AMARIRA ARAKWICA😭INCUTI YANJYE YANTWARIYE UMUGABO KANDI ARI ABAPASITERI😭NAGEZE AHO NSARA NKIRUKA😭
Vložit
- čas přidán 5. 10. 2023
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com - Zábava
Ikiganiro cyiza cyane kirimo inyigisho! Gusa uyu mudame yaraharenganiye, gusa habayemo no kujijwa. Imana izakomeze ukwihangana ugira. Gusa uri mwiza kdi muto. Uzabaho neza nukomera kuri Yesu❤
Iman izabipfashem kd murakoze cyane😅
Urasa neza Mubyeyi,
Nakwikundiye ufite ubwiza bw'Imana🙏🙏🙏
Parphi Imana yemera KO tujya muntambara ikaturwanirira
Pamphile merc IMANA Iguhumugisha wakoze guhagarara kwizinzozi Nukuri hubwo IMANA yarababuriraga
Abantu birinde ubuhanuzi,ninzozi byose tujye dusenga kdi twirinde pe,Uyumudame sinamurenganya yarinumwana cyane imyaka14 ntabundibwenge pe,,yenda yaranakubwshyeko yarose,,gusa nawe Imana yarikukwihera inzozi,,ngaho ibaze nkiryo torero uwomugabo yashinze pe abahasengera ubuyobe bafite
Woww Imana iracyifitiye abantu bakiyoborwa nayo❤ sinakubwira ngo komera mubyeyi mwuka wera aragukomeje pe uku niko bita kwakira Yesu nkumwami numukiza ubwiza bw'Imana bukuriho 🥰
Murakoze
Imana igukomereze amaboko muvyeyi mwiza songeur kunkomeza ubundi busha kuko nanje ico gikombe nakinywereyeko ntivyoroshe Imana idukomeze
Mubyeyimwiza Imana Data watwese aguh umugisha...Kandi Komeza wihangane ingororano zukwihanganira ikigeragezo zirateguwe❤❤ Nukuri ndafashijwe.
Imana ikubabarire wabaye umufatanyabikorwa kuko wahishiriye ikibi gusa aba astoro narabahaze nange baribankozeho ngobaransengera narakomeretse sinkunda umuntu wese wiyita umukozi w,Imana uyumunyamakuru we afite ukuri.bagezaho bambwira ngoniyambure ubusa ndabyara sha baragahura na Yesu kuko bahuye bakizwa
Ndongeye ndafashijwe ,icyo satani ashaka nukutubuza ubugingo nimwihangane turwane tunesha turinde icyo Imana yadushyizemo satani amware. Kuko igikuru nubugingo naho abagabo bacu ni inyongera.kdi twibukeko icyo umuntu abura agapfa Burundu ni yesu gusa.Imana ihe igihe umugisha mubyeyi.ihe umugisha Beulah🙏
Muhunge impyisi cyane iziyita abakozi b'Imana!
Murakoze cyane Pamhile,uyu mubyeyi nagume muruwo murongo,Yesu azamugirira neza,Ntazacike intege,nsubiremo aka kantu avuze ngo."Indahiro ni indahiro."Abantu benshi bayobejwe namadi,agireka Ijambo,ark Uwiteka atabare ingo nyinshi uyu mwuka wo gusenya ingo,nogushaka ubwakabiri,cg ugakomeza,nuwa Satani,ahiga ubugingo bwabera ngo abarimbure
Amadini agoreka* nanditse nabi
Urumubyeyi mwiza disi kandi wihangana.Humura Imana yacu harukuntu ijya ibigenza.
Pamphile ntakabije nsanzwe nkuzi ntawagukekera ko ubyaye izo nshuro zose uko Ari 10!
Komera Muvandimwe...ngabo abarokore...si urw'umwe!....ariko Imana irahora....
Ariko abagabo nigitangaza koko, ubu watavumugore mwiza gutya ukajya kuwuhe koko. Komera mubyeyi Imana iragukunda kandi izakomora ibikomere byose wagize.
Impore mama Imana ijye ikwitaho muri byose gusa disi yarabikweretse ni uko utabashije kwifatira umwanzuro ngo ureke kubana nawe. nanjye byambayeho gusa Imana ibana natwe mu bujiji bwacu reka tuyomeho niyo idahemuka
Umuntu yakubona gute kuko hari ingonyishi wafasha ntizisenyuke rwose gusa imana iguhe umugisha Kandi inyamata natwe udusengere murakoze
Kuki se uvuga ko yaba yarahubutse? Kuki se Imana yemera ko Intambara zitugeraho kandi yenda tutazigizemo uruhare?
Yooooo mama bitangaza we mwami Yesu Imana nikomeze gutabara ingo😭😭😭
dabasaba kusenjyera nunva
Nifuza guhora nyizwa. Iteka ryose murakose
Mubyeyi mwiza ndetse nundi wese waba ufite impano. Ko numvise musobanura inzozi wansobanuriye izi. Ndi umukobwa. Iminsi ishize nagiye gusura umubyeyi uzaba mabukwe nuko ndarara turararana. Nijoro ndota ukuboko kwanjye umuntu aje akagusatura ashyiramo amasaro 3 ubundi harongera harifunga. Nibaza icyo bisobanuye byaranyobeye. Ni ubwambere narindaye muri urwo rugo. Uwansobanurira yaba amfashije. Murakoze
Uyu mugore ndamukunze Imana imuhe umugisha kdi imukomereze amaboko
Amena nukuri
Imana ibahe umugisha ndize
Murakoze kubuhamya muduhaye guhishila ichahanibibichane
Incuti we 😭😭 Sha ntawibivuga pe ibyo wanyuzemo ndabyumva nabisogongeyeho
Pole sana bambe
Ku munota wa 1h30 Nanjye iryo jambo ndaribuze pe kandi nkunda kuryumvana ba Ezekiel nibaze batubwire aho barisomye
Yoooooo mbega inkuru komera mama
Gumana na yesu Amen
Urakoze kubuhamya uduhaye
Umugabo wubatse akirwa agendana nundi mugore nawe wubatse bavuga ngo barakijijwe numwanda
Imana yagukijije uwo Mugabo kuko n'ubundi ntiyari umugabo. Inkongoro zijya aho intumbi ziri!
Ati nakadege. Birashecyeje
Imana igukomereze amaboko mubyeyi mwiza 🙏
😊
Amen
Amen nukuri ihangane 🙏😔
Impore mama
Ubwose ko nkumuhanuzi yamaraga gusasa ntahanure?
Ariko disi uri umukirisito pe
Abanyamakuru murabaza
IBYUVUZE NIKO BIRI , UWATSE GUSAMBANA NTARUTANGIRA AGIRA yava nyagarate agataha irusizi agasambana
Ntabwenge none yabwirwaga niki ko abandi basasa aha
hhhh izi nkundo zabapasteur zirasekeje rwose
Ndatekerezako lmana yimika na shitani ikimika mumadini ubwose uwomugore nuwomugabo wawe sinumva arabakozi ba shitani kandi bayoboye ninsengero🤔🤔🤔🤔amayerekwa yurushako ni umugabo wawe wumupagani wagize iyerekwa gusa wowe ntiwabonye akanya ko kubaza lmana . Urukundo rurwaza amour ruva kumubi nirwo rwa amunoni wakinze tamari mushikiwe bikarangira amwanze urunuka (umunyamakuru aravuga ukuri 100/100)kuko urukundo rwabana b’lmana ruraboneye iyo tutabaye maso sekibi itanga abagore nabagabo da😓
Muraho uyu mugore uru rugo nurwe kd Imana yaramuretsengo ageragezwe kuko ijya ibikora rimwe narimwe umugambi w Imana nuko havutsemo abana 7 gusa urugo rwabo rwarageragejwe kd amaherzo baza nesha none se Abrahamu ntiyageragejwe kd afite isezerano Yozefu se we ntiyageze aho ajya muri gerezaImana yari yavuze ukuri kd uwo niwe muugabo we bazasazana
Ingo zose ntizituruka kumana.namaze kubibona
abobanu ndabazi nincuti yacu
Turikumwe..twara.cherewe..kubakurikira.arikonone turikumwe
Agakungu abagore bagira sha ntsmugore nzikururira abagore bafite 90 kwijana mukurimbura isi
Biragoye kwemezako uwomugabo wawe atari umugambi wa satani gushakana nawe🙆♀️🙆♀️🙆♀️🙆♀️😰😰😰😰
Yewe ntamugore usasira mujyenziwe yariyakurangijedisi isengere lmana izakugororera ubwowasanga banuzuwza harabantu batunze amasezerano adahari kubera guhanurirwa nizonkozi zibibi gusadusenge dusaba lmana ubwenge nihishurirwa
Gusa burya uwambaye ikirezi ntamenya ko cyera
Ko numiwe
😮😮😮😮
Nonese ko utigeze ukunda uwo mugabo wasazwaga Niki?
Mbabazwa nabana banyu bumva ibi abandi bana uko babafata muri Société
Nukuri
Ni agahinda nshuti. Abana bakurana ipfunwe mubandi
Oya ntakibazo babagirah kuko Iman yabahaye imbaranga nigitinyiro😅
Urasa neza Mubyeyi,
Nakwikundiye ufite ubwiza bw'Imana🙏🙏🙏
Murakoze cyane kd ntawe ntiko😅
Umuntu yakubona gute kuko hari ingonyishi wafasha ntizisenyuke rwose gusa imana iguhe umugisha Kandi inyamata natwe udusengere murakoze
Kuri canoyajye esther mukativi
Wakadika nizina ryi ndirbo IMaNa IRAKUBAHA urahasaga nomero yatere voni mbonekaho murakoze
Nagahoma munwa 😢ngitangira ikiganiro Gusa Uwiteka azaza ace intambara zishire
Amen Niko kuri😅