😍 Julienne KABANDA Abwiye Amagambo meza(IMITOMA) mugabo we Bamaranye imyaka 16// BIRANEJEJE CYANE
Vložit
- čas přidán 3. 11. 2019
- Kanda Hano :goo.gl/tusyjW
👆Ukore SUBSCRIBE Ube uwambere kubona video
Za #IWACUFILMZ
INstagram : / iwacufilmz_
Facebook: / iwacu-filmz-4410911793...
Twitter: / iwacufilmz
#MANA_Uri_UBUHUNGIRO_BWACU, #INYUMA_YAWE_HARI_INGABO,..
#GraceRoom
#GraceroomMinitries
Wauuuuuuuuuuuuuu
Nirwongere nukuri,ndagukunda wa Mubyeyi wee!Imana ige iguha imigisha myinshiiiiiiii 💕🙏
Much love from 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮.... Bujumbura Burundi. Woooow Glory to God Father. .
Can't stop crying for wat am seeing. Pastor thank u so much .u inspire many .i get alot too from u .God bless u abundantly
Wawooooooo famille imeze bn ndiho ampuze nawe julienne vyandyohera kuko jewe umbera umugisha caaneee
mwijuru haribiruta cyane ibyo ubikiwe kubwo guhamagarwa ukitaba julienne love you
Mana umugabo mwiza umuhane umugisha n'umudamu wiwe n'uruvyaro rwabo!Kabanda unyigishije vyinshi nkwiye gukora n'ubwo hari ivyo nakora ariko sinabikora nkawe.ngiye kugerageza gukora igishoboka cose kugira umudamu wanje ingabire mbona afise ikore ndabona birimwo umugisha.Maman Julienne nawe ugir'umugisha caaane ku ri reconnaissance y'ivyo umushingantahe wawe akora kuko vyashoboka ntubibone canke ukabibona ntuniyumve ko kubivuga imbere y'abantu.mukomeze muhezagirwe.
Wawu julie ndagukunda cyane God blessing u😍😍😘urumubyeyi mwiz pe
Ndagukunda imana ije ikumpera umugisha
Yoooo yuzuy amavuta vraiment Grace room iri Kigali amajahe abarudi tuzoze
Waaaoo 💞💞💞💝
Julie,ntubonako noneho wambaye IMPETA💞👌💞
Ntuzongere kuyikuramo pe....
Komeza ijambo ryimana utitaye kubigucintege
Imana ikomeze ibagure (GRACEROOM we love you so much)
Narabibonye nanjye Ariko numugabo ntajya ayambara ,I think it's their choice. commitment iyambere iba kumutima. Kuko harinabajya gusambana bazambaye.
Abagabo bagira amagambo yubwenge kbs Imana ibahumugisha
Mungu akubariki sana maman Julienne ❤👏🥰. Na papa abarikiwa sana👏👏
Imani ikomeze kubafasha nabandi Bose babarebereho nanjye ubwanjye nzagerageza kubigiraho byinshi
Julienne ndamukunda cyane like ngaha 😃😃😃😃😍😍😍😍🙏
Ayiiiiweeee umugabo rata ntitwari.nice couple 👏👏👏ham uwubera hose icarimwe nImana .gusa Imana yonye izabakomeze gushika musese imvi..mugikiranuka,🇧🇮🙏
Just love you mama together with papa May God bless you always
Hallelluya Manawe Pasita umutwaro ugira mumurimo wlmana ngewe ayamashimwe haraho ankoze ntaco nabona nakwitura Uretse lmana izakumpera iherezoryiza ikugwirize imbaraga namavuta mbese sinzi numvishe narira nzagushaka Pasita
So lovely
Msg nziza cyane
Amen. My spiritual parents ,I miss them, !
Kuvuga ko abera hose icarimwe ntibisiguye ko amushize mu kibanza c'Imana :Yasiguye ibibanza umugabo wiwe yuzuza vyose. :Muri make aho hose yadondaguye nta nahamwe umugabo (wiwe) atavyifatamwo Neza.
Biraryoshe cne! ! naje ntawusumba NDIMUBANDI wanjeeeee. Pastor juliènne ndagknda warampinduye mu myifato mbi narinfise kdi vyatumye n'umufasha wanj'ankunda bidasanzwe.
Uyu muma ukundwa nisiyose ayomavuta nikimenyetso gikomeye cimbaraga z’Imana
Lovely 😍
Woow and very Woow👌
Muraryoshe kureba bakozi b’Imana! Mwari munaberewe mwambaye neza pe..
Imana ibakomeze agakiza kanje ndagakesha paster Julienne mba burundi ndakijijw ariko nigishwa na julienne
Imana ibahe umugisha mwishi cyane.nifuza kugira urugo rwiza najye
Waouuuuu 😘😘
Imana ishishikare kobakomeza turabakunda cane
God bless u more!!😍
Murumuryango ukunda Imana, Uzi Gukorera Imana🙏🙏
Imana izabakomeze muzarenze % ndabakunda cyane Imigisha Imana itanga izajye iyibasakazeho ndabakunda cyane pe
Ohhhhhhh❤️❤️❤️❤️❤️❤️💞💞💞💞
Jyewe ndagukunda pe ngufata nka mama wajye kuko ndagukunda urijyisha nkagukubda yesu akomeze akwagure
Akoo Manaaaaaaa😍😍😍😍😍
Bitereroumezengute pasitariurampa inomeroyawenone. Ndangukundanukurinukuri. Utangaimpanuro
Wow!!!!!!!!
Ntabwo yabera hose icyarimwe kuko si lmana muvandimwe . Imana yonyine niyo Ibera hose icyarimwe .
Umugabo mwiza cyane
Julienne love u so much God bless you
Uyumuryango nimwiza umugabo mwiza witanjyira urugorwe agafasha umugorewe atamusiganya ndanezerewe cyane byari ngombwa kumushima
Uzarama Sophie turabemera hahaha ni uko bazi icyo bakuramo .
God bless you mum for sure love you so March am in Uganda but for l what to meet you
Urakoze kuba umubyeyi mwiiza
Imana ibakomeze cyane turabakunda
Imana ihabwe icyubahiro
Mbega byiza
Hari ibintu Imana idakunda, kuyibangikanya nibindi. ngo umugabowe abera hose icyarimwe gute?
yes
Muri beza sana
Arko Mana muranshimishije peee3
Buriwese agiruwe uwange nange ntacyo namungany nisi nisanzure ndamukunda peee
Nanjye ntawarutuwanjye
Urumugore ushyomoka pe ibyo sibyari ngombwa uribonekeza sha ntamugore ukurimo pe 000000
Wawo Imana ihabwe icy'ubahiro
Aho arashyomye kbs ntawuberahosi cyarimwe usibye iyo mwijuru
Yesu ashimwe
Ndashaka kubona numbr za past julien apfashe azimpe
Imana izamuhemba byiza
Murakoze
Aawwww🥺🥺🥺😩😩❤️❤️❤️❤️
We love u ❤❤
Ameeeen amavuta akomez atembe kuyo muvyeyi nukuri🙌🙌nanj haraho yankuye biciy kuyu muvyeyi, God bless u Chrie
Manashimwa ndayentaryamye kubera Paster Juli Gusa ndanyuzwe pp🙏Amen ntacyindi.
Yesu, "ngo yababereye urumuri"? Urumuri ni Yesu wenyine. Mushimire Yesu wenyine, naho pasteur ni igikoresho cy'Imana gusa. Nuko bahindura abantu ibigirwamana. Yesu atubabarire, aturinde
Imana ibakomeze
❤️❤️
Umudame wintwari pasteur juiliene
Ndabakunda....
Waw
AMEN❤❤❤🙏🙏 🙏
❤️❤️❤️❤️🙏🙏🙏Amen ururugo ruraryoshye pe muhezagirw 👍
Amen 👏👏🙏🏻🙏🏻🙏🏻😘😘😘
Amen amen
Iryo jambo ryukubera hose icarimwe ntibatsitaze, nibazako yabuze iyindi sens abivugamwo yuk umutware we akora byose Kand afis inshingano nyinshi.........
Yego rata babwire nje Ndunva babikabije
Disiii nkukunda kubi mamaaa urapfasha
Uyu mu paster kazi arabeshye cyane 100% nguwo mugabowe ngwaberahose icyarimwe yabaye Imana c kwariyo nzi iberahose icyarimwe
amin nsengiyera oyaaa ntimukazane amajambo atariyo kuko yavuze vyinshii vyiza nibibe arivyo bigufasha
Icyo ashatse kuvuga nuko abera hose murugo rwe mugihe adahari!
Ntimugakomeze ibintu rwose!!!!
@@fidelemunyemana9831 urakoze
Umugabo agomba kwita kubana nyine kuko umugore aba yagiye gushaka ibirayi
Murabahizi, Ndiho abahezagire
Birashimishijee❤️
❤❤❤🙏🙏🙏
😍😍😍
Uyu mubyeyi ari simple aciye bugufi arubaha atega amatwi abantu bose aguha umwanya we umuhamagaye arakwitaba amasaha yose aterebeye kwakuzi cg atakuzi sinzi pe yarankozeho Imana ikurindire ibyawe Imana ikwitwararike🙏🙌
Numero ye
👏👏👏👏👏👏😍
Nanjye julien uraneneje kandi uranyubatse
Hhhh abera hose icyarimwe😆Imana yinyine niyo omnipresent.
Yakabije nukuri.
ihemba neza paster yabay iguhay uwo mufatanya mwisi ngubanze uyikorere
ukora umurimo w'Imana abantu bakanezerwa ariko hano wahemutse wigaye kuko niba uhindukira ukavuga ko abantu babagabo baremwa n'Imana(bavuka) muri iyiminsi batuzuye ubwo bifite iyihe sura? umugabo wawe nimwiza kuri wowe ariko nabandi nibeza kubo babereye abagabo kd nabavuka baruzuye.
Theogene Ngoboka aba yavuze byinshi .akarengera .uyu mugabo arata gutya azamutera guhinduka Abe mubi cyane.sinzi nicyo amuratira ntakigisho kirimo .erega kandi amaturo yabayoboke babo yinjira murugo rwabo bombi no gute atamufasha.
wagirango baba bidroze bakabeshya ngo ni umwuka .nge simbashira amakenga.
Yagomvy kwerekan urukund amufitiy korurut vyose mamy ntabw yihenz
Ancilla urarush kwl ukwiy gusengengwa
Mumubabarire nawe siwe yacitswe
Aba bantu iyo bari kuvuga ntangur gutwenga bataraheza kuvuga😂😂😂.Imana ibakomeze bantu banje😍😍
Shalom shalom pasta wacu ,mwadusize muri groupe tukazohora turonka ubutumwa bwawe ,ndumu rundikazi .
Yoyoyoyoyoyoy amena
Ndabikora njyewe bwira Julienne ko mbikora
💯❤️🙏🙏🙏
Za urashima IMANA ntaberahose icyarimwe.numwanawumuntu
Utwiraseho cyaneee
Ibyo nange ndsbikora biroroha cyane
Shimira nyokobukwe yamukuvyariye
Na Gihozo dukeneye ko azatwereka umugabo we kuko bihishana ibyavandi bibye koko niyo mpamvu bataberekana
Abagabo babikora barahari rwose....gusa si umubare mwinshi ariko barahari
Erega umwe wese avuga uwiwe Kuko Niwe abazi🤷♀️rero mudafuha
pasita juriyene uduha ubutumwa bwiza bukadufasha komerezaho tugutezeyombi kobavu nyagatafe
😳😳😳😳😳😳😳😳😳
1Abakorinto 14:34-35
34 abagore bacecekere+ mu matorero kuko batemererwa kuvuga, ahubwo baganduke+ nk’uko Amategeko+ na yo abivuga. 35 Niba rero hari ikintu bashaka kumenya, bajye bakibariza abagabo babo mu rugo, kuko biteye isoni+ ko umugore avugira mu itorero.
Ahiriwe mugabo ntaco azokwireguza nahinduke ahebe kwisiga niyomishatsi ayihe ababereye kuymbara nivyowishira kuminwa nokunzara hama ukurikire yesu mukuri nomumpwemu ntakibazo nishengero rizohinduka kubwawe
Yego uramikunda ninimpanoyawe ariko
Yesu we arakotoye pe 😳🤔ngo abavuka ntibaba buzuye neza 🤔 jesuuuuu!!!!!!!!!!
Nukuri.urataze.ubutumwabwiza.nonenatwe.twokoriki.kungiranatwe.twokoriki