Wa Mana we ugende urihangana kuba icyaha cyarakumanitse kumusaraba ukababara bene kariya kageni , ariko abantu tukaba dukomeza kukwigamba kumubyimba koko!!! Aba Cheries rwose ntimukarahire ndabasabye😦😦
Ariko nkubu Koko nkiyi comment Uba uyitanze wabitekerejeho Koko? Ubu c Koko ibibazo byo mungo zabo bihurira he Nuko umuntu aza ameze mukiganiro Koko? Tujye tworohamo ubuzima ni igikuri pe Rata aba chr turabakunda None c ubundi niba warabonye aba arakaye ubu ntana rimwe yari yaza yishimye? None c niba aba atishimye kumpamvu y'urugo iyo yishimye haba habaye iki? Mujye mwiyubaha mukareka kwinjira muri private life y'umuntu Ntabwo Ari byiza pe
Bjr. Erega kuri. Nka ivyo muvuga misi yose biragoye. Ako kazi aragoye ko gufyina. J ai pas compris. Muri aka branche ko kwa Sabin!. Mwaretse ivyo bintu vyokutagira ico mukora. Jewe ndabakunda, en tant que aba twins beza, ariko ibiganiro vyanyu nta professionalisme irimwo. Mpinga we ni wibaruka, uzoce wigumira Mu nzu wirerere umwana, uve muriyo miyayato.
Ese basi mwajyiye mutwereka ko musoma comment basi, ababyumva nkanjye like pe
Ndakakubura😅 bara zisoma cyane shenge erega aba Twins nabacu
Nnc bajyiye badusubiz bas?i
ngaho mbaza ndagusubiza
@@jotwinshowjewe ndabakunda cane ❤
@@esthermawombi4072 buriya se gusubiza msg zose byaborohera gusa mbona bazisoma bakaduha nutu like 😍
Sha chita ndakwemera kubi❤ witwarira ibintu gahoro wanashishoje umva Mpinga&Ngwino muranshimisha😍
Maze muribeza famille yanyu ninziza murakundana murumvana ndabakunda cyaneee ❤❤❤ mumpa urugero rwiza nukuri nsigaye nanabarotap😢😢😢😢 maze kubarota gatatup turikumwe noneho mwansuye 😊😊😊😊😊 gusa chita arabakomye😂😂😂😂😂😂😂😂 i love you more abachou ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Nizereko bagusuye disi yoooo
Ntukarahire mubinyoma sibyiza
Chita ntago byamufata.ahubwo uzishyure Clara.mbakunda cyanee❤❤
Mufite famille igira urukundo 👍 ariko akantu ko kurahira izina ry'Imana ubizi neza ko ubeshya sisawa🤣 gusa Disi Ngwino yayisabye imbabazi🤓
Jo Twins turabakunda, ariko inshuro zose mukora prank ntimukarahire izina ry'Imana mu binyoma (ABALEWI 19:12). Murakoze!
Umva uyu nawe.... Kubeshya ni icyaha, warahira utarahira.... Byose kimwe !!! Ahubwo wowe babwire uti: "Muzareke kubeshya"
Muvandimwe@@yamuragiyeali7550, ntituziranye ariko ndabona ari nta mwanya na muto ufite wo guhugurana ubugwaneza pe! Ese buriya ukurikije uburyo nabivuzemo umuntu mukuru uzi gushishoza ntiyumvise icyo nashatse kuvuga? Kandi niwitegereza uraza gusanga arijye muntu wambere wakomoje kur'icyo kintu muri comments zirimo gutangwa. Ubwo rero zirikana ko uburyo umuntu atangamo message aribwo butuma yumvikana cg ntiyumvikane. Ba amahoro (gusa ntabwo ndi "UYU NAWE..").
Ariko ubanza nzabarwarira indege waa😅, Uziko mbandi kureba burikanya ko mwapulodinze🙈, mwambaye neza cyaneeee wamugani wa ngwino 🫡🫡🫡🫡
You make me happy nukuri, ndabakunda cyane 🥰
Ndabakunda impanga
Wa Mana we ugende urihangana kuba icyaha cyarakumanitse kumusaraba ukababara bene kariya kageni , ariko abantu tukaba dukomeza kukwigamba kumubyimba koko!!! Aba Cheries rwose ntimukarahire ndabasabye😦😦
Kurahira izina ry'Imana mu binyoma rwose sibyo
Duhite dutangira turire 😂😂😂😂😂 team ngwinooooo❤❤❤❤❤
🤣🤣🤣🤣ark mpinga manayanjy twe turakizewee🤣🤣🤣🤣we love guys 💕💕❤️❤️❤️❤️❤️
sha i wish to meet you munkorera umunsi kbx respect😍🤩😘
Ndabakunda byanyabyo
Best to me 💖
Chitaaaa sha ndumiwe koko
Umwirabura arabahagamywe kbs
Ndabakunda byamuseriye peee❤❤❤
Ndabakunda cyane 💕
Icyobikoze bakuru banyu barabakunda cyaneee
Imana ishimwe nukuri ko Mugeze kure
ur loved❤❤❤❤
Arik Ngwinondeb urasekenjy ngo gwik ngo mwayak babagab mwashakanye😂😂😂😂😂😂
Ndabakund cyane ♥️♥️♥️♥️♥️♥️💍
Uyumusi chita yabavumbuyeee😂😂😂😂😂
Ubundi Mpi ndagukunda mbyindani ashuku uyitayeho❤
Sha Imana ntabwo Ari Igikinisho kuburyo Muyirahira kandi muziko Muri Mubinyoma!!!Mukore ibyo Mukora Ariko mureke Kurahira Imana Ntikinishwa.Muriyo Mikino
😂😂😂😂😂 chita aranze arabananiyep
😂😂😂ntanguy guseka ntaranumva ndabukunda icompa nkabayambira❤❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇸🇦🇸🇦🇸🇦
Kdi ubwo muzi ko kubeshya Imana ibyemera
🤣🤣🤣 mbega prank weeee n'iy'umwaka 🙅🙅
Ngo duhite dutangura turire 🤣🤣🤣🤣🤣 Ngwino nakagome sha🥲Shema atwiciye prank yacu nawe tuzomupranking maze😌
Sha abana mubakuyemwo roho😂😂😂😂😂
Eese burya nabavandimwe banyu ntibazi kubatandukanya wee😳
Arabananiyepe😂😂😂 muze musubire😂😂 Chita magic hejuru cane❤❤😂😂🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇸🇦
Murashimishije
Ndabakund cyan 🇧🇮
Mpinga❤❤❤❤
Mpinga Chita yabavumbuye kubera ko mwahise mwihuta gushaka solution yikibazo.
Muti igura angahe.
Chita yabamenyepeee😂😂😂
Mbakunda kanini banjeux ❤❤❤🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Jo twins ku ❤
Munkorera umunsi pee
Mbakunda ntabunebwe kbsa😂😂😂😂😂
Mugemureka kurahira izina ryimana mubinyoma aba chr,umuryango wanyu ugira urukundo nogufashanya🥰💋
Ese kuki cya Shema cyanze gufats 4ne😂
Ma chr Louise, izi mpanga zizagusaza kbs😅😅😅😅😅 ngo baguhe 2G sha
Ariko Mpi ngo 2 G uzongera kuzibona gute!!!! Sha utumye ndambarara hasi😂😂😂😂😂😂 ahwiiiiiiiiiiii
Sha Ngwi ntukarahire izina ry'Imana gutyo
Gusa muri utubandi kweli kweli
Hhhhh lv u❤️💋🥰
Noneho akantu ngo duhite dutangira turire karanyishe 😂😂😂😂😂
Mbega mbega kumbeshya weeee
Sha ejobundi narinabamenye kubatandukanya none tena biranshanze nyobewe mpinga uworiwewepe😂😂😂😂
Mpinga yambaye umutuku❤️,Ngwino yambaye umuhondo💛
Hhhhhhhh umva uwo nawe ngo mwukavunumuheto mwe😂😂😂😂😂😂😂 mubuutse muteza satani mukuru wanyu mwukavun'umuheto mwe😂😂😂😂😂😂😂 noneho uwo we aranansekeje😂😂😂😂😂😂😂
Yiwe mufise umuvandimwe ubakunda disi😢😢
Yooo hmhm Ew ngwino🤣🤣🤣 nukur mumpay umunezero pee
Nukuri kwimana noneho murabasazip noneho muranyemejep 😂😂😂😂😂😂😂 muransetsap imbavu zirandiyep 😮
ndabemera guys nonese shema ninde
Mwa bintu mwe ndabakund 🫶😘
Sha Umwanzi arakabura abavandimwe kbs
Urumva ukuntu muhangayikishije abandi bana😂😂😂😂
Hari ababuze abavandimwe batabyikururiye nshuti
@@muterambabazibena Icyo tugihuje turi benshi muvandi ntitwahisemo kubabura nanjye niyompamvu navuze (Umwanzi)
Ngwino mporankubuza kwirahira ngo nizinaryimana muribyo bi pranka
yezu na Maria 😂😂😂😂
yooooo vipi gwino shyuti yajye bumezut c
Luv you Twin 100%❤❤❤
❤❤❤
Chita ndishimye ko abafashe 😂 dore igihe mwamuhereye mwebwe na Sabin muserereza Chita cyane.
Chita simwamu prankinga ngo bikunde
❤❤❤❤
Mpinga🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣 ndgukund caneeeeee goseeeee weeew🤣🤣
Muri udushwi gusa😂😂😂😂❤❤❤❤
Ahubwo nudushwiriri ninkutunyoni ukuntu bari bishimye bamaze guprankinga Louise 😂😂😅
Icyobikoze chita murakimukoze mugitondo mumwishyure namwe
Mwambaye neza
❤❤❤❤❤
Kumbe umugore wa Chita muravukana?
Gusa ndabakunda cane from 🇧🇮🇧🇮
Wapi
ariko ngwino kucyi akunda kurahira izina ryi Imana mubinyoma nukuri uzisubireho ntago bikwiye
Wowe c urimarayika ibyonibisanzwe birikora ni automatic
Ndabakund cyanee aba chou❤❤❤
❤❤
Shn munyibukije ndi kubise byamaye Koko jye nashakaga umugabo wajye bigeze aho ndamubwira ngo ibibyose ni woe wabikoze Noe ndi gupfa wimereye neza yahise agenda shn jye nayimazeho iminsi 3
Hhhhhh cyakoz ndabakunda nukr 😂🤣🤣 bx mwazampay number zanyu nkabavgsha 😎
azabakoma chita
Chita biranse
uyu mwaka tugomba kurangiza dufite 50000
Ariko Ngwi mbabajwe n'ukuntu urahiye izina ry'Imana mubinyoma kndi nawe ubizi neza ko wicariye ikinyoma kweli!😣😣😣 mpise numva nshitse intege zo kureba ikiganiro kndi mbakunda😧😧😧 subu koko mwagiye mwikaruma basi ntimuzane Imana muribyo bintu we!!
Iyoroshye 😂
Ubwose mura praking cita mwibwiyeko iyo gemu mwayimutanzemo
Shema disi ntajya abeshya
😂
😂😂😂😂😂😂
Barabavumbuye mwebwe 😂😂😂😂
Luv you all especially Mpinganzima make my day kbs
Me more ❤
@@uwerajoyce96660:08 0:08
Uziko narindize abachou mbakunda nta bunebwe
Ese ngwino yashatse atabishaka ko aba avuga ngo bariya bagabo twashakanye , nge numva bidasona neza
Ariko nkubu Koko nkiyi comment Uba uyitanze wabitekerejeho Koko?
Ubu c Koko ibibazo byo mungo zabo bihurira he Nuko umuntu aza ameze mukiganiro Koko?
Tujye tworohamo ubuzima ni igikuri pe
Rata aba chr turabakunda
None c ubundi niba warabonye aba arakaye ubu ntana rimwe yari yaza yishimye?
None c niba aba atishimye kumpamvu y'urugo iyo yishimye haba habaye iki?
Mujye mwiyubaha mukareka kwinjira muri private life y'umuntu
Ntabwo Ari byiza pe
Mukuru wanyu muramuhemukiye kbsa😮😮
Sha, mes ladies, mwari munkoresheje unsubscribe noneho, mukabeshya bakuru banyu gutyo "mwe twana mwe"?
Mujye mubeshya ibitaduhabura cg mubeshye Chitah numvishe yarabasobanukiwe
🥱🥱🥱❤❤❤
Ntimukarahire izina ryImana mubusa mutazahanwa
Ariko mpinga we, nabonye ufise, urugo rwiza. Wokwigumiye i muhira nimba ata kandi kazi ufise, ukirabira ivyo Mu rugo. Basha biragoye kuronka akazi ubu, ariko mbonye urugo utaha wo, ntibikenewe kuguma uza kuyayata aho. Mpinga nawe yaco uba urahira Imana Mu bu beshi, birambabaza
Aka nako ni akazi muvandi, ahubwo woe ntuzi aho isi igeze
@@MuzimaAlpha-bv6bzmpise 😅😅😅😅😅😅😂😂😂😂
Ese habaye iki ko mubabwira ngo bajye iwabo bicare
😅😅😅😅😅 noneho ndumiwe kuba afite urugo rwiza c byatuma adakora aka nakazi Sha menya ibyawe
@@UmurerwaClarisse-qq1mg MBA numiwe 😂😂😂😂😂
Bjr. Erega kuri. Nka ivyo muvuga misi yose biragoye. Ako kazi aragoye ko gufyina. J ai pas compris. Muri aka branche ko kwa Sabin!. Mwaretse ivyo bintu vyokutagira ico mukora. Jewe ndabakunda, en tant que aba twins beza, ariko ibiganiro vyanyu nta professionalisme irimwo. Mpinga we ni wibaruka, uzoce wigumira Mu nzu wirerere umwana, uve muriyo miyayato.
Ariko nawe urabinjiriye urarenza nukuri, Noé ivyo bakubwiye KO bavyigira bakabironkera diplôme?? Ikindi nimba udakeneye kubakurikirana ugire désabonner Hama ureke kuvuga nabi sivyiza
Mes amies nk'uko abenshi babigarutseho, akantu ko kwica itegeko rya 2 ry'Imana, mugerageze kukikuramo si sawa, cyane cyane Ngwino arabikunda cyane.
Ndabakunda ❤
❤❤❤
Muri prank rwose mujye mureka kurahira mu izina ry'Imana kd muziko Ari ikinyoma