@@manigahussain6214 Abakiriye Yesu by'ukuri ntabwo bashobora gukoresha ikibuno kk batitaye ku umubiri uzabora ahubwo bitaye cyane ku ubugingo bwabo kk bafite ibyiringiro ko buzabaho iteka ryose.
Araberewe kandi niba yishimywe ntakindi. Buriwe akora ikimushimishije kidahuje nundi. We have to respect others wishes and opinions! Life is short so do wherver that make you happy! God bless you all, mwandike comments sidasesereza abandi, mujye mwishira mukigwi cyurikur interview ari wowe wavuga urebe comment nawe zakunezeza wunveko nundi muntu arikimwe nawe.
Ark abantu nukuberiki tubabazwa nimitwaro tutikoreye erega buriwese amenyibye kuko kumunsi wurubanza buriwese azabazwa ibyo take care for your self reka umukobwa wabandi
Isi igeze ahatemba nukuri Imana ikomeze itubabarire Hama abakunda Yago TV Show like hashe 🔥🔥🔥
Isi irarundutse nifiteye ikida pe ariko nzakigumana da
@@TetaOlivia nawe uragifite🤣🤣
@@iranzizouzouzuriathiranzi8588 uruda ndinarwo pe 😂😂😂😂
@@TetaOlivia nikurugabanisha nawe🤣🤣🤣
Ntabwo bizoroha pe, ubu aho isi igeze nukuba uko ushaka kuba, ati ubutaha nange nzakunera 😂😂😂
Ark c we komurikuvuga nabi amafaranga yatanze saye mwaretse akaryoshya nubundi ko ubuzima aributo ijoyi rata ❤❤❤
Yesu araje ba kristo ntimusamazwe nivyiyisi kuko twebwe ntiturabisi nubwo turimwisi yivyaha 😭😭😭😭
That'true ✌️✋✋✋✋
Amen
Amen
It will end in tears Cherie ntawumenya aho bwira ageze
Yago I ingaruka zo ziveho kuko ntaho badapfa 😂😂😂 kdi icyizakwica ntumenya iyo cyiva ahubwo bijou nakomeze yi ryohere😂😂😂
Nkwifurije kumenya Yesu mukobwa akakuruhura kuko urarushye cyane rwose
Afise ikibuno kibi
Gitey nabii nagize ngo ninjye wabibony gusa 😊
njyewe ndabona arisawa
jealous
Ndagukunda YAGO❤ witiranwa numuhungu wange
Ibibazo nifitiye mbirenzeho nkakuvuga nabi naba nta Soni ngira. Urasa neza mukobwa mwiza iryohere kdi wirambire ubuzima ni bugufi❤
Hhhhhhhhhhhhhhhhh wamuntu uratsekeje bikomeye ngo ntiwarenga kubibazo ufite ngo ujye kuvuga kibindi
😅😅😅😅😅😅.
Ndihiritse pe😅😅😅😅
This is like a flower shelflife, timing is everything!
Umubiri ni ubusa uzabora.Uwaguha amahirwe ukakira Yesu,akakuruhura.
Nonese abakiriye yesu ntago umubiri wabo uzabora
@@manigahussain6214 Abakiriye Yesu by'ukuri ntabwo bashobora gukoresha ikibuno kk batitaye ku umubiri uzabora ahubwo bitaye cyane ku ubugingo bwabo kk bafite ibyiringiro ko buzabaho iteka ryose.
Wooo byiza cyane mukobwamwiza ereganuko ntabujobozintawitanjyayo
Team ya brother hejuru cyane yubahwe brother ❤uwonawe ariko yibebeza arikwisoko uwirata yirate koyamenye yesu ibisigaye nubusa isi irahenda knd uwutazi ivyisi avyitivyiwe
Yesu wenyene kweri niwumuntu yokwirata nayubundiho ivyoyigira vyohera ahubWo Imana imutabare
Uyumukobwa ndamukunda knd afite umutima mwiza nabwo yirata
I don't judge anyone but it will end in tears 😭😭😭
True
How and why???
@@nayebaleallen3471 cause she abuse and denying God for the gift of body it means from gift of God she is not satisfied 😭🙏😭
Azapfumuka mureke
Mwancacyiye number Yuko nabonaho number yiy tv uyumutekamitwe nkamukozisonikoko
Yago Hejuru wacu courage nukuri ❤️🔥
😂😂😂😂😂😂❤❤I really love u sweet Dabijou❤Niwowe gisobanuro cy'umukobwa umeze neza❤
Murasiganwa numuyaga . Ese iyaba mwihindura kugira muhindure calendar y' Imana yogutura kuriy' isi .
Kwibanga mubuzima bwumuntu sibyiza nibakureke rata urananerewe Kandi urinamwiza bakureke
😂😂😂😂😂😂ahwiiii
Araberewe kandi niba yishimywe ntakindi. Buriwe akora ikimushimishije kidahuje nundi. We have to respect others wishes and opinions! Life is short so do wherver that make you happy! God bless you all, mwandike comments sidasesereza abandi, mujye mwishira mukigwi cyurikur interview ari wowe wavuga urebe comment nawe zakunezeza wunveko nundi muntu arikimwe nawe.
Arko abantu urabazi woe?! Abenshi muribo wagirango nibisimba ntibita kumaranga mutima yabandi
Yago courage mwana imana iguteze imbere ndagukunda cyane sinzi ukotuzahura
Uzazane nundi kumusura ni karibu
Mumicho yazungu ntibakunda ikibuno niyo mbanivugira, ariko biyongerela amabere kuko bo bakunda amabere manini chane bagachonga namazuru, abazungu bakora plastic surgery cane 😊
Babikoze neza bibereye amaso! Uzongereho utunure duke cyane bigendane no hasi! ❤
Nibyiza ariko relo muminsi mike azabagisha numuryango kuko ntabwo ikibuno numugongo biri proportional kandi bigiraingaruka kuri whole body
If everything was a person❤
That's business go higher bby girl ❤❤
I love herr ❤❤
Imana irihangana Guys 😢😢😢😢
Amahitamo yawe nubushobozi bwawe vyubahwe👌 ark ntuvyiratire cane ngowimare
Nshimira Imana yashyizeho gupfa
ntamyaka ijana rata .nubundi turapfa tukabisiga .Soo,ubwo rero ugomba kuyarya ukubishaka ukaniyitaho ukubishaka 🥰😍
Team Yago ❤
Yago waduhurije uyu mukobwa na Sunny akamuduhera ikinyarwanda😅😅
Yego rata sunny yamumbwirira
Umva injiji ikibuno c nihe cyakwinjiza
Usimye mumico mibi gusa
Ese komwese mbona mwasaze ngo Imana imubabarire ubwo mwebwe muri aba malaika ?? Mwagiye muraba ibyanyuu mwihane kugiti cyanyu mureke ibyaha kugiti cyanyu mwijuru ntawuzajana nundii
Arko nanone wikwihenura kubantu sst kuko umubiri nubusaaaa komeza witezimbere arko utishyize hejuru buriya wibutse ibibera kwirimbi cyng mubitaro wavuga uziga.nihitiraga da
Nukuri ntugirengo n ishyari 😂😂 ahubwo ndabona ntakigenda peee 🙊
😂😂😂😂
Cyakoze iyo nkuyu avuka muri Sudan nibwo yari kuvuga ko ari mwiza naho mu Rwanda uyu se aza muri bangahe beza koko ? Niba ariki kibuno gusa !
I like her 🥰
Ahaaa....ikibuno ukagiteza juste kugira uje muri boîte gusa!!!!😅😅😅 Nuburaya rero bubibatera!😂
Imana iturengere cane itubabarire kuko turayirakaza cane turayigaya cane kugaya ukoyaturemye itubabarire 😢😢😢ukuntu yuzuye kwiyemera rero nako ese iyonzu uzopfa uyisige urirata buhoro kandi uze wibukako utayipfukanye niyonyo niwapfa izobora cabugufi ugabanye ubwibon 😢😢😢nukuri Imana ikomeze itwihanganire pe zamushima uko Imana yabaremye
I love it
Rata chr Abantu munjyemureka amashyarii uyumubwa rwose nimwiza kndi kwiyitaho sicyaha pee amafranga naye numubiri nuwe so what rwose Kura laha beautiful girl❤ ikindi Abantu mufite imidigi mukore sports zishire dii mureke amatiku😅😅
Ariko Yago sha nawe ukeneye kusetsa pe😅😅😅😅
Ibyo nibimwe fatakumavuta yavuze bakubitaho bigaturika 😂😂😂😂😂turashize nonoho 😂
None se fatakumavuta abizi ate ko atari yanicarana nuwatanze amamiriyoni ye ngo akoreshe icyo kibuno
Ayayayaaa abandi barikurwana bagabanya ibinure n ikibuno we akabyongera does sho think about amaguru a supporting icyo kibuno, n’umugongo ?
Icyo kibby kirikuvuga kiyemeye niyompamvu Imana itazashyiramo imiyaga nijya kucyerekana
Ndakwemera cyaneee muturanyi❤❤❤❤
Uzajye nogukoresha mumaso kuberako ufite agasura kabi mumaso 🤣🤣😂🤣🤣🤣🤣🤣🤣 ninde urebako ikibunocye kitangana 😂😂😂😂hose
😂, 😅😂😂
❤❤❤❤
Utazi umwanzi asiga umubiri sh😅
Njye ndabona ari za watermelon zirimo😅😢😂
Imana idutabare
Nyamara ibyo sunny avuga nukuri
Eeeeee nihatari 👍🏽 komera mukobwa
ATI abakobwa banuka agahuyu😂😂😂👌
Do what’s works for you rata as long bigushimisha. Ntanumwe wasabye ubufasha nubundi niyo urwaye ntawugutwaza uburibwe 🫥🫥
None izo seless zigezweho😂😂😂😂 yeweee nibitaraza bizozaaa
😂😂😂 ntago tuti fiyeri yago nubukene 😂😂😂wallah
♥️♥️♥️♥️♥️
The top chatt
gusangira lonch 😂😂😂😂 urayirashe gusa nitambukiraga 🏃🏃
Cyokoze byo!
baragihaze nkabalo imana izagufashe ntuzamere nkumukobwa wo muri kenya urimo gupfa yumva kubera ibyo yaboze ikibuno cyose
Ark ikibuno cya m12 ikicyana kuri Tualete zisazwe cg afite iyiwe nubund agendana?
Love 💕💕💕💕💕💕💕😘😘
Ngongo namenyanye nabakire ngo ngo I don't care about friends 😅😅😅😅 nabaho mbonye injiji peee nkuyukoko atinyuka kuvuga ukuu azapfa yihambe ouuupsss noneho ngo ikibuno gituma atambuka😂😂😂 nese ndabaza ubu nta passport agir wee ubu niyo cyaze umwanzi akora kwinshi mbpa Uwiteka agutabare siii byeee
Ikibuno cye giteye nabi cyane jye mfite experience ihagije kubibuno byabagore kuko ibyo nabonye byambaye ubusa na computer ntibabibara rero uyu ntabiyemereho icyibuno cye ni ntakigenda.
Courage dabiju🎉
❤❤❤
Biteye isesemi man🫢🫢🫢😂😂
😀😀😀😀isi irikoreye !!!!!!
Rata warakoze kuko ubuzima bwawe ni impano Imana yaguhaye rero ugomba kwiha care bishoboka ❤
Ahubwo mbwira waraye iminsi ingahe?
Umubiri nimubi kuko urashukana mwabantu mwe!
Uziko wagirango isi mwarayiguze ntitukibagirwe ko tuyinyuraho tutayituraho ibyobirashira 😂😂😂
Ariko hari abana bafite ikibuno bateye neza barebare,batitukuje Kandi ibyo byose Ari karemano ....Dabijoux ibye n'inshinwa ntacyo yaza atubwira we already know her.
Dabijou ni mwiza,kandi afite nagatima keza
Ahaaa Nzaba Ndeba pe
Yongeresheje ikibuno None ubu asgaye annya zagabu 😅😅😅😅
Ukibuno cye cyinateye nabi
😂😂😂😂😂😂 cyakoze ngo abanganya amannyo barambarana da iminsi tugezemo ni amabara daweya ♻️
Fear women brö 🔥✍️
Ark abantu nukuberiki tubabazwa nimitwaro tutikoreye erega buriwese amenyibye kuko kumunsi wurubanza buriwese azabazwa ibyo take care for your self reka umukobwa wabandi
"The end of times"
Naho rata courage rwose kwiyitaho nibyo byambere,uwo bibabaza anwe amazi birashira
Nanjye ndabona Ari nka wotamelon imwe hirya indi hino nago bisa neza
Ahubwo atubwire amavuta yisiga
Iyo ndirimbo niyande
DABIJOU numukobwa wisobanukuliwe afite ubwenge afite money avuga indimi nyinshi mbese arasobanutse, rero nukuri muvuge macye , mwe kumucumuriraho, ibyubugingo bizwi n'imana ahubwo ntawampa number ye🤷
Nyamara ushoye 12m ugakuramo 100m ntagihimbo kibirimo kuko biramwinjiriza
Kandi beza nomumaso ahantu hose baruzuye Aho mu rwanda bose
Kumengo ico gisusu ntikingana?mbona umengo kirasumbana...😢
Ubundi bibatwaye iki koko mubure guhiga $ rata enjoy yourself
Yoooo uteye agahinda shenge gusa sishyari arko birasanabi pee
Umwijuto w’ikinonko ugirango imvura ntizagwa uwo ni ujana tu utaisha one day kandi Mugondoza Imana yabaremywe
Ntago turi proud yinda zacu nukubura uko tugira 😂😂😂😂
😂😂😂😂eeheeeee
Suko c sha 😂😂😂😂😂😂😂
Twarumiwe hhhhhhhh😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂😂 Florence unkorey umusi kbsa
Noneho nawe uyabonye wabikoresha?sha gewe si ukwirarira uko nteye nyuzwe nabyo kdi tuvugushije ukuri iyo uzi imiterere yawe ugena nimyenda ijyanye nayo kdi ukambara ukaberwa gewe 12million sha nayigura ikibanza hahahaa keretse niba yarikwije ikofi hose pe akaba amaze kubaka isi yifaranga naho ntabwo byapfa koroha ko wabinkorera biyo wampamagara kubinkorera kubuntu ntabwo nabyemera si ukwirarira pe gusa ntimunyumve nshuti
Pole disi
Aliko mubisanzwe abantarwandakazi abarundikazi igitsina gore hafi yabose mbona bafite amabuno meza nomunda hato kandi Aliko bavutse da
Urikiz ✅
Brian ari proud yinda ye
Ariko disi yesu aragukeneye mukobwa mwiza
😂😂😂😂 rwose bakobwa biyiteho rwose
Umuntu wibuka bijou muri kabiri nampe like ❤❤❤
Uhibuka gusa niwe nshaka hano yigaragaze twishimane
Bijou ndagukunda courage kbs twika wimanukire
Sha wibeshya abantu Bose bafite inda siko ariyo mahitamo none NTA ba boss kazi bafite inda Aho wakishe harabantu biyakiriye
Kdi ubu wasanga arimo no kutubeshya arike bwite kugira hakunde hashye😂😂😂😂
Courage rata mukobwa mwiza ese ko mumu judging ko mupfumura amatwi
😭😭😭