Rushaho kumenya neza ibyo wagaburira inkwavu zawe mu gihe cy impeshyi
Vložit
- čas přidán 8. 05. 2022
- Uru rubuga ruzafasha buri wese kumenya amahirwe amukikije. Ruzajya rwungura abahinzi n'aborozi n'ababishaka inama zabateza imbere. Uru rubuga kandi ruzatera intege buri wese ushaka kubyaza umusaruro ubutaka buto afite. Binyuze mu masomo, mu ngero, mu nama no muri KORA NDEBE NKWIGIREHO amabanga yagufasha kugera ku musaruro uhamye azajya ashyirwa ahabona.
Inkunga yawe irakenewe ngo uru rubuga rube umusemburo w'iterambere ry'abagore n'urubyiruko.
Mwampaye imashini ituragase?? Konyishaka cyane
Ndabaramukije
Murakoze kuri ubu bumenyi muduhaye. Mukomereze aho
Courage
Murakoze
Nonese mutanga icyororo se
Ndabaramukije non imbuto zizongano nizi tuzi zinzwe abantu bafungura imbuto zizomboga twozironka gute nkatwebwe turi burundi
Good
Twari twarababuze
Kona TELEPHONE tubonaho
Alpha alpha hay (Lucern)
Timothy hay
Brachiaria (Mulato) hay
Chroris gayana
Aya n'amoko y'ubwatsi wahinga ukanahunika bwumye bukamara imyaka myinshi
Contacts wavuze ntazo twabonye
0788422275
Skuma week umurama wayo uva he?
Uraboneka Nyabugogo