00212: IBINTU BYICA INTANGA-NGABO || UMWANZI WA 1 || UBUSORE KUGEZA MU BUSAZA || UBUSHYUHE /UBUKONJE

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 19. 09. 2023
  • Tubashimiye kuba mugiye kubana natwe muri aka kanya tubungabunga ubuzima bwacu. Mukinyarwanda bagira bati abatabizi bicwa no kutabimenya natwe tukagira tuti abatarabimenya bicwa nuko batarakora #Subscribe kuri iyi channel #Mizero_Media ngo bamenye ko amagara ari ubukungu kandi ko #kwirinda_biruta_kwivuza.
    Niba utarabikora nyabuneka kanda #subscribe kandi ukande kur'iyo nzongera byegeranye kuko nibo buryo burukumbi buzajya bugufasha kubona #ibindi_biganiro_tubategurira.
    Ikindi kandi wadusanga no kumbuga nkoranyambaga zacu zose
    #Facebook #instagram ndetse na #twitter ujya ahashakirwa ugashakisha #Mizero_Media ubundi ukadukurira.
    Kudusangiza ibitekerezo byanyu ningenzi cyane, bityo ubaye #haricyo_wifuza_kutubaza, haricyo #wifuza_kudusobanuza cyagwa haricyo #wifuza_kutwunganira kuri iyi ngingo ndetse nizindi twagajejeho, nyabuneka twandikire muri #comments hano kuri iyi channel
    Mugihe wakunze ikiganiro twabagejejeho kanda #like ubundi ntiwihererane ubu butumwa, kora #share ubisangize inshuti n’abavandimwe bawe kugira ngo nabo basobanukirwe uburyo bwo kubungabunga amagara yabo.
    Iki n’ikiganiro #AMAGARA NI UBUKUNGU ikiganiro mutegurirwa na mizero media. Ikiganiro mukurikira buri #kuwa_2, #kuwa_4 ndetse no #kuwa_6.
    Reka tubibutse ko dukora ibi biganiro tugamije guhugurana no gusangizanya ubumenyi ku #ndwara abantu turwara, #imiti ivura ubwoko bwose bwindwara ndestse n'#ibiribwa bikungahaye ku ntungamubiri zifitiye #akamaro_umubiri_wacu.
    Mizero Media
    We believe,
    "Access to information leads to a better possible solution in the community"
    "INFORMING TO IMPROVE LIVES"
    / . .
    / mizero_media
    / mizero_media

Komentáře • 7