ICYACUMI cyazanywe na Anti-kristo Muve mumadini Jyoni ryanjye arabeshya. AMADINI 3 Satani yashinze

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 1. 09. 2021
  • #WHATSAPP_0788266238
    #AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE #250788266238 #25072888535 #250787898191
    Kora Subscribe hano / @ayalonitv2992
    Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
    Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe.
    Turabakunda.

Komentáře • 213

  • @kurudikwayesu1706
    @kurudikwayesu1706 Před 2 lety +4

    Yesu ashimwe cane kubwajye uyu mukozi wi Mana ibyo avuga nibyo Kandi nibyo nubwo bigoye kubyunva kumtu wahisemo kuyoba nokutemera ukuri be blessed papa

  • @marieyosee3025
    @marieyosee3025 Před 2 lety +2

    Sekibi, Yezu Kristu yagutsindiye mu butayu, Yezu Kristu yagutsindiye mu mutima w' imizeti, Yezu Kristu yagutsindiye Ku musaraba. Sekibi, sekinyoma ndakwirukanye mu izina rya Yezu Kristu wapfuye akazuka. Ubutabera bw' Imana buguhane. Ubusugi bwa Bikira Mariya bukujanjagure umutwe , jyenda ukongoke mu nyenga y' umuriro. Abana b' Imana uyobya ndabakwambuye mu izina rya Yezu wapfuye akazuka.

  • @FurahaElie
    @FurahaElie Před 10 dny

    Ndakwemera cyane nange ndumuvugabutumwa nkeneye abotwafatanya kuvugukuri

  • @dynakarire5002
    @dynakarire5002 Před 2 lety +1

    Ndakumva gose Pasta komeza wamamaze Kristo,apana idini.kuko idini ni umwansi w'Imana.ninaryo ryishe Yesu nabigishwa biwe

  • @michelsadiki9228
    @michelsadiki9228 Před 2 lety +3

    Ariko ubundi kuki twiyobagiza kandi tuvuga ko twese tugendera kuri BIBILIYA, unasanga ari yo tuvuga buri kanya. UKURI KURAHARI KANDI KURIGARAGAZA 100%. Ijambo ry'Imana rishingiye ku gakiza tubonera muri YESU no ku mategeko y'IMANA k'uwemera BIBILIYA. MATAYO 5:18 'Kandi ndababwira ukuri yuko ijuru n'isi kugeza aho bizashirira, amategeko atazavaho inyuguti cyangwa agace kayo gato, kugeza aho byose bizarangirira.' YAKOBO 2: 10-11 'Umuntu wese witondera amategeko yose agasitara kuri rimwe, aba ayacumuye yose kuko uwavuze ati " ntugasambane ni we wavuze ati ntukice." Nuko rero nimureke kujyana abantu mu muriro utazima mubabeshya, mutazabona akaga.

  • @tunyuremukuriofficial9393

    Uwiteka. Abahe umugisha rwose.

  • @shumbushojamesgad6003

    Soma Bibiliya Papa uyobowe n'Umwuka Wera Atari ubwenge bwawe cg irari ryawe nibwo uzashobora gukurikiza ibirimo. ZABURI 119:105, YOHANA 32:8. Icyacumi mugitange kdi neza musohoze gukiranuka kw'Imana kose ibindi mubyihorere muzibarizwa ibyo mwakoze buri wese kugiti cye!( Ntibabashuke )

  • @evaristendayambaje8568

    Amahoro,nanejejwe cyane no kumva inyigisho za musisi,ariko ntabwo nagize amahirwe yo kumva uko yatangiye ajya mu murimo w'Imana kuko maze kumwumviraho byinshi ,bingaragariza ko urugamba rwa satani Ku itorero,rwatangiye cyera mu Madini hakaba harabaye ubuyobe bwinshi.nifuje kubona ibiganiro yatanze byose ngo mbyumve Ku murongo,kuko ndahamyako bizarangira maze gusobanukirwa neza Icyo nkwiye gufata nk'umwanzuro.ariko ndamushima cyane kdi kurushaho ndashima Christo Uri muri we.nanjye Niko nifuza ko yaba muri njye .Imana se w'Umwami wacu Yesu Christo ibinshoboze.

  • @ninsimamariam6604
    @ninsimamariam6604 Před 2 lety

    Wamunyamakuruwe ubazibintu byubwenge Kandi nuyu musaza ndamwemera cyane

  • @ndayiragijeinnocent3069

    Ndakuramukije Pastor, ibiganiro vyawe birimwo ubusesenguze bwinshi. Birampimbara cane
    mukomeze kutuyagira

  • @bernadinekaneza9911
    @bernadinekaneza9911 Před 2 lety +1

    Nanjye sijyaga ngitanga ngiye kumusozi gusenga nahanze umukozi wimana arambwira ngo uje gusaba iki usize uriye nicyacumi cyayo naguhaye suburayo wishyure ugaruke ubone umbwire ibyo wifuza kuva ubwo ntangira kubaha icyacu kuko uwomuntu ntiyarabizi ko ntajya ntanga icyacu.mube maso

  • @leashima9665
    @leashima9665 Před 2 lety

    Murakoze cyane Pasteur Musisi ! Gusa amadini azadusaza kuko bose bagusha kumaturo n'icyacumi. Imana ibahe umugisha hamwe n'umuryango wawe.

  • @maguybuno
    @maguybuno Před 2 lety +4

    Amen turikumwe nanje nizeye Kristo Yesu, kandi nkuko Yohana 14:6. Ivuga, nukuri dukwiriye kuba Aba Kristo Yesu. Ukuri kose rero kuri muri Kristo Yesu. Abantu basabe Yesu Kristo Abihishurire. Pastor Musisi na Alayoni TV, mukomeze mwamamaze Kristo Yesu. Nukuri mba muri America kandi mpamaze igihe kitari gito, ndetse niho nigiye nikinyarwanda, ariko abantu benshi uyo mbabajije ko bakiriye Yesu Kristo nkumwami wabo numukiza, barambwira ngo basengera mwi dini runaka, nkuva rero abantu bizera abandi bantu .Ariko ntibaribizera Kristo Yesu. Yesu Kristo ni mwiza kandi Ibyo Akora byose nibyiza. May God bless you

    • @pollenpoll7260
      @pollenpoll7260 Před 2 lety

      Mwabantumwe duhara ire gukudana naho ibi di byose tubiharire nya gasani

  • @sosso1078
    @sosso1078 Před 2 lety

    ndabihamya,kuko ivyaha vyaje cane kuvaho amahera atanguriye kubaho.mwibuke Yesu asesagura amahero murushengero ry Imana,yasanze basigaye bahakorera icuruza....

  • @agnesnzeyimana4279
    @agnesnzeyimana4279 Před 2 lety +1

    Nshimiye Data kur'izi nyigisho. Abakunda Ukuri kwa YESU turashima ingene izi nteguro ziriko zidukiza ubuzimire. Muhabge umugisha na NDIHO.

  • @vianneymunezero3233
    @vianneymunezero3233 Před 2 lety +3

    Ndashaka mumbarize Pastor muti : ubundi what is your purpose in what you are doing? What is your boundaries?

  • @rubabazadiogene384
    @rubabazadiogene384 Před 2 lety +6

    Satani wiyoberanije akihindura malayika w'umucyo niwe abantu benshi munsengero baramya akenshi batabizi. Imana ishimwe ko iriho ikoresha nka ba pasteurs Musisi ngo abiyitaga aba Kristo basobanukirwe imikorere y'Imana y'ukuri (Uwiteka) n'imana y'iki gihe (satani). Tujye tumusengera Uwiteka amurinde kuko abayobozi b'amadini bazamurwanya kuko ariho abamenera amabanga.

    • @Dulykelly250
      @Dulykelly250 Před 2 lety

      Wowe uri kugenda usobanukirwa gusa uracyari murujijo rukomeye . Nturamenya satani uwo Ari we mubyukuri . Kuko ahubwo satani niwe baguhaye abaroma/abagereki muri bibiliya banwitwa *Uwiteka Imana* (Yahweh).
      Reba ino mirongo yo muri bibiliya uyimpurize : ( 2samweli 24:1,2 ) / ( 1 ingoma 21:1,2 ).
      1 Bukeye umujinya w'Uwiteka wongera gukongerezwa Abisirayeli, abateza Dawidi, ubwo yavugaga ati"Genda ubare Abisirayeli n'Abayuda."
      2 Umwami abwira Yowabu umugaba w'ingabo ze wari kumwe na we ati"Genda imiryango y'Abisirayeli yose uhereye i Dani ukageza i Berisheba, mubare abantu kugira ngo menye umubare wabo."
      (2 Samweli 24:1;2).
      * 1 Bukeye Satani ahagurukira Abisirayeli, yoshya Dawidi kubara Abisirayeli.
      2 Dawidi abwira Yowabu n'abatware b'abantu ati"Nimugende mubare Abisirayeli, uhereye i Berisheba ukageza i Dani, maze muze mumbwire kugira ngo menye umubare wabo."
      (1 Ingoma 21:1;2).

  • @rukundodada3743
    @rukundodada3743 Před 2 lety

    Musisi ni umuhanuzi w'ibinyoma mumwirinde kuko niwe muntu nabonye wahangaye gushyiraho amategeko ye 10 ayasimbuza ayo Uwitekaya ndikishije urutoki rwe. ngo none abantu bareke gutanga icya 10. ibi byo ni akumiro mwitonde cyane muve mu bantu musome neza bibiliya izabigisha. Amen

  • @ndakomejet8217
    @ndakomejet8217 Před 2 lety +1

    Amena murakoze! rwose ngentacyo bavuga Imana ibaye umugisha

  • @laparole8072
    @laparole8072 Před 2 lety

    Imana yo Mw'ijuru ihe umugisha Pasteur MUSISI, afite ubwenge bw'Imana mubyo avuga 🙏🏿

  • @alkebulanb5929
    @alkebulanb5929 Před 2 lety +2

    NISHIMIRA IBIKORWA VYANYU BANTU BIMANA , IMANA IKOMEZE KUGUHEZAGIRA BIHAGIJE , AMAHORO Y' IMANA ABANE NA WE ITEKA RYOSE.
    UMUSE UMWE NZAZA NDAKURAMUTSE (NGUSUHUZE) , AHARI NZAKUMENYERAKO VYINSHI (BYINSHI) VY'AGAKIZA.
    🇧🇮⚘🇧🇮

  • @niyomugabotheogene2312
    @niyomugabotheogene2312 Před 2 lety +2

    Turagushimira kubiganiro byiza utugezaho Imana yamahoro igukomereze mubuntu bwoyo.

  • @mbegawe
    @mbegawe Před 2 lety +1

    Wakoze pastor, ibyo uvuga nukuri. Imana iniga abantu ntamana iyirimo. Nkuko wabivuze umwuka wera twahawe niwe utuma ishyaka ryimana riturya munda.

  • @gastonmpogazi1826
    @gastonmpogazi1826 Před rokem

    Uyu mugaba afite amagambo kakaye nugusenga tukamenya Imywuka iyoboye kuko turi mubihe bikomeye biruhije Imana yokabyara nidukomereze amaboko

  • @intunganetv9468
    @intunganetv9468 Před 2 lety +1

    Gukiranuka tuguheshwa no kwizera Kristo gusa. Kuko umurimo we wo kuducungura watugize Abera mu maso y'Imana.

  • @laparole8072
    @laparole8072 Před 2 lety

    Oh, nimushyire hamwe rwose umuntu wese avome ibyo mugenzi we afite, we adafite byose mubigenzuriye mu byanditswe Byera 🙏🏿

  • @hategekimanaalex9309
    @hategekimanaalex9309 Před 2 lety +8

    Mwiriwe neza igihe cyiraje ndetse kiransohoye ubwo abasenga data bakwiriye gusengera mu kuri no mwuka kuko benabo nibo Data ashaka ko bamunsenga

  • @pasteurhabonimanajeanmarie5164

    Nanjye nitwa Habonimana Jmv ndi pasteur,nanjye hari ubuyobe ntemera bwo gutanga icacumi aribyo bihesha umugisha kuko ntacyo twaguta umugisha uva kumana

  • @etiennebanyanse8125
    @etiennebanyanse8125 Před 2 lety

    Ivyo pasteur avuga nivyo Kuko amadini menshi agendera kumigenzo y'idini ntabwo agendera kw'ibwirizwa shingiro ry'Imana. None wovuga ngo urakunda Yesu atagendera mukirenge ciwe. Imana ibandanye kuguhishurira vyishi kugira tuze turivomera

  • @victorntakirutimana3535
    @victorntakirutimana3535 Před 2 lety +2

    I Burundi tubakurikirana 100%,uyu mupasitori musisi bimwe avuga ukuri ibindi n'amarangamutima.

  • @murengerantwariandre5752
    @murengerantwariandre5752 Před 2 lety +2

    Jesus Christ is the Way, the Truth and the Life...... Let us trust in Jesus Christ and be the Light and the Salt of the World.
    Be blessed past MUSISI.... What you say is true.

  • @fraternekibogora562
    @fraternekibogora562 Před 2 lety

    Ayaloni TV mwijwi rya Pst Peter Musisi muradufasha cyane murino minsi yabarusahuriramunduru bitwikira umutaka wamadini

  • @maryamarya4161
    @maryamarya4161 Před rokem

    Abantu murikomurazimiza imana izobakubaza

  • @NdikuriyoEdidiee-zm8qz
    @NdikuriyoEdidiee-zm8qz Před 9 měsíci

    Mukomere,ubundi humva ufit'amatwi,komeza ucukumbure kuko bizotangura uwobitahuye.

  • @NDAYISHIMIYE1000
    @NDAYISHIMIYE1000 Před 2 lety +4

    Amajambo uvuga ni ukuri gusa ni ukwiga twiyiga twongera twiyigisha,hanyuma abo baguhinyura ubabwire ko nimba wihenda ni kamere kamuntu kwihenda ntamweranda abaho twese turi abanyavyaha hanyuma kwigishana birakenewe ntawumenya vyose,ayo madini 3 ndayazi narayize neza kandi turahuje cane ivyo ndayaziko nivyo uriko uravuga….

  • @africacyprien6979
    @africacyprien6979 Před rokem

    Nonese, Iyo umuntu Imana imuhaye inzozi, nukuvugako nkabadamu batahabwa inzozi kuko ataraye yeteze igitambaro. Wapi, Imana ntiyita kuribyo.

  • @kuradusengejeansothere6130

    Musisi bimwe avuga nibyo ibindi sibyo, niba akorera Imana ya Israel atishushanya niyongere yegere Imana n'abakozi bayo b'ukuri, arusheho kunononsora ibyo avuga, asabe Imana kongera kumuyobora, icyacumi kiremewe, ibya kayizari tubihe kayizari n'iby'Imana tubihe Imana.

  • @boscokalinda317
    @boscokalinda317 Před 2 lety

    Paste nusobanura bible mumubiri ugakomeza gukoresha ubwenge Muntu uzayoba cyane kuko bible ikurenze cyane ,ijyambo ry lmana ritavangiye hahirwa usoma ijambo akaryitondera akarikurikiza I by lmana ntiwabisobanura utuzuye umwuka wera wubwenge uturuka k uwiteka,paste ugaragara nkumunyabwenge kandi uvugana ubuhanga ariko uzayobya benshi cyane uraciriritse cyane mumwuka urakoresha ubwenge bw isi nkufite indi misiyo. Abantu batapfa kubona icyampabantu bakizera christo urantangaje ndibaza impanvu uvuganeza wagera kwipfundo ryo kwizerachristo nibiranga umwizera bikantangaza ,amaturo,icyacumi,impano z umwuka wera ubuhanuzi wibesha abantu ngo wizera christo oya oya muratandukanye cyane ufite umwijima ukabije

  • @mbonyumugenzijeandedieu1718

    Uyu mugabo numuyobe wo murwego rwo heju uwamukurikirana yazarimbuka impavu avuga ibintu atarimo umwuka w'Imana ahubwo muzarebe neza uyu nuwo gusenya ibyubatswe mubantu bishobokako yavuye mumadoni namatorero kugirango agaragaze ukuri guke afate abafite imitima yo kuyoba

  • @Emma-qe7ql
    @Emma-qe7ql Před 2 lety

    Imana iguhe umugisha muntu w'Imana.

  • @africacyprien6979
    @africacyprien6979 Před rokem

    Umwuka Wera ntukeneye igitambaro mumutwe kugirango abashe gukoresha ukiteze. Ahubwo akeneye Umutima umumenekeye. Igitambaro ntacyo cyungura.

  • @alcoholdisque6400
    @alcoholdisque6400 Před 2 lety +1

    Ngukunda kubi weeeeee

  • @nshimyumuremyijanuary2987

    Mushumba wasobanuye neza uyobowe numwaka wera w'Imana

  • @FatakiMugaga
    @FatakiMugaga Před měsícem

    Naje namupenda sana❤ Burundi

  • @kmundendy660
    @kmundendy660 Před 2 lety +1

    Abantu bakwiriye kuva Mu madini koko usanga asenga, agahanura, akerekwa, agahabwa umwuka, etc by' imana itazwi ntinabibwire iyo ari yo bijyanye n'Imana ivugwa muri Bibiliya (Yohana 17: 6, 26 & Yesaya 12: 2 & Yeremiya 16: 21 )
    kandi bizira mu maso y'Imana nzima nk'uko
    (Gutegeka kwa kabiri 18: 20) habigaragaza. Dushakishe ukuri tujye natwe twisomera Bibiliya twe bwite aho kumva undi muntu gusa.

  • @mignonneirakoze6838
    @mignonneirakoze6838 Před 11 měsíci

    Mwabantu mwe mukurikira izi mbuga mwisomere ijambo ry'Imana.
    Iyo title mwanditse siyo rwose.

  • @twizeyimanadavid8838
    @twizeyimanadavid8838 Před 2 lety +1

    Bantu b'lmana ntimuyobywe n'ubwenge bw'abantu batari mumurongo w'ijambo ryayo.
    Musome igice cya mbere cy'urwandiko rw'abakorinto

  • @muchris302
    @muchris302 Před 2 lety +7

    Ubuse uyu muntu w'Imana Yesu Christ abesyhe he?? I agree with everything this man is saying. And so why these evangelical people are against him?? Mr. Musisi komeza uvugisha ukuri nubwo bazakurwanya ntacyo bazagutwara, Yesu Christ ari hejuru ya lucifer . Ubu se ko Imana Yesu Christ agiye kugaruka? Byose bigiye gushyirwa kimurongo ahubwo nibihane hatarenga.

    • @knoxtv3237
      @knoxtv3237 Před 2 lety

      Nubwo bazamurwanya ntacyo bazamutwara nyine. Ariko se , abo arwanya bo azabarwara iki ?
      🤣🤣🤣🤣🤣 ahubwo wowe uri kumushyigikira kubera amarangamutima gusa , ntabwo aruko afite ukuri !!!!…
      Think twice before you make your comment next time.

    • @muryeryeburora6589
      @muryeryeburora6589 Před 2 lety +1

      Ahubwo nawe ukwiye gutekereza 2!
      Wambwira impamvu ituma amadini ari menshi ntibahuze kdi bavuga Kristo umwe.
      None c agabanijwemo ibice?

  • @jbwajesus705
    @jbwajesus705 Před 2 lety

    Komereza aho mushumba

  • @haragirimanaoscar8629

    Mumwitondere ijambo afite nubwenge nta mwuka wera afite amadini yose yarayobye umwuka wera Yaba amaze iki? Yesu se Yaba yarapfire iki ? Imana yabitanze seyo Yaba yarakoze umushinga idazasohoza.ubeshye injiji.

  • @bernadinekaneza9911
    @bernadinekaneza9911 Před 2 lety

    Yesu yaravuze ngo sinaje gukuraho amategeko ahubwo naje kuyakomeza ,icyacumi nitegeko ryimana mubyemera mutabyemera utagitanga jyewe Imana yarangendereye imbwira ko udatanga icyo cyacumi atagera mubwami bwimana mube maso iminsi yanyuma yarageze ahubwo muyoborwe numwuka wera

    • @kayitanisamu9861
      @kayitanisamu9861 Před 2 lety

      Ntago aruko byanditse handitse kuyasihoza sukuyakomeza

    • @Bizasobanukatv2
      @Bizasobanukatv2 Před 2 lety

      Ese kuki ibi byose muba muba mubizi.ariko nti mubihamirize.mpyisi yavuze ukuri mwaratubeshye???

    • @Bizasobanukatv2
      @Bizasobanukatv2 Před 2 lety

      Imana niba koko ibaho.kuki abayigometseho babana nayo kuki yabaroshye aho abatayigometseho baba hano mwisi? Imana urumvayo ikunda abantu? Nkiyabaremye? Kuki itarimbuye satani ko umuhinzi iyo agiye mubishyimbo iyo asanzemo icyaboze arakireka?cg agikura mubindi? Munsubize koko imana iradukunda?

  • @rukundodada3743
    @rukundodada3743 Před 2 lety +2

    Tugeze mu bihe Daniel 9:27 yahanuye ko hazaza umutware uzasezerana nabenshi isezerano ryo kubuzanya gutanga amaturo. Uwo murimbuzi azaza kw'ibaba ry'ibizira. Ariko uburakari bw'Uwiteka buzasandazwa Kuri we. Mwisomere mwese bibiliya nimwizere abana b'abantu.

    • @mukabashimabeatrice5338
      @mukabashimabeatrice5338 Před 2 lety

      Mbese paster Musisi uhakana idini agahakana icya cumi agahakana imirimo y umwuka wera akarwanya abahanuzi n abavugabutumwa ibyo bible ihamya aragirango abantu b Imana bagendere ku kwizera kuhe kutari ukwa bible?
      Abantu b Imana mube maso

  • @nyirahirwajacqueline5162

    Muraho neza ibyo mwigisha biranfasha cne knd Imana ibakomereze amaboko ,ndifuza nanjye kumenya ibijyanye nimihango yo mumadini harimo gusengeshereza abana bakiri bato murakoze ?

  • @austindadjnoomgijimi7052

    Ndabasuhuje mwizinaryu Umwamiwacu Yesu kristo harikibazo igitabo cyumwukawu ubuhanuzi ngogisobanuraneza ko Adamu atacumuye ngo Eva yahaye Adam hanyuma Adam arakiranonehongo ntiyigeze atapfuna ahubwongoryashiriye kumatamarivungagurikangokubera ubwoba ngontiyigeze arirya ahubwobashakakwerekanako Imana arinkaho yarenganije Adam muzaturebereneza ukobyifashe kubyababenewacu murakoze.

  • @sendegeyansengiyera647
    @sendegeyansengiyera647 Před 2 lety +2

    Musisi n'ubwo asobanura ibintu byinshi neza ariko kurundi ruhande haribyo avuga ibitari ukuri. Kuko haraho ashingira kubwenge bwe. Nonese ko Yesu yatsindishije Satani handitswe ngo none kuki we avuga ko ibyavuga ariko kuri ashingiye ku mateka yasomye mubitabo by'ingirwa bwenge s'iyisi?
    Njye simvuze ko amadini ari ayukuri kuko iyo usesenguye usanga buri idini rifite ikinyoma rigenderaho. Nkuko Paulo yavuze ko ab'Iberoya bari beza kurusha abandi kuko bashakashakaga mu byanditswe bakamenya niba ibyo Paulo abigisha arukuri nanjye ndagira abantu gudhakashaka mubyanditswe bakamenya niba ibyo amadini abigisha ari ukuri. Ariko ntitugashingire kuntekerezo z'umuntu z'umuntu uwari wese ngo tuzifate nkaho ariko kuri konyine. Hari abantu Imana yagiye itoranya ngo bayivugire ariko ntibahe umucyo wose ariko tutavuga ko ari abanyabinyoma. Urugero twavuga nka Petero wumvaga ko Imana itaha umucyo abanyamahanga kandi batarakebwe ariko Imana yahagurukije Paulo kugira ngo amwunganire ariko ntibivuga ko petero yari umuhakanyi ahubwo niho ubumenyibwe bwagarukiraga ariyo mpamvu nshishikariza abantu gusoma bibiliya cyane ibyo batari basobanukirwa bagakomeza kurindira igihe gikwiriye ntihabeho gukomeza umutwe ahubwo buri wese akitegura kuba yahindura imyumvire mugihe abonye ibihamya byomwijambo ry'Imana aho gutsimarara ku kudini runaka udafite ibihamya byo mubyanditswe byera bikwemeza ko idini urimo ari ukuri. Icyatumye mvuga ko ibyo Musisi avuga byose atari ukuri ni uko yavuze ko abisirayeli banze ukuri bose bakarimbuka kandi ko igihe cyabo cyashize ariko njye nasomye mu gitabo cy'Abaroma igice cya 11 havuga ko abisirayeyi banze Yesu kubw'umugambi yari ifitiye abanyamahanga ariko ko izabagarukira nk'uko yabisezeranije ba Sekuru. Kandi ntitwiyumvise ko dushobora gusobanukirwa naburi kimwe cyose ahubwo icyaba kibi ni ukumenya ukuri ntitukugenderemo

    • @alineurusaro8296
      @alineurusaro8296 Před 2 lety

      Ibyuvuga nibyo ntabwo Imana yareka abisiraheri burundu kuko itorero nirizamurwa agakiza kazasubira mubisiraheli ,ahubwo abari gupfa ubungubu nibo bari kurimbuka ariko nyuma ,Imana izababarira agakiza gasubire iwabo ,aho niho bazakizwa namaraso yabo kuko aribwo anti-christo azaba ari gukora kumugaragaro byeruye abatazemera kumwumvira bazakizwa

  • @venustenshimiyimana7958

    Ubu iyuhangara ukavuga ngi Cyacumi cy'Imana ku gitanga nubuyobe,Ese icy'acumi na maturo ntibyanditswe muri bibiliya cyangwa ukeneye tuzaguhe imironko!!!!!!!!Paster birababaje rwose.ikindi gutanga icyacumi na maturo byahereye kera no mugihe cyintumwa za yesu baragitangaga :Nyine siwabwiriza bantu bagitange kungufu!!!!ariko wanabibwira bantu kokugitanga aringombwa biheshumugisha nyirabyo.kandi umu kristo udatanga icyacumi na maturo ntabukristo bwe ,ubuse abarimuruhe ruhande !!!yatagitanze abayibye imana kanda zagibwaho numuvumo.muzamutubarize ibyo yavuze sibyumvikana 🥺🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭Mba muri America muzamumbarize icyo kibazo ayaloni turabakunda cyaneeeee🤙🤙🤙🤙🤙🤙

    • @dusabimanaclement4314
      @dusabimanaclement4314 Před 2 lety

      Mubwire matayo 23:23 icyo havuga musisi ntiyemera amategeko yimana kandi agahinyura abandi ngo bafite umwuka wa satan njyewe mbabajwe nabamukuri Kira buhumyi badakora research urugero 1yohana 5:2-3
      Uvugako amuzi (yesu) ntiyitondere amategeko ye ni umubeshyi ukuri ntikuri muriwe 1 yohana 2:3-4 nones umuntu ntiyemera isabato , ntiyemera amaturo n’icyacumi kandi bifasha mumurimo wimana no gufasha abakene ,gusa ndasaba IMANA ngo itabare bamwe bemeye ibyo yigisha buhumyi maze nabo basome biblia ikindi basabe IMANA ibahishurire.

  • @pasteurhabonimanajeanmarie5164

    Icyo nakongeraho nuko aba pasteur benshi bataramenya gutandukanya isezerano ryakera nisezerano rishya,nibaza ko badasoma neza inzandiko za Paulo!

  • @nijimberebosco540
    @nijimberebosco540 Před 2 lety

    Uko nukuri pe aba kenyezi batwitwikira mw'ikoranira baca kubiri na bibiliya uranashika ko bitemewe ko mw'ikoranira rya bera abagore batarekuriwe kuvuga mw'ikoranira ngo bigishe ijambo ry'imana kiretse muzinzi nyigisho iyo ni bibiliya

  • @umutinijolly7675
    @umutinijolly7675 Před 2 lety +1

    Uyu mu postor numwe mubakozi basatani. Mumwitondere bibiliya iruzuzanya uhereye mwitangiriro ukageza ibyahishuwe. Nibayemera bible nayige asabe umwuka kumusobanurira hanyuma yekwirata ubwenge bwe mugusesengura ibidafite umumaro. Asesengure ibyandistwe.

  • @burengo
    @burengo Před 2 lety

    turifuzako uyo Pasta yahurana nabashekh bomurwanda harico bokungura abantu

  • @kamediobedi6605
    @kamediobedi6605 Před 2 lety

    Pasita Missi ndagirango mbunganire kuri commanteri abantu babagisha impaka cyane nabantu barikumva ubutumwa bwanyu babuhereye Hagati nange nkitangira kukumva nahise ntangira kukurwanya nahubundi mujye mubabwira bahere kubiganiro mwatangije

  • @chancematias8724
    @chancematias8724 Před 2 lety

    Reka ngufashe muze yehova ni imana mururimi rwi gi chewa

  • @niyonkurudesiredamour8241

    Musisi navuge nyene ntanukubaha Imana agira gusenga Gusa kunyeretse icubahiro ihabwa mukuyisenga ataco azi nahamagaze abandi bagire débat niyo imari impaka

  • @pastorgashema
    @pastorgashema Před 2 lety +2

    Komeza gukomera kumurimo nubwo uri kuvugira ubutumwa mw'isi yanduje benshi kdi badashaka kuva mwirari ryibyo bararikiye

  • @claireniyompamvu5420
    @claireniyompamvu5420 Před 2 lety

    Indirimbo nziza caane abarundi turabasuhuj natwe

  • @nahimanaeric3093
    @nahimanaeric3093 Před 2 lety

    Isi igushije ishano kuko satani ayimanukiye afise umujinya mwishi

  • @michelsadiki9228
    @michelsadiki9228 Před 2 lety

    Ubundi mujye muvuga ukuri kuko 1/2 cy'isi kizi gusoma kandi nutasoma yasomerwa cyangwa agasobanurirwa na MWUKA WERA. Mureke ibinyoma.

    • @florisnduwimana855
      @florisnduwimana855 Před 2 lety

      Uratubwire ukuri kwawe muntu w'Imana tugire comparison nibi twumve uwuvuga ukuri plz plz!!!

  • @kabagambemoses-uw1xq
    @kabagambemoses-uw1xq Před 2 měsíci

    Thanks y'all! God bless you! Pastor Musisi azatwigishe ku minsi 21days(Daniel) na 40days(Yesu) yo kwiyiriza ubusa(fasting) ni ihame mu matorero ? Ko mu ma torero ari ihame ko tugomba kuyasenga?

  • @joshuason557
    @joshuason557 Před 2 lety +1

    Hello ayaloni TV plz can u do such programs in English plz thanks 🙏🙏

  • @NYAXOCOMEDY-wk2kj
    @NYAXOCOMEDY-wk2kj Před 2 lety +1

    Pastor musisi wirwanya B Mariya nyina wa yezu

  • @xavusabuwera8432
    @xavusabuwera8432 Před 2 lety

    Tubarize Pr Musisi, uti" wabatijwe mu Mwuka Wera? Ryari ?

  • @kamediobedi6605
    @kamediobedi6605 Před 2 lety

    Ntadini usebya kuko amadini afite gahunda zayo kubera abayashinze Ahubwo bumve ubuyobe bwigishwa mumadini yabo

  • @kanyandekwevalens159
    @kanyandekwevalens159 Před 2 lety

    Ayo mateka mwishoyemo atari ayanyu azabasaza nyamara ubu uwakubaza amateka y'u Rwanda ntiwamenyamo na kimwe cya kabiri!!!!

  • @umutinijolly7675
    @umutinijolly7675 Před 2 lety

    Uyunumwijima wihinduye umucyo. Nimusange amategeko yimanq nibiyahamya.nimutavuga ibihwanye nayamagambo ntamucyo uzabatambicyira.

  • @tharcissemunyaneza3418

    Erega biragoye kugirango umuntu ahindure imyumvire amazemo imyaka magana.... yabwiwe nabo bita abakozi b'IMANA, urugero ni amacakubiri yazanywe n'ibinyoma by'abakoroni mu banyarwanda (TUBACEMO IBICE TUBATEGEKE) ariko nanubu hari injiji zikiyagenderamo zamunzwe nabyo,
    Pastor MUSISI ibyo avuga ni ukuri kwari kwarabuze ukuvuga mukuri kubera gutinya cyangwa kubera inyungu zishingiye ku FRW

    • @dusabimanaclement4314
      @dusabimanaclement4314 Před 2 lety

      Uvuga ko azi imana ntiyitondere amategeko yayo uwo numubeshyi,ukuri ntikuri muri we 1yohana 2:3-4
      Soma 1yohana 5:3 pastor avanga ukuri nibinyoma mugerageze gukora research kubyomwakira byose bizabafasha cyanee,ikindi nibatavuga ibihuye niryo jambo (biblia) ntamuseke uzabatambikira

  • @yizerevalensyv2503
    @yizerevalensyv2503 Před 2 lety

    Ese iyo mufata ifoto ya Papa mukayishyiraho ihinduwe umwimerere mwamuhaye amenyo nk'ay'injangwe mwumva bibubahisha ntabwo muziko ari icyaha?

  • @jclaudebimenyimana5429

    Uyu muntu asigura ijambo ryIMANA ukutariko.mumenye KO YESU yabuze ngo Bazoza kuri mwebwe bambaye nkintama ariko mumitima yabo arinkamabingira.kandi ngo Muzobamenyera kuvyo bama.kuko ntawokenera insukoni kumunyinya

  • @Johnpetermugarura
    @Johnpetermugarura Před 2 lety

    Uyu mu Pasteur nubwo hari bimwe tudahurizaho ahari kubera imyumvire yange, ariko aravuga ukuri Amadini yiyita aya gikristo akorera Antichrist muburyo abayayibora bazi cg batazi

  • @justinemirembe5164
    @justinemirembe5164 Před 2 lety

    Reka kwite papa kuko uvuga ukuri nkanyurwa birambabaza iyo umuntu agyakwivuga yatangira aka vugango shyubwe narunaka ariko yah ya nomubitaro akarinda at aha atamusuye yagya gushyira umwanawe akanga kumusezeranya biye isonyi

  • @intoredidier1939
    @intoredidier1939 Před 2 lety

    Pastor turakwinginze uzadutegurir inyigisho yihariye kuri madam white kugira natwe tutari ab'adventiste tubash gusobanukirwa neza ibye, turabakunda cyaaane

    • @rukundodada3743
      @rukundodada3743 Před 2 lety

      Wowe uzashake intambara ikomeye izagusobanurira neza ibisubizo wibaza naho gusaba abandi ngo bagusobanurire uzabiyoberamo. Kora nawe ubushakashatsi bwawe uzamenya ukuri.

  • @rukundo3119
    @rukundo3119 Před 2 lety +1

    Uyu mugabo afite byinshi atarasobanukirwa. Ariko njye uko mbibona byose abyanga abishaka kuko ubumenyi namusuzumye nsanga abufite. Ikindi ngo ntampamvu yo gucukumbura muri bibiliya kandi ahubwo aribyo bibiliya idusaba (Imigani 2:1-5). Ikindi asobanura ate 1 Corinthians 15:23-28: yesu ni umwana w'Imana kandi ntabwo angana na se. Ikindi nshaka ko yakwisobanurira kuko njye NTA interprétation nkeneye, simbwiriza kunywa inzoga ariko nanone ntacyo ndicyo ngo mpinyuze ijambo ry'Imana, mu Kubara 28:7 hagaragaza ibyagombaga gutambwa bigashimisha Imana, muribyo harimo ibisindisha. Wowe urinde ushyiraho standards zinyuranye n'iz'Imana mu bintu biyireba?

    • @kmundendy660
      @kmundendy660 Před 2 lety

      @Rukundo.
      Nibyo rwose agaragara nkuwaba yashobora kugira ubumenyi nyabwo bwa Bibiliya ariko ikibabaje n'ubwo afite burajagaraye...AKABUGOREKA!
      Nkuko ubivuze Imana niyo yishyiriyeho ibyo bagomba kuyitura nyuma igerekaho ko ariyo yamejeje ibyatsi bivamo Vino(umutobe usembuye= INGOZA) yo kunezereza IMITIMA y'abantu (Zaburi 104: 14-15).
      .
      hahahahaa
      Noneho Salomo Ntiyanditse ibyo Imana yamuhumekeye kuvuga bigaragara (Umubwiriza 9: 7)!
      umvugo ye IHINYUZA(ivuguruza) Yesu we ubwe imuhindura umunyabyaha ko yahinduye amazi Divayi/Vino ndetse n'abigishwa be bahari bakayinywa (Yohana 2: 1-11) none se bisobanura ko gusomaho byasa nko kurigata ku muti w'Imbeba (ari icyaha) ku bakurikije icyitegererezo cya Kristo? Wisubize wenyine.
      Wamungani (Ibyahishuwe 3:14) ahasobanura gute....YISUBIZE wenyine nanjye ntabisobanuro nkeneye na gato!.

    • @kmundendy660
      @kmundendy660 Před 2 lety

      @Rukundo umenya nanditse nkaho ari wowe bwira..oya Nakunganiraga bwira uriya Mugabo

    • @ericndakaza5159
      @ericndakaza5159 Před 2 lety

      Ngo yesu si ikiremwa ? hanyuma se abagalatia 1:15 yahasobanura ate?

  • @kamediobedi6605
    @kamediobedi6605 Před 2 lety

    Kuko nange narindi kubakurwanya nabanje kumva ibiganiro byishi byawe nibwo natangiye gusobanukirwa ibyuvuga

  • @twagirayezusavier7653
    @twagirayezusavier7653 Před 2 lety +1

    Musisi turagukunda ariko kunegurana sumwuka wimana

  • @igihetiv7783
    @igihetiv7783 Před 2 lety +1

    Umwe wese nukumira kuco yakiriye

  • @bizashira2108
    @bizashira2108 Před 2 lety +1

    Nabonye injiji ariko uyu wiyise pasiteri we aranyumije! Satani yatangiye kera kuko yatangiriye muri Edeni ariko uti mu kinyejana ya 17....

  • @eugenee2274
    @eugenee2274 Před 2 lety

    Wisenya jnoni menya ibyawe shatari jnoni yabwirije ndacyizwa mureke

  • @theogenesingirankabo1692

    Uwomugabo afite ukuri

  • @nshimiyimanajeandamascene7408

    Jyoni ryanje ntamuhanuzi imirimo arahimba

  • @muziranengerakiri9693
    @muziranengerakiri9693 Před 2 lety +1

    Uyuwe yaraguye sibyo gukekeranywaho

    • @rukundo3119
      @rukundo3119 Před 2 lety

      Ahubwo se ko hagwa uwigeze guhagarara, waba umuzi ahagaze? Nibarizaga ntarubanza muciriye Imana iracyategereje ko ahumuka kandi yemeye kuyishakana umwete yayibona.

    • @muziranengerakiri9693
      @muziranengerakiri9693 Před 2 lety

      @@rukundo3119 oya rwose ntabwo muzi kereka kumubona hano arikuvugira

  • @oliviergatabazi4777
    @oliviergatabazi4777 Před 2 lety

    Pastor rwose ndumva ushobora kuba utemera Bible igice. Kuko utemera icyacumi ndi cyanditse muri Bibiliya.

  • @nkingipierre4685
    @nkingipierre4685 Před 2 lety

    Ese uwomugabo yasengewe nande ninde yamureze muvyagakiza

  • @bacumijuvenalniyibigira3543

    nitwa bucumi nfite ikibazo kubijanye numubatizo YESU yatumye intumwa ngo bagende bigishe amahanga yose babahindure kuba abigishwa abemeye mubabatize mw'izinz rya DATA NIRY'UMWANA NIYRA MPWEMU YERA ( Matayo 28:19) Intumwa nazo zigenda zibztiza mw'izina rya YESU KRISTU ( ivyakozwebn'intumwa 2:38 ) ikibazo ivyo intumwa bakoze ukuri?

  • @buregeyauwimana305
    @buregeyauwimana305 Před 2 lety

    Yitwa pastor yaherewehe iryo zina niba ntatorero abarizwamo

  • @paulkanyenzi6877
    @paulkanyenzi6877 Před 2 lety

    P.Musisi Tanga aho.byanditswe
    Ubugorozi bwu Mwukawera bwagombaga kuzuza igihe idinirya panthéiste ryatangiye wabisomyehe?

  • @jewemediatv3593
    @jewemediatv3593 Před 2 lety

    Pastor kuvuze yuko abagore bose bakwiye kuvugishwa bambaye ibitambara kumutwe ngo vyanditswe muri Bible kandi muri 2 Corinthiens 5:16,17 uravye uko havuga nawe woba ukirabira umuntu muvyo kwambara ibitambara canke woraba Ijambo avuga kwari ukuri

  • @kayitanisamu9861
    @kayitanisamu9861 Před 2 lety

    Ubyo uvuze nukuri

  • @kayirenzimarie5121
    @kayirenzimarie5121 Před 2 lety

    Uri umusesenguzi ubuze mpyemu yera

  • @katabirorakivejuru6563
    @katabirorakivejuru6563 Před 2 lety +1

    Amahoro bene muntu?
    Ndibariza buriwese.
    1. Ese guterana kwera bivuze itorero cg idini???
    2. Ese cyagitabo mwahaye agaciro karenze akamuntu haraho kivugako idini cg itorero biva kuri yesu??
    3. Kuki hatabaho kwibaza impamvu amateka tuyigishwa nabavuye mumashuri???
    4. Ese mujya mubona ko kwiga kwari gukenewe mu ubuzima bwa muntu???
    5. Ese bibiliya ivuga iki mu kwiga amashuri yi cuke, abanza, ayisumbuye, kuminuza no gukomeza, mutubeshya ko mutera mukirenjye cya yesu kd bikaba bivugwa ko atize ishuri narimwe, kuki mwe mwiga ???

  • @m.joseenyiraburanga5523

    Ko ibyo avuga ari ivangura n'ubuyobe!!!!!! Byonyine no kutagira aho ubarizwa ni ubuyobe

  • @davidkwizeraartist9750
    @davidkwizeraartist9750 Před 2 lety +1

    Pst nsobanurira. GUHANURA bivuga iki?

    • @MuratabigwiCalioppe-jy1ge
      @MuratabigwiCalioppe-jy1ge Před rokem

      Hello,musome Bibiria kdi mukizwe ibyo kuvuga ko pastor Musisi Ari umuyobe cg Ari uwukuri sibyanyu icyangombwa nicyo Umwuka akwigisha kuko ibi avuga ntiwabishobora nta nubusobanuro ubifiteho cyane ahubwo lmana imuhezagire kko ntagaragaza ko akorera satani umwumve cg ubireke ukizwe ukore ibyu Mwuka Wera agusaba gusa