Uwamugurishije ikibanza yapfuye badakoze mutation II Cash ze zirahiye?II Dore igisubizo cy'amategeko

Sdílet
Vložit
  • čas přidán 26. 09. 2020
  • Umwe mu bakurikira channel AMATEGEKO YACU yaratwandikiye atugezeho ikibazo afite ngo tumugire inama. Uwo baguze ikibanza yapfuye badakoze mutation kugira ngo amazina ye yandikwe ku cyangombwa cy'umutungo. Ese uwo baguze ko atakiriho ni nde bazakorana mutation? Ese yakitabaza izihe nzego? Uwo nyakwigendera bivugwa ko yasize abana 2 ariko uwo bababyaranye ntibasezeranye byemewe n'amategeko. Ese aba bana ba nyakwigendera bazamufasha iki? Ese ubu ntazihombera? Muri iki ikiganiro turakubwira icyo amategeko abivugaho ndetse n'inzira yanyuramo kugira ngo akorerwe mutation.
    Niba nawe ufite ikibazo cy'amategeko watwandikira kuri email: amategekoyacu@gmail.com

Komentáře • 20

  • @gratk33
    @gratk33 Před 3 lety

    Murakoze Ku kiganiro

  • @xavierrwagatare9987
    @xavierrwagatare9987 Před 3 lety

    Ndanyuzwe %.
    Murakoze cyane kubufasha mudasina Kuduha Kiubijyanye n'amategeko.

  • @delphinemukundente9331

    Murakoze ku nama nziza muduhaye pe iki kiganiro ni cyiza cyane

  • @salsamuneza9627
    @salsamuneza9627 Před 2 lety

    Ndabashuhuje

  • @niyonsabajeanjacques5441

    Murakoze nitwa jean Jacques ese ko hari murumura wange yihutiye kugura ikibanza aza gutanga Avance noneho agiye kwa noteri wikorera akamubwirako icyo kibanza gitambamiwe ko atarishyura yose mwamugira iyihe nama

  • @bizimanajeandedieu2533
    @bizimanajeandedieu2533 Před 4 měsíci

    Ese iyowaguze n'umuntu Ubutaka ariko agakomeza kukurerega, bikagaragarako adafite ubushake bwokufasha gukora nawe Mutation bigendabite..? Merci.

  • @mdave73
    @mdave73 Před 3 lety

    Akenshi, imiryango y'iki gihe usanga ifitanye ibibazo, kuburyo batanakwifuriza kwitwa umuzungura. Hari n'igihe bakwihakana pe!

  • @aliceiradukunda8691
    @aliceiradukunda8691 Před 3 lety +1

    Murakoze ku kiganiro. #Maurice

  • @tharcissemaniragaba6954

    ese biremewe gutanga ingwate yinzu ushaka kugura ? ubwose mutation igenda gute?

  • @mdave73
    @mdave73 Před 3 lety

    Inama y'umuryango ndayicyemanga

    • @amategekoyacu
      @amategekoyacu  Před 3 lety

      hari igihe ikorwa mu buryo butubahirije amategeko.

  • @emmanuelndayambaje4614

    Naguze inzu n'umuntu ariko iyo nzu nayiguze yaratanzweho ingwate none uyu munsi iyo musabye gukora mutation ambwirako Banki itaramuha icyangombwa cy'ubutaka ndarambiwe kuko bimaze imyaka 3 mwangira inama uko nabigenza

  • @hategekimanasylver7116

    None se nkuwapfuye ariko afite abana barenze batanu,ni ngombwa ko Bose bahagaragara mu gihe cya mitasiyo cy bacye muri bo barahagije nka babiri cy batatu?

  • @murekezijeandedieu1203

    Murakoze cyane Me Jean Maurice njye ndabaza nti ko Hari ubwo usanga uwo cg abo bazungura batemera gutanga ibiguzi bijyanye n'ihererekanya ry'ibutaka aho bigenda gute ? Murakoze

    • @amategekoyacu
      @amategekoyacu  Před 3 lety

      Amafaranga ya mutation atangwa nugura akenshi niko mbibona. Kuko niwe uba ubifitemo inyungu kugira ngo umutungo umwandikweho.

    • @mukakayizerepatricie9857
      @mukakayizerepatricie9857 Před rokem

      @@amategekoyacu mwiriwe nitwa Mukakayizere Patricie naguze inzu ndishyura f yoze tuvugana ko turajya kwa noter mugitondo, tugiyeyo batubwirako ubutaka butambamiwe kuberako arimo imisoro ya leta kandi uwangurishije inzu ntashaka kuyishyura. Mwangira iyihe nama

  • @kabayizaangelique1340
    @kabayizaangelique1340 Před 3 lety

    Muraho neza !Ko nifuza phone number yawe nayibona gute? Mfite ikibazo kijyanye namategeko nshaka ko mumfasha murakoze

  • @TuyizerePatrick-k9o
    @TuyizerePatrick-k9o Před 12 dny

    𝑴𝒘𝒊𝒓𝒊𝒘𝒆 𝒏𝒆𝒛𝒂 𝒏𝒂𝒏𝒋𝒚𝒆 𝒎𝒇𝒊𝒕𝒆 𝒊𝒌𝒊𝒃𝒂𝒛𝒐 𝒈𝒊𝒕𝒆𝒚𝒆 𝒈𝒊𝒕𝒚𝒂 𝒏𝒂𝒈𝒖𝒛𝒆 𝒏𝒖𝒎𝒖𝒏𝒕𝒖 𝒊𝒌𝒊𝒃𝒂𝒏𝒛𝒂 𝒂𝒓𝒌𝒐 𝒖𝒘𝒐𝒏𝒂𝒈𝒖𝒛𝒆 𝒏𝒂𝒘𝒆 𝒏𝒕𝒊𝒚𝒂𝒓𝒊 𝒚𝒂𝒌𝒂𝒃𝒐𝒏𝒚𝒆 𝒊𝒄𝒚𝒂𝒏𝒈𝒐𝒎𝒃𝒘𝒂 𝒂𝒓𝒌𝒐 𝒏𝒂𝒘𝒆 𝒖𝒘𝒐𝒚𝒂𝒈𝒖𝒛𝒆 𝒏𝒂𝒘𝒆 𝒏𝒖𝒎𝒖𝒛𝒖𝒏𝒈𝒖𝒓𝒂 𝒂𝒓𝒌𝒐 𝒂𝒓𝒊𝒏𝒂𝒘𝒆 𝒘𝒂𝒏𝒅𝒊𝒕𝒔𝒆 𝒌𝒖𝒄𝒚𝒂𝒏𝒈𝒐𝒎𝒃𝒘𝒂 𝒌𝒘𝒂𝒈𝒂𝒓𝒂𝒓𝒊𝒚𝒆 𝒖𝒎𝒖𝒓𝒚𝒂𝒏𝒈𝒐 𝒘𝒖𝒎𝒖𝒏𝒕𝒖 𝒘𝒂𝒑𝒇𝒖𝒚𝒆 𝒌𝒆𝒓𝒂 𝒎𝒘𝒂𝒏𝒈𝒊𝒓𝒂 𝒊𝒏𝒂𝒎𝒂 𝒖𝒌𝒐𝒏𝒛𝒂𝒃𝒊𝒈𝒆𝒏𝒛𝒂 𝒎𝒗𝒖𝒈𝒂𝒏𝒂 𝒏𝒖𝒘𝒐 𝒊𝒄𝒚𝒂𝒏𝒈𝒐𝒎𝒃𝒘𝒂 𝒄𝒚𝒂𝒏𝒅𝒊𝒕𝒔𝒆𝒉𝒐 𝒂𝒌𝒂𝒎𝒃𝒘𝒊𝒓𝒂 𝒏𝒈𝒐 𝒂𝒛𝒂𝒃𝒂𝒏𝒛𝒂 𝒃𝒂𝒌𝒊𝒎𝒘𝒂𝒏𝒅𝒊𝒌𝒆𝒉𝒐 𝒉𝒂𝒏𝒚𝒖𝒎𝒂 𝒕𝒖𝒃𝒐𝒏𝒆 𝒈𝒖𝒌𝒐𝒓𝒂𝒏𝒂 𝒎𝒊𝒕𝒂𝒔𝒊𝒐 𝒎𝒖𝒓𝒂𝒌𝒐𝒛𝒆 𝒎𝒖𝒈𝒊𝒉𝒆 𝒅𝒖𝒕𝒆𝒈𝒆𝒓𝒆𝒋𝒆 𝒊𝒏𝒂𝒎𝒂 𝒛𝒂𝒏𝒚𝒖 𝒏𝒛𝒊𝒛𝒂