaka kugira ngo ziruhuke inkoni muri kkuzikubita, noneho zigahimbahimba ibyo zibabwira?" Icyo ni cyo mwasomye musanga kidasobanutse...
Mwarakoze kudukangura natwe tuzajya tugerageza natwe guhora kuri maso, gusa twe ntituragira imbaaraga zihagije
Muvandimwe Faustin murakoze kunyigisho nziza muduhaye bitumwe nsobanukirwa kurusha
haricyo nongeraho kuricyo watubwiye nuko Imana yavuze ko itazadutererana narimwe wakwibua se gukoresha amasakaramentu cg roho mutagatifu utarikumwe nijuru koko arumva bishoboka .sekibi ibishaka kuturindagiza mugire amahoro
Mukomere ku rugamba mudusabire imbaraga zo kururwana
Ijuru urarifite cyne p,muruhango rwose bajye bagutumira ubafashe gusengera abarwayi.
Nanjye wanteye imbaraga zo gusemga
Christu Yezu akuzwe rwose tuyikubite dusabirane imbaraga.
Ese foste ubyirwa niki ingabire zawe
Uyumumenyeko ukurimo ukora iki? Ngo igende yogahambirwa
Ndarwaye, nkeneye isengesho.
Yezu akuzwe muvandimwe.
Muzampamagare kuri 0781463542 cg munyandikire kuri WhatsApp 0785383107
Murakoze muvandimwe Faustin. Mukosore (edit) hariya mwanditse ngo mayimuna "ikoresa" ndatekereza mwari mugiye kwandika ngo "ikoresha"
Murakoze
jye ibi bintu byatumye nkomera kuri yezu mbona ko mintu afite ubu basha bukomeye kd mbona neza ubugome bwa shitani kuko numvaga ntumva neza ko shitani ariyo idushaka kwica amategeko y'Imana
Ibyomuvuga nukuri .sibyiza kuvugana nayo utayizi.harbaye ikibazo muri paroisse yacu nayoboraga abalegio .bapadiri bacu banyoherezaxo .zirabwira ngo ndayirukana ngo ijyeje ?nyohereza kumusozi .ziriruhutsa zirashimira.nzarabwiye ngo nsenge Imana yo mukriziya ngo ariko tuzahangana.nabibwiye padiri abwira ko ntacyo nzaba.ariko nakomeje kugira ibibazo .munsabire
Yego papa lbyo uvuga nibyo dufata Nye tuyirwa nye
Telephone ya Faustin ni iyihe?
inyigisho zanyu ni nziza cane
Yezu akuzwe muvandimwe!
Murakoze
Papa Faustin ko mbona ibintu bikomeye urugamba rurakomeye ni aha abagabo bafite ukwemera gukomeye pe!
Christu Yezu akuzwe Faustin mwiriweho kandi nongeye kubasuhuza Kandi ngusaba amasengesho nanjye ndifuza kuzifatanya namwe vuba
Yezu akuzwe muvandimwe. ni Karibu
Ese ko sekibi iba munyenga kuki idashya ngo irangire?
Sekibi nabambari bayo bagenewe kuzashya iteka Ryose (kubabara iteka...)
Yezu akuzwe itaka ryose,Sekibi ifite abambari benshi,irihinduranya igira amayeri menshi niyo mpamvu muri Yezu Kristu tugomba kuba maso no kuyisenyera ubutitsa ,ubane na Yezu na Bikiramariya
Hari ibibazo usubije nanjye najyaga nibazaho cg numvana abandi.
Ariko mfite utundi tubazo. Ko hari video 2 zitandukanye nigeze kumva, nkumva amajwi ya sekibi ari amwe. Mbega sekibi yavugaga muri video ya mbere yari ifite ijwi rimwe n’iryo mu yindi video. Mwansobanurira ?
Ese abo bantu musenyera sekibi zibarimo baba babisabye? Ni iki umuntu yakora mu gihe abo mu muryango batemera gusenyera sekibi kandi wowe uba ubona ko bikwiye bitewe nuko uba ubona umwiryane uri mu muryango?
Yego barabimusaba hari numero yatanze ukamurondera mukavugan akagufasha
Bavandimwe nkunda, rwose izi nyigisho ni ingirakamaro, Faustin Imana imukomeze dukomeze kubohoka, ndabinginze uwabashije kubona nimero yatanza ayimpe kuko ndamukeneye cyane.