Hubwo reta nirebe cyane mumadini namatorero niho hasigariye kwirema ibice,amacakubiri ningengabitekerezo,itonesha(kwubaka akazu)ibyobyose birimo
Pastor Barore abyange weeeee aya matiku yamusaza ndabarahiye.
Imana uguhe imigisha bahugure niba Arabo guhindukira
Yahshua Messiah yaravuze ati mbatumye muri nk'intama hagati y'amasega aryana ,mugire ubwenge nk'ubwinzoka. None intama zanze kumvira inama y'umushumba zigenda zihamagara impyisi ngo tugeze aha , tugeze aha !! Intama zirasakuza cyane ,mureke impyisi zivuruge umukunbi. ,intama zabuze ubwenge ,ntizigira amakenga , none mureke amasega azahuke
Ikizira cyumirimbuzi kijinjira ahera bisobanuye ubutegetsi bizivanga nitirero
RGB image kuzambya amatorero kubera abayobozi bakora ishyano ntibaveho kuko bafite ukobakorana na RGB. Murebe Jean Baptiste Nemeyabahizi ibyo akoze E.C.M.I. nabandi mu amatorero ...
Barore ntazajye muri uyu muriro azigumire uko ari
Kera ,Imana yakoreshaga abahanuzi bakinika abami ,none ubu Abami nibo bimika abahanuzi, ubwo se mubona umuhanuzi yazashobora gucaha uwamuhaye ububasha ??? Igihe cyose itorero rigendera mu kwaha kwa leta ,ibwiriza butumwa ry'ukuri riba ripfuye. Umwami wacu Yahshua Messiah yaravuze ati 👉 Ntawukeza abami babiri kuko yakwanga umwe agakunda undi.Mube maso , kuko itirero rya Kristo ry'ukuri ,ryumvira shebuja waripfiriye . Naho ibyo mwita amatorero ni ibimina , cg organizations. Mube maso
rekasasa rige ryajya mukaga
Bene data umuntu wese niyisuzume mumutima we,nabona bimeze neza abone kugira abandi inama.kdi abari maso barasenga ntabwo basebanya.murakoze.
Ibi ni ugushaka guteranya Barore na Isaiah
Ndagukunzeeeeeee peeeee
Ibaze ubwo see wowe urimuyahe nyamara lmana igiye akazi
Njye mbona abitwa abahanuzi,abavugabutumwa na bapastori ko bakorerwa itorero ryigihugu bakigishwa zakirazira nindangagaciro.bakabigisha nokuva mumacakubiri yimbitse mu itorero cyane cyane muri ADEPR,ADVANTISTE,CATHOLIQUE.
Ndagukunze IMANA igukomeze naho ibindi ninda Nini nubugome biranga beshi badashakako Abandi batabaho
egokooo ni guhungira ubwayi mu kigunda.... harya ubundi affaire y'idini iregerwa ishyaka ite? ahubwo nibura ko yaraegarwa urwego mpuzamatorero? mukomeze mu age itorero n'ishyaka... ni mugihe mwirukanyz Mwuka Wera... muzaba ze mukore amasengesho ya 40jrs Imana i abwire uko ibona ayo mashyaka
Ariko basahura ibyande
Byazanwe mwizina ryande
Yego rata byose kimwe
No mo
Ubuzima gatozi leta ibitangira iki? Nonese leta yahindukira ite ikashyiramo ukuboka kandi yatanze Ubuzima gatozi uretse kwivanga mubitabareba?
Ntabarore nta lzayi bose kimwe .mutandukante idini nubuyobozi nicyo kibishe .kandi nta pasiteri wo guhembwa nkumukozi wa leta biba byatandamye .ubundi avwire abaturage ngo bitange non ko we ahembwa umuturage ahembwa iki ko batakigira naho bahinga hmmmm
Ubundi abana n'Imana ibibazo byabo bikemurwa mu mwuka w'abana b'Imana.
Ubundi abana n'Imana ibibazo byabo bikemurwa mu mwuka w'abana b'Imana.