Igitangaza i Gikondo||Padiri Ubald yakoreshejwe n'imbaraga za Yezu abarwayi barakira
Vložit
- čas přidán 24. 11. 2019
- Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Mana ndakwingize ikize Dudu na fille wavuze ko wakijijie abatitira😢👏
Françoise Ndayishimiye
AMEN AMEN yumve gusenga kwawe nukwacu Madame
Yezu kora no kubabyeyi Bose babuze urubyaro....
Tubisabye tubyizeye
Amen
Nukuri 🙏🙏🙏
Yesu ntakorera mubapene gusa nkuko bo babyibwira ahubwo Yesu akorera muri bose atitaye ku idini
Mubihe byanyuma na Satan akora ibitangaza tugomba gusenga tugasaba umwuka w'uburondozi tukamenya umwuka wi lmana nu utari uw'lmana.
Espera ndumva witiranya ibintu menyako ibikorerwa mumadini namatorero byose bizashira ahubwo urinde umutima wawe kuko idini Imana ishima nsi ikorerwamo ibitagaza nibindi bisa nabyo ni iyimakaza kuyubaha kandi rigakorera byose murukundo igihe ibyo bitagwiriye nibashake babe bazura abapfuye bazarimbuka rwose igihe batubaha Imana nibangire urukundo mimitima Kandi Imana y'omugihungu cyomwijuru niyo ifite kubaho kwibiriho byose ninayo izaca imanaza reka rero kwishyira hejuru ca bugufi cyane Imana ikwemere gusa muri byose Ihabwe icyubahiro kuko ikorera hose icyarimwe
Amen!! Yezu nimuzima kandi arakiza
N'Imana ntikorera muri Yesu gusa nk'uko abakristu babyibwira, ahubwo ikora mu buryo bwinshi ititaye ku myemerere.
Padiri ubald turamukunda cyane
Mubasusumira Yezu Kristu akore no kuri Dudu na Fille
Ni abakiza nzemera, avugira muri rusange kuburyo utamenya uwakize uwo ariwe
Clementi urakoze cyane kubasabira. Nange barambabaje cyane
Amin!!!
Amennn amaraso ya yezu abakize
@@tyanaakaso3491 sha kuva nababona mpora mbibazaho, bikandenga, uzumve ugite imbeho ugatitira gato, ukuntu uvunika nibaza imyaka bikandenga
Nahakiriye ikibyimba munda Yezu ni muzima amashimwe naye
YEZU shimirwa ibyiza byose wangiriye ,muribyo nakize umugongo nari maranye imyaka igera ku munani, ubwo hari muli 1998 mw’isengesho ryabereye INyamirambo muli Saint André ryari riyobowe na Padiri Ubalidi
Tito Karangira Amen🙏🏽
MANA NZAHORA NGUSHIMIRA, nanjye nakiriye mu isengesho Ubald yakoze. Ubu sinkishidikanya, uri Imana NYAMANA, warakoze kynkiza MANA, MANAAA ISHOBORA BYOSE, ALLELUYAAA
ngewe natanga ubuhamya,igihe padiri yaje inyamiramboi, natanze ibyifuzo byange byose kurupapulo.mwizina ryimana ibintu byose nasabye nkabyandika kuru papulo byose Imana yarabinsubije. ndashima Imana pe!
Amen !Imana ishimwe cyane.
Ntiwakize kubera umuntu, ahubwo wakijijwe nuko wizeye ko uzakira
Nanjye nzi umucyecuru bamushyiriye ariko ntacyo byatanzw nukuri, kuko ubu agifashwa n'abaganga k'imitiye ihoraho.
Rero tuza gusingiza, kuko Kwizera konyine Niko kurengera nyirako
@@kampiredaphrose5678 igihe cyose nujya gusenga wizeye bizakunda rero igihe cyuwo mukecuru cyarikitaragera. kandi remember buriwesw nigiheke
@@kampiredaphrose5678 ariko navuzeko nakize kubera Imana apana kubera umuntu.nibawanyumvise neza.
Urimuzima yezu Kandi urakiza mu isakaramentu ry'ukarisitiya
nukuri yezu nimuzima Habwa icyubahiro mana
Najye ndumva nakize ahantuhose numvaga ububabale nkimala kumva ububuhamya bwose Kandi nkeye kumutima uwiteka aracyaliho nukuli Amen Amen
Imana ukwongere amavuta kandi ubandanye uri igikoresho kizima c'Imana. 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Amen!!! Singizwa Nyagasani Yezu ko wankirije umubyeyi
YEZU Mwiza Vuga Ijambo rimwe umitima wanje Nguhereje Yezu abarwayi irwara zananiye Abaganga wewe Muganga wabaganga korakubihebuye bose nabapfise Ibibazo bitandukanye kuko Urashoboye Ganza YEZU mwiza Mubuzima bwacu😍😍
Those who are in different struggles u know Jesus can heal u no matter how u are physically and mentaly suffering
Amen Amen
Niba Imana imwemere ikamukoresha, mwamusabye agasengera Dudu na Fille b'i Rubavu koko ko abaganga b'abantu batarabyerekwa.
Umunsi wabo uriho kandi icukwiye kumenya niba urumukritsu inzira z'Imana kwarinyishi ahubwo niyuvuga uti dukorane tubasengere Yezu azazekwigarakaza numubaganga bisi mbe mwabaye gute mijemushishoza nayo muviga🤫
Isaha yu muntu iyo igeze yesu aragukuziza
@@francoisekabanyana444 umubumbyi w'abantu ntiyaduhaye intekerezo zimwe kuko ntiyashakaga ko hari abirata ubwenge bwabo so, jye navuze ibindimo nawe ibyo uvuze nibyo bikurimo tubane amahoro
@@hopepierrette7040 ibyo nibyo.
Mucyowukuri Smith yezu ndakwizera nyirizamukuruwajye. Nago avuga
Imana yomwijuru irakora cyane twizeye ko nizindi ndwara zananiye Shane babantu izazikiza amen
Amen, Hasingizwe Yezu Kristu , Umwami w'Ijuru n'isi.
Amen
Yezu uracyiza peer!natwe utugereho udukize.Amen
Amiiiinaaaaa
Mahindu bite ko tugukumbuye?
@@doudoujustine4709 Uyu munsi irarara ibagezeho turi kuyitunganya iraza imeze neza cyane kurenza ibisanzwe
Kurwego rw'isi hhhh
Amen!!! Singizwa Nyagasani Yezu ko wankirije umubyeyi
IMANA DATA ISHOBORA BYOSE NI NYEMBARAGA AMEN
NYAGASANI YEZU AKOMEZE ATWITEHO
Twahagiriye ibihe byiza
Imana ibahe umugisha kububasha Yesu yabahaye bwo gukiza abantu be
Amina 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Amen, Yesu arakiza tumwizere.
Amen.Yezu ahimbazwe cyane.
shimwa Yezu kuko nanjye nari muri iriya mbaga kandi wambohoye amaguru satani yari yanziritse Amen
Si uwo wenyene aba padiri Bose barabikoreshwa n'umwami Yezu kandi hose
Amen
Yesu ni muzima kandi numukiza Amen
Amina
AMEN
Mana Data wa twese, nkweretse umuryango wanjye wose ngo udukize uburwayi bwacu bwose yaba ubwo ku mubiri cyangwa ubwa Roho ngo ubudukize mw'izina rya Yezu, kandi mbisabye nizeye ko uri Umushoborabyose,Amen.
Amin
Amin
Mana data nkweretse umuryango wanjye nkweretse uburwayi bwukuguru ndwaye nuburwayi bwa Presha yezu unkize
Muvyimana ntibiraba bamwe gsa biraba bse . Tugire Kristu
Imana ni nziza ibihe vyose!
wooow sureba nari narabibuze ! yezu akomeze akwagure Sabin
Amen Yezu Kristu nimuzima
Singizwa Nyagasani, urakoze cyanee Sabin nizereko wahakuye indurugensiya zose, kandi ko Yezu Kristu yagukoreye counseling mpora kwigurizako wakorerwa
Ese indurungensiya ni iki?
nukuri ntawundi wo kwiringirwa atari yezu , uko agendera abandi natwe tutahabonetse ntadusige
Merci Seigneur Jésus.
Mana nanjye unkize indwara ya infection
Yezu uri mwiza. Niwumve amarira yabana nabapfakazi bo mu biyaga binini uduhz amahoro ava i wawe. Urakoze yezu kumva amsangesho yanje
K mutajanye dudu na fille k Imana ikiza koko kandi bazokizwa namasengesho kuko iriya nrwara yafashe famille ntisobanutse kweli.nibitero bya badayimoni byo muri famille sabin
AMEN2
Ngo iyo bakomye amashyi biramuzubaza!
Abanyarwanda gsa ga Nyagasani ????
yezu ni byose nukuri kd umwizera wese agira ubugingo bwiteka
Yezu ni muzima nange yankijije uburwayi bw'igifu bwari bwrananiranye kwamuganga ibyo byabereye i nyabitimbo mw'isengesho ryo gusabira abarwayi ryari riyobowe na padiri ubardi 2005 kugeza ubu 2024 sindongera kunywa umuti w'igifu.
Urimwiza YESU
sha isimbi tv bashobora kuba baduturiye ryabaye kera
oya ejo njye narindiyo igikondo
Isimbi TV uyitekereje nabi rwose. Mu murongo dufite ntabwo harimo gurubura cyangwa kubeshya abantu badukurikira, turabubaha kandi twubaha abantu mwese buri wese mu rwego rwe.
Hoya rwose narimpibereye kd uko niko byagenze kuko nararisoje
Nyakubahwa Padiri mwagiye mugerageza mukerekana live abakize bakanatanga ubuhamya inkuru nziza ikagera hose kwisi
Iyo wagiye gusenga ubuhamya buratangwa kd umwanya uba ari Muto
Ahajya he? Ari
Aminaa 🇧🇮🇬🇦✔️.
Uwo Niko asazwe. Turamwemera
Kanda hano urebe. czcams.com/video/guDpAFmoa4o/video.html
Uri mwiza Yezu. Singizwa Yezu Uri muzima mu isakaramentu ry'Ukaristiya.
Sabin buriya rero rimwe uzadukorere ka surprise maze isengesho rya Ubald uriducishirizeho live niba bishoboka wanaturaritse.Uzaba ugize neza cyane
Nubwo bihenze ubutaha tuzagerageza tubikore. Urakoze
Yego birahenze byo ni ukuri pe.Ariko urakoze cyane
Yezu nyirimpuhwe ndagusabye kiza Divick uburwayi bw,umubiri afite
Yezu ni Muzima mu isakramentu ry,ukaristiya🙏
Urumubyeyi wukuri mana uruhure abaremerewe
Yezu nanjye ansange numuryango wanjye ankirize umwana
Yesu weee abagatorika basigaye basenga nkabakizwa ? Haaa ndumiwe bwabundi abakizwa ndemeye ko aribo bafashe inzira nziza gatorika isigaye itaka abakiridu bakavugishw nkabakizwa
Abakizwa nabaki?
Yezu nimuzima Kandi arakiza.Amen
Yego naringukumuye
Imana ishimwe kubwobitangaza yakoze
Yezu aracyixa nimuzima
Ndakwizeye yezu 🙆
Yezu, arakoze.
Nasingijwe nasingijwe mwijuru!!!!
Abari igikondo musengere namaguru yanjye. Nkire
Ndabonaibitangazaaribyose cne
Yezu n'Umukiza kandi ni muzima mu ukaristiya nyeranda.Uwumwizeye abona ibitangaza
Maskn Poe YESU NIMUZOMA
Mana urigitangaza
Ni Yesu ukiza cg n’Imana ikiza mw’izina rya Yesu?
Ni Imana ikiza mu izina rya Yezu. Niko mbyumva.
@@jesusislove9738 ariko mubaroma nubwo ntibuka verse neza haravugango ni watuza akanwa kawe ko yezu arumwami ukizera mumutima wawe ko akiza uzakizwa.menya Ari rom9:10 ,rero dukira bitewe nukwizera kwacu ukokungana,niwumvako yezu adakiza ntuzakira ariko nubyizera kdi ushikamye uzakira ntakabuza
Amina Yesu ahimbazwe
Yezu kiza abantu bose bakora ibibi babyita byiza!!
Padiri Ubald abarizwa hehe murwanda?
Hhhhhh Yesu ashimwe Cyane
Usingizwe Yezu
Nibyigiciro
Yezu ni Umwami n'umukiza wacu
Amen
Yezu ni muzima iteka ryose amina
Yezu kuzwa kandi ushimwe uracyakora ibitangaza
Ni ukuri Yezu ni Muzima!!!!!!!
Yezundakwizera
Uko yahoze n'uyumunsi niko Iri kandi ntihinduka
Christ uri muzima ubuziraherezo
Nyagasani uriho kdi urakora
Yezu arakiza
Singizwa nyagasani yezu!!!🙏
Amena
Urakoze yezu
Yezu ni muzima kandi agira impuhwe nyinshi nasingizwe iteka
Komeza uruhukore mu mahoro
Mujye mukiza abo twese tuzi
Bibe bityo
Byose buhira abakunda IMANA
Yezu uko yari ejo niko ari uwu musi kandi niko azoguma aracakiza
Ariko abirabura mwagiye mukura ubugoryi aho ?!! Ubwo wumva umuntu ashobora gusenga just ko yasenze urwaye agakira ?!! Ni muganga se ?!! Come on
Hakiza Yezu yaco wigira nawe ikigoryi Yezu arakiza
Umuntu c niwe ukiza cg uwo aba yasabye ngo akize abantu niwe ukiza?
None c ubundi wowe wemera ko muganga akiza Niko ubizi???.
Niba Akiza C abamupfira Mumaso kuki bagenda??????.
Ahubwo com on ari wowe pe
@@estatetv9694 Muganga avura ibyo ashoboye, ibyo adashoboye bishobora guterwa nimpamvu zitandukanye (iterambere rya science mwiyo domain y'uburwayi , ubumenyi bw'umuganga, ibikoresho se etc.etc…)…. Hanyuma noneho rero niba wumva ko atari muganga ukiza next time nurwara , (simbikwifurije) uziyicarire iwawe hanyuma nawe uhamagare uwo usaba ngo akize abantu?!
Uri muzima Yezu!
Niba mur'abo bari muri coma, wa mubyeyi (Mme Habyarimana) wayigiye abyara kugeza n'ubu adakize nta gitangaza ndimwere mumbarire.
Ntago ari itegeko ngo abantu bose bakire biterwa n'ubushake bw'Imana
Yezu aratubwira ati:Nimwemere Imana nange munyemere ibindi byose muzabihabwa". Kwemera nicyo kintu cya mbere gituma dukira .Ngewe Yezu yankijije amavi n'umugongo.Muri 2012 nagiye kwivuza amavi mpabwa rendez vous yo kubagwa amagufwa y'ivi sinasubirayo ahubwo mbyereka Yezu mu isengesho rikiza Yezu arankiza irindwi yose irashize nta nubwo nkibuka ivi ryarimo ikibazo .Yezu ni muzima ubu n'iteka ryose Amina .Ubu ndi kumusaba ngo azankirize Umwana uburwayi bw'amara na sinizite n'amaso.
Inyanja twogam
Uwo yezu wanyu yakiza gute ko mukimubambye kumusaraba?????? Kandi yaravuye kumusaraba akazuka ko atakiri kumusaraba.
Yesu nimuzima ahimbazwe
Suko se😂😂😂
Ntabwo Yezu akiriza mubishushanyo byizuba ahubwo ibyo nibizira mumaso y'Imana, aba bari gusohoza ubuhanuzi ngo muminsi yimperuka hazaduka abahanuzi bibinyoma bakora ibimenyetso nibitangaza kugirango bayobye banshi, mube maso bavandimwe kandi musome bible kugirango mubashe gutahura ibi binyoma bitava ku Mana ahubwo biva kuri satani. Imana idufashe.
Ahaaaa
Nanjye ndashima Yezu muli byinshi yankoreye halimo ko yankilije umwana asma hali muli 1994 mbere ya Genocide gato nanjye yankijije mumihogo nibindi byinshi. Nsabiye na Dudu na Fille.
Yezu uracyiza peer!natwe utugereho udukize.Amen
Amen
K mutajanye dudu na fille k Imana ikiza koko kandi bazokizwa namasengesho kuko iriya nrwara yafashe famille ntisobanutse kweli.nibitero bya badayimoni byo muri famille sabin
Ntago ari itegeko ngo abantu bose bakire biterwa n'ubushake bw'Imana
Mujawiyera Esperance ntanubwobaritegeko ngo ibyizere ww bo babyizeye bakira Imana ntitekereza nkabantu.nshobora kuba nagira umutwaro wabo w ntuwugire abantu ntidutekereza kimwe
@@bd9373 umbabarire ntago nsobanukiwe ibyo wanditse !
Yezu ni muzima
Amen
Amen
Amen