Uyu Mugabo Avuga Ko Ariwe Yesu Kristo | Akora ibitangaza Kandi Arakiza | Twamusuye Nabigishwa be 12
Vložit
- čas přidán 22. 11. 2022
- Twasuye wamugabo uvuga ko ariwe Yesu Kristu, Yatweretse intumwa ze uko ari 12 na babiri
Icyitonderwa : Video yumwimerere yakozwe na Afrimax Ltd iri Mururimi Rwigiswahili bivuze ko iyi video ari iyacu 100%, iyi ni verisiyo yikinyarwanda
Ntiwemerewe kuyikoresha utadusabye uburenganzira.
Wibuke gukora Subscribe kugirango utazajya ucikwa na Video zacu nshya dushyiraho umunsi kumunsi.
#AfrimaxRwanda #AfrimaxSwahili #AfrimaxCongo #AfrimaxKenya #AfrimaxTanzania
Izo n,inzira z,ubuyobe,Yesu dutegereje suko azaza bihabanye n,ijambo ry,Imana,Yesu nyakuri ntiyakora atyo
Ababayobotse barambabaje disi,bazarimbuka UWITEKA abarengere abakire mumwijima😭
ibi byose byarahanuwe! abemera Kristo Yesu twegere intebe y'Imana kuko iminsi y'imperuka tuyirimo
Yesu yaravuze Ati beshi baziyita yesu yesu bihindura yesu .mwirina ryanjye ariko igihecyokuza cyanje ntahuzamenya umusinisa nzaziz
Nibyabihe Yezu yavuze ko bazamwiyitirira
Cyokora
Ntajambo imana yavuze rizohera nibihevyanyuma
Uyu ariwe sinamukurikira ASA nabi nibyanwa bibi
Mbega narumiwe
Baragowe cyakor bazahanwa
Kwa kweriiiii dunia inapita kabisa😥😥😥 Siku hizi ni za mwisho , tuchunge vizuri
abakiristu twaragowe pe!ndebera nk'iki kigabo
Sha Afrimax ndabemera murakora rwose. Ni mutere imbere nukuri nanjye ndabibifurije
Bazabona ishyano abayobya abantu bImana uyu mugabo wiyita Yesu Ari mubuyobe cyane
Uwiteka amugenderere amuvane mumwijima yicayemo amumurikire Amennnn
Barakabivuze k'umunsi wiherezo hazoza abiyitirira ko ari IMANA ndabira ako kamaramaza Mana dutabare kk ndabona isi yageze kumusozo
Abatekamutwe baragwiriye🙆♀️🙊🙉🤭🤭
Ba yesu nibeshi ariko yesu kristo numwe muribibwape
Yewe ibihe byanyuma byageze😊
Mana weee
Uraje vuba , ibi nibihe byanyuma , ibyahanuwe birasohoye !
Sasa muambie Yesu,aondoe vita na ugonjwa hapa duniani!
Afimax namwe ntimukagunde amaviuz ngo mwibagirwe ubuzima bwanyu harahantu mugomba kujya naho mugomba gutinya pe yesu abarinde iyi myukamibi
😭😭😭😭😭murire muhogore Yezu wanjye tabara isi yawe
Yeweee! Ni mperuka kwel ! Ivyavuzwe birasohotse kwel. Imana idutabare
Abakoze iyinkuru, Imana ibahezagire. Bimbereye ikimenya menya. Kuko handitswe ngo beshi bazoza biyita Yesu.
Ibi nibyabihe byimperuka aho hazaza abiyita yesu
Ntukamwizere nta Yesu mbonye
Iyi niminsi yimperuka ibyo Yesu yarabihanuye
Toka satani mu izina rya Yesu abadayimoni bashye bakongoke isi igeze ku iherezo bwite
Mu izina rya YESU Kristo. Toka abazimu bashye. Mbega ubuyobe we, MANA tabara itorero.
Ibi sinakwirirwa mbireba sinashaka kubireba, keretse utarasomye ijambo ry'Imana ariryo Bibiliya Yera!
Niwe washiturwa na byo!
IBI NI UBUYOBE!
Soma Matayo 24:5,11
Matiko 13:6
Ibi n'ikimenyetso ko Kristo ari hafi!
Wowe utasomye Bibiliya, IBI NTUBYEMERE NTUZANABYEMERE, Nibakubwira ngo Kristo ari hariya wirinde ntuzajyeyo kumureba.
Mbega indushyi!!
Impumyi ziri aha! Imana ibatabare kabisa
Yesu Kristo Umwana w Imana nzima yabambwe kubw ivyaha vyacu ntarajwe ishinga n abagore uwo wese azokora ibimuhimbara bigahesha Icubahiro cose Data wo mw ijuru niwe azoba ari Umugeni wiwe Icubahiro cose n amashimwe bibe ivya Data wa twese yadukunze urukundo rutagereranwa
I jambo ry'Imana rivugako mubihe byimeruka hazaza indwara zibyorezo
Nabahanuzi bibinyoma bavugako aribo yesu kandi bakoribitangaza ngokandi benshi bazayoba babakurikire uwiteka aturengere dutajyamumubare wabakurikira inyigisho zibinyoma yesu nagaruka twese tuzamurebericyarimwe
Imana ingomba kuza gukiza impaka n'urujijo kabisa ,wenda ni yezu koko ntawamenya ndide wo kubihakana
Mt 24:24
[24]Kuko abiyita Kristo n'abahanuzi b'ibinyoma bazaduka bakora ibimenyetso bikomeye n'ibitangaza, kugira ngo babone uko bayobya n'intore niba bishoboka.
Nta Yesu mbonye ngaho nawe azabambwe
Ahhhhh Uriteguye Kumubambase?!!
Iyinkuru irambabaje ariko Umwami Yesu Kristo azahora kungoma ,naho uwo ndabona arukuyobya abantu
Icyaha kiruta ibindi ni ukwiyita IMANA
Imana niyubahw
Ducyeneye amaso y'umwuka peee bavandimwe nti muyobe kk Yesu naza twese tuzamubona kd twegere Imana kk imbabazi zigiye kurangira uwiteka abagirire neza!!!!!!
Ibyo ijambo ry'Imana ryavuze bizerekana iherezo ry'isi, nta na kimwe muri byo kitazasohora, iki ni kimwe mu byavuzwe tubknesheje amaso yacu, igihe cy'iherezo ry'iyi si kiregereje. Imana irusheho kuduha imbaraga muri iyi minsi ikomeye.
Uwomugabo muzotwereke imvayiwe niyapha muburundi ntazoze kukotwaramenye imana
Niyompamvu nzajya mvuga yesu kristo
Uzaja ushirako Yesu kristo wa Nasaleti
Uwo mugabo arahaze ntacoyimena!!Ngo ni Yesu!!!Aragahura na Yesu atazi!!
Kwa jina la Mwokozi wetu Yesu Kristo wa Nazareti,toka dayimoni.
Ngaho se mwarimu yesu nsengerabone akazi,nimba uri yesu kko
Ndumiwe kabisa buriya Imana itinda kurakara ndebera kbx
Mbashije kumirwa
Yesu yagaragaye arumuntu sinzi rwose
Mungu agufashe cyane aguhe
Imbaraga
Imana muremyi wavyose aduhe amaso yomurimwemu Matayo 24 : 3 yicaye kumusoI wa Elayoni ,biheranye , baramubaza ,bati tubwire ,Ivyo vizobaho ryari , kand ikimenyetso kizoba Iki cukuza kwawe Ni c'umuhero nicumuhero w'Isi??4. Yesu arabishura ati mwirinde ntihagire ubazimiza 5 kuk benshi bazoza mw'Izina ryanje bati Ni jewe christo kand bazozimiza benshi .20:kand muze musenge kugirango uruhungo gwanyu ntiruze rubemurushana canke kwisabato23:Icogihe nihagira umuntu ababwurango at'Ehe christo arihano canke At ari hariya: ntimuze muvyemere. 24 kuk hazokwaduka abigira christo nabigira abavugisha N'Imana bagakora Ibimenyetso bihambaye n'Ibitangaza ,kugirango bazimize n'abatoranijwe nivyashoboka .25 raba ndabibabwiye bitaraba.26 nuk wo nibababwira bat'ehe Ari mubigaragwa ntimuze mujeyo ,canke ngo ariharuguru mumpete, nti muze muvyemere 27 nkukw umuravyo urabiriza uburasira zuba ukabonekera iyo rirengera. Nukwo ukuza kwumwana wUmuntu kuzomera . Ndabiphurije gusoma matayo24 yose Niho Ivyukuza kwa yesu biri Hama abashobora kubishira mugiswahili mu rundi rurimi mubimpindurire murakoze Muze tube kwizamu atazosanga twarasinziriye Icamaso Yesu wababwe abamere Umugisha utagabanije
Uwomudaimoni aragowe yemwe ararogoswe gose k'umwana izomusukako amakara yaka Kuko nuwokuyovya gusa numurozi wukuri
Mwizin rya Yesu vah wadayimoniw uwaguhay ayomazin niso satani
Abazi Imana yabo bazakomera nibamara gukomera bakore ibyubutwari👍muve mumwijima uwo si yesu
Yesu Kriso uzaza abantu barandavuye kweli.
Mana tabara ubwoko bwawe kd uduhe kuboneza imitima yacu kk ndabona turi mubihe byanyuma, uyu nta Yesu mbonye nibabandi bahanuwe ko bazamwiyitirira, toka daimoni
Ahubwo bakoresha imyuka mibi nta wakwiyitira Yesu ngobyemere ngaho natwereke imyenge mubiganza toka Satani jyakure yanjye Yesu kristo Wamamare abakwiyitirira baza gwa habi
Hama abantu mwunvako mwemenye yesu wukuri mwirinde guseka cank kunesezwa nukwo borimbuka ahubwo mubasengereubereka Ivyanditswe abatoranijwe bazovamwo ntaho bazoja namwe ntibize ntibazi gusa babere Ijisho
Ndumiwemubemasoturashize
Afrimax murabahebyi tuuuu,mwagiye kwifatanya nabakobanyi
Abiringiye yesu wabambwe ntago twemera ibi byose ibi byose bibiriya irabivuga mutyo twiteze twiboneze
Sikku za mwisho kutakuwa mambo kama hayo ukisikiya eti yesu Iko kule awo Iko pale usiende kwa Sababu siyo yeye huyo yesu Muji hazari ndugu zangu
Imana idutabare
Muminsi yimperuka benshi bazaza biyita Yesu Christ ariko siko biri ahubwo ni ubwo bazamara kumenagura imbaraga zabera Abenshi bazabimenya nyuma ariko njye Daniel 12:7
Muhasome neza cyane
Ukuzimira kwabantu kuri kwishi. Yesu atubabarire cane
Uwo musazi
Murekane nababeshyi yakwihaye irondi zina ntitirire iryo zina
Nawasimburi mana ihoraho ibyahishuwe byarabivuze Ngobazaza biyitiririzinarye ngobazababwira ngarihano ark bibiriya ivugango nimuzageyo
Ibihe by,imperuka tubirimo
Mwizina rya yesu😲😲😲
Mbega ngo arababesha iyo avugako Ari paster
Abo Niba yesu b'ikinyoma bo muriki gihe c'iherezo Nkuko bibiliya ibivuga
Afrimax uragenda kbsa.
Ikiwa Yesu amerudia duniani, hatutakuwa na huzuni,.......
Yesu arazan umugore
Na Mungu wa Nyonyi alikuwa Mtu wa Kenya, alikufa hayupo tena, huyu naye punde atakufa. Sio kufa msarabani atakufa kifo cha kawaida, huu ni Aina ya ugonjwa
Madaktari wamushughulikie
Abantu mureke kuba injiji kuko bino byose bibiliya irabivuga ko hazaza abantu biyita Yesu ariko ataribyo musome bibiliya mugitabo cya Abatesalonike bambere igiche cya 4 umurongo wa 16 hamwe nomuri Matayo ibiche 24 umurongo wa 5 ugakomeza.Gusa uyumuntu ntabayobye.Kandi uwomugyeni arikuvuga wanditswe mu byahishuwe bisobanura abantu bacyijijwe abantu bakoze neza bazaba bagiye mwijuru ntago bisobanura umugore wa Yesu.
Yesu yagiraga abacuraguzi se! Ndumiwe koko
Mana yagye ibibyose byaravuzwe ababyibuka mumyaka yatambutse bavuzeko hazaduka Uwiyita yasu bantu ba Yesu tubemaso isi yarangiye Kandi Yesu duhabwe imbaraga zogutsinda ibibigeragezo
karabayepe mwami wacu yesu urimwijuru udutabare uduhimbaraga zogutsinda ibibishuko
Wabwije abantu ukuri ko urumupfumu akateka gutuburira abantu!
Mureke ibyahanuwe bisohore
Ubu nubuyobe bukomeye ahubwo Yesu amwiyereke nabano bose yayobeje Yesu abasange nukuri bave mumwija bicayemo
Mana ishobora byose🤔tugeze mubihe byanyuma pe😭 Imana ikubabarire kuko utazi ibyo urimo wa mugabowe we
Ahubwo Yosephine 😆😆😆
Imana yo mwijuru irihangana kweri
Buriwese nukwemerakwe
Eweeee afrimax muzobona vyinshi
Imana yihanganiye vyinshi😭😭😭😭
Imana irihangana
Imana ikubite indyaryav
Nimusome yemwe matayo 24:1 kumanuka yesu bwiwe yaravuzeko mugihe ciherezo hazoza abigira abavugishwa nimana bakore ibitanganza nivyumana wumuntu atakoze Kandi bazovuga ngoniwe kristo yesu yaravuzeko bazozimiza beshi no mubayoranizwe nimukunde gusoma ijambo ntahandi nobashira naho
Akwiye agasho
Ba yesu nibenshi ntibitangaje hariho nuwo bitiranwa Akina umupira
Matayo 24: 5,6 Yesu arabasubiza ati “mube maso hatagira umuntu ubayobya, kuko hari benshi bazaza biyitirira izina ryanjye, bavuga bati ‘ni jye Kristo,’ kandi bazayobya benshi.
Nonese uyu mugabo ko abeshya Yesu yagarutse impanda itavuze abo nibo bavuzwe ko bazakora imirimo nibitangaza biyitirira izina rya Yesu igihe kirageze bene data mureke dushake uwiteka bigishoboka ko abonwa kugirango tuzabashe kuragwa ubugingo buhoraho
Ibi yesu yabigize akiri kwisi koharabazoza biyita yesu bakora nibitangaro bakiza nindwara muga ngo ntimuze mubakurikire
Mwagiye Mureka kuyobya abantu
Shindwe ,ni siku za mwisho kbs
Iyi ninzaraa,ikindi bari kumupfumu ahubwo ntavyobazi 😂😂😂😂
😭😭😭😭MANA dutabare uduhe kugukorera 😭😭😢 🤲🤲🤲🤲
Ubutekamutwe bwab'ibisi kweri!
Mureke dusenge ngo hazaza abiyitirira izina ryimana mubinyoma imana data mwuka were atuyobore
Abahanyi BINYOMA Ntibabura
Imana ibigurure amaso badi
Imana ibabarire bano bantu
Ariko isi iri mu binyoma pe,uyu mupfumu koko arigereranya na Yesu Christ umwana w'imana. Na
Ibi birasobanura neza ubutumwa bwiza bwa Yesu kirisito bwanditswe na matayo 24
Kumbukeni ya kwamba Katika siku Zamwisho kutatokea manabii wa uwogo nawo watadanganya wengi kuweni maki wapendwa wa Mungu siku zamwisho zimekalibia